04th Sept,2015 mwana w’umuntu,itegure ejo uzajye mu murwa kugirango utunganye kandi utegure gahunda yo kubatiza ubwoko bwanjye umubatizo wamazi menshi,dore ejo bazaba bahugiye kunda bityo uzabasha gutambuka imigambi yabo maze umbatirize ubwoko bwanjye niko Uwiteka avuga.
05th Sept,2015 ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ejo ubwo uzajya kubatiza ubwoko bwanjye,abanzi b’Uwiteka bazaba bahugiye kugitsina gore,bityo rero ntugire ubwoba kandi ntutinye uzagenda mu murwa wimye kuko abanzi b’Uwiteka bahugiye mu byaha byabo barimo kwinezeza uko niko Uwiteka avuga.
07th Sept,2015 Ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho,maze ririmbwira riti,mwana w’umuntu,ngaho ririmba igihimbano cyo mu mwuka mu gitabo cyo gushimisha 196,NI HEHE ABIZERA BAZAJYA KUBA;MURI IYISI NTAHO BAZAKIRIRA.NTAHO NTAHO ,MU ISI NTA HO,MU IJURU NIHO IWABO WABIZERA.
None andika iyo migambi yabo uyishyire ahagaragara kugirango nibajya gushyira gahunda zabo zikinyoma zibe zamaze kujya ahagaragara niko Uwiteka avauga.
Dore wakunze gukiranuka niyompamvu Uwiteka Imana yawe atazaguhana kandi atazakureka nyamara abakugirira ishyari nurugomo barikuriraho amakara yaka umuriro uko niko Uwiteka avuga.
Mwana w’umuntu,dore imirmo y’Uwiteka iragutegereje kumurwa mukuru w’IBABULONI aho Uwiteka agiye kugukoresha ibikomeye niko Uwiteka avuga.
Mwana w’umuntu,dore aba Congo bavuga ururimi rw’iknyarwanda biyita abanyamurenge,abagore babo,bahorana ibipfunyika byamarozi bajya kuroga insegero n’
Dore abahanuzi babo bacitse ururogoro kuko batakibona abakiliya baza kubahanuzaho cyangwa kubaraguzaho,none bakwishyizemo cyane baraguhigira hasi hejuru ndetse bagambanye bavuga ko,uzakubona azabwira abandi ko yakubonye maze bahite bagutangatanga baguce igihanga uko niko Uwiteka avuga.Dore Uwiteka azabarwanya aho muzajya hose ku isi,none mureke ubugome mugarukire Uwiteka kugirango nawe azabagarukire kumunsi wamakuba ubategereje uko niko Uwiteka avuga.
Niyompamvu nakugize umucamanza wamahanga kugirango ucire imanza ubwoko bwanjye,dore bazakurwanya ariko ntibazagushobora kuko nd’Uwiteka Imana yawe,abazakurwanya nzabavuma kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana itanga umugisha nkanavuma,abazakubera umugisha nanjye nzababarea umugisha uko niko Uwiteka avuga.Uzakuvuga nanjye nzamuvuga nabi kandi nzamwoherezaho umwuka w’umuvumo kuzageza igihe bazaza imbere yawe bakihana maze nubababarira nanjye nzabaabarira uko niko Uwiteka avuze.
Dore nzabaseka kumunsi wa makuba ubwo azaba a,maze kubagwira icyo gihe bazifuza ijmabo ry’Uwiteka ribahumuriza umutima ariko nta bwo bazaribona uko niko Uwiteka avuga.
Maze mu gihe nari mu iyerekwa,numva hirya yanjye abaganira bavuga ngo,Umwakagara byarangiye avuye ku ngoma ,maze abanyarwanda batangiye gushyuha umutwe no guhagarika umutima kuburyo bukomeye nubwo butunzi birata nta cyo buzamumarira kuko butazashobora kubakiza ku munsi wa makuba uko niko Uwiteka avuga.
Dore Uwiteka akuyeho izo nzitizi,akaga,ibyago n’amakuba kugirango ibyahanuwe nabahanuzi bisohoze umurimo wabyo!
Dore abanzi babaye benshi kuko ibyahanuwe bibasatiriye,nyamara nubwo urwango rubaye rwinshi,ntabwo rufite urufatiro kuko Uwiteka ariwe mu camanza utabera nuko rero bamenye neza ko,ibirego byabo bidafite ishingiro uko niko Uwiteka avuga.Kandi niba warabacumuyeho,nibareke Uwiteka abe ariwe uca imanza kugirango bimenyekane yuko Uwiteka ari we mu camanza utabera uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona bashimuse Nyir’uRwanda,bamugejeje muri gakondo yabakiranutsi,isi yose itangarira uburyo umwakagara yakoresheje kugirango bashimute Umwami w’uRwanda.Umwakagara akimara kumugeza murwagasabo amutegeka kuvugira kumaradiyo mpunzamahanga ko yeguye ku bwami bw’Urwanda.
