Nyuma y’intambara itari yoroshye hagati ya Gen.Nziza Jack n’ikinyamakuru inyangeNewss.com,aho Nziza yagerageje gusenya icyo kinyamakuru cyangwa kugushimuta ariko ntibimuhire.Bamaze kubona yuko bitabahiriye bahise bihimba amazina yanjye jyewe Majeshi Leon,maze batangira guhanura ibinyoma bagaragaza yuko ngo Uwiteka Imana nkorera yampishuriye ko navangiwe.
Muri ibyo binyoma bitirira umwuka w’Imana,hagaragaramo amakuru ya bantu (2) uwahoze ari madame wanjye,n’umwakagara-Kazi witwa Nyiramihanda Maqnifique wagerageje kungigira ariko bikarangira akozwe nisoni.Uwihimbye amazina yajye,yitwa Astrida wagerageje koherereza inshuti zanjye(Friends) kuri facebook.com ariko abantu bose bahita bamutahura kuko ibintu yandikaga byari bitandukanye nubutumwa Imana ijya impa ngo mbugeze ku bantu bayo.
Ibyo bamaze kubona ko bibananiye,bongeye kunyura ya nzira nubundi bigeze kunyuramo,ngo bantumiye mu giterane cy’ivugabutumwa mu gihugu cy’Ubwongereza abo babanje kunsaba imbabazi bavuga ko ubutumire bwa mbere bwabayemo ibibazo bitasobanutse.
None bakaba bongeye ku ntumira muri ivugabutumwa ry’urupfu ngo babone uko banca igihanga aho bemeye gutanga ibihumbi $15000 ngo byamande biciye.None se bica amande niki bankoreye cyatuma bica amande kandi nta cyo nahumbye.Urabonako ari wa mugambi w’ubugizi bwa nabi wahindutse umuco mu butegetsi bw’umwakagara aho ahora yumva ko itangaza makuru ridakwiye gukora ritari munsi y’igitugu cye.
Ikigaragara ni uko ubutegetsi bwa RPF/FPR bumaze kunanirwa cyane dore amahanga nayo akomeje kwamagana umuco w’ubwicanyi bacuye mu Rwanda bakawimurira mu gihugu cy’abaturanyi cy’Uburundi.America ikomeje gutangaza ko bafite amakuru ahagaije ku bwicanyi burimo gukorerwa Abarundi.
Kugeza magingo aya,uRwanda nta bwo rugaragaza ibimenyetso byerekana ko babeshyerwa kuko ar’ibintu bigaragara kandi bisobanutse kuko abakoze coup d’etat igapfuba bahis bahungira mu Rwanda aho bahise bakurikirwa nabaturage bahise bahunga intambara ikomeje gutera ibibazo mur’icyo gihugu.
Igihugu cy’Uburundi cyari gikwiye kurega uRwanda murukiko rw’I LA HAYE (ICC) cyangwa murukiko rw’Africa yunze ubumwe cyangwa murukiko rw’Akarere kiburasi zuba ibyo bihugu byombi biherereyemo.
