Sept 04,2016 Ijambo ry’Uhorao rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe cy’abaririmbyi baririmba atar’impano yabo kirarangiye.Ubabwire uti,Uwiteka aravuze ngo,buri muntu wumva akora umurimo w’uburirimbyi kandi atar’impano nawe akaba yumva bitamurimo ahubwo abikora kubera imapmvu runaka,abishingukemo uko niko Uwiteka avuga.Kuko nibakomeza kuririmba kubera yuko yabihinduye ubucuruzi,igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo abakiranirirwa mu murimo w’Imana bagiye gukorwa nisoni ku karubanda uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga.
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunganiriza maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umurimo warufite IBABLON irarangiye,none tunganya utwawe kandi witegure kuko Uhoraho agiye kujyana muri gakondo yagusezeranije uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore umusozi warumazeho igihe kirekire Uwiteka awugukuyeho kandi uwumanutseho uko niko Uwiteka avuga.
Uhoraho yibuka Pastor Musoni James,wahumanijwe na Gitwaza Muhirwa Paul!!!
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumbwira ibyimigambi y’inkozi z’ibibi,mwana w’umuntu,dore umwuka w’Inzika y’Inzigo,imbaraga zawo zimaze kurangira,wakwiritseho igihe kirekire ariko noneho uranesheje kuko wifuje kukwangiriza ibyawe byose ariko Uwiteka yakubereye umutabazi uko niko Uwiteka avuga.
Inama y’inteko y’ibwami, nta musaruro yatanze!!!
Nuko nerekwa ko,abagize inteko y’ibwami bacyeneye kumenya ibibazo byinshi ariko byabuze ibisubizo!Maze basaba uwayoboraga inteko,kubasobanurira neza uko inteko yaba ikorana n’ikinyamakuru www.inyangeNewss.com ,ariko umuyobozi w’inteko abura ibisobanuro bihagije byo gusobanurira abagize inteko,uko niko Uwiteka avuga!Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunganiriza maze rirambwira riti,dore basabye umuyobozi mukuru kuvugana nawe kubijyanye na makuru yandikwa y’abagize inteko y’ibwami,ariko nta bwo muri bushobore kumvikana kuko ikibazo atari wowe,ahubwo Uwiteka niwe urimo kwikorera imirimo ye!
Igihe cyose banyuranya n’ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi,ntabwo bazigera bagira umutekano na mahoro mu mikorere yabo uko niko Uwiteka avuga!Nuko rero wikomereze umurimo ubihorere kuzageza igihe bazemera gukora ibyo ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana risaba nibitaba ibyo,wikomereze umurimo wawe kuko muri bose nta numwe uguhemba ndetse nta numwe uzi ubuzima bwawe usibye Uwiteka Imana wenyine ukorera akaba ari we unaguhemba akalinda ubugingo bwawe niko Uwiteka Imana ya bakiranutsi avuga!
Inama bayitangiye bahagaze!Uwayoboraga inama,abonye ko,abantu bose bashyushye mu mitwe,agaragaza gucisha macye,abagize inteko bumvise acishije macye,bibwira yuko hari umusaruro uribuvemo,bacisha macye.Abonye yuko bacishije macye,atangira kugenda abariganya gahorogahoro kugirango batamubaza ibibazo byinshi afitiye igisubizo ariko akaba adashaka gutanga igisubizo kubera inyungu ze agambiriye kugeraho!?
Umugambi w’inama, kwar’ukuzimya umuriro umaze igihe waka mu nteko abagize inteko bibaza amaherezo y’ibi bintu,Umwami Kigeli V Ndahindurwa,nawe icyo yakoze,yazanywe no kuzimya umuriro nyamara ntiyawuzimije, ahubwo yarengejeho ivu,munsi hasigaramo umunyota ushobora kwaka umwanya uwari wo wose uko niko Uwiteka avuga!
Ibihanurwa byose nta na kimwe Nyir’uRwanda ayobewe,byose abyirengagiza abizi,ikibazo yifitiye ahanganye n’ijambo ry’Uhoraho,kumvira ijambo ry’Uhoraho,abakagara bamwumvishije yuko ngo,bidashoboka yuko ayoborwa n’ubuhanuzi,ngo byaba aragasuzuguro!Nyamara utayobowe n’ijambo ry’Uhoraho,ayoborwa nabadayimoni agakora ibinyuranye n’ubushakwe bw’Uhoraho bikazamuzanira umuvumo hanyuma atagishoboye kwikura mukagozi uko niko Uwiteka avuga!
Ambassaderi Karega Vicent,acirwaho iteka!!!
Ikimenyetso cya nyuma kuvaho k’Umwakagara!!!
Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumbwira amakuru y’umwakagara,maze rirambwira ngo,mwana w’umuntu,hari ahantu mu murwa mukuru wa Kigali,Umwakagara agiye gusenyera abaturage,ibyo bikaba muri bimwe mubimenyetso bya nyuma bizahita bimukura kubutegetsi uko niko Uwiteka avuga!
Uhoraho Uwiteka Imana,yumva kurira kw’Abamotari muri gakondo ya bakiranutsi!!!
Umwuka w’Inzika uragutegereje kumurango!!!
Umuhanuzi yongererwa imbaraga!!!
Uruteja muruzabibu!!!
The Rhema word came to me, from above in heaven, and told me, son of man, read Psalms 4:4,and you will know what’s God says about you! Do not be controlled by anger, but think about it, overnight and keep silent says the Lord your God amen.
Abahutu bahawe umujago,bibwira ko aramata!!!
Mwana w’umuntu,mbariza ubwoko bw’Abahutu,uti ninde wabaroze!?Ese ibihanurwa murabisoma,mukananirwa kumenya icyo bishatse kuvuga?Ese mufite amatwi ntimwumva?Mufite amaso ntimubone?Uko niko Uwiteka ababaza!Dore hazapfa miliyoni [7] abanshi muri bo,bazaba arabahutu!Nuko rero mumenye ubwenge mukize ubugingo bwanyu butazarimbukira mu manga y’umwakagara uko niko Uwiteka avuga!Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abahutu bagiye kwicwa na mata y’umujago banze kuyavirira babahaye umujago bibwira yuko bahawe amata,nyamara amata nyamata ateretse kuruhimbi rw’Umwakagara uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga!
Dore nshinze urubanza hakiri kare,kandi nakoze ibishoboka byose ngo mbaburire ariko barananiranye,nuko rero reka binjire mu mubare wabandi bose bajye bafatanya agahinda ko kwibuka ababo bazize umujago w’Intonorano z’Umwakagara kugirango bizamenyekane yuko Uuhanuzi yarabarimo ariko bakanga kumwumvira ngo bakize ubugingo bwabo uko niko nUwiteka avuga.Mwana w’umuntu,ubwoko bwanjye bwishwe no kutizera,kuko kumenya ko baramenye kandi na nubu baracyabwirwa kuzageza igihe bazarimbukira ariko inda nini bayiguze ubugingo ngo barashaka kubaho neza igihe gito,ubundi bakarimburwa ubushye inzabibu zarumbye zikabura imvura zikarimburwa kugirango haterwe izindi uwo niwo mugani Uwiteka abaciriye kandi ubwo birenge niwowe ubwirwa! Hoseya 4:6
Njyanwa mu iyerekwa,mbona inkozi z’ibibi zihetse inzoka mubitugu no mugongo,yari inzoka ykiziramire,bayikubiranije umubiri wose.Maze imbere yabo haturuka umugabo usa nuje abasanganira aje kubakira,mbona bamuhaye igihe cyo hepfo,kugirango umwe ajy’imbere undi ajy’inyuma.
Nkomeza kwerekwa ubugome bw’inkozi z’ibibi,mbona ko zimaze kurambirwa aho zari zitegereje Umuhanuzi ngo zimuce igihanga.Mbona inyenzi zari zitegereje zihinduranije imyenda zambaye civilians imyanda ya giturage.Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,reka babanze beyuke maze ubone kujya gukora umurimo kuko badashobora guhagarara ngo bategereje umuntu batazi aho aturuka uko niko Uwiteka avuga.Kandi wirinde ntufungure telephone kuko niyo ibayobora antenne uherereyeho ubanze ukore umurimo hanyuma nurangiza ubone gushyiraho telephone kandi ukoreshe amasogonda macye kuvugana nuwo muvugana uko niko Uwiteka agize!
Dore bazajya baguhiga mbateze kurambwirwa maze bazajye babikora nk’umuhango kugirango bashebuja batabona yuko banze gukora umurimo bashinzwe,hanyuma bajye bajyaho bahagarare bashake umuntu batazi iyo ava niyo aturuka cyangwa iyo yerekera.Maze nimara kubona amasaha agiye,bazajya bahita bitahira barmabirwe ubwo nawe nibwo uzajya usohoka murutare uhite ujya kumurimo wa data uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.
Mwana w’umuntu,dore Umwami w’Urwanda arababaye cyane ngo kuko wanditse inteko ye,ukayishyira ahagaragara,yanze kumvira ijambo ry’Uhoraho nawe ntuzamwumvire kuko uwamuhaye ubwami,niwe wakugize kuba Umuhanuzi.Ariko niumvira ijambo ry’Uhoraho,nawe uzamwumvire uko niko Uwiteka avuga.Kuko nuramuka umwumviye kandi we atumviye Uhoraho Imana ukorera,azagukoresha amakosa cyangwa ibyaha bizaguteranya n’Uwiteka Imana yawe ukorera uko niko Uhoraho Uwiteka Imana yabakiranutsi avuga.
Save
Save