Rubanda Rw’Umwami ruhinda umushyitsi n’ubwoba bwinshi cyane,Babura ibyicaro bagira uwboba bwinshi buri muntu aho yarari bibaza imbaraga umwakagara yaba afite kugirango abashe gushimuta Nyir’uRwanda arinde amugeza murwagasabo gakondo yabakiranutsi.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,bwira Nyir’uRwanda yirinde kandi cyane,kuko ishyamba atari ryeru,dore bamaze gucura umugambi ukomeye cyane wo kumushimuta,kandi umubwire ntazongere kugira umunyapolitike yongera kwakira yaba uturutse murwagasabo cyangwa muyandi mahanga uko niko Uwiteka avuze.
Dore nawe barakugera amajanja kuko bagushinja ko,ukorera Umwami w’Urwanda KIGELI V.Ndahindurwa,bakaba bavuga yuko ariwowe urimo guteza ubwega,no kumuteza isi yose kubera ubuhanuzi bwawe hamwe n’itaganza makuru ryawe.None mwana w’umuntu,urugamba rugeze iwandabaga niyompamvu ngiye kugukura mu gihugu cy’IBABULONI kuko igihe gishyize cyera kandi ibyahanuwe bikaba bigeze mu Irango ry’Irembo ya gakondo yabakiranutsi niko Uwiteka avuga.
Dore uzanyura mu maso yabo kandi usibye ko arabagaome bagomanwa ubuzima bw’abatagira ubwenge banze gushaka mu maso h’Uwiteka Imana yabakiranutsi,naho ubudi uzabanyura mu maso ugende bakureba icyo gihe bazamenya yuko Kristo ariwe Mana niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore gakondo yabakiranutsi ihindutse umusaka kubera intambara z’umwakagara,dore azayisiribanga,azayisiga arumusaka,kandi izasigara itagira ishusho kubera ibisasu byarutura bizakoreshwa muri iyo ntambara igiye kwikuba 7*70 intambara y’1994,dore imvura yaguye 1994 twari utujojoba,naho ubu,igiye kugwa,n’imvura yitwa IMVURA Y’UMUHINDO KUKO IMPARA ZIGIYE GUCURAGA HAMWE N’INJERERI maze amahanga icyo gihe azamenya yuko Kristo ariwe Mana niko Uwiteka avuze.
Nerekwa mbona ndi mukibaya cy’igikombe cy’abakiranutsi,nerekwa hacurwa imigambi yo kumparabika hakoreshwejwe abantu twari tuziranye,cyangwa abo twakoranye umurimo w’Uwiteka Imana yo mu ijuru,bategura ibirego by’ibihimbano kugirango bangize umurimo w’Imana nkora w’ubuhanuzi.
Nerekwa ko bagiye gushaka abitwa ba TOBIAS na SENEBRATH,kugirango babe abagabo bibinyoma banshinje ibyaha nta koze nyuma y’imyaka (6);ndi mu ishuli ryo mu butayu mvuye muri gakondo yabakiranutsi.Mbona bashaka abagabo bibigoryi batanga ubuhamya bw’ibinyoma nk’ubwo inkozi zibibi zitanze kuri NABOTH W’IYEZERERI UBWO UMWAMI AHABU YASHAKAGA KUMWAMBURA GAKONDO Y’URUZABIBU YARI YARASIGIWE NABABYEYI BE,MAZE JEZEBERI AGASHAKA ABAGABO BABATANGABUHAMYA BIBINYOMA KUGIRANGO BICISHE NABOTH.
Uwiteka arambwira ati,bihorere bakore ibyo bashaka kuko igihe cyabaragiranye,kandi ntabwo bashobora kugwa gitumo,ahubwo bababjwe nuko ukomeje gushyira ahagarara ubutumwa nguha kugirango ubugeze kubatuye isi,nabo bagao bibinyoma buzuye ishyari ryinshi cyane,kandi s’ubwambere bifuza kuguhitana nyamara ntibabigereho.Kuba barananiwe gusohoza umugambi wabo ubwo wari mubutayu bwa Uganda,ubu niho bazabishobora ?Uko niko Uwiteka abaza.