HomeNewsIntambara ikomeye ya Col.Karangwa John,n'Umuhanuzi!

Intambara ikomeye ya Col.Karangwa John,n’Umuhanuzi!

Amakuru aturuka I Kigali muri za magigiri aravuga yuko,umwicanyi Col.Karangwa John yongeye koherezwa mu murwa mukuru wa Kenya guhiga Umuhanuzi kugirango amuce igihanga.Nk’uko amakuru agera ku inyangenewss .com abivuga,ngo umwakagara yasaby yuko adashaka kongera kumva ijwi ry’umuhnauzi kuri radio InyangeNews.com,abasaba gufata Umuhanuzi (Capture a live) Umuhanuzi ubu mbese za magigiri zikorera muri Kenya zimerewe nabi cyane kuko zidafite ibisobanuro za tanga impamvu bananirwa gufata umuntu umwe kandi benshi baba muri icyo gihugu barabishe ku buryo buboroheye.

Ngo akimara kugera mu murwa mukuru wa Kenya,yatangiye akoresha ikoranabuhanga bareba za telephone zose bigeze kuneka Umuhanuzi yakoreshaga ngo barebe abantu yavuganaga nabo,kugirango babanyuremo barebe ko babakoresha nubundi kuba babasha kubona izindi telephone ze maze barebe yuko babasha kumuta muri yombi.

Umuhanuzi nibwo yagiye gukorera muri hotel yakundaga kujya gukoreramo,maze agezeyo,nyuma y’igihe kirekire atahagera,abwirwa n’umukozi waho yuko har’umukozi wiyo hotel ushaka ko bavugana

Bamuha telephone ze kuko bari basanzwe bavugana ndetse Umuhanuzi akaba yarigeze kumukoresha mu kumushakira sim-Card yo gukoresha urumva ko,bajyaga bavugana ibyo byabaye umwaka ushize!

Nibwo yamuhamagaye baravugana,barangije kuvugana undi amubwira ko ari mu kazi kenshi baza kongera kuvugana avuye ku kazi.Nibwo ahagana saa 22:22 zijoro bavuganye ariko yumva ko yitabye ari kumwe nabandi bantu kandi uwo mukozi ubusanzwe ageze saa yine zijoro yamaze kuryama kuko aba ari buzinduke mu cyakare.

Ubwo bigeze saa 23:12 nabwo bavuganye bakimara kuvugana,ako kanya kuko za magigiri zitagira second thoughts bahita bakoresha private phone bahamagara Umuhanuzi ubwo deal bayica gutyo!Ubwo se twaba turimo kuvugana udakoresha private number hanyuma mukanya twamara kuvugana ugahita ukoresha private number ubwo se waba utekereza.

Bigaragara yuko inyenzi ibyazo byarangiye kuko bibagiwe no kuneka.Trackig and report navugaga ntabwo ari uko bayikora mukwiye kunyishyura nkabigisha uko baneka byaba atar’ibyo,muzakomeza kwangiza umutungo w’umwakagara amaherezo muzabiryozwa muzisanga mukangaratete kuko mukora murimo mutazi ahubwo muwukora mushingiye ku cyene wabo cyo nyine.

Niba umwakagara yaragize impanuka akaba umukuru w’Igihugu,ntimugirengo namwe niko bizagenda!imbwa yiganye inka kunnya murugo irabizira.Mu menya ko muyoboye igihugu ntabwo muyoboye ikigo cy’ishuri,byaba atar’ibyo,mukazahura nakaga gakomeye ese mwebwe ntabwo mushora kubaza mukagirwa inama,ariko se ko mwihangije inama mukeneye iziki!?Gusa igihe kiragiye kandi mubishatse mwaba mwitegura guhunga mugasubira Uganda nubwo aruguhungira ubwayi mukigunda.

Kuko mugiye gutungurwa vuba bidatinze aho mugiye kwisanga mwarutanze maze mukwirwe imishwaro mubure aho mwerekera,mutangire guhigwa uko mwahigaga interahamwe za bahutu,ubwo namwe muzaba mumaze guhdika interahamwe z’Abatutsi.Ijambo ry’Uhoraho ntirizabura kubaremerera uko Uwiteka yarivuze ninako rizabasohoraho icyo gihe nibwo muzamenya yuko Uwiteka yavuze ukuri.

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments