Igikorwa cyigayitse leta y’urwanda iyobowe n’umwakagara,nyuma yibikorwa bigayitse umwakagara yakoreye umuhanuzi,ndetse n’umunyamakuru Charles Ingabire,bamaze kumwivugana ,leta y’uRwanda yasigaranye inshingano zo gushaka uburyo batereta umuhanuzi Majeshi Leon,ko yakwemera akagaruka mu gihugu agahabwa imirimo myiza ariko akabanza kwemera guhagarika igikorwa cy’Ubuhanuzi buhora buhagarika umutima leta y’umwakagara nabidishyi be.
Mu mwaka wa 2013,leta y’uRwanda yakoresheje bamwe mubanyarwanda bize amateka ”History” bandikira umuhanuzi bamushimagiza yuko umurimo akora arumurimo ukomeye cyane,ariko barangiza bamwumvisha yuko igihugu cya Israel gituwe nabanyaburayi ngo kuko kugeza aya magingo abisrael nyakuri ,ngo nabirabura
Ibyo bakabishingira ko ubwoko bw’Imana bwa Israel ngo bwagiye butwarwa mubunyage maze ngo bugenda buzimira gahoro gahoro kugeza aho bahinduka abirabura.Nyamara bibagiwe yuko uko byagenda kose icyo gihugu gishingiye kumateka y’Uwiteka Imana yo mu ijuru
Umwaka wa 2014,intasi z’umwakagara,zongeye guhura n’ikibatsi cy’intambara kurubuga rwa nkoranya mbuga facebook,aho bahanganiye n’umuhanuzi,maze bamaze kubona yuko ntabwinyagamburiro bagifite bwo kubeshya rubanda bahitamo kongera kwandikira umuhanuzi bamusaba ko,yakomeza umurimo w’ubuhanuzi akareka guhangana n’abanyapolitike kuri nkoranyambaga kubera ko ibinyoma byabop yaramaze kubishyira ahagaraagara.
Ibyo nabyo bamaze kubona bidashoboka,nibwo bahisemo gukoresha inshuti y’umuhanuzi Umuhanuzi-kazi MARIE ESTHER MUREBWAYIRE,warusanzwe akora umurimo w’ubuhanuzi bw’ikinyoma bushingiye kumateka y’urwagasabo kuko yarasanzwe azi ayo mateka akajya abifatanya n’ijambo ry’Imana
Uwo muhanuzi-kazi wikinyoma yaje gufasha umuhanuzi kugirango abone uko amuneka kugirango abashe guha amakuru y’impamo leta y’umwkagara,Uwiteka Imana yaje kuburira umuhanuzi ishuro nyinshi ariko akanga kubyemera kuko ataramuzi izo ngeso,kugeza ubwo Imana yamuhaye ingero zose z’uburyo yagiye akoreshwa mubikorwa byitirirwaga Imana nyamara fpr ariyo ibirinyuma.
Kugeza ubwo uwo muhanuzi –kazi Marie yahamagawe na leta y’uRwanda mu mwaka ushize wa 2014 mubikorwa by’ubumwe n’ubwiyunge maze umuhanuzi kazi akaza gutinya yuko abanyarwanda yaramaze gufata amaraso bazamukeka amababa
Twibutse yuko uwo magigiri kazi atuye mu gihugu cy’ubuholande ,nyuma yahoo ibyo bikorwa byose leta y’umwakagara itsindiwe yahise ishaka umuzungu w’umuhinde ufite nationalite y’America,maze yandikira umuhanuzi Majeshi Leon amusaba ko baba inshuti kandi ko ashobora kumufasha kugera kumugabane w’America.
Ibyo byabaye mukwezi gushize kwa mata 2015,ibi bikorwa byogushaka guca igihanga umuhanuzi umwakagara akwiye gukurayo amaso kuko umwuka w’Imana uba muri we,ntabwo wakwemera yuko yacibwa igihanga Atari muri gakondo yabakiranutsi kuko bidashoboka yuko umuhanuzi yagwa hanze y’umurwa wa Yerusalem





