Home News Abarwanya umwakagara bagiye kwitwikira umutaka wo gusenga kugirango bahuze urubyiruko nyarwanda bategure...

Abarwanya umwakagara bagiye kwitwikira umutaka wo gusenga kugirango bahuze urubyiruko nyarwanda bategure intambara!

0

April 06,2016 Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda batavuga rmwe na leta y’umwakagara bashaka ko yakurwa kubutgetsi,mbona begeranya urubyiruko maze bitwikriza umutaka wa masengesho maze batangira gukora amanama yo gutera umwakagara (Intambara ) mbona begeranya inkunga z’uburyo bwose kandi nabonaga izo nama zari zigizwe nurubyiruko nyarwanda rwose rwuzuyemo amoko yose yabanyarwanda.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,turiya tunama ubonye twabantu bicaye mu matsinda nta kindi barimo gutegura kitari intambara kuko igihe cyo gukuraho umwakagara cyegereje kugirango ibyahanuwe nabahanuz bisohoze uko niko Uhoraho avuga

Nongera kwerekwa korali yahoze yitwa Alarm yaje guhindukamo idini maze mbona icitsemo ibice (2) kubera kurwanira umugati intwaro Satani asigaye akoresha mur’iki gihe.Nuko mbona iryo dini rigizwe nabanyamurenge b’Abatutsi baturutse congo,mbona habayeho guhangana bikomeye cyane kugeza biciyemo  ibice (2) uko niko Uhoraho avuga

Mwana w’umuntu,dore iby’Uhoraho yavuze bijyanye n’abantu binozi zibibi nabandi bagiriwe neza bakanga kwitura ineza dore igihe cyabo kirageze ngo Uhoraho abacire urubanza kuko bagenje nabi batagenje nk’uko byari bikwiriye ndetse byanabateye umuvumo aho kujy mbere ahubwo bahora basubira inyuma

Burira ubwoko bw’Uhoraho uti,umuntu wese wagiriwe neza akaba atarashoboye gutanga ishimwe ry’uko yagiriwe neza,bakore vuba bajye gutanga ituro ry’ishimwe cyangwa bajye gusaba imbabazi niko Uhoraho avuga.Muri abo harimo uwitwa JULES Gikundiro utuye mur’ America wagiriye neza akaba atarigeze asubiza amaaso inyuma uko niko Uhoraho avuga.

Mwana w’umuntu,dore ishashi yawe igihe cyayo cyo gucyurwa kirageze yakoze ibshoboka byose ngo agucishe igihanga ariko Uwiteka abyitambikamo none kubera ko yahagurukiye utariho urubanza igihe cye cyageze kugirango ibyahanuwe bisohore uko niko Uhoraho avuga.Nuko mbona uwitwa AIMADO Josepf Burme umudamu wa Rusine ariwe uyoboye abajya mu kihango yo gushyingura uwahoze ar’ishashi yanjye maze ijambo ry’Uhoraho rirambwra riti,kuko yagendeye mu nzira za Balam wemeye kurya intonorano niyompamvu Uwiteka yamukuyeho amaboko akamurekera mu maboko y’inkozi zibibi kuko yananiwe kwiringira no kwizera ijambo ry’Uhoraho uko niko Uhoraho avuga

Nuko rero hanura uvuge uti,dore igihe cye cyageze nyuma yuko leta y’umwakagara ikoreshereje za magigiri ikananirwa,barimo Bizamporo Jeanine wo mu Bwongereza,Ingabire Marie Christine wo muri France,bahize bagaruka kuri Joyce Olang’u nawe akoresha Joyce Mwangi wanjiku ariko bose imigambi yabo Uhoraho ayiburizamo bakorwa nisoni none mwana w’umuntu dore Uwiteka aguhaye ubutabera ndetse aguhaye namahoro atagabanije nuko rero tunganya gahunda zawe maze ujye kumusozi kuko Uhoraho ashaka ku kugirira neza ukore aasengesho yo kwitunganya kwiyeza no gukiranuka kuko wahuye na rwinshi maze Uhoraho urebe ko izo nkozi zibibi atazisohozaho gukiranukwa kwe uko niko Uhoraho avuga.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar