Home Uncategorized Uyisengera Kw’Ishyiga,ikagusiga Ivu!

Uyisengera Kw’Ishyiga,ikagusiga Ivu!

0

04th Nov,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadayimoni binjijwe mu butayu,abadayimoni babaterekerano.Hamwe nabadayimoni burugimbu,nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cy’umwana w’umuntu kirageze ngo ashyirwe hajuru uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa maze nerekwa ibigori bitetse maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore ikigeragezo kiraje nyamara nta cyo kiribugutware kuko Uwiteka ari we Mana yawe uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu dore imbaraga z’umwanzi zirarangiye kuko igihe cy’Uwiteka Imana gisoheye kandi Kirangiye dore imikorere y’umwanzi yose iburijwemo n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Nuko nerekwa amamodoka menshi ajyanywe Muri pariking maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubuyobozi bw’umwakagara burarangiye kuko inzego zose z’ubutegetsi zimaze kwiheba nyuma yuko hatangajwe inkuru mbi y’incamugongo yuko IMANA IDASHOBORA BYOSE uko niko Uwiteka avuga.
Nerekwa haza umugabo w’umuhutu atwika za modoka zose ziri muri parlking maze umwuka w’Uwiteka urambwira uti,mwana w’umuntu,dore umwuka wo gutwika umanukiye
Mu banyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu intambara igiye kuza bazatwika ikintu cyose kijyanye nubuyobozi bw’umwakagara kuburyo igihugu kizasigara cyera de!Uko niko Uwiteka avuga.
Ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,mbese kuki umuntu yaguhembera yuko wamwangirije aho kuguhembera yuko wamukoreye neza?Dore nta kabuza Uwiteka Amanuye amacupa (2); yo guhemba inkozi zibibi ayo macupa (2) yuzuyemo umujinya w’Uwiteka Imana ugurumaniye yuko umwakagara asuzuguye Uwiteka Imana kumugaragaro kuko bagiye kumenya yuko Uwiteka noneho ashobora byose uko niko Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga
Mwana w’umuntu,dore ukeneye itumanaho ryiza kandi rikomeye kuko ugiye gukoreshwa umurimo udasanzwe nuko usabe Uwiteka kugirango akugirire neza nk’uko
Yabivuze maze asohoze ibyo yavuze uko niko Uwiteka avuga.
Mwana dore umuryango uzakwakira numuryango uciye bugufi kandi umuryango wagiriwe Ubuntu n’Uwiteka Imana yabakiranutsi,nuko rero witegure kuzaba
Umugisha muri bo abo bazakubera umugisha uko niko Uwiteka avuga.Dore inzu batuyemo ifite irangi ry’ikimenya bose uko niko Uwiteka avuga.
Mwana w’umuntu,dore ugiye kuzenguruka amahanga unkorera umurimo dore nzaguha za Iskorts nk’uko nawe wabaye iskort y’umwakagara kuko uzaba umuntu
Ukomeye mu isi yabazima,amaisokorts nabo muzakorana umurimo wanjye ndetse bazajya bagufasha gukora umurimo kuko umurimo ari mugari cyane uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,reba iriya nzu iri mbere yawe maze ugenda uyitegereze ndetse unarebe ibimwo
Imbere kugirango umenye ibirimo,nuko ndagenda ndebamo nditegereza mbona harimo ibintu byinshi kandi byiza by’ibikoresho byo mu nzu ariko byashaje
Nuko ijmabo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibikorwa by’inkozi zibibi bagukoreye birashaje none tegeka abagaragu baze bakubure muri iriya
Imbere kugirango ishyirwemo ibindi bikoresho bishya uko niko Uwiteka ategetse
Nerekwa mbona inkoko nyinshi zapfuye zishyirwa mu mavuta yo kuzikaranga,maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abadayimoni
Baciriweho iteka kuko igihe cyabo nimirimo yabo kubugingo bwawe irarangiye uko niko Uwiteka avuga.Dore Uwiteka niwe ntwarane ahora anesha nta bwo ajya ananirwa
Kandi nta jya atererana abamwiringiye cyeretse abava mu masezerano nta mpamvu uko niko Uwiteka avuga
Nerekwa abanyarwanda batavuga rumwe nubutegetsi ndetse nabari bari inyuma y’umwakagara –FPR,nerekwa ko,bahungiye muri RNC,ariko naho bagezeyo basanga
Ntamahoro ahari ngo kuko Uwiteka yavuze yuko RNC itazafata igihugu,nuko nerekwa mbona ko abanyarwanda bacitse ibice (2) igice kimwe kijya kuruhande rwa
RNC,ikindi kijya kuruhande rw’umuryango uharanira itahuka ry’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,
Hasigaye igihe gito abanyamuryango ba RNC bagacikamo ibice kubera muri bo harimo ababemera ubuhanuzi yuko Umwami azasubira ku ngoma none uko niko
Bigiye kugenda abemera ubuhanuzi abo bazava muri RNC bifatanye n’umuryango uharanira itahuka ry’Umwami w’uRwanda Nyir’uRwanda uko niko Uwiteka avuga.

