11/11/2015 ijambo ry’Uwiteka rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore usigaje ikizamini kimwe(1) gusa.kuko ibindi byose umaze kubirangiza,none itegure ugenze uko wagenje ubushize kugirango ni cyo ubashe kugitsinda kuko ibintu bitoroshye,dore amazi yamaze kurenga inkombe nyamara ushobora kuyasubiza inyuma agahita aho yagombaga guhuta uko niko Uwiteka avuga.
Icyo kimwe gisigaye humura nacyo uzagitsinda kuko kidakomeye kurusha ibyo urangije,gusa umenye yuko umwanzi adasinzira kandi ahira arekereje kugirango amenye yuko yakugwa gitumo none umenye yuko Uwiteka Imana yawe nawe ari mason ta bwo ajya asinzira amaso ye ntabwo ajya ayakura kubakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka ryonghera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ngiye ku koherereza abadamu (2);bahumanijwe kandi batsikamiwe batwawe umugisha wabo n’inkozi zibibi bamaze igihe kitari gito barwana intambara batazi ariko bagapfa kurwana gusa kuko biringiye Uwiteka Imana yabakiranutsi.
None nibaramuka bakwandkiye uzamenye yuko ari jye ubohereje dore ibyabo byamaze gutungana,nuko nerekwa abo badamu bombi imiryango yabo y’umugisha yari yafunzwe ikinguka abo badamu bombi babaye ibikara kubera abadayimoni.nuko ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntabwo bizakugora kubasengera kuko Uwiuteka yamaze gushyiraho ishyerezo ryo gutotezwa nabadayimoni hamwe n’inkozi zibibi uko niko Uwiteka avuze.
Nerekwa ko umwe arukobwa bahumanije ndetse akaba yaragumiwe,kugeza magingo aya,akaba atarashaka kandi akaba ageze hejuru y’imyaka yo ku byara,ariko ijambo rirambwira riti,dore nd’Uwiteka Imana ishobora byose,abo bantu ngiye kubagirira neza kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuze.
Ijambo ry’Uwiteka rikomeza ku nzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri ziyobowe na Nyagasaza Innocent Fruit zahawe ikiraka cyo kuguhigira hasi no hejuru none umenye ubwenge kugirango utagwa mu mutego w’umwanzi kuko bamaze kubona za telephone zawe,none iyo telephone ntiwongere kuyikoresha ahubwo ushake indi kugirango batongera kubona umurongo wa telephone wawe uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo wongeye guhaguruka kandi nta nubwo uwo mwuka uhagurutse ari umwe,ahubwo n’imyuka (2);nuko nerekwa ko,inkozi zibibi uburyo zahumanije abantu aho bari mu mahanga bahunga umwakagara ariko izo nkozi zibibi zikarushaho kubagirira nabi kubera kwifatanya nazo batazizi uko niko Uwiteka avuze.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ngiye kugirira neza ubwoko bwanjye bwanyizeye ndetse bizeye ijambo ry’Ubuhanuzi ryanyuze muri wowe,none andika ubwire abakiranutsi uti,Uwiteka niwe ntwari kurugamba kandi abamwiringiye bose bazagubwa neza kumunsi w’Uwiteka wogukiranuka uko niko Uwiteka avuze.
12th Nov,2015 ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,inzu yawe iramutse ifite umwanda ugashaka kuyisiga irangi,utabanje kuyikorera isuku,none se wasigira hejuru y’umwanda ?Uko niko Uwiteka abaza?uramutse usize irangi ntabwo inzu yawe ishobora gutungana nk’uko ubyifuza utabanje kuyikorera isuku ngo igaragare yuko icyeye uko niko Uwiteka abaza?!
Niki giteye imidugararo hirya no hino ku isi? Ko kuki bahagaritse umutima? Ese kuki bahagritse umutima kandi biyizeye bafite intwaro za kirimbuzi ndetse bafite n’ubutunzi bwabo? Uko niko Uwiteka abaza !
Nerekwa ibice (2);biri muri gakondo y’Abakiranutsi igice kimwe (l);cyemera ubuhanuzi ikindi gice cya (ll); cyitemera ijambo ry’Uwiteka ry’Ubuhanuzi ryahanuwe n’Abahanuzi b’Uwiteka Imana y’Abakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa ko abashyigikiye leta y’umwakagara yuko bahagaritse imitima yabo ko ihagaze kubera impuha z’intambara zikomeje gukwira kwira zikomeje guhahamura imitima y’Abaturage nyamara izo mpuha z’intambara nukuri ahubwo abazareba nabi bazagwa muri iyo ntambara kuko bakomeje kunegura ijambo ry’Uwiteka ryahanuwe n’abahanuzi uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa ko muri gakondo y’abakiranutsi abakoze umurimo wa gisirikare hanyuma bakava kurugerero ko abo bose bagiye gufatwa bagashyirwa mu nzu y’imbohe kubera kubatinya ko bashobora gucika bajya kwifatanya nabarwanya leta.Nuko abagabo bose bahita barafatwa bose bashyirwa mu nzu y’imbohe.
Nerekwa ko bateraniye hamwe hameze nko mukibuga babaza ibibazo maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu dore abahakanye ijambo ry’Uwiteka Imana yakunyujijemo,bahuye nakaga gakomeye cyane,kubera guhakana ubuhanuzi none dore Uwiteka abateje ibyago byahanuwe kuri gakondo kuko baraburiwe banga kwizera none akabo kashobotse.
Nerekwwa umwuka w’Inzika y’Inzigo yak era,uwo mwuka w’Inzika nerekwa ufashe urugendo rwo kujya mu gihugu cy’ISAMARIYA (Burundi),nerekwa ko,uwo mwuka ugiye ng’ahantu hamenetse amaraso cyane,n’ko KUMUSAGA,KAMENGE,CYIBITOKI,nahandi henshi,maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara agiye gutanguranwa na UN mbere yuko ONU yohereza ingabo zijya kurinda umutekano no kugarura amahoro muri icyo gihugu,azaba maze kubona uburyo bwose bushoboka bwo guca igihanga Peter Nkurunziza uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa ko mu gihugu cy’ISAMARIYA n’icy’UBUYUDA,Uwiteka agiye guhana abatinganyi,nabakorera uburaya kuri internet,kugirango bamenye yuko Uwiteka Imana ari we Mana ishobora byose kugirango bibere urugero nabandi bose bafite imyumvire yo gukiranirwa.
Nuko nerekwa yuko ingabo z’umwakagara RDF ko zifite ikibazo cy’uko bataraziha amabati yabo(Salary)nuko nerekwa ko uwarushinzwe kubahemba ko yahamagajwe na JEZEBEL Nyiramongi Jeanette afata ayo mafaranga yabo arayakoresha,maze igihe abasirikare batangiye gukurikirana ayo mabati yabo,JEZEBEL ahita abata muri yombi abashinja ibyaha batakoze.
Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu.ibintu byakomeye muri gakondo yabakiranutsi,kuko bamaze kubona yuko urugamba rwamaze gukorangizwa none bahagaritse umutima batangiye gusahura mbere yuko urugamba rusakirana kugirango ubwo bazahunga bazahungane agatubutse.Dore babukije amafaranga hirya no hino ku isi,ngaho muri Uganda,ngaho mu bihugu by’UBURAYI,na America,hirya no hino ariko ibyo byose bakora bariyimbire kuko bagosorera murucaca uko niko Uwiteka avuze.
Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwami Ahabu yambuye gakondo ya NABOTH arangije ntiyarekeraho,ahubwo ahitamo kumena amaraso ye abifashijwemo na JEZEBEL maze ugaragu w’Uwiteka Eliya arahanura aravuga ngo,aho imbwa ziragatiye ayo maraso ya NABOTH,aho niho nawe ayawe azarigatirwa.
None nawe hanurira Umwakagara hamwe na JEZEBEL Nyiramongi uba bwire uti,dore Umwami Mana Uwiteka Imana yabakiranutsi aravuze ngo,aho imbwa zarigatiye amaraso ya NABOTH,ahongaho niho nayawe zizayarigatira uko niko Uwiteka avuze.
Ubwo nari nongeye kwirambika narimaze kwandika ijambo ry’Uwiteka Imana,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore abanyeshuli bo muri kaminuza baganira bavuga ngo barashaka kubona umuhanuzi Majeshi Leon,nuko nerekwa abo banyeshuli bose biga muri Kaminuza bajyanwa mu butayu bugufiya bwa bundi nabayemo imyaka (7);ndimo nigishwa n’Uwiteka Imana y’abakiranutsi Yohana 6:45 bose bazigishwa n’Uwiteka Imana yabakiranutsi.
Nuko ndabwirwa ngo,dore abanyeshuli bakaminuza ko bajyanywe mu butayu kubera yuko bakerensheje ijambo ry’Uwiteka Imana yabakirautsi kandi bikaba bidashoboka yuko bacika ubwo butayu,nuko ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore iki ni cyo gihe ubutumwa wahawe abantu bagye kubwemera kuko bamaze kubona ibishashi by’intambara none ubu babuze ayo banywa nayo bamira nayo bacira kubera gusuzugura ijambo ry’Uwiteka ryanyuze mukanwa kabahanuzi b’Uwiteka Imana y’Abakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara yohereje abicanyi bakomeye cyane,kuko za magigiri zose zahawe umurimo wo kuguhiga zarananiwe,dore yohereje abafite ipeti rya Colner nyamara ntabwo azi ko uri kurwego rwa General mu buryo bw’Umwuka abo yohereje bari hasi yawe ugereranije numurimo ukora n’urwego uriho rwose kariya nagasuzuguro kabadayimoni ariko reka baze nabo bazananirwa nk’uko nabandi bananiwe kuko nta muntu wa gigira umwuka w’Imana uko niko Uwiteka avuga.





