Amakuru aturuka mu gihugu cya Uganda mu murwa mukuru wa Kampala aratangaza yuko umwana w’umusita yaba atamerewe neza nabamurwanya cyane cyane abakomoka mu bwoko bwe bwanyankore-Hima-Tutsi.Amama Mbabazi na Ssejusa Tinyefuza ni muri bamwe batamumereye neza bamaze guhaga ingoma ye y’igitugu.
M7 wafashe ubutegetsi mu 1986 amaze hafi imyaka (30) kubutegetsi akaba yarinangiye kurekura ubutegetsi cyeretse babanje guca akaboko gafashe ingoma kadashaka kuyirekura kugeza gaciwe.
Uyu muco wabanyafurika wo kutava kubutegetsi cyeretse babanje gusiga bateje intambara kugeza abo bari bashinzwe kuyobora bahasize ubuzima ari nako batandukanya abanyagihugu bashingiye kumoko kugirango babone uko baguma kubutegetsi bimaze kurambirana abaturage bp ubwabo bakaba basabwa gufata icyemezo aho kwicwa nkisazi bakwiye gukumira ubwo bwicanyi mbere yuko bubaho bakamagana umutegetsi w’igitugu gishorewe n’ikinyoma nk’icya M7 n’umwakagara.
Akarere kamaze kuzahazwa na M7 hamwe n’umwanakagara babitewemo inkunga nabasatanisite bitwa Illuminati uyobowe na gatsiko kinkozi zikibi zikomeje kubuza amahwemo abatuye isi balimo uwitwa Roshchild uvuga ko uwo muryango wabo ubu umaze kugeza tiliyoni 500$ nibo bashyigikira inyeshyamba zo mu bihugu bifite ubukungu nka DR Congo mu byamabuye ya gaciro.
Amakuru avuga ko nibihugu bituriye inyanja na byo batabirebera izuba kubera ariho banyuza ibicuruzwa byabo by’ibiyobya bwenge byinshi kuko muri ayo mazi nta za bariyeri bahura nazo ngo zibahagarike zibabaze ibyo bacuruza.Ni muri urwo rwego igihugu cy’Ubushinwa nacyo cyahise kiyoboka izo nzira zo mu mazi maze gitangira kujya cyambutsa amahembe y’inzovu kandi bibujijwe yuko acuruzwa.
Ibihugu bikomeye kw’isi nta bwo bipfa kwemerera ibindi bihugu ko byahira hira bicuruza ben’ubwo bucuruzi kubera ko byitwa mpatse ibihugu kandi bikaba bikomeje gukontrol buri kimwe cyose gishoboka kijyanye nubutunzi kugirango hatavaho hakorwa ubucuruzi batahaye umugsha.
Aba banyagitugu bo mukarere bamaze kumenya iryo banga ndetse bakamenya imikorere yo mur’ubu buryo,byahumiye kumirari gahoro gahoro niko bagiye bamenyera system maze bituma batinyuka ba shebuja batangira kubareba igitsuri kandi kizira.
Kuba abantu bakongera gupfa izi nkozi zikibi nta cyo bizibwiye cyane ko arabahanga babanza bakagutega amategeko wamara kwica amategeko bazabona aho bazahera bagukura kubutegetsi abenshi bakorana nazo bajya barangiriza ubuzima bwabo mu nzu y’imbohe kugirango batamena amabanga yabo cyane ko baba baranze kwemera amategeko mu gihe izo nkozi zikibi zo zemera kubahiriza amategeko bagasigara bakorera munsi y’inyanja.
Ni mur’urwo rwego umwakagara na M7 badashobora kugira amahoro baramutse bavuye kubutegetsi ngo bazagire amahoro cyane ko baba barafashe ubutegetsi ku ngufu badakoresheje inzira ya mahoro na demokarasi bakajya kubutegetsi barakoze amabi avanzemo namahano bigatuma bemera gushinga ubwami butemewe nitegeko nshinga kubera gutinya guhura nibihano by’ibyaha bakoze igihe cyose bamaze kubutegetsi.
Ngiyi impamvu igiye gutuma ubutegetsi bwa M7 n’umwakagara bugiye gutuma abaturage bibyo bihugu bayoboye bikomeje kugwa mu mutego w’intambara za hato na hato kubera kudakozwa demokarasi ahubwo bakaba baramaze gushing ubwami butazigera buramirwa nababasimbuye.
M7 arashaka gutegeka imyaka 56 kugirango umuhungu we azabe amaze kugera kumyaka 71 urumva ko naho yamusimbura yaba amaze kugera muzabukuru kuburyo yaba afite uburambe muri politike y’ikinyoma mu gihe M7 we azaba 97 ahangaha wibaza nimba ari bo bafite urufunguzo rw’ubuzima bwabo bikakuyobera ubanza ariyo mpamvu bavuga yuko Uwiteka Imana adashobora byose kubera yuko babona ibyo bifuza byose babikora bigatungana bityo nabo ubwabo bakavuga yuko Imana idafite imbaraga bashingiye ku byo bakora bakabona nta ngaruka bibagizeho bagahera ahongaho bavuga yuko idashobora byose ugereranije n’abantu bishe bakaba babona yuko kugeza magingo aya bitarabagiraho ingaruka.
Biravugwa yuko M7 akomeje kugira ubwoba bwinshi cyane kuko yamaze kubona yuko aya matora agiye kuba mur’uyu mwaka dutangiye ashobora kutazayatsinda,akaba arimo kurwana nikipe izi umukino akina kandi igisirikare kikaba kitamushyigikiye nagato nubwo cyitwa icye ariko system yacyo imaze gusaza cyane kuburo nta byiringiro bihari wavuga yuko yazatsinda amatora kuko abanyaUganda bamaze kwishyira hamwe yaba ingabo cyangwa abanyapolitike akaba asigaye ahagaze ku kaguru kamwe kumuhungu we umurindiye umutekano mu bashinzwe kulinda umukuru w’igihugu.





