HomeNewsUhoraho yasabye abanyarwanda bo mu bwoko bw'abatutsi biyita abaCongoman (Abanyamurenge)gukura abarozi hagati...

Uhoraho yasabye abanyarwanda bo mu bwoko bw’abatutsi biyita abaCongoman (Abanyamurenge)gukura abarozi hagati muri bo maze amasengesho yabo akagera ku Mana!

April 20, 2016 ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Gen.Jack Nziza yaguteje insore nsore  ze zihindura abakiristu ngo barebe ko wabandikira ukabasubiza maze bakisunga ikoranabuhanga bakamenya aho uherereye ariko ubwo icyo kibazo wagikemuye ntugatinye kubasubiza kuko nd’Uhoraho Uwiteka Imana yawe niko Uhoraho avuga.

Dore ugiye kwakira za e-mail nyinshi cyane umuhanuzi usheshe akanguhe yabiguhanuriye nyamara zizaba ar’iza ba magigiri zizaba zishaka kumenya icyerekezo cyawe,ntuzitinye kuko wamaze guhindura imikorere wifashije ikoranabuhanga.Dore ntakabuza imigambi yabo izahinduka imfabusa!

 Ibi byose bibaye nyuma yuko Uhoraho akongereye ubwenge bujyanye nimikorere yikoranabuhanga, none bya bayoboye basanze nawe kw’ikoranabuhanga utoroshye none dore nta yindi nzira basigaranye usibye ku kwandikira kuri email gusa.

Dore Gen.Jackson Nkurunziza (Nziza Jack) arigunze cyane kubera yuko Jezebel Nyiramongi yamuhaye inshingano zo kuguca igihanga, none karamunaniye ubu rero yabuze amahwemo nyuma yuko wa munyamahanga kazi mwakoranaga umulimo akugurishije maze ukamucika mbere yuko ashyira mu bikorwa ibyo bari bamusabye. Ku buryo butunguranye ubu noneho babuze icyerekezo cyawe none Nziza ari mu mazi abira kuko ibyo yari yizeye yuko azanezeza Jezebeli Nyiramongi ubanza byanze none amaze gutakaza agaciro imbere ye, kuko yari yarabaye igitangaza ariko ubu karamunaniye kuko yashatse guhangana nubwoko butajya bwicwa kandi butajya bukangwa cyangwa ngo buvumike!Niko Uhoraho avuga.

Nziza yabonye aca ibihanga by’abapagani agirango niko azajya abigenza buri gihe ku bantu bose yibwiraga yuko nta bakiranutsi baba kuri iy’isi kandi ko abantu bose bajya bapfa gupfa gusa, nk’uko abyifuza!Yabonye aca igihanga cya Col.Karegeya Patrick maze wowe ho abonako nta nisegonda byafata kuguca igihanga none imyaka [7] irirenze ataragera kumugambi we mubisha.

Ikindi kandi wiyame gasuzuguro kabadayimoni bagutegesha itama rimwe, bibwira yuko wagwira inda, nyamara ibi byose nubuhanuzi nakubwiye ko,nzerekana gukiranuka kwanjye cyane imbere yawe kugirango umenye yuko nd’Uhoraho Uwiteka Imana yawe uko niko Uhoraho avuga.

Ahagana mu masaha ya nimunsi ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore wa mudayimoni witwa NGENZA, uraneshejwe kuko umulimo wahawe utabashije kuwusohoza nk’uko bikwiriye kuko wakubitiwe ahareba inzega,nuko mbona uwo mudayimoni ucaracara bdawufata nkushyira munsi y’ikirenge maze ndawuhunyora maze ijambo rirambwira riti mwana w’umuntu uranesheje intambara z’basore ba Gen.Nziza wari yaguteze akanyobwa ubanza yakugereranije ninkware uko niko Uhoraho avuga.

Abo bose ujye ubika details zabo igihe kizagera babazwe ibyo baguhigraga ninayo mpamvu ikomeye cyane nyamukuru ihora baguhiga kuko ufite za dossier zabo kuko batekereza yuko mu minsi iri mbere ubwo ibyahanuwe nabahanuzi bizaba bisohoye,izo details zabo zizaba ibimenyetso simusiga byo kubashinja ubugambanyi bagukoreye mu gihe cya mahoro n’umutekano kandi nta cyo bakwishyuzaga!

Erega mwana w’umuntu nta mahoro yabanyabayaha kuko bahora bishinja mu mitima yabo ibyo bakoze bijyanye no gukiranirwa kandi akaba nta muntu wenda kuzabibakiza mu gihe ubutegetse bwabo bizeye kurusha Uwiteka Imana yo mu ijuru buzaba bukuweho n’Uhoraho,utekereza ko bazabyifatamo gute kandi uwo bari bizeye mu gihe azaba atakiri kubutegetsi?Izo nizo ngaruka zo gukorera satani ni nkozi zibibi zidashobora ku kulindira umutekano w’ejo hazaza bigatuma bangiza ubuzima bwabo bakabafungira amayira banyuzemo bityo bakaba basigaje kurimbuka no gukorwa nisoni gusa gusa!!!

April 22nd,2016 Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore wakoze ikizamini [1] uragitsinda,ariko ibindi bitatu bigiye gusohoka ngo bishyirwe ahagaragara maze ababigenewe babikore ujyende urebe ko bagishyize kuri listi,nusanga utariho umenye ko nta kizamini usigaranye.

Nuko ndahaguruka ndagenda ngeze mu nzira mpura na wa mwuka w’Inzika y’Inzigo uturutse ku ishuli kureba ko bawushize kurutonde rwabazakora ikizamini maze nkubaza nimba nanjye banshyize kurutonde ambwira ko atambonye kurutonde!Nuko ndakomeza ngeze hafi cyane y’ishuli mbwirwa ko ntari kurutonde rwabazakora ikizamini numva nejejwe nubuntu bw’Uhoraho kuba ankijije urutonde rwabagomba gukora ikizamini cyari cyintegereje uko niko Uwiteka avuga.

April 22, 2016 njyanwa mu iyerekwa maze mbona ndimo kubyina igisirimba turirimba indirimbo ivuga ngo ngo,KU NGOMA ARI KU NGOMA,KU NGOMA YARANESHEJE,URUPFU! YARUMIZE BUNGURI UMWAMI YESU ARI KU NGOMA×2 nuko maze kuririmba icyo gihimbano cy’umwuka inzu ihita imbana ntoya ntangira kubyina jyenyine mbyinira Umwami wanjye numva ndanezerewe maze nibagirwa yuko ndiwabandi kandi ndimo guhigwa n’Umwami Ahabu wigishije Abisrael gukiranirwa ndetse akababuza gukorera Uhoraho ahubwo abigisha gukorera Baar.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,gabanya ijwi kuko igihe kigiye kugera maze mugahabwa gakondo yabairanutsi ubwo muzakorera Imana muwidegembya kandi muguwe neza aho niho muzatambira Uhoraho ibitambo by’amashimwe uko niko Uhoraho avuga.

Ijmabo ry’uhoraho rirongera rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abanyamurenge banze kwitamdukanya na bene wabo b’Abarozi ngo nta bwo bashaka kwikoza isoni maze bigatuma amasengesho yabo aba imvange none babwire uti,ubwo mwanze kwitamdukanya n’Abarozi dore mucirweeho iteka kuko mwanze gukura ikibi kiri muri mwe ngo ntimushaka ko ibyanyu bijya ahagaragara bikamenyekana ariko noneho dore nd’Uwiteka w’ibifite imibiri byose ibyanyu ngiye kubishyira ku karuband akuko mwanze kumvira ijambo ryanjye kandi nzabateza indranyi mbahora gukiranirwa kwanyu no kwanga gukura ikizira muri mwe kugirango muzamenye yuko nd’Uhoraho ufuha ngafuhira ishimwe ryanjye uko niko Uhoraho avuga.

Maze nerekwa insengero zose basengeramo zisenyuka kubera yuko banze kumvira ijambo ry’Uhoraho mbona ibyo bagerageza byose gukora bashaka kumenyekana bihinduka umwavu mbona umugisha Uhoraho yari yabageneye ubakuweho utwarwa ahandi hantu har’ abantu bakorera Uwiteka mu mwuka no mukuri maze abanyamurenge basigara amara masa!Maze ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,maze umbwirire abanyarwanda b’Abatutsi biyita abanyamurenge uti,dore Uhoraho abambuye umugisha kuko mwanze gukura ikizira hagati muri mwe munezezwa no guhishira bebe wanyu ariko mugasuzugura ijambo ry’Uwiteka Imana yabakiranutsi.Kubera iyo mpamvu muravumwa wa muvumo w’intumvira Uhoraho kugirango muzamenye yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi kandi nanga gukiranirwa ndetse nkanga imvange kuko nd’Uhoraho kandi nahozeho kandi nzahoraho iteka niteka uko niko Uhoraho avuga.

Maze guhanura nibwo nongeye kwibuka cya gihimbano cy’umwuka ku ngoma ari ku ngoma kandi yaranesheje maze nibuka umudamu twaririmbanaga muri korali tukiri abasore witwa FURAHO,numva nongeye kumukumbura maze mbabazwa nukuntu umwakagara yatubujije gutambira Imana yacu akatwirukana muri gakondo yabakiranutsi.

Maze nsaba Uhoraho ngo Mana niba bishoboka umwakagara umukureho mur’uyu mwaka kugirango ubwoko bwawe tujye muri gakondo yabakiranutsi tujye kugutambira kugirango tugukorere kandi tugutambire maze tukubyinire dushima ibyo wadukoreye nuburyo waturindiye mu mahanga ubwo umwakagara yagambiriraga kuturimbura  maze ugakinga ukuoboko ukatugirira neza none natwe uyu munsi turishimye uhabwe icyubahiro nishimwe ariko wibuke ko dukeneye gutaha tukajya kugutambira kuko ahangaha mu mahanga twirirwa twicaye kunyanja tubabaye dutekereza gakondo yacu nuburyo twamanitse inanga ni ishako zose kuko tudashobora kuririmbira mu gihugu cy’amahanga cy’IBABYLON.

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments