02nd Sept,2015 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi,nerekwa inzu ikorerwamo ubucuruzi, mbona yuko iyo nzu,imaze gusaza kandi yahengamye ibikuta byayo, ndetse wabonaga amabati nayo agiye gukurwaho n’umuyaga kuko imvura yarikubye ibicu bimaze gutanda hose mu kirere cyo hejuru ya gakondo yabakiranutsi.
Mpagarara kuruhande rw’iyo nzu twarebaga uko abantu binjira muriyo inzu, ni uko basohoka kuko byari urujya nuruza.Nuko ngerageza kubwira abantu binjiraga ko,iyo nzu,igiye kugwa kubera hari hakubye imvura y’umuhindo ivanze n’umuyaga mwinshi wabonaga ko,igicu kiremereye ariko abantu bamfataga nk’umusazi nta numwe wabashije kunyumva.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirmbwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara araruhira ubusa nk’umusambanyi ukoresha gapote,kuko igihe cye cyararangiye ntabwo imigambi ye izamuhira kuko bidashoboka ko imigambi y’umwana w’umuntu isimbura imigambi y’Uwiteka uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu.tereza amaso urebe hakurya yawe,ndatereza maze mbona aho abahutu babakiga bateraniye barimo kwitegura kwinjira kujya mu ishuli,maze umwuka w’Uwiteka arambaza ati,ubonye iki?Ndasubiza nti,mbonye abakiga aho bateraniye bitegura kwinjira mu ishuli.Arambwira ati,uko niko bigiye kujyenda kuko abakinga banga Umwami w’Urwanda,niyompamvu Uwiteka agiye kubashyira mu ishuli kugirango bige kubaha Uwiteka Imana yabakiranutsi.
Dore nzatatanya imigambi yabanzi b’ubwami bw’uRwanda kugirango ubwo Umwami w’uRwanda azima ingoma azabeho mu mahoro no gukiranuka ku bwoko bwanjye uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rorambwira riti,mwana w’umuntu,dore har’umugore nakubwiye uruhi