HomeNewsAbakobwa b’abatusi kazi bakuyemo inda z’Interahamwe mu butabera bw’Uwiteka Imana yo mu...

Abakobwa b’abatusi kazi bakuyemo inda z’Interahamwe mu butabera bw’Uwiteka Imana yo mu IJuru.

June 11, 2016 Inteko ya bacamanza yo mu Ijuru yarateranye,yanzura umwanzuro wurubanza nshinjwa byaha byibasiye inyoko muntu byatewe no guhanura indege y’uwahoze ari perezida w’uRwanda General Major Habyarimana Yuvenali.

Umushija cyaha mukuru w’inteko ya bacamanza yo mu Ijuru yakomeje avuga ko,abakobwa bo mu bwoko bw’Abatutsi kazi bahawe uburenganzira bwo gukuramo izo nda kubera urwango rwali rushingiye kumoko ruli hagati ya bahutu na batutsi.Akomeza avuga ko leta ya FPR yirengagije nkana uburenganzira bwutwawe inda,ahubwo bakita kuburenganzira bwuwatewe inda kandi bose imbere Abortiony’Uwiteka n’amategeko bangana.

Akomeza ashimira abakobwa b’Abatutsi kazi banze gukuramo izo nda,mwuka wera,avuga ko,abo bakwiye kubishimirwa ndetse asaba inteko ya bacamanza ko yategeka ko abo bakobwa bakwiye guhabwa ishimwe ry’uko bubahilije itegeko ry’Imana rivuga ngo ntukice kubera iyo mpamvu bakaba bakwiye kubishimirwa kumugaragaro.

Inteko nshingamategeko y’uRwanda

Inteko1Kandi umushinja cyaha mukuru w’iteko yo mu Ijuru,yakomeje agaragariza inteko ya bacamanza yo mu Ijuru,yuko FPR ataraho yagarukiye gusa,ahubwo ko,ku wa 17 Gicurasi 2012 inteko ya bashingamateka yo mu Rwanda,yemeje bidasubirwaho ko,gukuramo inda bitari icyaha gihanwa na mategeko ko umuntu afite uburenganzira bwo kuyikuramo igihe icyari icyo cyose abishakiye aramutse yatwaye inda atabishaka.

Ariko birengagije kurekura abakoze icyo cyaha bari baramaze gukatirwa imyaka [25] muri gereza,akaba asanga igihe cyose ibyari itegeko bihindutse ubuzima busanzwe,abarebwaga niryo tegeko baba bakwiye kuba abere kuko icyari cyibafunze kiba kimaze gihinduka ubuzima aho gukomeza kwitwa icyaha gihanwa na mategeko.

Ibyo byose mwuka wera amaze gutanga ibirego nibisobanuro,inteko yahaye ijambo umuvugizi wa bakiranutsi akaba n’Umwami wabo kugira icyo yavuga kuri ibyo birego,maze afata ijambo ashima byimazeyo abakobwa banze gukuramo inda batewe na bahutu kubera inzangano zari cyangwa zikiri hagati ya bahutu bitwaga interahamwe bakomoka mu bwoko bwa bahutu.

Ashimira inteko ya bacamanz bo mu Ijuru ko yizeye neza yuko bazaca izo manza dore ngo zari zimaze igihe kirekire nyamara abahohtewe bakaba buri gihe basabaga yuko bahabwa ubutabera ariko bakaba bari batarahabwa ubwo butabera bitewe nuko Ijuru ryalimo ritegura umucamanza (Umuhanuzi) uzaca izo manza mu isi ya bazima.

Mwuka wera yatanze ikndi kirego aregamo leta ya FPR yiganjemo ubwoko bw’Abatutsi,kukirego cyiswe kurenga kumategeko yubahiriza Imana yo mu Ijuru,avugako ubutegetsi bwa FPR bwakuye ijambo Imana mu itegekonshinga ry’uRwanda ryari rimaza imyaka nimyaniko ryubahrizwa nabategetsi bose bagiye basimburana ku ngoma ariko FPR nyuma y’imyaka [22] ikaba yataesheje agaciro Uwiteka Imana muri icyo guhugu kandi ariwe wakiremeye asaba inteko yuko bakwiye kwanzura urwo rubanza bitewe nuko umushinja cyaha mukuru afite dossier nyinshi cyane aregamo leta y’uRwanda.

Umushinja cyaha mukuru yakomeje gutanga ibirego aregamo leta y’uRwanda kuba yarirengagije ijambo ry’Imana ikemerera abahuje ibitsina gushaka ndetse ikanashyiraho ibigo cyangwa ibyicaro abo batinganyi bazajya bacyirirwamo kugirango bahumurizwe kubera guhabwa akato nabanyagakondorero badashyigikiye nabusa uwo muco mubi udafite ireme nishingiro ry’ubuzima maze asaba inteko kwanzuro urwo rubanza rumaze igihe imbere yabacamanza bagize inteko zo mu Ijuru.

DoveMwuka wera (holy spirit) yarangije ashimira abacamanza uburyo bakomeje kwitanga ku buryo budasanzwe kugirango babashe guha abatuye isi ubutabera buturuka mu Ijuru kugirango abarenganye barenganurwe.

Inteko yongeye guha ijambo umuvugizi kuba yagira icyo avuga kubirego bimaze gutangwa ari cecekera ntiyagira icyo avuga bisobanuye yuko ntabujurire abo bantu bashobora guhabwa maze inteko imaze kumva ibirego byose by’umushinja cyaha bahise bafata akanya bariherera nyuma y’iminota [30] bagaruka banzuye yuko ibirego byose bihawe agaciro kandi ko basanze nta mpamvu yo gutanga ubujurire maze bemeza yuko abaregwa batsinzwe nurubanza.

Bakaba baciriweho iteka bakaba badashobora gusaba imbabazi ngo bazihabwe kuko ibyaha babikoze babigambiriye ndetse kandi bishingiye kurwango rwamoko yombi maze banzura yuko ibyaha bibahama kandi batsinzwe nurubanza hakaba hafashwe ibyemezo byo kubaha ibyo byemezo bikazashyirwa mubikorwa mu minsi iri mbere aho inteko ya bacamanza yo mu Ijuru yemeje yuko bahanirwa hamwe hamwe bose yaba abakoze ibyo byaha byo gukuramo amada yaba leta yabashyigikiye ikabashishikariza gukuramo inda zishingiye kurwango maze byemezwa yuko ari uko bizagenda kugirango hatazagira uzongera kwibeshya akazakora ibisa bityo ko ibihano bigiye gutangwa bizaba akabarore imbere ya mahanga yose kugirango babirebereho.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubutegetsi bw’umwakagara bwohereje umwuka w’urukoza soni ndetse bwohereje nundi mwuka ukujyana mu butayu ariko ubabwire yuko ubutayu wajyanwagamo Uhoraho yabuzitiye udashobora kubusubiramo ahubwo ko buteguriwe leta y’umwakagara nabambari bayo akaba aribo babusigiriwe kwibwinjiramo.

Ndabwirwa ngo,dore mu minsi micye basigaranye bakiri kubutegetsi,bagiye gukurwa ku butegetsi maze boherezwe mu butayu aho bazajya wkigishwa yuko Uwiteka ashobora byose kandi ko ari we waremye Ijuru n’Isi kugirango bave mu madidane ahubwo bemere yuko Uhoraho ari we Mana uko niko Uwiteka avuga.

Nuko nerekwa abantu benshi bo mu butegetsi bw’uRwanda bagenda bambaye ubusa mu muhanda batagira na kenda ko gukingiriza ku busa bwabo (umwuka wurukoza soni) maze ijambo rirambwira riti,uko ubibonye niko bizagenda dore inteko ya bacamanza yo mu Ijuru yanzuye ko bacirwaho iteka bagakurwa kubutegetsi kugirango himikwe Umwami w’uRwanda ufite kubaha Imana mu mutima we no kugirango Imana izasohoze imigambi yayo ku bantu bayo kuko idashobora kuyisohoreza mu butagetsi buvuga ko uwiteka adashobora byose uko niko Uhoraho avuga.

Nkomeza kwerekwa ibigiye kuba muri gakondo ya bakiranutsi,nuko mbona ikinogo kigari kandi kire kire kiri mu ghugu cyo mu butayu nkajya mbona icyo kinogo kivamo umurro nkawawundi uturuka mubirunga bya Volcano `maze ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,dore kiriya kinogo ubonye ubonye niryo cumbi ryateguriwe inkozi zibibi za FPR na bambari bayo aho niho bagiye gucumbikirwa kuzageza ibihe byatgetswe ubwo Uhoraho azazingazinga isi nkumusambi maze akayishyiraho iherezo maze abakiranutsi bakinjira muri Yerusalem nshya yo mu Ijuru.Uko niko Uwitekaa abaciriyeho iteka ryose kandi niko abitegetse.

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments