08th Dec,2015 nerekwa ndi muri gakondo yabakiranutsi,mbona abadamu beza cyane batuye mu murwa mukuru wa Yerusalem(Kigali)abo badamu nabonaga barwanya ubuhanuzi bwahanuwe nabahanuzi b’Uwiteka Imana maze mbona ubhanuzi babufata minenengwe babusuzuguye cyane bavuga yuko ibyahanuwe bitazasohora kandi ko nabo basenga Imana yo mu ijuru bashobora guhagarika ibyahanuwe.
Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadamu bo mu bwoko bw’Abatutsi-Kazi barwanya ijambo ry’Uwiteka ry’ubuhanuzi bwahanuwe nabahanuzi akaba ariyo mpamvu ibyahanuwe bizabasohoraho kugirango bamenye yuko Uwiteka ari we Mana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa njya kunyanja kugura amafi,ngeze mu nzira mpura n’umwana mutoya maze arambwira ati,mwana w’ununtu,dore urugendo ugiyemo ndi wowe narureka nkazarujyamo ejo kugirango umwanzi wagutegeye mu nzira akorwe nisoni kugirango nzabashe kubona icyo nifuza uko niko Uwiteka avuga.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri zahoze zumviriza telephone yawe uvugana numwe mubakiranutsi kazi kugirango bumve kandi bamenye gahunda zawe,nuko rero menya uko ugenza kuko nuramuka ugiye utari bubacike ahubwo subika urugendo maze uzagendo ejo uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa mbona ndi muri gakondo yabakiranutsi,mbona ndi ahantu hameze nk’ikibanda cy’ishuli,maze mbona haje abantu baje kunyica ndahunga ngeze muri icyo gishuli bajya kujya ntegera kumuryango w’imbere maze nsubira inyuma ndabacika manuka nurukanka ngera ku kiyaga kitagira abasare ako kanya mpabwa amababa yo kuguruka ndabuka ariko abari inyuma yanjye bose mbona ntibahawe amababa yo kwambuka icyo kiyaga.
Ngeze hakurya mbona mpuye nabandi baje kwambuka bagana hakurya,mu gihe hakurya hari abaje kwambuka baza hakuno.Muri bo nabashije kubonamo umudamu wa Renovat witwa Glady’s cyangwa mama Issac nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,abo nibo bakandida bagakondo yo mu ijuru bagiye kunyura muri ya nzira igana Isiyoni(Urupfu) maze bagere mururembo Siyoni uko niko Uwiteka avuga.
Nkurwa ahongaho njyanwa muruganda rw’umunyemali witwa Mironko Plastique rukorera igikondo maze nerekwa uwo mugabo ukoresha imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bwa NYABINGI yakuye mu gihuhu cya Uganda.Ibyo bigirwamana bye byose Uwiteka amanura umwuka we byose arabyica maze iyo myuka mibi yakoreshega yose irarumbuka maze ubutunzi bwe bwose burayoyoka.
Nerekwa abahungu be,Herve na Jean Piere bambaye amajipo(Umwuka w’igisuzuguriro)nuko mbabwira yuko bagiye gukorwa nisoni isi yose ikababona kubera kutubaha uwiteka Imana.Maze ijambo ry’Uwiteka Imana rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uribuka yuko muri 2002-2003 Uwiteka yaguhaye ubutaka bwaho uruganda rwa Mironko Plastique rukorera hariya kuri Sirwa mu murwa rwagati haruguru ya gare.Ariko Mironko yamaze kuhaguha arangije agukorera uburiganya kubera ko warumaze kuhatunganya arahakwambura.
Mwagiye ku Muvunyi Tito rutaremara na Emmaculate ariko nta bwo baguhaye ubutabera busesuye nk’uko byari bikwiye,kandi buriya butaka n’ubwanjye nijye wahaguye nyamara barahakwambuye nuko rero kuva icyo gihe nta bwo nigeze nguha ubutabera none nibutse gukiranirwa kwa Mironko Plastique none kubera ko atatinye izina ryanjye kandi arumutunzi cyane akambura umugaragu wanjye nitoranirije aho nari namuhaye niyompamvu mwambuye ubutunzi bwe kuko abana be bazakorwa nisoni uhereye igihe ubu buhanuzi bugiriye ahagaragara uko niko Uwiteka ategetse.
Byandike kugirango bazamenye icyatumye Uwiteka abambura ubwo butunzi bamaranye igihe kinini kuko batigeze bahanga iby’isi kandi arabatunzi bakomeye mu isi yabazima.Ndetse yagiye yambura abakozi be benshi akabashwiragiza bakabura kirengera none abo bose ngiye kubaha ubutabera kugirango bimenyekane yuko ukorera Uwiteka Imana ica imanza zitabera uko niko Uwiteka ategetse.
Mbona umuhungu we Herve ambaza ibitabo maze kwandika by’ubuhanuzi uko bingana mubwira yuko maze kwandika ibitabo (21) maze ambaza nimba mfite za CD z’ubwo buhanuzi musubiza ko ntazo mfite,arambwira ati,reka nguhe amafaranga ujye muri studio utunganye izo CD maze umpe Monopoly abe arijye uzajya ugurisha izo CD,musubiza yuko igihe cyo gutunganya ayo ma CD kitaragera nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,urumva umuntu uvuye mu nganda akajya gucuruza za CD uko niko bizagenda kuko ubutunzi bwabo buzarangira bagasigara batinya kunyura mu bantu kubera kwishyira hejuru no kumva yuko isi yabaye iyabo.
Nuko rero hanura ibyabo kandi ubushyire ahagaragara kugirango bimenyekane yuko Uwiteka yabaciriye imanza zitabera kuko ibyo bakorewe bihwanye nibyo bakoze.Maze ubisoma wese abazi arahita ababwira ayo makuru kuko nta nankimwe kizakorerwa mu bwihisho kugirango bamenye yuko ukorera UWiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka aciye imanza zitabera.
Mwana w’umuntu,dore naragutoranije nkugira umuhanuzi wamahanga,kandi nguhindura umugisha ndetse sumugisha gusa ahubwo wabaye isoko y’umugisha,nuko rero uzaguha umugisha nzamuha umugisha,kandi uzakurwanya nzamurwanya,uzakwanga nanjye nzamwanga kugirango bimenyekane ko wangiriye ho umugisha.
Dore isi yise izakuzanira umugisha kuko uko niko nategetse,kandi abatazakorera Imana yawe,bazarimburwa ndetse bashireho,Nyamara abazumvira ijambo ry’Uwiteka (ubuhanuzi) abo bameze nkigiti cyatewe kumazi y’inyanja itajya ikama mu gihe cy’izuba ahubwo gihora gishishe abo nabo niko bazamera kugirango bimenyekane ko abiringiye Uwiteka batazigera bakorwa nisoni.
Nuko dore igihe cyawe cyo guhabwa ubutabera nk’uko wambisambye,kuko utiringiye ubutabera bw’abana bab’abantu,ahubwo ukizera ijambo ryanjye,nanjye nzaguha umugisha kandi nguhe ubutabera nk’uko wambusabye kuko benshi banze kwiringira ijambo ryanjye ahubwo biringira abana bab’abantu.Kubera iyo mpamvu nzaguha ubutabera umuntu wese wakurenganije nanjye nzamurenganya kuko yagiriye nabi umugaragu wanjye mu gihe cy’ubutayu.
Ariko abakugiriye neza igihe cy’ubutayu abo nanjye nzabibuka igihe cy’amakuba,kugirango bamenye yuko nakumenye mu izina ukangiriraho umugisha.
Naguciye Imanzi Mu Kiganza.
Nibamara kubona ko nguhaye ubutabera kandi ko ibyo nakuvuzeho byose bisohoye bazemera yuko nakugize umurwa wera.Dore amarembo yawe ntabwo azakinga murugo rwawe ntanzara izahumvikana ukundi,igihugu cyawe ntarusaku cyangwa urugomo ruzahumvikana ukundi kuko Uwiteka yagukunze akakurutisha bagenzi bawe akaguca IMANZI mukiganza ubwo wari mu nzu y’imbohe aho warukigingiraniye mu gihugu cya Uganda maze nkagirana isezerano nawe rihoraho nyuma yuko uciye icyo wambariyeho mu murwa mukuru w’IBABYLON.
Kuko wubahirije ibyo wasabwaga kugirango ubone umugisha,nanjye nzubahiriza ibyo nagusezeranije kugirango imenye yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi.Kandi ko ari jye wavuganye nawe nkagusezeranya ibikomeye biruhije kwizera umwana w’umuntu.
Ariko wowe ho warabyizeye kandi wakomeje isezerano nubwo wahuye n’intambara zikomeye cyane nyamara narakwirengagije ngo ndebe kwizera kwawe ndetse urarira cyane ugeraho uraceceka urangije unsezeranya ko umpaye ubugingo wabwe ngo mbukoreshe icyo nshaka.Urumva rero ko utakiranuka kurusha Uwiteka Imana yawe.
Ariko kuko wagaragaje kwiringira Uwiteka Imana yawe mu kinyejana kimeze nk’iki cyuzuye ubusambanyi kitagira kwizera na hato.
Ahubwo gihora gishimishwa nibyisi,igitangaje ntiwigeze ugambirira gukiranirwa usibye intambara z’abadayimoni zari zikuzengurutse ariko aho naho wagaraje kwizera ijambo ryanjye.Niyompamvu nakwambuye umufashwa wawe kuko yarafite gukunda ibyisi muri we,kwandi yarigutuma ukurwa mu byasezeranijwe nuko rero uhereye none humura tuza imbere y’Uwiteka Imana yabakiranutsi kuko nagusezeranije kuzaguha ho gakondo yabakiranutsi kandi igihugu cyawe nkazagihe umugisha.
Dore nagusize amavuta aruta aya bami nibikoma ngoma kugirango utazigera wifuza ubwami bwabo cyangwa gukomera nkabo.Ahubwo ngushyira hejuru yabo kuko nabo bazagukorera utazagukorera ubwami bwe nzaburimbura mbamareho iteka ni teka ryose uko niko Uwiteka avuga.Nuko komera kandi ushikame kuko nzakwigaragariza abantu bose bakazamenya yuko nd’Uwiteka Imana yawe.
Dore nzaguhindura umurwa wera,nzawita Yerusalem,igihugu cyawe nta nzara izongera kukirangwamo,ariko abatazakorera Uwiteka Imana yawe Majeshi Leon,abo bazagubwa gitumo nibyago,akaga n’amakuba kandi inzara ntabwo izava mu miryango yabo.Abakugiriye nabi ndetse bakigufitiye ishyari abo nabo nzahangana nabo kugirango bazamenye ko barwanije umukiranutsi wanjye.Dore ibi byose nzabisohoza kandi ntibizatinda igihe cyabyo nikigera nzabisohoza byihuse icyo gihe umutima uzikanga kandi uzarushaho kwaguka uzamenya yuko Uwiteka wamugiriyeho umugisha uko niko Uwiteka avuze.
09th Dec,2015 njyanwa mu iyerekwa maze mbona imikorere ya Bafarisayo uburyo basezeranya abantu barobanuye ku butoni kuko babanza kubaza ibibazo bitandukanye kugirango babuza buze ariko ufite Cash bahita bamwumva ndetse nta nibibazo babaza kuko bazi yuko icyo bashaka ari bukibahe.Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,andika ubu butumwa maze ubushyire ahagaragara kugira ngo ubwoko bw’Uwiteka bumenye iyo mikorere ko Uwiteka ayigaya.
Dore abashumba baragira intama zanjye barya zibyibushye izinanutse bakazireka kubera yuko atarabashumba nyabo,nabashumba baragirira ibihembo.Ariko igihe kirageze ngo Uwiteka yiragirire intama ze kandi azaziha abashumba we yitoranirije bazavura izavunitse ndetse izinanutse zizabyibuha kandi zizashisha zishire irungu kuko abihaye kuziragira batabihawe na nyirazo bazagusha ishyano.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira abantu banjye ubabwire uti,aharamategeko,ubukene buragwira,ndetse n’intambara ziba nyinshi,ariko ahari Ubuntu bw’Imana (Grace) ubutunzi buba bwinshi.Nuko rero abashaka kubona umugisha babwire bahagarike gutanga icya cumi kuko utanga icya cumi 10%aba ayoborwa namategeko.Naho uyoborwa n’umwuka wera,aba mu buntu bw’Imana kandi aho Ubuntu buri ninaho umugisha uba uri.Kuko umuvumo ubana namataegeko Abagalatia 3:10 naho umugisha ukaba munsi y’ubuntu bwa Kristo w’Imana.
Niyompamvu abantu baba munsi ya mategeko badashobora kubona umugisha,ariko ababa munsi y’ubuntu,nibo bana b’Imana kuko abo ari bo bazaragwa ubugingo.Aho Ubuntu bugeze amategeko ahungana n’umuvumo,hagasigara umugisha,ariko na none aho amategeko ageze Ubuntu buhita buhungana n’umugisha hagasigara umuvumo iyo niyompamvu nyamaukuru ubwoko bwanjye buhora busaba umugisha ntibabashe kuwugeraho.
Ariko abari mu buntu bwa Kristo abo nibo baba mu mugisha w’Imana kandi ninabo bazaragwa ubugingo buhoraho nuko rero uhereye none abashaka umugisha nibabanze batandukane n’umuvumo kuko Uwiteka adashobora kubaha umugisha baba munsi kuko baba batuye munsi yamategeko ariyo yahindutse umuvumo nuko abashaka umugisha nibareke amategeko kugirango babone umugisha uko niko Uwiteka avuga.
Acts 5:1-11:
Ananias and Sapphira
5 Now a man named Ananias, together with his wife Sapphira, also sold a piece of property. 2 With his wife’s full knowledge he kept back part of the money for himself,but brought the rest and put it at the apostles’ feet.
3 Then Peter said, “Ananias, how is it that Satan has so filled your heart that you have lied to the Holy Spirit and have kept for yourself some of the money you received for the land? 4 Didn’t it belong to you before it was sold? And after it was sold, wasn’t the money at your disposal? What made you think of doing such a thing? You have not lied just to human beings but to God.”
5 When Ananias heard this, he fell down and died. And great fear seized all who heard what had happened. 6 Then some young men came forward, wrapped up his body,and carried him out and buried him.
7 About three hours later his wife came in, not knowing what had happened. 8 Peter asked her, “Tell me, is this the price you and Ananias got for the land?”
“Yes,” she said, “that is the price.”
9 Peter said to her, “How could you conspire to test the Spirit of the Lord? Listen! The feet of the men who buried your husband are at the door, and they will carry you out also.”
10 At that moment she fell down at his feet and died. Then the young men came in and, finding her dead, carried her out and buried her beside her husband. 11 Great fear seized the whole church and all who heard about these events.
Where there’s a law,there’s a curse!Where’s grace,there’s a blessing this a statement of the great Prophet Majeshi Leon.No matter how many times,the teeth bite the tongue,they still stay together in one mouth.!That’s the spirit of forgiveness.





