HomeNewsUmwakagara mu mifatangwe!

Umwakagara mu mifatangwe!

April 15, 2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi ararekereje yitwaje iminsi mikuru arimo gushaka abo ahitana,burira rubanda rw’Umwami abantu birinde cyane muri iyi minsi mikuru kugirango batagwa mu mutego w’Umwanzi hirya no hino uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore inkozi z’ibibi zabadayimoni zateze kandi zirategereje ngo zirebe yuko zabona amarariro zitwaje umunsi mukuru wa Pasika (Passover) kuko zamaze kubihemberwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona imbaraga zabazimu na badayimoni b’Abega bari bategereje kumena amaraso ya batariho urubanza,bakorwa nisoni.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ziriya mbata ubonye zikumwe n’Inkoko na badayimoni bari bategereje kumena amaraso ya batariho urubanza.

Ongera witegereze hanyuma umbwire icyo ubonye,nditegereza mbona noneho zinjiye mukazu kazo ziraramo.Ndabwirwa ngo”mwana w’umuntu,inyandiko washyize ahabona yakijije benshi kuko bari bamaze gukora urutonde rwa bantu bari bucibwe ibihanga,none umugambi wabo uburijwemo n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Mbona abo bazimu na badayimoni batatanye hirya no hino kuko icyo bari bategereje bakibuze,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,muri iki gihe,iyi minsi ninjyana muntu,cyane ibi bihe byanyuma by’umwakagara agiye gukurwa ku ngoma ubwami bwa Bega buri gukora ibishoboka byose ngo bwisasire benshi bakomeze gukoresha iterabwoba nyamara nta cyo bizaramira igihe cy’Uwiteka nigisohora nta kabuza azarara akuwe ku ngoma kandi azahita acibwa igihanga kuko akeba yagereyemo abandi nawe niko azagererwamo niko Uwiteka avuze!

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibizamini [2] nakoze cyera mbitsinda byose uko ari bibiri,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibizamini wari wakoze,umwalimu wari yagukoresheje ibizamini yashatse guhisha ibisubizo byawe by’ibizamini wari wakoze,ariko noneho,byaranze kandi umutima uramucira urubanza none agiye kuguha ibisubizo byabyo niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho cyane,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu birakomeye cyane,kuko Umwakagara igihe gihumuje kandi abagomba kumuca igihanga bakaba barimo gukora isesengura ngo barebe uburyo Umwakagara yacibwa igihanga adahitanye abantu benshi nkuko yabigenje muri 1994.Ariko uburyo bwose barimo kugerageza barasanga bidashoboka kuko yamaze gushyiraho abantu be,bazamurwanirira kuko abamulinda R/G bahembwa umushahara mwinshi cyane kurusha izindi ngabo.

Kandi abenshi muri bo,bakomoka mu nzu ya Bega,byanze bikunze bazahitana abantu kubera gushaka kuramira ingoma ya Bega,ntabwo rero bizashoboka yuko babona uburyo bwose bwo gukiza rubanda nubwo abega ari bacye,ariko umenye yuko bamaze gufatana n’umuryango wa Jezebel Nyiramongi kuburyo kuzahitana abantu byanze bikunze bazabahitana nta buryo buhari bwo gukiza abantu abatarahunze bazashira hasigare abafite isezerano ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango bamenye neza yuko iby’ijambo ryahanuye bitazabura gusohoza umurimo waryo!

None mwana w’umuntu,ongera uburire ubwoko bw’Uwiteka Nyiringabo,nubwo ari injiji nta cyo bitwaye,ejo batazavuga yuko ngo Uwiteka nta cyo yabamariye kuko uzaba umugabo wo guhamya ibyo kugirango Uhoraho azabacire imanza zitabera.Abananiwe gukiza ubugingo bwabo babwire biyeze igihe cyageze kandi iminsi ikona ingwe,anho ubundi nah’Intarane kuko intwari zirataka zinyinyiriwe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.Uko iminsi igenda ishira ninako iminsi igenda irushaho gukomera no kuba mibi uko niko Uwiteka avuga.

Save

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments