HomeNewsMutima mucye wo mu utiba!

Mutima mucye wo mu utiba!

May 01st ,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu uraje kandi ni wowe wifuza,nyuma yahoo njyanwa mu iyerekwa mbona umuntu azanye ibizibaho (3); kimwe cyari icyatsi cyibisi,ikindi cyari ubururu,ikindi cyari icyatsi kivanze n’umuhondo uwo wumuhondo niwo wari mwiza cyane kuruta ibindi byose.

Ni uko numva ijwi rimbwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka Imana yohereje society ikomeye kw’Isi,igiye gukorana nawe ibijyanye niby’ibirango mu itangaza makuru uko niko Uwiteka avuga.

VUbwo nari mu gikombe kiri munsi yagakondo cy’Abakiranutsi,neretswe umulinzi w’ibyasezeranijwe abakiranutsi,aza aturuka Iburasira zuba ya gakondo yabakiranutsi,maze mbona aje asanganira umuhanuzi mukuru,nawe waruturutse Ikusi y’uburasira zuba bwa gakondo yabakiranutsi .

Nerekwa ko afite mu ntoki ze icupa ririmo ubutunzi bwo mu bwoko bwa zahabu y’ibyasezeranijwe abakiranutsi,maze mbobona araje ayishyira mu ntoki z’umuhanuzi mukuru mbona aranezerewe maze numva ijwi rivugiye mu ijuru ngo UKO NIKO BIZAGENDERA ABAKIRANUTSI BIHANGANYE BAGATEGEREZA IBYASEZERANIJWE uko niko Uwiteka avuze!

dMay 02nd ,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubukungu bwa kiliziya Gatolika burahanantutse kandi abakozi benshi bagiye kwirukanwa ku milimo yabo kuko bagenje nabi bariye ubutunzi bwa kiliziya babinyujije mu mishinga cyane cyane kubaka amazu,amagarage,ibibanza,namasociety atagira ingano.Kiliziya yisanze ubukungu bwayo bwararangiye none bahisemo kwirukana abakozi babo uko niko Uwiteka avuga.

mapIjambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyeCongo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda biyita abanyamurenge,bafite agahinda gakomeye cyane kuko impano z’Uwiteka zabaga muri bo zabavuyemo zigira muyandi moko,bari bazi neza ko zitazava muri bo,none basigaye bafite ipfunwe yuko bajya mubo bita abanyanoko ngo babahanurire nanjye nabakuyeho umwuka wanjye kugeza igihe umujinya wanjye uzacururuka nkazabagarura mu gihugu cyabo nyuma yuko bazaba bamaze kuba abacakara mu mahanga kandi hejuru yibyo bakihana uko niko Uwiteka avuga.

bBecyerensheje ijambo ryanjye ndetse bagerekaho kuri ricuruza niyompamvu bizaba gora cyane kugirango bongere kugruka imbere y’Uwiteka Imana kuko babaswe namoko bakaba biyemera ntawundi muntu bemera kandi abakozi banjye akaba arijye ubahamagara kujko ntawantegeka uwo nkoresha cyangwa uwo ntakoresha uko niko Uwiteka avuga.

Dore barakwanga cyane kuko wandika ibyabo kandi nijye waguhamagaye ndetse urwo rwango bakanga nirwo rurushaho gutuma ngira umujinya aho kwihana ahubwo birirwa bakuvuga wagirango nakazi nabahaye uko niko Uwiteka avuga.

2013-05-02t014944z_1027112606_gm1e9520r4h01_rtrmadp_3_milken_003rd May ,2015 Mwana w’umuntu dore umwakagara yamaze gutunganya imigambi yose yo ku kugirira nabi,ariko ntugire ubwoba kuko nijye wakurinze kandi nzakomeza kukurinda nyamara ntazigera agira amahoro azarinda ava ku ngoma ataguciye iryera kuko yamaze kubona yuko igihe cye cyegereje ngo akurwe ku ngoma uko niko Uwiteka avuga.

Dore umunsi wejo yakoresheje ikorana buhanga kugirango barebe abantu bose uvugana nabo bityo babashe kubageraho barebe ko bakugambanira,ariko barashinga umuhunda kukirenge kuko bizabakundira kandi nkaba nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi.

New oneMwana w’umuntu,dore umwakagara yamaze gufata imigambi yo kwica ABACIKA CUMU bose cyane cyanme bize kugirango azabone uko yitunganiriza amatora adafitiye ikizere yuko azayageramo cyangwa azayatsinda!None burira abantu banjye ubwoko bwanjye bw’Abacika cumu ubabwire ngo nzi agahinda kanyu n’umubabaro wanyu,niyompamvu ngiye gukora ikintu gishya hagati mu gihugu kugirango mu menye yuko nd’Uwiteka Imana irengera abatagira kivurira uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu dore ibinyamakuru byose bikorera hanze y’igihugu byongeye ku nshuro y all gufata intonorano kugirango bareke kwandika ibibera mu gihugu cy’uRwagasabo kugirango abaturage batamenya ibirimo gukorwa ‘ubutegetsi bw’ikinyoma busigaje igihe gito cyane Uwiteka akihesha icyubahiro.Dore ikinyamakuru inyangenews baragihigira hasi no hejuru ngo kuko cyanzezegufata intonorano z’umwakagara none ube maso umenye uko ugenza kuko ariwowe bashaka uko niko Uwiteka avuga.

coMwana w’umuntu dore umudayimoni wakurwanyaga ukomeye cyane ucirirweho iteka kuko Uwiteka ayimanukiye akaza ku kurwanirira intambara kugirango umenye ko ar’Uwiteka aImana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga!

May 04th ,2015 Nerekwa ingabo zijya gusa n’inkotanyi,cyangwa zishobora kuba zifite icyo zipfana n’inkotanyi,zimaze kugera haruguru y’ubutayu bugufiya buteganirijwe kurwaniramo ingabo za leta y’umwakagara hamwe nabatavuga rumwe n’ubutegetsi,nereklwa kagame afite ubwoba bukomeye cyane kuko harimo ingabo (3);atinya cyane kuko ngo azi neza ko baramutyse bayoboye urugamba badashobora kurutsindwa maze nerekwa amahanga yose atererana umwkagara abura umuntu n’umwe wamutabara nk’uko yabyibwiraga

schoolHaruguru y’ubwo butayu har’ishuri ryubatse kumusozi aho ryigisha abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi cyane bavuye Uganda ariko bakaba bamaze kurangiza iryo shuri ahubwo bakaba bagiye gusimburwa n’”ABACIKA CUMU” uko niko Uwiteka avuga.

Muri ubwo butayu nerekwa umwuka w’inzika wa perezida Habyarimana wahoze ayobora uRwanda,uwo mwuka warimo gukora imyitozo ya gisirikare kugirango ujye kwifatanya na za nkotanyi zari kunkengero z’ubutayu bugufiya,nerekwa uwo mwuka uzamuka amajyaruguru y’ubrengera zuba bw’IKUSI kugirango ujye guhura nazangabo zifite icyo zipfana n’inkotanyi maze bakureho umwakagara uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa imbe za gakondo yabakiranutsi zongera gusubirwamo kugirango hashingwe imbibe nshayanshya,ni uko mbona umwuka w’inzika uhagurutse kurwanya izo mbago nsnyanshya za gakondo yabakiranutsi ariko uwo mwuka uranesha mbona usubiye inyuma uko niko Uwioteka avuga.

jKu mwaka wa (4); w’imanza z’Uwiteka mu itorero rya Kristo,nerekwa inkozi z’inkozi zibibi Uwiteka aziteza umwuka wogusubiranamo kugirango aburizemo imigambi yazo,aho kugirango izo nkozi zikibi zishyire hamwe ahubwo zitangira gusubiranamo bituma binanairwa kunesha intambara yari ibasatiriye yo guhangana n’umugisha wabakioranutsi uko niko Uwiteka avuga.Izo mabaraga bakoreshaga zari izo mu bwoko bw’Abacwezi n’Abalangi maze mbona Uwiteka abagize kuba ibiragi kuburyo batozengera kuvuga uko niko Uwiteka ategetse.

p05th May 2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti mwana w’umuntu dore umwakagara yarahiye kandi yakoze intego nabashinzwe guca ibihanga by’Abakiranutsi yavuze yuko uzagufata azamuhemba inshuro (7);dore yateze imitego myinshi yo ku kugirira nabi,ariko ngiye kwerekana yuko nd’Uwiteka Imana yawe kandi yuko nta mwana w’umuntu ushobora kwitambika mu migambi yanjye uko niko Uwiteka avuga.

Dore n’umwuka w’inzika y’inzigo wongeye kuzamuka kugirango ukugigirire nabo cyangwa uguhagarike umutima bityo ntutinye kuko nd’Uwiteka Imana yawe nzakurinda nzakugirira neza amahaga yose azamenya yuko wahiriwe k’Uwiteka Imana yawe uko niko Uwiteka avuga.

The Rhema word comes from the Lord ,and told me,son of man,noted this word:May 04th ,2015 the Rhema word came to me called «INTERNATIONAL BACK IN» in the research find through out the meaning of these words: Taking a fresh look at the impact of non-state actors on world politics and on the foreign policies of states, this book revives the debate on transnational relations which started in the 1970s. This debate withered away in the face of state-centered approaches, but this book’s new approach emphasizes the interaction of states and transnational actors, arguing that domestic structures of the state as well as international institutions mediate the policy influence of transnational actors. Empirical chapters examine the European Economic and Monetary Union, US-Japanese transnational relations, multinational corporations in East Asia, Soviet and Russian security policy, democratization in Eastern Europe, and ivory management in Africa. The book concludes with chapters discussing the theoretical implications of the findings in the empirical studies.

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments