Home News Intumwa ya Sekibi Paul Gitwaza Muhirwa yatanzeho igitambo banyampinga ngo ntabazashake mubuzima...

Intumwa ya Sekibi Paul Gitwaza Muhirwa yatanzeho igitambo banyampinga ngo ntabazashake mubuzima bwabo!!!

0

April 23, 2016 Njyanwa mu iyerekwa maze mbona za nkozi zikibi z’abadayimoni zijujubya abakiranutsi,mbona zongera kujyanwa mu butayu bugufiya.Muri abo badayimoni halimo abadayimoni bajujubije umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe hamwe n’Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe ndetse n’Umuhanuzi Majeshi Leon.

Ubwo nanjye mbona mperekeza izo nkozi zikibi zo mu bwoko bw’Abadayimoni,maze mbona nzigejeje mu butayu bugufiya buherereye munsi y’umusozi wubatseho Ishuli ryo kwigisha abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi kubaha Imana.Muri abo badayimoni harimo nabadayimoni bajujubije abakiranutsi bubusambanyi batuma ubwoko bw’Uhoraho budakorera Uwiteka nk’uko bikwiriye

Nuko ntangazwa cyane no kubona abo badayimoni bakimara gucirirwaho iteka ryo kwinjizwa mu gihugu cyo mu butayu umuhnauzi Majeshi Leon yamazemo imyaka[6] mbona kandi bongeye kuva muri bwa butayu maze bunga ubumwe nuwahoze ar’umugaragu w’Uhoraho nyuma akaza kurya intonorano z’umwakagara bita Pastor .Mbabazi Jules mbona ashoreye abo badayimoni ajya kubereka aho bihisha ubwo butayu!

Ntangazwa cyane kandi mbabazwa cyane kubona umuntu wakoreye Uhoraho nka JULES MBABAZI ajya gushakisha aho ahisha izo nkozi zikibi zishushanije mu ishusho y’inka n’imbwa,mbona banyuze ruhinga nzima maze bongera kuzamuka muri gakondo y’intambwa z’Uwiteka maze bajya gutegera kumuhanda nyabajyendwa abahisi na bagenzi ngo babanjiremo babone ubuhungiro kuko mu gihugu cy’ubutayu haba inyota n’inzara nyinshi cyane kuburyo badashobora kuhaba kandi birumvikana yuko iyo binjiye mu bantu,bateza apetit uwo biniyemo akajya arya aribo yihera akanywa aribo binywera uko niko Uhoraho agiriye neza abamwiringiye.

April 24, 2016 Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ugiye guhura na bantu bagiye kugusaba ko mwakinana nabo film,dore bazaguha amafaranga menshi cyane ariko ntuzemere kuko bizaba ari umutego w’umwanzi kugirango agukure mu mulimo wanjye nagushinze

Dore nanjye ngiye ku guha umugisha mbinyujije mu mulimo ukora wo kwandika aho niho nzanyuza umugisha wawe kugirango abadayimoni batazakwishima hejuru kuko wamaze kumenyekana mu isi ya bazima Satani arashaka gukoresha izina ryawe mukwangiza umulimo umaze gukora wasenye ibhome bye ni by’abadayimoni ku buryo ubu atakigira ibanga na rimwe akorera ahiherereye ngo ubure kuri shyira ahagaragara

Nuko rero ntuzakwangwe nizo ntonorano kuko har’intambara ikomeye cyane mu isi y’umwuka irimo gutegurwa y’uburyo bagukubita hasi ukareka gukoemeza umulimo wanjye nagushinze ngo ufashe ubwoko bwanjye bw’abakiranutsi.Nzakoresha ikorana buhanga ryawe kandi rizakubarira umusaruro mwiza kandi nzanezeza ubugingo bwawe rero ntampamvu yo kwiyandurisha ibihumanya kuko nanjye ntanga umugisha kubanyumvir akandi banyubaha uko niko Uhoraho avuga.

Kubera nashyize izina ryawe hejuru kurusha and mazina yose byatumye izina ryawe rimenyekana ndabizi ko utabizi ariko ibyo jyewe Uhoraho nkubwira ndabizi cyane icyo mvuga wowe uhanganye nizo nkozi zibibi namaze guciraho iteka bigatuma utabasha kumenya umulimo ukora uburyo wasyizwe hejuru cyane dore umwanzi yagerageje kwangiza izina ryawe aho kugirango aguteshe agaciro,ahubwo yarushijeho kugushyira ejuru atabazi nuko rero wilinde intonorano zo mu isi nakubwiye ko nzaguha umugisha ungana n’umubare wanyuma mukoreshwa mu isi ya bazima mutuyemo kugirango uzamenye ko nd’Uhoraho waguhamagaye akakumenya mu izina ryawe uko niko Uhoraho avuga.

Uramenye wilinde utishyira mukaga gakoemye kandi igihe cyawe cy’ubutayu cyararangiye,kuko ugiye kwakira inyandiko zigusaba ibyo maze ku kubwira kuko umwanzi ahora arekereje gukoresha abantu bamaze gukomera mu isi ya bazima kuko baba bamaze kumenyekana kugirango abone uko ayobya benshi bakava mu byizerwa

Utwo tugeragezo tukuri imbere ndi wowe naduhunga nikicira iyindi nzira kuko ntawanya wo guhangana na badayimoni na Satani.Ongera ugenze kwa kundi maze usenye umurongo wa za magigiri bakoresha mu ikoranabuhanga,dore har’akagozi kamashanyarazi kabamurikira genda ujye kwisoko yabo yamashanyarazi maze uyisenye maze babure intama ni byuma!Erega mwana w’umuntu,umuntu niki ngo yigire nabi?Uko niko Uhoraho abaza!Kuki bumva ko bafite ubwenge kandi ari jye nkomoko ya byose?Uko niko Uhoraho abaza!

Nuko rero ndabizi ko ujya wumvira ijambo ryanjye genda ugenze kwa kundi ujya ugenza maze ucacagagure ako kagozi maze urebe ko udakorera mu mahoro no mu mwidegembyo maze bakabura icyerekezo cyawe nk’uko wabigenje ubushize uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ringarukaho maze nerekwa uburyo Intumwa ya satani Gitwaza yahumanije urusengero rwa Restoraton Church,ndetse akanateza ibibazo byinshi umuyobozi wiryo dini witwa Jushua Rene Masasu kugirango idini rye rireke gukomeza kwaguka cyane kurusha irya Gitwaza Muhirwa Paul

Ateza ibibazo bikomeye hagati ya Masasu na madame we,ndetse nerekwa imbaraga z’umwijima yashyize hafi nurusengero akoresheje umwe mubayoboke be bakorana umulimo wo guhumanya ubwoko bw’Uhoraho.

Mvanwa ahangaho njyanwa murindi yerekwa nerekwa uburyo yatanzeho abakobw basengera murusengero rwe ho igitambo kubatarashaka bakaba badateze gushaka abagabo cyeretse nibava muri urwo rusengero ahora abatera igipindi mugiye kurongorwa umwaka utaha nk’iki gie muzaba muri mu mago yanyu umwaka ugashira undi ugataha batarashaka abagabo nyamara abagabo baruzuye ariko bananiwe gufata ibyemezo ahubwo baririwa basambana gusa kandi batabuze uburyo bwo gushaka

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu burira banyampinga basengera kwa Gitwaza basohoke mu ndiri ya Satani naho ubundi bagiye kwwandavura kandi bazabura ubugingo buhoraho uko niko Uhoraho avuga.

Bagende babane bihane kuko baburiwe bakanga kwizera ijambo ry’Uhoraho,nibarangiza bafate umwanya wo kuba imbre yanjye nzumva gsuenga kwabo kuko ari jye ubivuze kandi nzabaha icyo umutima wabo unsabye uko niko Uhoraho abitegetse ariko abazanga kumvira ijambo ry’Uhoraho ntakabuza ntibazabura gucirwaho iteka uko niko Uwiteka abitegetse!

Ndabwirwa ngo Gitwaza Muhirwa Paul yarahunze kubera ijambo ry’Uhoraho rya mwibasiye kandi ukuboko k’Uhoraho kukaba kwaramuremereye cyane kandi nubundi kuzakomeza kumuremerera kuzageza igihe cy’Uhoraho cyategetswe uko niko Uhoraho avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore amabi agiye kwiyongera mu isi yabazima kuko ubwenge bwabo bugeze kwiherezo.Dore bagiye gukoresha ikoranabuhanga aho isaha yo ku kuboko izajya ikoreshwa nk’intwaro cyangwa umukandara umuntu yambaye ufata ipantaro [shock]

Ubwege bwabo bajyaga barata burarangiye nk’uko umuhanuzi Daniel yabihanuye ubwo bugeze kwihererezo,nibwo ubw’Uhoraho bugiye gushyirwa ahagaragara kugirango bigaregare ko Satani ar’umwanzi wibyiza kandi ko ubwenge bwe ntaho bwageza abana b’Abantu kuko byose biri muri gahunda y’Uhoraho kandi buri kintu cyose akaba yaragihaye ishyerezo rya cyo!

Nongera kugirirwa ikizere n’Uhoraho maze ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ya nzara y’ijambo ry’Uwiteka ikomeje kwiyongera cyane aho kugababanuka ahubwo irushaho kwiyongera!!!Nuko mbona abagore batandukanye nabagabo babo kubera inzara (umwuka wera na madini) mbona buri muntu afashe utwe arigedeye kuko hagati muri bo ntawe warugifasha undi kubera kutumvikana ku mahame remezo [Principles,Rules and Regurations]of the holy spirit.

Nerekwa imbohe ziboheye muri gakondo yabakiranutsi,ko zigiye guhura nakaga gakomeye cyane nk’uko byahanuwe nabahanauzi.Maze ijambo ririrambwira ngo,mwana w’umuntu,abana b’Abantu bakomeje gukerensa ijambo ry’Uhoraho nyamara ibintu bimeze nabo barashaka ko bibageraho maze bakazabona kubyizera kandi icyo gihe ntabufasha buzaba bugihari kuko ubufasha niryo jambo bahabwa buri munsi ariko bamwe kirari irashya ntibazi igihugu kirwana nikindi kandi suko batabizi ahubwo ntabwo bakeneye kubimenya nta nubwo bashaka kumva ngo kuko bibateza stress.

Ariko umunsi ibyahanuwe byabasohoyeho,nibwo bazamenya yuko ijambo ry’Uhoraho ryahanuwe nabahanuzi ko ryali iry’ukuri maze icyo gihe bazareba iburasira zuba,bngere barebe iburengerazuba bahindukire barebe amajyaruguru namajy’Epfo nta muntu bazabona wogutabaza kuko baneguriye abazimu mu ndaro maze ijambo ry’Uhoraho rizahita ribasohoraho bacirirweho iteka kubera banze kumva iyo ivuga yo mu ijuru uko niko umwuka w’Uhoraho ababuriye.

Icyo  gihe abambere bazaba abanyuma,abanyuma nabo bazaba abambere,umuremure azaba mugufi,naho abagufi bazaba barebare kandi icyo gihe nta nyamaswa nta muntu kuko bazaba badafite itandukanirizo kubera yuko igihe kizaba gisohoye niko Uhoraho avuga.

Dore isi imaze kwangirika cyane kubera gukunda impiya!Ubu ibihugu byose bitekereza ku byubukungu gusa gusa,bityo ahari inzira hose y’uburyo bahabona ubutunzi ngo ubukungu bwabo bwiyongere ntacyababuza gukora ibikorwa byose by’urugomo cyangwa guhimba himba inzira ziteza umutekano mucye mu gihe cyose baba babonamo ko hashobora kubaviramo umugati biteguye kubikora

Dore isi igeze aho yitwa ‹‹world Uncontrollable››  ubu buri muntu arakora ibyo yishakiye,kandi ibikorwa byose bikorerwa mu isi yabazima za leta zibifitemo uruhare kubera ikibazo cy’Ubukungu kandi nta nubwo giteze gukemuka vuba ahangaha cyeretse ijambo ry’Uhoraho rimaze gukora umulimo waryo uko niko Uhoraho avuga.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar