July 4, 2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’ikinyoma cy’abarepubulike wongeye kwegerana kandi woherejwe mu butayu bugufiya nk’uko ijambo ry’Imana ryavuze.Gutandukana kwa Rudasingwa na Gen.Nyamwasa nikimenyetso gikomeye cy’ibyahanuwe byabavuzeho ko,nta mugisha bafite k’Uhoraho wo gusimbura umwakagara ku ngoma,ahubwo azasimburwa na Nyir’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa uko niko Uwiteka avuga.
July 6, 2016 Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’ikinyoma womgera kujyanwa mu gihugu cy’ubutayu,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cy’abanyabinyoma kiraranigiye Uwiteka ashyizeho igihe cy’abakiranutsi hamwe nimfura nazo uko niko Uwiteka avuga.
Mu gihe nkitegereza cyane ndebe uburyo wa mwuka w’ikinyoma woherejwe mu butayu,mbona kandi ko,ahubwo usubiranyemo utangira kurwana waba umwuka wingore cyangwa wigabo byose bitangira gusubiranamo.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore nibamara gushyirwa ahagaragara bazahita basubiranamo bitane ba mwana batungane intoke buri wese ashinja mugenzi we uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,yewe mwana w’umuntu,sigaho!Uramenye ntugerageze gukora ibyo warugiye gukora,burya Uwiteka yaguciraga amarenga yibizaba,ariko ntabwo agutumyeyo.«Just do tracking and report only mission.Do not cantact!»uko niko Uwiteka avuze!
Ijambo rirakomeza rirambwira riti,ahubwo dore uwitwa “Pastor Jean Marie wahoze akorera muri Eglise VIVANTE Kigali” mukanogo muri park industry,yasengeye abantu benshi ari nako abahanurira kandi benshi yabahanuriye ibinyoma bahura ningaruka zikomeye none dore yanakinguye urusengero ariko rwanze kujya mbere none arimo guhigwa na za magigiri z’umwakagara dore amaze igihe yihishe bamaze igihe bamwubukiriye bakamubura ngo bamute muri yombi none andika ko akoreshwa ni myuka mibi kugirango abamukurikiye bakize ubugingo bwabo uko niko Uwiteka avuga.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira ngo byanditswe ko muzarambura amaboko kubarwayi bagakira,ariko kuri Pastor Jean Marie siko bimeze kuko we agerekaho no gusengera abantu abafashe kubitsina byabo ngo arabakorera (deliverance) kubohora nyamara ntaho bihuriye n’ijambo ry’Imana kuko imbaraga z’Uhoraho zirenze akagero ku buryo niyo wavuga ijambo rimwe riyobowe na mwuka wera ubwaryo ryikorera umurimo waryo niko Uwiteka avuga.
Singombwa kwambura abantu ubusa uko bakavutse kuko imbaraga z’Uhoraho zitananirwa gukora ngo ni uko umuntu yambaye imyenda cyangwa atayambaye ahubwo yatewe nabadayimoni nibo bamukoreramo bamuteza ubwibone bukomeye bakamubwira yuko ariwe mukozi w’Imana wenyine ukiranuka abandi bose bayobye!None igihe kiraje kandi kiraohoye ngo Uwiteka yiheshe icyubahiro yigaragarize ubwoko bwe kugirango akureho imbaraga z’umwijima zabaye akarande mu bwoko bw’Uhoraho bitwaza gushing amadini ngo bibonere umugati uko niko Uhoraho avuga.
Abantu bajya gusengera kwa Pastor Jean Marie basambanye ni myuka mibi(kwizera inyigisho z’imyuka mibi)none babwire bavaye kuko bazahora barindagira kandi nta mugisha w’Uwiteka bateze kuzabona ahubwo bazahora ar’ibicumbi by’abadayimoni kuzageza igihe bazavira muri iyisi ya bazima uko niko Uwiteka avuga.
Kandi ubabwire uti”Pastor Jean Marie”yahanzweho ni myuka mibi yimitererano kugirango atazakorera Uwiteka ariko ntiyabaye maso maze abadayimoni baramwinjirana bamuhindura igicumbi cyabo maze nawe s’ukubakorera karaava ariko ibikorwa bye binyuranye nijambo rya kwizera(Ijambo ry’Imana ryanditswe muri Bibiliya) Har’ikintu kiyita Imana kiza kikamwongorera ibintu bitandukanye ubundi kikabigirwa cy’ikivuguruza ibyo cyamubwiye kikabihindura akongera akivuruza ibyo ngirango urabindusha kuko wabaye umwigisha we igihe gito uza kuhakurwa n’impano yawe itaravugaga rumwe nawe uko niko ya yobye!Kandi akenshi akora politike analize akabihuza n’ijambo ry’Imana hanyuma rero kubera politike ari umukino wanduye (dirt game) byahinduka akaba abiguyemo byacamo uko yabivuze bigahinduka ubuhanuzi ariko mu byukuri analize politike n’ubuhanuzi biratandukanye niko Uhoraho avuga.
Save
Save
Save
