Amakuru dukesha umuryango wa Nkundabatware Gabin ariwe wa ciwe n’umuryango we, kubera gushaka Umukobwa wumuhutu-kazi witwa kwizina rya Umujawamaria Akimana bashakanye ku wa 19/12/2015 amakuru agera ku inyange News aravuga yuko,Umuryango wuyu musore ubu yabaye umugabo kuko yamaze gushinga urugo rwe!

Umubyeyi we uzwi ku izina rya Nkundabatware Patrice PaPa we,yafashe rutema ikirere aza guhagarika ubwo bukwe ariko biranga birananirana.Umugabo abonye yuko bimunaniye yahamagaje umudamu we uzwi ku izina rya Kamadia Dianne nawe afata rutema ikirere araza aragerageza biba iby’ubusa.
Bamaze kubona yuko Nkundabatware Gabin yafashe icyenezo cyo kubakana n’Umujawamaria Akimana,bahise bahamagaza inama y’igitaraganya maze bemeza yuko uwo musore warugiye kuba umugabo aciwe,ariko bibagiwe yuko baciye ise wa Gitwaza Paul ubwo yashakaga umuhutu-kazi w’Umurundi-Kazi, ngo kubera ko yariye inkoko kuko icyo gihe cyaziraga kurya inkoko mubanyamurenge, maze ise wa Gitwaza aba aciwe gutyo! mu miryango yabanyamurenge nyamara abo bamuciye nibo usanga birirwa bajya kumuhungu we, bamusaba za gahunda zo kubonana nawe(umubonano) cyangwa appointment none nyuma y’imyaka itabarika bongeye guca undi mugabo wo mu bwoko bw’Abatutsi biyita abanyamurenge.
Twibutse yuko uyu muryango utuye USA Taxis Boston;amakuru akomeza avuga bamaze kumuca mu nama yarigizwe numuryango wa “BASINZIRA BABAYIRA”, hamwe na Banyamurenge bose bakuze bari batumiwe muri iyo nama ubwo bumvikanaye ko nta muntu numwe uzataha ubwo bukwe bwabo kuko ngo arubukwe butejejwe n’imana za banyamurenge.
Bivugwa ko,abagize,umuryango mugari wabasinzira Babayira bagerageza kugirango bagarure ubwenge ku gihe,bwa Gabin wari wamaze gufata icyemezo cyo gushaka nuwo muhutu-kazi wamushimishije ariko bikaba iby’ubusa!Kuko Gabin yari yamaze gufata icyemezo gishingiye kurukundo,ariko ngo yaba yaranababagije impamvu bamwe barongora cyangwa bashakana n’abazungu-Kazi,ntibabace ariko we ushakanye na bene wabo bavuga ururimi rumwe bakaba bihutiye kumuca maze Babura icyo basubiza.
InyangeNews ivugana n’umwe mubanyamurenge utuye Boston USA ariko wasabye ko amazina ye atashyirwa ahagaragara,akaba asengera mu idini rya Pastor RUGUMBUGUZA MECHACK.yagize ati, “aba babyeyi bacu batwigisha agakiza ariko bo ubwabo ntako bagira mu mu mitima yabo”nigute batwigisha gukizwa tukigendera mu moko?
Ati birababaje kumva umuntu aturuka muri USA akaza mur’Africa gutandukanya abakundana kandi hano muri USA asize baca ibintu bigscika,Gabin turamushyigikiye ibyo byabaga kera tukiri RUGURU-IMURENGE VA KU GITI DORE UMUNTU.Bantu b’Imana mwitirirwa izina ry’Uwiteka birababaje kubona abantu barwana intambara zitari ngombwa twari tuzi ko abanyamu basirimutse byibuze bageze muri America,naho baracyari babandi?Mana we!!
Shaa wigiriye inama nziza,aba batutsi-kazi se wakabyara we basigaye barabaye abarozi-kazi kubera umwakagara,ugirango ntiwarebye kure,mupfa kuba mubigendanamo neza kandi mu byumva kimwe.Lata abahutu-Kazi baranubaha sinakaba bashiki bacu basuzugura ndetse na bwa bwiza bwabo bakaba basigaye babushyira ku karubanda ngo abahise nabagenzi birebere urumugabo pe!!! Turagushyigikiye rwose.