HomeNewsAbacika cumu bagiye gusimbuzwa abahutu!

Abacika cumu bagiye gusimbuzwa abahutu!

02nd Sept,2015 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi,nerekwa inzu ikorerwamo ubucuruzi, mbona yuko iyo nzu,imaze gusaza kandi yahengamye ibikuta byayo, ndetse wabonaga amabati nayo agiye gukurwaho n’umuyaga kuko imvura yarikubye ibicu bimaze gutanda hose mu kirere cyo hejuru ya gakondo yabakiranutsi.

rwanda-map-large-300-300Nuko mbona umugabo umwe twari kumwe ntabashije kumenya uwari we,maze arambwira ati,mwana w’umuntu,wabwiye abacuruzi barimo gucurira muri iriya nzu , ko , iriya nzu igiye kubagwira?Kandi ko, imvura ikubye igiye kugwa!Kuko ikigaragara ni uko,iriya mvura niramuka igeze hasi,nta bwo iribusige iriya nzu itaguye kuko yarahengamye hasigaye gato gusa ngo haboneke impamvu yatuma igwa ahasigaye igahita igera hasi.

Mpagarara kuruhande rw’iyo nzu twarebaga uko abantu binjira muriyo inzu, ni uko basohoka kuko byari urujya nuruza.Nuko ngerageza kubwira abantu binjiraga ko,iyo nzu,igiye kugwa kubera hari hakubye imvura y’umuhindo ivanze n’umuyaga mwinshi wabonaga ko,igicu kiremereye ariko abantu bamfataga nk’umusazi nta numwe wabashije kunyumva.

KigaliIcyantagaje!Ni uko hari abarebaga ko iyo nzu koko igiye kugwa, ariko bakanga bakinjiramo bavuga ngo,ntabwo bari butindemo.Igihe cyaje kugera ya nzu iza kugwa abantu bose bari muri inzu yubucuruzi bashiriramo uko niko Uwiteka avuga.

TwagiramungMwana w’umuntu,dore umwakagara agiye kwiyegereza abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu,kugirango yifatikanye nabo,kuko igihe cye cyo guhangana nabatavga rumwe nawe cyageze kandi n’igihe gikomeye cyane nawe arabizi ko atazakinesha.None yigiriye inama yogusimbuza ABACIKA CUMU ABAHUTU,NUMVA ARAVUZE NGO,ABACIKA CUMU NARABAAKORESHEJE NONE IGIHE CYABO CYARARANGIYE,UBU NGIYE GUKORESHA ABAHUTU KUKO BADAFITE IPFO NARUGURU BYANZE BIKUNZE BAZEMERA KO MBAKORESHA KUKO NABO BAKENEYE UBUTEGETSI AHO KUGIRANGO INTEBE YABUKUNZI ISUBIRANWE NABANYIGINYA.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirmbwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara araruhira ubusa nk’umusambanyi ukoresha gapote,kuko igihe cye cyararangiye ntabwo imigambi ye izamuhira kuko bidashoboka ko imigambi y’umwana w’umuntu isimbura imigambi y’Uwiteka uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu.tereza amaso urebe hakurya yawe,ndatereza maze mbona aho abahutu babakiga bateraniye barimo kwitegura kwinjira kujya mu ishuli,maze umwuka w’Uwiteka arambaza ati,ubonye iki?Ndasubiza nti,mbonye abakiga aho bateraniye bitegura kwinjira mu ishuli.Arambwira ati,uko niko bigiye kujyenda kuko abakinga banga Umwami w’Urwanda,niyompamvu Uwiteka agiye kubashyira mu ishuli kugirango bige kubaha Uwiteka Imana yabakiranutsi.

Dore nzatatanya imigambi yabanzi b’ubwami bw’uRwanda kugirango ubwo Umwami w’uRwanda azima ingoma azabeho mu mahoro no gukiranuka ku bwoko bwanjye uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rorambwira riti,mwana w’umuntu,dore har’umugore nakubwiye uruhi

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments