Amakuru aturuka I Kigali mu murwa mukuru w’urwagasabo,aremeza yuko umukozi w’Imana witwa Rutayisire Antoine ariwe mukozi w’Imana wenyine utarya iminwa imbere ya leta ya RPF.Ndetse bikaba bikekwa ko ngo haba harumugambi mubisha wo gushaka kumwivugana kubera ko yemeje mu itangazamakuru yuko mu Rwanda amoko agihari ntaho yagiye!
Abanyarwanda benshi bakaba bishisha raporo ya Bishop Rucyahana uheretse gusohora Raporo ivuga yuko mu Rwanda ubumwe n’Ubwiyunge bwateye intambwe igaragara cyane mu gihe abana bab’Abahutu badahabwa Brusary kimwe na bana bab’Abatusi bajya kwiga muri kaminuza za leta
Abareba kure ibya politike ibera murwagasabo bakaba bakeka ko ashobora kuzicwa umwanya uwari wose kubera kuvugisha ukuri kandi akaba adakorera kujisho ry’umwakagara nk’uko abandi bashumba babigenza kuko usanga baramya umwakagara ariko Pastor Antoine Rutayisire akaba atajya arya iminwa niyo arimo kuvuga ubutumwa imbere y’umwakagara.
Yemere yuko ibivugwa kuri KANJOGERA arukuri mugihe abandi bose bajya bahamagrwa kujya kwigisha mu ngando cyangwa mu sihuri ry’intore bavuga ko ibivugwa kuri Kanjogera atarukuri ahubwo ko yakundaga abana agakunda kubaha amata ko kuba yaricaga impinja zabanyiginya arukumusebya bitabayeho
Sinibuka neza umwaka ariko ni nka 2012 cyangwa 2013 yigeze abazwa muri media ikibazo cyamoko uko gihagaze ahita ababwira ati mu Rwanda amoko aracyahari ntibakababeshye,icyo kibizo ntahoncyagiye
ndongera nibuka 2012 ubwo nari mu itorero(intore) namubajije ibya coup. d’etat yo Ku rucunshu(abega vs abanyiginya)ahita ansubiza ati ibyo byarabaye rwose ndetse na ba bana kanjogera yicaga bari impinja z’abanyiginya mugihe mzee Kalisa Rugano we yari yatubwiye ko ibyo bintu bya Kanjogera ari ukubeshya ko ahubwo yakundaga guha abana amata ndetse wabonaga abivugana ubwoba bwinshi mpita nibuka 2015 muri ya masengesho yabayobozi ukuntu Pastor Antoine yatatse Rudahigwa akamuvuga ukuntu yar’umuntu w’Imana kandi akabivugira imbere y’umwakagara Amakuru aturuka I Kigali mu murwa mukuru w’urwagasabo,aremeza yuko umukozi w’Imana witwa Rutayisire Antoine ariwe mukozi w’Imana wenyine utarya iminwa imbere ya leta ya RPF.Ndetse bikaba bikekwa ko ngo haba harumugambi mubisha wo gushaka kumwivugana kubera ko yemeje mu itangazamakuru yuko mu Rwanda amoko agihari ntaho yagiye!
Abanyarwanda benshi bakaba bishisha raporo ya Bishop Rucyahana uheretse gusohora Raporo ivuga yuko mu Rwanda ubumwe n’Ubwiyunge bwateye intambwe igaragara cyane mu gihe abana bab’Abahutu badahabwa Brusary kimwe na bana bab’Abatusi bajya kwiga muri kaminuza za leta
Abareba kure ibya politike ibera murwagasabo bakaba bakeka ko ashobora kuzicwa umwanya uwari wose kubera kuvugisha ukuri kandi akaba adakorera kujisho ry’umwakagara nk’uko abandi bashumba babigenza kuko usanga baramya umwakagara ariko Pastor Antoine Rutayisire akaba atajya arya iminwa niyo arimo kuvuga ubutumwa imbere y’umwakagara.
Yemere yuko ibivugwa kuri KANJOGERA arukuri mugihe abandi bose bajya bahamagrwa kujya kwigisha mu ngando cyangwa mu sihuri ry’intore bavuga ko ibivugwa kuri Kanjogera atarukuri ahubwo ko yakundaga abana agakunda kubaha amata ko kuba yaricaga impinja zabanyiginya arukumusebya bitabayeho
Sinibuka neza umwaka ariko ni nka 2012 cyangwa 2013 yigeze abazwa muri media ikibazo cyamoko uko gihagaze ahita ababwira ati mu Rwanda amoko aracyahari ntibakababeshye,icyo kibizo ntahoncyagiye
ndongera nibuka 2012 ubwo nari mu itorero(intore) namubajije ibya coup. d’etat yo Ku rucunshu(abega vs abanyiginya)ahita ansubiza ati ibyo byarabaye rwose ndetse na ba bana kanjogera yicaga bari impinja z’abanyiginya mugihe mzee Kalisa Rugano we yari yatubwiye ko ibyo bintu bya Kanjogera ari ukubeshya ko ahubwo yakundaga guha abana amata ndetse wabonaga abivugana ubwoba bwinshi mpita nibuka 2015 muri ya masengesho yabayobozi ukuntu Pastor Antoine yatatse Rudahigwa akamuvuga ukuntu yar’umuntu w’Imana kandi akabivugira imbere y’umwakagara
ikigaragara ni uko Pastor Antoine Rutayisire ubona ko alinzwe n’Uhoraho kuko ntawe yikanga kandi ikiza akivuga uko kiri,nikibi akakivuga uko kiri ntabwo wamusanga mubinyoma by’abapastor bikigihe bihangishijwe kubaha umwakagara kuruta Imana yo mu ijuru.Gusa abamukunda bakwiye kumusabira kuko ashdobora kuba asigaje igihe gito mu Rwgasabo.
Amakuru aturuka I Kigali mu murwa mukuru w’urwagasabo,aremeza yuko umukozi w’Imana witwa Rutayisire Antoine ariwe mukozi w’Imana wenyine utarya iminwa imbere ya leta ya RPF.Ndetse bikaba bikekwa ko ngo haba harumugambi mubisha wo gushaka kumwivugana kubera ko yemeje mu itangazamakuru yuko mu Rwanda amoko agihari ntaho yagiye!
Abanyarwanda benshi bakaba bishisha raporo ya Bishop Rucyahana uheretse gusohora Raporo ivuga yuko mu Rwanda ubumwe n’Ubwiyunge bwateye intambwe igaragara cyane mu gihe abana bab’Abahutu badahabwa Brusary kimwe na bana bab’Abatusi bajya kwiga muri kaminuza za leta
Abareba kure ibya politike ibera murwagasabo bakaba bakeka ko ashobora kuzicwa umwanya uwari wose kubera kuvugisha ukuri kandi akaba adakorera kujisho ry’umwakagara nk’uko abandi bashumba babigenza kuko usanga baramya umwakagara ariko Pastor Antoine Rutayisire akaba atajya arya iminwa niyo arimo kuvuga ubutumwa imbere y’umwakagara.
Yemere yuko ibivugwa kuri KANJOGERA arukuri mugihe abandi bose bajya bahamagrwa kujya kwigisha mu ngando cyangwa mu sihuri ry’intore bavuga ko ibivugwa kuri Kanjogera atarukuri ahubwo ko yakundaga abana agakunda kubaha amata ko kuba yaricaga impinja zabanyiginya arukumusebya bitabayeho
Sinibuka neza umwaka ariko ni nka 2012 cyangwa 2013 yigeze abazwa muri media ikibazo cyamoko uko gihagaze ahita ababwira ati mu Rwanda amoko aracyahari ntibakababeshye,icyo kibizo ntahoncyagiye
ndongera nibuka 2012 ubwo nari mu itorero(intore) namubajije ibya coup. d’etat yo Ku rucunshu(abega vs abanyiginya)ahita ansubiza ati ibyo byarabaye rwose ndetse na ba bana kanjogera yicaga bari impinja z’abanyiginya mugihe mzee Kalisa Rugano we yari yatubwiye ko ibyo bintu bya Kanjogera ari ukubeshya ko ahubwo yakundaga guha abana amata ndetse wabonaga abivugana ubwoba bwinshi mpita nibuka 2015 muri ya masengesho yabayobozi ukuntu Pastor Antoine yatatse Rudahigwa akamuvuga ukuntu yar’umuntu w’Imana kandi akabivugira imbere y’umwakagara
ikigaragara ni uko Pastor Antoine Rutayisire ubona ko alinzwe n’Uhoraho kuko ntawe yikanga kandi ikiza akivuga uko kiri,nikibi akakivuga uko kiri ntabwo wamusanga mubinyoma by’abapastor bikigihe bihangishijwe kubaha umwakagara kuruta Imana yo mu ijuru.Gusa abamukunda bakwiye kumusabira kuko ashdobora kuba asigaje igihe gito mu Rwgasabo.
ikigaragara ni uko Pastor Antoine Rutayisire ubona ko alinzwe n’Uhoraho kuko ntawe yikanga kandi ikiza akivuga uko kiri,nikibi akakivuga uko kiri ntabwo wamusanga mubinyoma by’abapastor bikigihe bihangishijwe kubaha umwakagara kuruta Imana yo mu ijuru.Gusa abamukunda bakwiye kumusabira kuko ashdobora kuba asigaje igihe gito mu Rwgasabo.





