Home News Kuri uyu wa gatanu taliki ya 27 Gicurasi 2016,inteko ya bacamanza yo...

Kuri uyu wa gatanu taliki ya 27 Gicurasi 2016,inteko ya bacamanza yo mu ijuru,yanzuye imanza nshinjwa byaha,harimo na kimwe cy’icumu 10% cy’abaPastori namadini agendera kumtageko.

0

May 27, 2016 Kuri uyu munsi nteko ya bacamanza yo mu ijuru yateranye yatangiye imanza zabaregwa bakomeje gukiranirwa mu isi ya bazima isaha munani nigice [2:30] batangiranye urubanza rwa N⁰002/05/16/27, zamanywa za  hano ku isi ya bazima dutuyeho kuko mu ijuru nta masaha ahaba kuko hataba ibihe nkibyaha ku isi.Ntabwo hajya haba umwijima ahubwo hahora umucyo gusa.

Umunyamabanga akaba numwanditsi wurukiko yazanye imanza dossier zabaregwa azihereza abamanza bo mu ijuru bashinzwe guca imanza zabari mu isi ya bazima uko zikurikirana.Yazanye imanza z aba Pastor bakora umurimo w’Imana bigisha banaka kimwe cy’icumi abakiristo bayobye,bazanye urubanza cyangwa dossier yimwe mu miryango nterankunga ishinzwe gutera inkunga amadini ya gikiristo itegamiye kuri leta,bazana nurubanza rwabagore bitwa ba mukase(step mother) bajya bashaka mungo zabatandukanye na bagabo babo cyangwa bapfuye bagasiga intabwa cyangwa imfubyi barangiza bakazifata nabi.

Inteko yo mu ijuru imaze kwakira imanza yabanje kuzigenzura yuko zose zuzuye hatabuzemo ibisabwa byose.Nyuma yo fusanga byuzuye umukuru wabacamanza (umushinja cyaha mukuru)yafashe ijambo asaba umwinditsi wurukiko rwo mu ijuru gufungura imanza zose kumugaragaro akazisoma kugirango abacamanza bumve kandi bace imanza nk’uko ziri.

Ubwo mbere yuko basoma imanza umushinja cyaha mukuru wo mu isi akaba uwa gatatu mu ijuru mubashinzwe ibiremwa muntu byo ku isi yahise asaba umwanditse kuba aretse gusoma kugirango uhagarariye itangazamakuru ryo mu ijuru ku isi ya bazima Umuhanuzi Majeshi Leon abanze ahagere.

Akimara kuhagera umwanditsi yahise asoma imanza nk’uko ziri kandi nk’uko bisanzwe.Yatangiranye nurubanza rwa b Pastor bigisha kandi bakanasaba kimwe mu icumi 10% asoma urubanza rwabo avuga ko ngo bashingiye kubmenyetso smusiga byo kuba abashimba bigisha bakanasaba kimwe cyicumu 10% urukiko rwo mu ijuru rusanze abashumba batsinzwe nurubanza bityo rukaba rutegetse yuko bakimara kumenya yuko ibyo bakora binyuranye nitegekonshinga basabwe guhita bahagarika kwigisha no kwaka icya cumu 10% bakwanga bakarimbuka.Uko niko Uwiteka yanzuye urubanza rw’abanyamadini.

Kandi na none hakurikiriyeho urubanza rwo mu ijuru rwafashe urubanza N⁰003/05/16/27,ry’imiryango nterankunga ishinzwe gutera inkunga amadini yitwa ko akijijwe (born again)maze inteko ya bacamanza yo mu ijuru isaba umwanditsi wurukiko gusoma urwo rubanza yasomeye hagati y’inteko nabari bahari bumvaga urubanza ndetse na ‹LAWYER› mukuru wabaregwa “KING Jesus Christ”nawe yarahari kurubanza rwa mbere ntiyigeze yaka ijambo kubatsinzwe nurubanza wenda se kuba baba barenganye ndetse no kurubanza rwakabali narwo abacamanza banzuye bavuga ko imiryango nterankunga itsinzwe nurubanza kuko idatanga inkunga igambiriye gufasha umurimo w’Imana ahubwo ibikora yihishe mu madini ariko ikorera Sekibi umwanzi wabakiranutsi igambiriye kubuza abakora umurimo w’Imana kwizera kugrango bajye bahanga amaso abaterankunga maze ijambo ryo kwizera rshirire aho.

Basanze iyo miryango itsinzwe nurubanza umuvugizi mukuru wabakiranutsi ahawe ijambo yavuzeko ntacyo yongeraho.Abo nabo baba baciriweho iteka bo ntabwo bahawe agahe ko kwihana kuko basanze ibyo bakoze byose bari babizi kandi bari babigambiriye maze bahamwa nicyaha cyo guhemuka babigambiriye umushinja cyaha mukuru abasabira gushyirwa igehinomo (Umuriro utazima)

Urubaza N⁰004/16/27rwari urwabagore basimbura bagenzi babo mungo baratandukanye cyangwa habayeho imfu zatumye abana basigarana n’umubyeyi umwe,bakitwa imfubyi,urukiko rwasomewe izo manza numwanditsi wurukiko rusanga abagore benshi bajya bafata abana nabi cyane cyane iyo babyariye muri urwo rugo abumugore wa mbere bafatwa nabi cyane urwo rubanza narwo abacamanza basanze abagore bitwa bam ukase cyangwa (step mother)nabo bahise batsindwa nurubanza kuko umuvugizi atigeze yaka ijambo ngo abavuganire abajije nimba hari icyo yongeraho avuga ko ari ntacyo.

Abo abo bahise bacirwaho iteka kubakoze ibisa bityo,urukiko rwanzura kandi rusaba ko abasigaye bakwiye guhagarika ubugizi bwa nabi bakorera abana bimfubyi basizwe nabanyina bityo bakajya babafata nkabandi bana babo uko babafata akaba ariko bakorera nabandi byaba atari ibyo,bagacirwaho iteka ryo kujya muriro utazima.

Inteko yubucamanza imaze kurangiza umurimo wayo,yasabye Umuhanuzi uhagarariye itangaza makuru ryo mu ijuru akaba numwanditsi mukuru waryo ko yahita atangaza ibyemezo by’imyanzuro yurubanza nshinjabyaha by’urukiko rwo mu ijuru rwagezeho ku kinyamakuru inyangeNewss.com kugirango abatuye isi babashe gusoma no kumenya ibyemezo by’urukiko rwo mu ijuru rwafatiye abaciriwe imanza batuye ku isi yabazima.

Ubwo urubanza rumaze kurangira,abacamanza bo mu ijuru bahise bahereza copy z’urubanza rwo mu isi umwanditsi mukuru w’ikinyamakuru inyangeNewss.com kugirango azihindure(Translation from heaven language to the world language).Gukura mururimi rwo mu ijuru ukabishyira mururimi rwo mu isi.

Ubwo bakimara kumpereza izo manza natangiye kuzisobanura nzikura mururimi rwo mu ijuru nzishyira mururimi rwo mu isi kuko bavuga indimi zitari zimwe zikaba zitandukanye.Nuko nakoze umurimo wo gusobanura izo dossier zizo manza byantwaye amasaha agera kuri [4] mba ndazirangije maze nsigara ntegereje yuko mbona umwanya wo kuzitangaza kuko bwari bugorobye cyane kandi numvaga naniwe maze mpitamo kuzazibagezaho ku wa 28 gcurasi 2016.

Murizi manza nta kujurira kuzibamo cyeretse iyo umuvugizi mukuru abisabye iyo atabisabye uba uciriweho iteka biba birangiye burundu usigaje kuzajya muriro utazima.Ntibiba bigishoboka kwihana kuko uba warahawe igihe gihagije cyo kwihana igihe cyawe rero iyo kigeze biba birangiye!?Niyompamvu abantu musabwa kwirinda cyane kuko imanza nk’uko nabibabwiye zatangiye mu mwaka wa 2013 mutara 01st.

Abantu bashobora kutabiha agaciro kuko bumva ko,umwanditsi mukuru ushinzwe gutangaza imanza ari Majeshi Leon,ariko mwibuke yuko ibyahanuwe bivuga ko tuzicara ku ntebe [12] tugacira abantu(abanyabayaha) imanza kuko ariwo murimo Uhoraho yaduhitiyemo kuko we n’Umwami ntabwo yakwirirwa ahanganye na bana b’Abantu ahubwo twebwe abakunze gukiranuka kwe nibo bacamanza bazaca imanza zabatuye isi yose uko niko yabivuze mu gitabo cyo mu itegekonshinga(Bible) ubyizera abyizere utabyizera abireke guhomba n’ukwe s’ukwanjye.

May 28,2016 Inteko ya bacamanza yo mu ijuru yakomeje imirimo yayo kuri uyu munsi  nk’uko maze yanzura urubanza rwa N⁰005/16/28rw’uwahoze ari madame w’Umuhanuzi Majeshi Leon ‹Mukandirima Murekatete Odette› maze rwemeza bidasubirwaho ko kuva aho urubanza rwatangiriye yahawe igihe gihagije cyo kwihana cyane ko inteko yamwihanganiye cyane kuko yamutumweho uwahoze ar’umutware we uhereye bakiri kumwe muri 2013/2014 ariko avunira ibiti mu matwi.Kubera iyo mpamvu inteko yahise ifata icyemezo cyo kumukura mu isi ya bazima aho yarakomeje gukorana n’umwakagara mu izina ry’Umwami wabakiranutsi arwanya uwahoze arumutware we,ibyo  bituma inteko yanzura ko yakurwa mu isi akareka gukomeza kurosera umurimo wa data Uhoraho Imana ya bakiranutsi awiyitirira atariwo akora.

Nuko mbona Hon.Baricana Eugene yakiriye ibiriro bikomeye cyane umukwe yari Umuhanuzi Majeshi Leon naho umugeni yari mushiki we Murekatete ibiriro byagenze neza cyane ariko abagore benshi bari bafite akang’anonwa mu mutima hamwe nurwango rwinshi kubera gukunda imanza zibera batojwe ningoma y’umwakagara.

Hanyuma yibyo birori abatumiwe bakiriwe mu nzu mbera byombi maze bashimirwa kuba babashije kwitabira ibiriro ndetse banamenyeshwa yuko mu minsi yabugufi bazagaruka bakaza kongera gufatanya nabasangwa mubindi biriro by’umwana muto nawe ugiye gushyingirwa.Abari baraho bishimiye ibyo biriro bindi bigiye kuza kuko bari bazimaniwe amazimano arimo inkoko zitetetse neza(Intonrano)inyama ziterekerejwe.Bemezako nta shiti bazitabira uwo muhango wundi usigaye kubwinshi nubwiganze bwamajwi menshi cyane.

Inteko ybacamanza yo ijuru na none yakomeje imirimo yayo yanzura urubanza Urubaza N⁰006/16/28, rw’uwitwa Gikundiro Jules utuye muri America ahitwa Boston yemeza ko akwiye koherezwa mu gihugu cy’ubutayu bugufiya kugirango abanze yigishwe n’Uhoraho kubaha Imana akaba umwe mu banyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi (b’Abanyamurenge) akaba aregwa gusuzugura umwuka w’Uwiteka ukorera mu Muhanuzi Majeshi Leon inteko rero ikaba yafashe icyemezo cy’uko yinjizwa mu gihugu cy’ubutayu bategeka Malaika ubishinzwe kugenda akamwinjiza mu butayu ku ngufu z’ijuru kugirango amenye yuko no muri icyo gihugu atari mwijuru ko,umuntu ashobozwa kwinjira mu butayu kuburyo bworoshye cyane hatabayeho impaka izari zo zose.

Inteko kandi yameje bidasubirwaho urubanza  N⁰007/16/28, yuko ubutayu bw’Umuhanuzi Majeshi Leon,yanyuzemo bwose n’inzira zose yanyujijwemo,ko,izo nzira zose zafungwa kuko uwazinyuzwagamo,yarangije urugendo rwe!Inteko yanzuye ivuga,inkozi z’ikibi zose zagize uruhare mukwangiza ubugingo bwe,zose zihabwa igihano kandi bakamburwa ubwo bubasha bihaye ndetse imfunguzo bajyaga bakoresha bakingura amarembo agana mu gihugu cyo mu butayu,zihabwa Umuhanuzi Majeshi leon kugirango azajye atumwa kujya gukura abantu muri ubwo butayu kuko ariwe wabwigishirijwemo kandi akaba abuzi neza yarabuzengurutse bwose akaba abuzi neza cyane kurusha abandi bose babunyujijwemo kuko batigeze bategereza ko baburangiza ahubwo babucikirijemo hagati bituma bamburwa ikizere bafatwa nkabanyabwoba batinya urugamba rw’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Inteko ya bacamanza yo mu ijuru ikimara kurangiza imirimo yayo yasabye umuvugizi mukuru wabakiranutsi nimba yafata ijambo ariko Umwami wabakiranutsi ababwirako ntacyo yongeraho kubyo bakoze kuko babikoranye ubugwaneza no gukiranuka kuko azirana ni manza zibera zitagira ubutabera akaba ariyo mpamvu yitwa Umwami wo gukiranuka.

Inteko yahise isaba umwanditsi mukuru akaba anahagarariye itangaza makuru ryo mu ijuru ‹INYANGENEWS HEAVEN MEDIA AGENCY› Majeshi Leon ko ahita atangaza aya makuru yubucamanza bwo mu ijuru kugirango abo bireba bamenyeshwe imanza zabo uko zagenjwe numwanzuro w’inteko yabacamanza uko yanzuye imanza zo gukiranirwa barezwemo n’umushinja cyaha mukuru wo mu ijuru (Holy Spirit) mwuka wera yabareze gukubaganira abakiranutsi no kubarwanya bitwaje yuko babarusha imbaraga kandi ubutegetsi bwo mu isi bubashyigikiye maze inteko igenzura ibyo birego isanga bahamwa nurubanza bahabwa ibihano bibakwiriye.

Umuhanuzi Majeshi Leon aramenyesha abatuye isi bashobora kuba basoma ikinyamakuru cyo mu ijuru inyangenewss.com,yuko bakwiye kuba maso cyane kuko imanza nshijwa byaha zo mu ijuru zatangiye zikaba zimaze imyaka (4) zitangiye bityo akaba abasaba kuba maso kugirango mutazacirwaho iteka kandi mujye mukurikirana ku kicaro cy’urukiko ahabera imanza INYANGENEWS HEAVEN MEDIA AGENCY  kuko niho hazajya habera imanza z’urukiko rwo mu ijuru turabibutsa ko umuvugizi mukuru w’urukiko ar’Umwami wabakiranutsi witwa “YESU KRISTO WAPFUYE AGAHAMBWA KUMUNSI WA GATATU AKAZUKA”.

Umushinjacyaha mukuru akaba Mwuka wera,nawe akaba umufasha wabakiranutsi,akaba kandi numushinjacyaha wabakiranirwa.Nuko rero musabwe kuzajya munyura kucyicaro cy’urukiko rwo mu ijuru kugirango mubashe kumenyeshwa iby’imanza nshinjwa byaha uko zagenze muzajye muburira abazaba batabashije kuhagera mu gihe muzajya mubona amazina yabo kugirango bamenye yuko imanza zabo zagenze bareke gukomeza gusenga Imana kandi bariciriweho iteka kuko bazaba batakaza umwanya  wabo wubusa ahubwo bazikorere ibikorwa bindi byabagirira umumaro mu isi yabazima kuko bazaba basigariye kujyanwa muriro w’iteka ryose.

Ikindi kandi inteko yo mu ijuru yanzuye urubanza urubaza N⁰008/16/28mwuka wera yasabye inteko yabacamanza yo mu ijuru yuko ministeri y’Imari yo mu ijuru ikwiye guha Umuhanuzi Majeshi Leon budget yo gukoresha mu ngingo y’Imari y’umwaka wa 2016/7 kugirango habashe kurangizwa ibikorwa remezo by’umurimo w’Imana yasabwe gukora n’Umwami wabakiranutsi.Hemejwe ko,minisitiri ushinzwe Imana n’Ubukorikori bizageza ku wa kabiri taliki ya 31st gicurasi iyo budget yamaze gusinywa ndetse yahawe check kugira atangire imirimo ye nk’uko yayisabwe n’Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo imfura mukuzuka haba mu isi cyangwa no mu ijuru.

Iki cyemezo kirareba ababishinzwe bose bakimara kumenya cyangwa kubona umwanzuro w’inama y’inteko zo mu ijuru basawe guhita bashyira mubikorwa ako kanya ibisabwa kugirango umwanzi adakomeza kwangiza imirimo y’Uhoraho no kugirango abasaruzi babashe guhabwa ibikoresho bakore imirimo yabo neza batavuga ko twabarangaranye bityo harangizwe imirimo basabwe gukorera Uhoraho uko niko Uhoraho abitegetse.

Umwanditsi w’itangaza makuru ryo mu Ijuru.

Umuhanuzi Majeshi Leon.

Amina.

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar