HomeNewsIntorehamwe,n'Imbonerakure mu mugambi wo kurimbura abanyarwanda!

Intorehamwe,n’Imbonerakure mu mugambi wo kurimbura abanyarwanda!

June 16th ,2015 Ijambo ry’Uwiteka riinzaho rirambwira riti,mwana w’umunutu dore muri gakondo yabakiranutsi bagiye gufata abahoze mu ngabo bose bavuye kurugerero maze babasubize mu ngabo kuko umwakagara yasatiriwe cyane arakeka ko agiye gukubitwa ikibatsi nabo yita abanzi bagihugu nyamara abo nibo bakunzi bacyo uko niko Uwitek avuga.

Dore imbonera kure zabarundi zizahungira mu Rwanda zizivanga n’Intore hamwe za fpr bazakora amahano kuko umwakagara arashaka imbaraga zo kurwana ngo adakurwa ku ntebe ya bukunzi uko niko Uwiteka avuga.

Dore batangiye gukoresha amanama yo hirya no hino kubera gutinya bamaze kugira ubwoba kuko bamaze kubona umuhero wabo nyamara se kandi ntibavugaga ko arabagabo?Uguhiga ubugabo muratabarana bwira umwakagara uti hama hamwe wahisemo intambara mubigeragezo bitatu wahawe

Inkota ,inzara ,n’Intambara,ngaho rero hama hamwe dore biraje kandi ni wowe bihiga maze ukomere ushikame urwane n’ijambo ry’Uwiteka kuko wavuzeko ngo intambara yo urayemera kandi witeguye kuyirwana uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa igihugu cyose banyanyagiza za magigiri hirya no hino bagenda bumviriza umuntu wese ushobora kunegura leta,kugirango bahite bamutambikana ,mbona ubwoba bwinshi mu gihugu bukwiragizwa hirya no hino kugirango abantu batinye umwakagara ntibatinyuke kwifatanya nabakunzi bigihugu yita ko arabanzi.

Spear1Ahagana mu masaha kumi nebyeri z’umuseke ,ijwi ry’Uwiteka rirambwira “The Rhema word”mwana w’umuntu dore umurwa mukuru w’urwagasabo bimeze nabi cyane kuko bahisemo gushing amacumu ayo bunamuye IBUNYABUNGO,NIYO BAGIYE GUSHINGA IMBERE MU GIHUGU.

spear2Burira ubwoko bwanjye ngo IBIKOMEYE BIRAJE MWABYUMVISHIJE AMATWI,ARIKO NONEHO MUGIYE KUBIREBESHA AMASO KU MASO UKO NIKO UWITEKA AVUZE.Ni uko mbona umuhanuzi ,n’umuhanuzi mukuru bongererwa inshingano zo kwandika no guhanura ibigiye gukorerwa muri gakondo yabakiranutsi,nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu bwira umuhanuzi mukuru uti,tegura ikaramu n’impapuro zo kwandika mu gitabo cy’ibyakozwe by’amateka ya gakondo yabakiranutsi ibigiye kuba muri icyo gihugu uko niko Uwiteka avuga

Mwana w’umuntu dore abanzi bamasezerano y’Uwiteka bahagurukiye kurwanya umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe kugirango bateshe agaciro umuhamagaro we,nyamara ni wowe ukwiye kurwana iyo intambara kugeza uyitsinze uko niko Uwiteka avuga

Dore hahagurutse abadayimoni bimpanga bafatanye umubiri umwe ariko ibihanga byabo badayimoni ni bibiri abo nibo baguhagurukiye hamwe n’umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe kugirango bateze intambara zo gutekereza ukubiri kumurimo w’Uwiteka none menya uko ugenza kandi umenye ubwenge kugirango utazakorwa nisoni uko niko Uwiteka avuga.

Mwana w’umuntu dore inteko yabagize akanama kigihugu mu gihugu cya Kenya,bagiye gukora inama,yo kwiga kumukuru w’igihugu wunguirije Samuei William Ruto,baravuga ko yasahuye umutungo w’igihugu mwinshi bityo bakaba bashaka kwiga kuri icyo kibazo niba yakurikiranwa cyangwa atakurikiranwa kugirango bidateza izindi mpagarara muri icyo gihugu uko niko Uwitekaa avuga.

Mwana w’umuntu dore umugisha uraje nyamara ni wowe wifuza,humura dore ibyo Uwiteka yakuvuzeho byose agiye kubisohoza kugirango umenye yuko nd’Uwiteka Imana yawe y’Abraham ,Issack,na Yakobo.

Mwana w’umuntu dore inkozi zibibi z’umwakagara zongeye kwemeza kongera kwisuganya kugushakisha ngo zirebe ko zaguca igihanga,nyamara ubuhanuzi bubageze murutwariro ntakundi babigenze nta niyindi migambi bafata usibye kugambirira kugira nabi mu cyimbo cyo kwihana kugirango nibura Uwiteka abagairire imbabazi uko niko Uwiteka avuga.dore azakurinda azakomeza kuguhisha kugirango usohoze umurimo w’Uwiteka maze ibyo yasezeranije abakiranutsi bibone gusohora.

Mwana w’umuntu dore abana bab’abantu barimo barakuvuga cyane uyu munsi wose niwowe wabaye ikiganiro nyamara ibyo bavuga nibitabafitiye umumaro,aho kugirango bumve kandi batege amatwi ibihanurwa,ahubwo bashyuhijwe no kwicazwa ikibero bakuvuga.

Babaze uti,mbese ibyo muvuga umugaragu wanjye mwibwira ko nta byumva?Ese niki mwakwishoboza kubyahanuwe kugirango mubihagarike?Nta na kimwe mwabikoraho usibye kwihana mukagarukora Uwiteka Imana yo mu ijuru maze nawe akabagirira ibambe.Ariko nimukomeza kunangira imitima yanyu,nta kabuza ko muzamera nk’Isodoma n’Igomorah uko niko Uiteka avuga.

Dore ubwoko bw’Abatutsi bagiye gusahuranwa igihugu cyabo vuba vuba kubera kutizera umutekano wabo wo mu minsi iri mbere,nubwo bakurwanya,bakurwaniriza muruhame ariko buri umwe iyo afashe inzira agiye iwe,bagenda barushaho kwemera ubuhanuzi ndetse bakifuza kumenya ibyabwo dore bamwe bashyizeho abantu bazajya bakurikirana ubwo buhanuzi ushyira ahagaragara kugirango bamenye ibyabwo bityo bazigera bafatwa barimo kubusoba kugirango bitazavugwa ko bahindutsew abaigishwa bawe abo sinzabura kubagirira neza kumunsi wa makuba kuko bizeye ijambo ry’Uwiteka uko niko Uwiteka avuga.

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments