HomeNewsUbuhanuzi bw'Icyegera cy'umukuru w'igihugu wungirije bwaba bugiye gushyirwa ahagaragara!

Ubuhanuzi bw’Icyegera cy’umukuru w’igihugu wungirije bwaba bugiye gushyirwa ahagaragara!

Amakuru amaze gutangazwa nigitangaza makuru cya BBC gahuza miryango,aravuga ko,urukiko rwa ICC rwarangije kwicara bagafata umwanzuro kurubanza rwicyegera cy’umukuru w’igihugu wungirije William Samuei Ruto,aregwamo hamwe numunyamakuru Alap Sang wakoraga nk’umunyamakuru mu gihe cya matora yabayemo imvurur muri 2007/8.

Amakuru aravuga yuko ibyo byemezo bishobora kuba byafashwe ngo byaba bishobora kuzagira ingaruka zitoroshye zaba zikomeye cyane ku buryo zishobora guteza ibibazo mu gihugu cya Kenya gisigaje umwaka umwe wa 2017 ngo gisubire mu matora y’umukuru w’igihugu.

Inararibonye zaganiriye nikinyamakuru inyangeNewss.com.zabwiye inyangeNewss ko,icyegera cy’umukuru w’igihugu William Ruto,ko nibiramuka bitangajwe ko atsinzwe nurubanza ngo bishobora kuzateza ibibazo gusa ibyo bibazo abantu birinda kubivuga mu izina ariko ikigaragara ni byabindi byabaye ubushize ubwo rero urabe wumva birenge niwowe ubwirwa ubwo ushatse watangira gutekereza neza ndetse bishobotse ukaba watekereza inshuro (2)

Ubwo ababalizwa mu gihugu cy’IBABYLON mushake inzira amazi atararenga inkombe,kuko ubuhanuzi buvuga ko impunzi zizasaba gukurwa muri icyo gihugu mbere yuko hatangira kuba umwuka mubi,niba rero mubona ari mahire ubwo mwiturize ariko niba mubona umwotsi utangiye gucumbuka mukore ibikwiriye ko mukora ariko muri mwe niba ntabagabo babarimo ubwo mwemere urwaje.

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments