HomeNewsIfarasi y'umuhanuzi mukuru isenya Bank ya BK!

Ifarasi y’umuhanuzi mukuru isenya Bank ya BK!

26th June 2015 ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore nyampinga yinjiye mu ishuri nta karamu yo kwandikisha afite.Maze umwuka w’Uwiteka arambaza ati,waba usobanukiwe niryo jambo?Ndasubiza    nti oya Nyagasani!Arambwira ati,ibyo bisobanura ko itorero ryo muri gakondo ryinjiye mu bigeragezo nyamara ntabwo ibyo bigeragezo bateze kuzabitsinda.

BKUmuntu ubusanzwe iyo agiye mu ishuri,yinjirana ikaramu n’ibitabo,kugirango yige kandi yandike ibyo yigishwa,ejo nibaramuka bamuhaye ikizamini,azabashe kugikora kandi agitsinde ariko se niba udashobora kwinjirana ikaramu urumva icyo kizamini wazajyagitsinda gute?Uko niko Uwiteka abaza!

Ijambo ry’Uwiteka Imana ryongera kunzaho rirambwira riti,dore umwuka winzika wakurwanyaga uraneshejwe kuko ighe gishyize cyera kandi ibyahanuwe bikaba birmo bisohora,kubera iyo mpamvu dore abakurwanyaga bamaze kubonako bakurenganya ahubwo ibyo wahanuye arukuri gusa!

None ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko uko bazajya bauhiga ninako nzajya ndushaho kubongerera ibyago kandi mbyihutishe kugirango mu gihe bazaba bari muri ibyo byago byabo uzajya uhumeka maze wikomereze umurimo w’ubuhanuzi uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu ufashe umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe kumugira inama nuburyo yakomeza gukora umurimo we neza,kuko dore intambara ziramuhagurukiye nyamara izo nkozi zikibi zirashinga umuhunda ku kirenge kuko imigambi yabo namaze kuyiburizamo uko niko Uwiteka avuga.

UKJune 27th,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira ngo«The Rhema word called the house of Lord’s» nuko njyanwa muyerekwa mukibaya cy’ubutayu mbona abadayimoni benshi babyagiye muri ubwo butayu.Maze nerekwa umuhanuzi mukuru warumanutse kumusozi ageze muri icyo gikombe cy’ubutayu bugufiya,mbona yuriye ifarashi imucisha muri babadayimoni bari muri cyo gikombe cy’ubutayu bugufiya.

BKNerekwa umurwa mukuru umeze nk’umurwa w’urwagasabo,mbona zimwe mu ifarashi umuhanuzi mukuru yicayeho iragiye yirukanka cyane irwana niyidi farashi yari yanditseho «BANK DE KIGALI BK», mbona yafarashi umuhanuzi mukuru yicayeho inesheje ya farasi yitwa BK.

UK1Nerekwa iyindi farasi yariturutse iburasira zuba,iza yirukanka nayo yari yanditseho ku mbavu zayo «The house of Lord’s»Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu waba wasobanukiwe biriya nkweretse?Ndasubiza nti oya Nyagasani nabibwirwa niki?arambwira ati,imbaraga za leta y’uRwanda yirata namafaranga ibitse muri «Bank de Kigali» .

UK2Nyamara ayo mafaranga yose azaribwa ashire basigare amara masa.Ikindi iriya farasi wabonye yitwa «The house of Lord’s» n’intekonshingamategeko y’Abongereza igiye gukorana n’ubutabera bwicyo gihugu bakarebera hamwe uburyo uru rubanza rwa Gen.KK ruzakorwa mu buryo bwiza leta y’uRwanda ikazatsindwa nurubanza ibyo ngiye kubikora vuba uko wabonye ifarasi yihuta ninako ngiye kwihutisha iby’uRwanda kugirango ijambo ryanjye risohoze umurimo waryo uko niko Uwiteka avuga.

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments