Home News Umwakagara ingabo ze zimukuyeho amaboko hamwe na za magigiri,kubera igihe cy’Uwiteka gisohoye!

Umwakagara ingabo ze zimukuyeho amaboko hamwe na za magigiri,kubera igihe cy’Uwiteka gisohoye!

0

June 10,2016 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri ziri mukaga gakomeye cyane kuba zarananiwe kumenya gahunda zawe,kandi zarahawe ibishoboka byose ngo zishobora kurangiza umurimo zishinzwe.Dore hari magigiri ukomoka (Gitarama)yitwa (M.E) ubu akaba yarahunze kumpamvu zo gusohoza umurimo wo guharanira ubwami bw’Abega bakomoka (IGITARAMA) niwe bahaye inshingano zo gushaka no kumenya uburyo bwakoreshwa kugirango babashe kugera kuri gahunda nyirizina.None akaba karabaye intasi zabanyabwenge bagiye kukwandikira kugirango ubakure kurutonde wabashyizeho kuko bagiye guhigwa bukware nyuma yuko umwakagara acibwa igihanga niko Uhoraho avuze.

Nuko mbona za magigiri ziri mu mazi menshi (ibibazo) kandi amabanga yazo yose atwawe nayo mazi,mbona Umuhanuzi mukuru aje azanywe no kugirango ansobanurire gahunda zabo bantu bahora biyitirira ijambo ry’Uwiteka nyamara baramaze gukunda iby’iki gihe barabaye nka DEMA wo mu gihe cya SAUL waje guhinduka PAUL intumwa ya Kristo watangije ubutumwa bwiza mubanyamahanga batari bazwi n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Nuko rero urabe maso cyane ushake kumenya ubwenge Bwenge yasezeranije abakiranutsi,kugirango niba bishoboka kuruhande rwawe,uzabashe gusoroma izo mbuto z’ubuhanga bujyanye no gukiranuka.

Dore izo nkora maraso zikomeje kuba mubibazo bikomeye cyane kandi zizarushaho kuba inyabibazo kuko zarwanije ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana nyiringabo kandi bitari bikwiriye ko barwanya umuremyi wabo wabaremye kugirango bamuhimbaze ariko ibyo barabyanze ahubwo bihitiramo guhimbaza inkozi y’ikibi Satani kugirango bahabwe icyubahiro cyo kurimbuka babe ari cyo basarura mu isi ya bazima uko niko Uwiteka avuga.

Dore hari undi magigiri uherutse kugusaba uburyo yatera inkunga umurimo mukora,maze akubwira yuko afite amadollar abaza niba har’icyo yafasha maze uramwemerera ariko aho wa mwemereye ngo ayohereze ko atayohereje suko atarayafite ahubwo baba bari muri laboratory barimo gusesengura ubugizi bwabo bwa nabi uko bagiye gusohoza umugambi wabo,bityo bagatinda gukora ibyo bamaze kwmera gukora buri gihe za magigiri zigaragaza nkaho zikennye kandi zifite ibibazo kugirango uzigirire imbabazi uzisengere ariko baravomera mukiva kuko Uwiteka yavuze yuko wamaze kugera kurwego rwa Federal Bureau Intelligence (FBI) bikaba bigoye cyane kugirango bazabashe kugera kurwego Uwiteka Imana yagushyizeho kuko yarazi neza yuko umulimo ukora uzawuhuriramo nibibazo bikomeye bityo aguha kumenya icyintu cyose mbere yuko kibaho gusa usabwa ku kujya ubanza gushishoza kugirango nuwo mugisha naho waba mucyeya dore ko nta mugisha ujyuba mucye kuko uzira igihe cyawo niko Uhoraho avuga.

Nerekwa ingabo za RDF zihunga masigamana kibonu mpamaguru mbona berekeje mu butayu burebure babanza kunyura muruzi rule rule berekeza mu butayu burebure (ubuhunzi) baroga mbona barambutse urwo ruzi rwali rufatanye n’igiti kinini kinganza marumbo cyashoreye imizi yacyo mu mazi y’inyanja kandi cyari cyaragaye gikwira hose hashoboka.Nuko mbona ingabo za RDF harimo izintwarane (Commandos) bakuramo akabo karenge kuko umwakagara byamaze kumurangirana bitakiri ibanga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwe muri za magigiri wigeze kuba inshuti yawe agiye kukwandikira kugirango umukure kurutonde rwa za magigiri kugirango atazakurikiranwa nubutabera nyuma yitembagara ry’ubutegetsi bw’umwakagara usigaje igihe gito cyane ngo atange intebe ya bukunzi.

Nuko mbona ndimo kwirukankana ingurukira(umugisha)maze mbona mfashe ingurukira imwe ijya kumbera umugisha.Nerekwa imba [3] zurira igiti kire kire kandi kinini cyane zikigera mubushorishori kimaze ku kigeramo cya giti gihita kiragwa kirarimbuka!Maze ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubusambanyi bwakorerwaga muri gakondo ya bakiranutsi bushyizweho ishyerezo kuko igihe cyabwo bwahawe kirangiye imbere y’Uhoraho niko Uwiteka avuga.

Nuko rero dore abahanga na banyabwenge bazi kumenya ibihe uko bigenda bikurikirana bamaze kwemera bidasubirwaho ko,umwakagara avuye ku ngoma.Kandi icyibiteye ngo ni uko bari bizeye ko igikomangoma cy’Umwami w’uRwanda Gakwaya Jean Marie bari bamwizeye yuko azakora umurimo mwiza none kuva wamushyira ahagaragara ibwami nabo babaye maso kuko ibyubu ntabwo bikinishwa kandi nabo barabizi yuko ari ntabikino bikina bijya mu nka.

Kubera iyo mpamvu abari bazi gahunda bose ya Jean Marie Gakwaya bahise bakuramo akarenge kuko bamaze kwemera bidasubirwaho neza yuko umwakagara igihe cye cya maze gusohora bakaba batangiye gushakisha icyerekezo aho bahungishiriza ubugingo bwabo.Za ntonorano se bahawe ahomzizabasha kubakiza?Niko Umuhanuzi abaza!

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umutu,bwira Umuhanuzi mukuru ahagarike iyo Bus abantu bavemo babanze bajye gufata akaruhuko bashake nibibongera imbaraga(refreshment)maze mu bone gukomeza.Kandi nawe nka conductor wiyo bus abantu bakongereho amafaranga [110] kugiciro cyayo wari wabaciye kugirango bishyure umwanya wawe wo guhagarara recompasasetion nyuma ya masaha [5] mu bone guhaguruka mu bone gukomeza urugendo kuko imbere umwanzi yahabategeye ariko nyuma ya masaha [5] araba amaze kuruha maze akuremo ake karenge namwe mu bone gukomeza urugendo rwanyu uko niko Uwiteka ababuriye.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,erekeza amaso yawe mugihugu cyo mu butayu maze urebe ibihakorerwa,nuko nerekeza amaso mu gihugu cyubutayu bugufiya mbona abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu binjizwa mu butayu bugufiya kandi bukomeye cyane ariho bakorera imilimo y’imiruho yabo.Ubwo mpabona nabanyaKenya bo mu bwoko bw’Abakikuyu nabo ntabwo bahatanzwe bafite ubwoba bukomeye cyane bibaza uburyo umunyapolitike witwa Raila Odinga agiye gufata ubutegetsi kandi harabaye amatora.

Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwra riti mwana w’umuntu,hanurira abanyababyloni ubabwire uti,ikibazo kibabyloni kiri mu maboko y’Uhoraho.Igihugu azagiha uwo ashaka ko akiyobora bijyanye na gahunda ze yateguye.Nuko ndamanuka njya ku nkengero z’ubutayu maze ntangira guhanura nti,yemwe baturage bibabyloni bo mu bw’Abakikuyu,nimweumve uko Uhoraho avuga,ubutegetsi Uwiteka azabuha abo ashaka bijyanye na gahunda ze uko yaziteguye dore mwishyize ejuru abakikuyu muvuga yuko ngo Raila adashobora gutegeka icyo ghugu kandi nawe arumwe mu baturage batuye icyo gihugu kandi akaba numunyagihugu none uyu munsi wa none mugeze ku nkengero z’ubutayu mwerekeza mu gihugu cyo mu buatayu nuko rero mu menye ibi,yuko Uhoraho ariwe utegeka ibiri mu isi ya bazima.Kandi ubutegetsi akabuha uwo ashaka kubera ubwibone bwanyu mwishyize ejuru mwumva yuko ibyo mwibwira ari byo bihwanye nibyo Uhoraho yibwira ariko noneho muragezwe musanga mudakwiye “MANE MANE TEKERI UPHARISIN”niyompamvu Uhoraho agiye kubarekera mu maboko ya banzi banyu kugirango mubanze mu menye uko Uwiteka akora abanze abacishe bugufi kuko mwanze guca bugufi none reka mucishwe bugufi n’Uhoraho kugirango mumenye yuko Uhoraho ari we Mana yaremye Ijuru n’Isi uko niko Uwiteka avuga.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar