Ubuhanuzi bwo ku wa 17 Jan,2016 Uwiteka yavuze yuko agiye kwatsa umuriro mu gihugu cy’IBABYLON akabakoza isoni ubwo yaduhaga ubu butumwa twari mu nzira twerekeza mu gihugu cyo mu butayu hamwe n’umuhanuzi mukuru tugiye kwakira umulinzi mukuru wa masezerano.
Ubwo sinabonye akanya ko kwandika kuko mudasobwa twari twayisize twanga yuko dushobora guhura na za magigiri zikaba zaduteza imanuka ubwo turagenda aho tugaurkiye nibwo dushyize ahagaragara ubwo butumwa.
Mu gihugu cy’IBABYLON ubu barimo kurira ayo kwarika kubera ingabo z’igihugu zabarizwaga mu gihugu cya SOMALIA,zaguwe gitumo na Al-Shabab maz zibicamo ingabo zigera ku ijana no kurenga hanyuma abandi barenga ijana na mirongo itanu (150) babafata bugwate barabatwara.
Ubu mukanya nibwo umukuru w’igihugu Uhuru Muigai yararimo ageza ijambo kubanyagihugu kandi Uhoraho nawe akomeje kuvuga ko iyo ar’intangiriro kuko banyuranije n’ijambo rye.
Abafite abavandimwe babo mugisirikare babarizwaga muri Somalia abenshi babuze ababyeyi babo,abandi Babura abana babo.Ubu twandika iyi nkuru abanyaKenya barimo kurira amarira yo kwarika
Ibi byose nta kindi kibitera atari ukwanga kumvira ijambo ry’Uhoraho,iyo baza kuba bataz’icyo Uhoraho yabavuzeho byari kuba byumvikana ariko kuko batashatse kumenya iby’ijambo ry’Uhoraho niyompamvu bazahura nakaga gakomeye cyane.





