Home News Umwakagara agiye kwiba inyandiko z’ubwami bw’uRwanda niko Uwiteka avuze!

Umwakagara agiye kwiba inyandiko z’ubwami bw’uRwanda niko Uwiteka avuze!

0

17th FEB,2016 Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho rambura amaso yawe maze nkwereke ibitabneshwa na maso ya bana bab’abantu.Nuko ndambura amasi yanjye maze anyereka umwakagara mu nama akoranije inama y’Intore azitegeka yuko zigomba gukora izishoboka byose bagasenya ubwami bw’uRwanda kugirangoazabone uko yimika ubwami bw’Abega kuko bidashoboka yuko hima abami (2) mu gihugu kimwe(1) maze ubwami bw’Abega bubone kuganza!

Ubwo bari munama dore imigambi yibyo baganiriye bakoze inama bayirangiza bemeje yuko bagiye gushaka abakozi bo murugo rwa Nyir’uRwanda aho atuye mu buhungiro mu gihugu cy’America maze abo bakozi cyangwa nundi wese wakwemera kurya intonorano maze bagakora ibishoboka byose bakiba impapuro za ONU zahawe Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa zzemeza yuko ubwami bw’uRwanda buvuye mu bwami buganje (Absolute Monarchy) bukaba bwinjiye mu bwami bwa Constitutional Monarchy ubwami bugendera kwitegeko nshinga.

KingMaze bavuga ko bazashaka umuntu utegura amafunguro y’Umwami bakamushyiriramo ubutwa butuma ajya mubitaro kwa muganga maze mu gihe azaba ari mu bitaro aho niho abagomba gutunganya umugambi wo kwiba impapuro z’ubwami bw’uRwanda bazaba babonye akanya keza ko gukora icyo gikorwa bagasohoza uwo mugambi.

Nuko nkomeza kwerekwa imigambi yabo mbona Nyir’uRwanda bamuhaye ubutwa ahita arwara ikaba gahu igikuba kiracika ajyanwa kwa muganga (mu bitaro)amaze kugerayo bahita bamuvura ako kanya maze agaruka asanga za ntore zitararangiza wa mugambi wabo wo kwiba izo mpapuro zemeza yuko uRwanda ruyobowe n’ubwami bugendera kwitegeko nshinga

Nyir’uRwanda amaze kugaruka,mbona za magigiri zibuze aho zikwirwa kuko zari zananiwe gusohoza umugambi wazo kuko izo mpapuro zari zihishwe kure cyane ku buryo kuzigeraho bitari byirishye

Babonye ko binanairanye uwanyerekaga arambwira ati,dore umugamni wabo Uwiteka awuburujemo kandi none bababwiye guhita bateza akavuye bakavuga yuko bamaze igihe badahembwa maze muri ako kavuyo intore zikaboneraho akanya ko guhitana Nyir’uRwanda.Mu gihe barimo bategura uwo mugambi mbona bose uko banga zaba intore cyangwa abo batekamutwe bahise bafatwa ninzego za leta zunz’ubumwe z’America batabwa muri yombi bajyanwa gufungwa umugambi w’Umwakagara uba uburijwemo gutyo uko niko Uwiteka avuze

Nkomezwa kujyanwa mu iyerekwa mbona ndwana na za magigiri zo mu bwoko bw’Abadayimoni,buri umwe yarafite inkota imwe ariko jyewe narimfite inkota (2) nerekwa turwana bashaka kunyica turwana umwanya munini cyane none ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu Majeshi Leon,kura inkota murwubati maze uyitere kurya abakomando bayitera maze urebe uko Uwiteka abigenza

Nuko mbigenza uko ambwiye gukora,mfata inkota yanjye ya (2) ndayitera irageda yishinga murubavu rwa magigiri(Ijambo=Inkota)maze kuko muri bo ari we warufite imbaraga ahita acogora nanjye mba mbonye akanya ko kumucika ndigendera nzamuka mu muhana uzamuka werekeza iburengera zuba mba mbacitse gutyo

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwwana w’umuntu wahanganye nabakomeye none urabanesheje kuko bitazongera ukundi kugutekereza ukundi kuko wabananiye kukonUwiteka Imana yarabarwanije arabatsinda nk’uko ysbigusezeranije none humura Uwiteka ari kumwe nawe uko niko Uhoraho avuga.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar