06th Nov,2015 mwana w’umuntu,dore amagambo abaye menshi kubera gushyira ahagaragara Bishop.Mukwiza Nahoza Consolee,wihaya gukorera Uwiteka atarigeze amuhamagara nyamara dore igihe kirageze ubwo Uwiteka ngo ashyire ahagaragara abamukorera nabatamukorera kugirango bimenyekane yuko nd’Uwiteka Imana.Uko niko Uwiteka avuga.
Mwana w’umuntu humura ntugire ubwoba kandi ntutinye kuko nd’Uwiteka Imana dore umugisha uraje gusanga kugirango bimenyekane yuko ukorera Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Elekeza amaso urebe iburasira zuba bwawe dore umugisha nguriya uraje witegure kuwacyira kugirango urusheho gukorera Uwiteka Imana yabakiranutsi dore nakugize umugisha kandi uzahora urumugisha kuko wakunze gukiranuka ukanga ubugome hamwe n’intonorano za Nicoilati bagerageje ubugingo bwawe uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore (2);barimo kumesa imyenda hejuru y’ikiraro nsanga babuze amazi yo kumesa imyenda hanyuma banyereka munsi y’ikiraro ko hariyo amazi bashaka kujya kuyavomayo,maze bose bahita bagwa muri uwo mugenzi.Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi zibibi zahigaga ubugingo bwawe zose uko ari (2); dore Uwiteka abateje ibyago bikomeye ku buryo kuzabyikuramo bizabagora uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho ku nshuro yindi maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ABACONGOMAN basigaye bacuruza abana bato babajyana mu mahanga kubagurisha,none andika ubwire abatuye isi,birinde ubwoko bw’AbaCongoman ntibakagere mu muryango yabo kuko bagenzwa no gushaka abana bato abo bajya kugurisha bashaka impiya kandi abo bana bahita batwarwa mu gihugu cy’UBUSHINWA (China) uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara agiye gutanginza iyindi ntambara ikomeye kugirango atazabazwa jenocide yakoreye abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi,ariko ariyimbire kuko Uwiteka yamaze kumushyira mu maboko y’Abanzi be,uko niko Uwiteka avuga.
Mwana w’umuntu,dore har’umudamu ugiye kuza ngo umusengere kuko yambuwe umugisha n’inkozi zikibi,yabwiwe yuko usengera abantu bakabona iisubiozo none naramuka aje gusaba gusengerwa uzamusengere nanjye nzumva gusenga kwawe maze ngarure umugisha we bityo amenye yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rira mbwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi zibibi zitambitse imbere y’umugisha wawe Uwiteka amaze ku kwereka aka kanya none kora uko usanzwe ukora ugaruze umugisha wawe uko niko Uwiteka avuze.
07th Nov,2015 Nerekwa imbaraga zabadayimoni bari baranterereje batwara umugisha wanjye,mbona ngaruza umugisha umugisha wanjye ndwana nizo nkozi zikibi ziraneshwa ,maze nerekwa ko,igihe cy’umugisha kubakiranutsi gisohoye kandi gikomeye nerekwa abagize inzego z’ubwami bw’uRwwanda zikorera mu buhungiro ko bahagutse batangiye gukorana ubwira ndetse n’umwete mwinshi nerekwa bahura n’umuhanuzi mukuru maze baraganira bamubaza aho gahunda z’Uwiteka ku bwami bw’uRwanda zigeze maze mbona abasobanurira byamashira kinyoma.
Nuko nerekwa ko abadayimoni bari baratsikamiye ubwami bw’uRwanda bugahera mubuhungiro boherejwe mu gihugu cy’ubutayu,nerekwa ko umuhanuzi mukuru aherekeje abo bazimu abageza mubutayu bugufiya buherereye mukarere k’Afrika y’uburasira zuba
Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwwana w’umuntu,dore Uwiteka yifuje gusohoza ibyo yasezeraje ubwoko bwe bukomoka mubakiranutsi kuko agiye gusohoza ibyo yabwiye abakiranutsi,babwire ntibivange n’abandi batizera Uwiteka Imana yabakiranutsi kugirango bazasangira umuvumo birinde kandi biheze babe ukwabo kugirango batiyanduza kuko uzifatanya nabatumvira Uwiteka Imana ahubwo bakifatanya nizo ntumvira zibwira yuko zishobora gukora nk’uko zakoze mu bihe byashize,ziribeshya cyane kuko dore hariho abagenda batandaraje mu mayira abiri bavuga ngo nitudafata hano,tuzafata hariya!Nitabyara inyana izabyara ikimasa uko niko Uwiteka avuga.
Ntwarwa mu iyerekwa nongera kubona umugore wigize umuhanuzi-kazi,kandi wiyemeje kuba intumva ngo yumve imiburo y’Uwiteka Imana imuvugaho,uwo ntawundi ni Marie Murebwayire ESTHER utuye mu gihugu cy’Ubuholland yanze kumvira ijambo ry’Uwiteka yamuvuzeho.Mwerekwa arimo gushyugumbwa ngo aganire n’umucyecuru warimo gufungura amafunguro ya mugitondo hamwe nabana be ndetse nabuzukuru be,mbona Esther ashaka kubegera ngo basangire bose yaba esther cyangwa uwo mukambwe-kazi bari batuye mu nzu yubakishije ibyatsi.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Esther Marie arimo arifuza kurya intonorano zuriya mucyecuru (IDINI) ndetse urabona ko bose bituriye mu nzu y’ibyatsi bisobanura imirimo y’imfabusa inyuranye n’imirimo y’Uwiteka Imana,nuko ndagenda mbaza Marie,nti,kuki urimo wifuza kurya ziriya ntonorano z’uriya mukambwe-kazi,aransubiza ngo yifuzaga kumuvugisha ngo asanze arimo gufungura aba aretse ngo arangize.
Nuko ndamubwira ngo,dore Uwiteka yakuvuzeho kenshi yuko ukora imirimo yo gutata ubwoko bw’Abahutu,warangiza ukihisha mu idini wigaragaza yuko ukorera Uwiteka Imana yabakiranutsi,none igihe cyawe kirasohoye ngo Uwiteka agushyire kukarubanda dore nuriya mukambwe ntabwo aribukwakire kuko akuziho kuba utari inyangamugayo nuko rero ubwo wanze kumva ukanga no kwihana kubera wamaze kurya intonorano ugushije ishyano kuko Uwiteka aguhagurukiye kandi agiye kugukoza isoni muruhando rwamahanga uko niko Uwiteka avuga.
Nongera kwerekwa umu Pastor warufite amafaranga menshi,maze haza umuntu washakaga ko amuguriza amafaranga kugirango azamwungukire,nuko ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,witegereze neza ibyo uriya mu Pastor agiye gukorera uriya muntu uje amugana amutakira,nuko nanjye muhanga amaso maze nerekwa yuko uwo mu Pastor agiye kumuha amafaranganumva ndishimye yuko uwo mushumba agiye gukemura ikibazo uwo muntu yarafite,mu gihe ndimo kwitegereza ndabwirwa ngo,dore aba Pastor biki gihe babaye abisi,kuko basigaye bakora ubucuruzi mu mafaranga y’insengero iyo haje umuntu ngo bamusengere kandi bamufashe,aho kugirango bamugirire neza,bamwikoreza iyindi mitwaro bakamuguriza amafaranga zabyara inyungu kugirango azabazanire inyungu muri ayo mafaranga y’urusengero uko niko Uwiteka avuga.
Nuko rero abakora batyo,bagushije ishyano kuko bakora ibinyuranye n’ijambo ry’Uwiteka Imana,ariko abamutegereza kuzageza igihe cyategetswe bazagubwa neza uko niko Uwiteka avuga.Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha Uwiteka yaraye akubwiye nguriya uraje uwitegure kuko ugiye kwakira umugisha uzakugirira umumaro kugirango umenye yuko Uwiteka ariwe Mana uko niko avuga