05th Nov,2015 njyanwa mu iyerekwa mbona intambara ikomeye kandi itunguranye muri gakondo y’Abakiranutsi,iyo ntambara ntabwo yarifite ubusobanuro bwayo kuko itigeze imenyekana itegurwa ryayo,nimikorere yayo.Gusa nagiye kubona mbona ibice (3);byayo byateguraga kuvaho k’umwakagara kandi iyo ntambara yategurirwaga mu gisirikare cya RDF.
Icyo gihe abasirikare ba RDF,bari mu bigo kandi bari bashonje cyane bafite inzara ikomeye cyane batigeze bahura nayo mbese wagirango bongeye kwinjira mu ishyamba kuburyo wabonaga ingabo z’umwakagara zose zimurakariye kuko atarakizitayeho kuko yari yaramaze gushing undi mutwe w’ingabo z’Abakobwa gusa”INSHINZI KAZI z’ABEGA BABAKAGARA-KAZI” nk’izo Col.Gadaffi yari yarashinze za murindaga.Abo bakagara kazi bari barahawe imyitozo ikomeye yo kwica abantu bose batavuga rumwe n’umwakagara na RDF.
Maze ngiye kubona mbona izo nshinzi kazi,ziraye mu baturage b’uRwanda maze zitangira kwica abaturage kuko zajyaga kubashimuta kumanywa y’ihangu,mu gihe barimo gukora ibyo bikorwa binyuranije n’amategeko,kuburyo butunguranye hahise haza izindi ngabo zasaga niza RDF izo ngabo zari ibigina gusagusa!
Ubwo zahise zifata umurwa kuburyo butunguranye hanyuma ako kanya umwakagara yahise yitabaza intwaro yo mu bwoko bwa Misile,ariko yagize ibyago abagombaga kuyirashisha ntabwo bari bahari kuko bahise bahunga kubera batewe batunguwe.Hanyuma umwakagara yahise yigira inama yo guhungana iyo mbunda ya misile,ariko mu gihe yateguraga kuyihungana ako kanya asanga yamaze kugutwa impande zose!Ubwo yahise za nshinzi z’abakagara zihita zituruka inyuma aho zari zagiye kumena amaraso mu baturage maze ziza zihutera zisakirana na za ngabo zibigina gusagusa maze sinakubwira inshinzi ziricwa habura uwazitabara kuko abari babateye bari babatunguye ku isaha batazi kandi batanazi aho ababatera aho bari buturuke.
Ubwo abaturage bahise bakuramo akabo karenge berekeza mu gihugu cya Uganda ,bakimara kugera mu gihugu cya Uganda ,za nshinzi-kazi z’abakagara zahise zibakurikirana mu gihugu cya Uganda kiyoborwa n’umwana w’umusita,ubwo sinakubwira bakwiciye abaturage bo mu bwoko bw’Abahutu babamarira ku ciumu.Ariko basa nabarihiye ubusa kuko bananiwe kugaruka muri gakondo yabakiranutsi kuko igihugu cyahise gifatwa ako kanya,gusa ndeba ibyo byabaga sinabashije kumenya amaherezo y’umwakagara nimba yatawe muri yombi cyangwa nimba atafashwe gusa icyo nabonye kandi namenye ni uko yakuwe ku ngoma FPR igahita yibagirana nka za hene.
Izo nshinzi-kazi zikimara gutsindwa nazo zahise zihungira muri Uganda zibwira yuko umwakagara ashobora kuba yambutse maze akaza kuzegeranya kuburyo bakongera kweyegeranya bagatera gakondo y’abakiranutsi kugirango bongere basubirane ubutegetsi ariko bategereje Babura amakuru y’umwakagara kuko hatamenyekanye aherezo kuko yabaye nk’ay’Adolph Hitrel wakoze jenocide y’Abayahudi yitiriwe abanazi.
Nuko nkomeza kwerekwa uburyo abakagara bakora umurimo w’ubupfumu nabo ko bahise bahungana iyo myuka mibi bari barizeye yuko izabafasha kugumana ubutegetsi,ariko nabyo byagezeho barahunga kuko isaha y’Uwiteka Imana yari yageze maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore nk’uko Uwiteka yabivuze ninako bigiye kuba dore umwakagara agiye gukubitwan’inkuba itagira amazi kugirango amenye yuko Uwiteka ashobora byose uko niko Uwiteka avuga
Dore Uwiteka yamushatseho impamvu kugirango abone uburyo azamukura ku ngoma kuko bidashoboka yuko Uwiteka yakwambura ingoma atabanje gushaka gukiranirwa kwawe kugirango ucirwe imanza zijyanye nubutabera kuko Uwiteka arakiranuka kandi ntajya yivuguruza ndetse nta jya agirira nabi abo yahaye umugisha ahubwo ubwabo nibo bigirira nabi kuko guhakana Uwiteka Imana mu gihugu cy’Abakiranutsi bingana no kurimbuka uko niko Uwiteka avuga.
Nuko nkomeza kubwirwa cyane kubigiye kubaho muri gakondo y’Abakiranutsi,mwana w’umuntu,dore uko umwakagara yatunguye abahutu akabakura ku ngoma,nubundi nawe niko agiye gutungurwa agakurwa kubutegetsi mu gihe atabyiteguye kuko yabonye abakura ku ngoma yibwira yuko yakoresheje imbaraga ze,ahubwo ni uko Uwiteka yari yamaze gukura amaboko ye,kubahutu kuko igihe cyabo cyo gutegekesha igitugu cyari kirangiye imbere y’amaso y’Uwiteka Imana yabakiranutsi ashima kubacisha bugufi kugirango ibyahanuwe bikore umurimo wabyo
None uko niko bigenze kuko umwakagara nawe agiye kwicwa mu buryo butunguranye ku buryo abasangira ngendo be,bazumirwa bakifata kumunwa bakayoberwa uko bigenze,dore iyi ntambara igiye kurwa n’Uwiteka wenyine kugirango yimike ubwami bw’abakiranutsi nk’uko yabisezeranije ko azabasubiza ku ngoma uko niko Uwiteka avuga.
Dore abapfuye muri 1994 bagiye kwikuba inshuro (7);kugirango amahanga yose amenye yuko Uwiteka ko ariwe ushyiraho kandi agakuraho ndetse abiyacaje ku ntebe bazamenye yuko biyicaje ku ntebe kubera yuko Uwiteka yabyemeye ariko noneho ubwo bamuhakanye kumugaragaro nawe agiye kubihakana kumugaragaro kugirango bimenyekane yuko Uwiteka ariwe Mana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.erega mwana w’umuntu igihe cyageze kandi isaha nayo yamaze kugera mukadomo kandi abanyarwanda baraburiwe barangay bashing amajosi kuko bananiwe kwizera ijambo ry’Uwiteka Imana ryavugiwe mukanwa kabahanuzi uko niko Uwiteka avuze.
Ndabwirwa ngo ,mwana w’umuntu,dore umwakagara yanze yuko ubwoko bwanjye bunkorera,yabigishije gukorera ibigirwamana bye,abigisha kubaha imana z’amahanga yanga ko bankorera umurimo yirukana abagaragu banjye mu gihugu,ariko noneho maze kumva kurira k’ubwoko bwanjye none mpisemo kwirwanirira kugirango ubwoko bwanjye buzamenye yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi kuko ko,Uwiteka ar’intwari kurugamba kandi ko,atajya aneshwa kurugamba uko niko Uwiteka avuze.
Nuko rero burira ubwoko bwanjye ububwire uti,Uwiteka azamanukira mu gicu kirabura azagwa kubitugu by’umwakagara azamuta kumunigo amumaremo imbaraga zose yirase kandi intwaro zose yaguze ntabwo azabona umwanya wo kuzikoresha kuko azagubwa gitumo n’Uwiteka Imana yabakiranutsi kugirango ubwoko bw’Uwiteka bumenye yuko Uwiteka ariwe munyembaraga wa Yakobo,Issac,Abraham n’umuhanuzi Majeshi Leon wahiriwe n’Uwiteka Imana y’abakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

NO COMMENTS

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar