HomeNewsAmatora mu gihugu cya Kenya(Jubilee)baratega zivamo!?

Amatora mu gihugu cya Kenya(Jubilee)baratega zivamo!?

Amakuru agera ku inyangeNews aturuka mu murwa mukuru wa Nairobi mu gihugu cya Kenya,aravugako,leta ya jubilee iyobowe na Uhuru Kenyatta Muigai imaze iminsi igirana inama na komisiyo ya matora ya IEBC bayisaba kuzagabanya impapuro zitora muduce  tuzwi kuba halimo abantu benshi bashyigikiye NASA itavuga rumwe nubutegetsi.

Ibi bije nyuma yuko leta ya jubilee yagiye igerageza gukoresha uburyo bwose bwo kwiba amatora,ariko Raila Uyoboye NASA agahabwa amakuru yibyo leta ya jubilee igenda ikora nawe akabiha itangaza makuru bityo gahunda zo kwiba amatora zikagenda zimenyekana iyo migambi ikaburizwamo gutyo.

Hamaze iminsi havugwa inama za gisirikare KDF, z’ukuntu bazakoresha igisirikare cya KDF mukwiba amatora,ariko abari mu nama baje guha Raila utavuga rumwe na leta copy yibyavugiwe mu nama ndetse bakanafatwaho umwanzuro.

Maze nawe ahita abishyikiriza itngaza makuru rirabitangaza,mubyavuzwe cyangwa byizweho,harimo no gushyiraho icyigo cya mahugurwa ya gisirikare,maze bagafata abasirikare bakabagira abasivile cyangwa RAIA(umuturage)bakajya kwigira abanyamuryango ba NASA kugirango bazabone uko bateza akavuyo mu matora y’umukuru w’igihugu.

Izo nama zaje nyuma yuko na none habaye (scandols)zirimo gushyiraho andi mahugurwa ya giPolice ahitwa EMBAKAS,ibarizwa muri Nairobi,hamwe na Kakamega ibarizwa mu ntara yuburengera zuba bivugwa ko bashyigikiye RAILA Odinga.Abahatuye bakaba ari abo mu bwoko bwa ABALUHYA bivugwa ko ari benshi cyane muri icyo gihugu bafite imiryango cyangwa amazu(68) yabagize ubwo bwoko.

Ayo makuru nayo yaramenyekanye!Nyuma yaho nibwo hakurikiragaho urupfu rwa Gen.NKAISSERY minister cyangwa se Cabinet Secretary (CS) warushenzwe interior minister cyangwa ubutegetsi bw’igihugu.

Nyuma y’icyumweru kimwe gusa hafi [2] nibwo hicwaga umwe mu bayobozi bakuru ba IEBC,warushinzwe ikoranabuhanga rya ICT urwego rw’itumanaho muri komisiyo ya matora ya IEBC.

Abatavuga rumwe na leta bashinja leta ya jubilee kuba ariyo irinyuma yibyo byose birimo gukora bashakisha uko baziba amatora y’umukuru w’igihugu ateganijwe ejo taliki ya 08 08,2017.

Ubuhanuzi buvuga ko,Kenyatta nadaha manda ya kabiri william Ruto icyegera cye,azakorwa nisoni bwahanuwe taliki ya 24 Mar,2017 mu gice cya (1-3) cy’ubuhanuzi.Bivugwa ko,yaba ari we unatanga amakuru yose yimikorere ya jubilee,mugenzi we uburyo akoresha bwo kuziba amatora.

abazi ururimi rw’igiswahili cya Kenya,mushobora gukurikira iyi video twakita film mbara nkuru(XYZ) itegurwa nitangaza makuru ryo muri Kenya.

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments