Home News AbanyaKenya batangiye gutaha bahunga Donald Trump!

AbanyaKenya batangiye gutaha bahunga Donald Trump!

0

Amakuru aturuka mu gihugu cy’Ameica avuga ko,bwana Donald Trump natorwa akaba umukuru w’igihugu,ngo mu isaha imwe akimara gutangaza ko yatsinze amatora,ngo azahita yirukana abantu batuye muri America mu buryo bunyuranije na mategeko.

Iyi mvugo yakaze abanyafurika benshi batuye kumugabane w’America badafite ibyangombwa bibemerera kuba mur’America.Amakuru agera ku inyangeNews,avuga ko muri Kenya hamaze kugera abatari bacye baturuka muri America aho bari bamaze imyaka itari micye bahatuye ndetse bakanahakorera ku buryo butemewe na mategeko.

Umukandida uhanganye na Trump Madame Hillary Clinton,avuga ko,iyo ngingo yo kwirukana abanyafurika muri America ko bidakwiye,ariko akilinda kuvuga ko,binyuranije na mategeko.Hillary yatakarijwe ikizere ubwo yahatwaga ibibazo n’urwego rw’ubutasi rwa CIA ashinjwa kuba yaramennye amwe mu mabanga y’igihugu ubwo yari ministiri w’ububanyi namahanga.

Icyo gikorwa gisa naho cyamwambuyeisura nziza imbere yabanyamerica.Ikindi gituma adashobora gutorwa ngo abe umukuru w’igihugu cy’America,bubaye ubwambere umugore agera kurwego mur’America yiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu nyuma y’imyaka [240] icyo gihugu kiyoborwa nabagabo gusa!

Ikindi ni uko yavuze yuko naramuka atsinze amatora azambura abanyamerica batunze imbunda mu buryo bwemewe namategeko.Iyi mvugo abahanga mu bya politike bavuga ko,nayo yamwambuye amanota menshi kuko ar’inshingano za leta gucungira buri munyagihugu umutekano.Ariko Trump we yavuze yuko aho kwambura abanyamerica imbunda zibarindira umtekano ahubwo ko,azirukana abantu batuye muri America ku buryo bunyuranye na mategeko.

Ubuhanuzi  buvuga ko,abantu bazirukanwa mur’America bagasubizwa mu bihugu byabo,nyamara bujya gushyirwa ahagaragara ntabwo umuherwe wiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu,Donald Trump uhagarariye ishyaka ry’Abarepublike,yari yagasohora mukanwa ke,ko azirukana abantu muri America.

Ikigaragara rero,ni uko azatsinda amatora kuko bidashoboka yuko Hillary Clinton yatsinda amatora kandi adashyigikiye kwirukana abantu baba mur’America binyuranije namategeko.Abantu benshi iyo ubateze amatwi wumva badashaka ko,Trump atsinda amatora,wababaza impamvu,bakakubwira yuko ngo ar’umuntu mubi,kandi ababivuga bari kumugabane w’Africa ntaho bahuriye na Trump.

Wababaza impamvu bamwanga ngo azirukana abantu batuye mur’America.Wababaza nimba azaba anyuranije namategeko,bati oya,azaba akurikije amategeko.Hanyuma kuki mu mwanga,bakabura icyo basubiza!Ni kuki abantu mukunda amafuti no kugendera mu mwijima?Niba ashaka gushakira abanyamerica bamugirye ikizere bakamutora ni kuki wumva ko yakubahiriza ibyifuzo by’abantu batari abanyamerica?Ikindi batanashobora no kumutora mu matora!

Abantu mureke kwiyemera ngo mwageze IBURAYI cyangwa mur’America,kuko ubuhanuzi buvuga ko,Uhoraho azakoresha itegeko nshinga ingingo yo muri AMOS 3:15 havuga ko,Uhoraho agiye gusenya amazu yubakiwe ubukonje,n’ubushyuhe,ndetse akazasenya amazu yubakishijwe amahemba y’inzovu!!!

Ntaho Uwiteka atagukura,nta naho atagushyira,abanyarwanda ibyo mwakabaye murusha abandi bose kubimenya!Nyamara mwarabyirengagije none mukuwe mu Ijuru mwari mwariyubakiye mugaruwe ku isi.

Uwiteka afite uburyo bwinshi cyane bwo gucisha bugufi umwana w’umuntu,1994 mwarayibagiwe niyompamvu Uwiteka agiye kubakorera ikindi gishya kugirango mureke kwibeshya ahubwo mwemera gushaka mu maso h’Uhoraho.

Dore agiye kongera gukuraho umwakagara kugirango abari barimanitse,bamanurwe hasi«Abaswahili baravuga ngo,aliye juu,musubiri chini»muzageza he kutumvira Uwiteka Imana?Naho waguma mur’America,Uhoraho afite ubushobozi bwo kuguteza ibyago n’amakuba kandi uba mur’America!

Niba yaramanuye Satani n’Abamalaika be,ubwo se wowe uriki ku buryo Uhoraho atakugezaho ukuboko kwe?”Think twice”otherwise uzisanga ahantu utazi uko hitwa,kandi icyo gihe uzashaka mu maso h’Uwiteka bitagishoboka yuko umubona.

Save

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar