Amakuru akomeje kugera ku inyangeNews ari guccikana hirya no hino haba ku mbuga cyangwa nkoranya mbuga,cyangwa se kumaradiyo mu gihugu cya Kenya,bakomeje kujya impaka z’uburyo umunyaKenya Mr.Barack Obama yarongoye umugabo maze akaza kumuhindura umugore akoreshe ikoranabuhanga.
Nk’uko twabibagejejeho ubushize,nubu twongeye kubashakira inkuru zerekeranye n’umutegeka w’isi yose uburyo igihugu cya USA kitagira First Lady ahubwo ko bafite umwamikazi wisodoma n’igomorah
Nk’uko amakuru twakoreye ubushakashatsi,bugaragaza yuko uwitwa umufasha wa Obama Barack Hussein atari umugore ahubwo ko arumugabo wakorewe ikoranabuhanga kugirango asohoze ibyahanuwe mu ba Roma 2:1 gukomeza uhabona uburyo isi yangiritse kuva cyera.
