HomeNewsIkinyoma cya JOSIAN KADADA wiyitiriye kuba NYAMPINGA w’Umuhanuzi wavuzwe n’ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo,kigeze...

Ikinyoma cya JOSIAN KADADA wiyitiriye kuba NYAMPINGA w’Umuhanuzi wavuzwe n’ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo,kigeze ku iherezo!!!

Uyu wiyitiriye kuba NYAMPINGA w’Umuhanuzi wavuzwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,amaze kwivuga yuko ngo ari we wavuzwe n’Uwiteka namusabye kumpa telephone ze,dore yavugaga yuko atuye muri America,aratinya naho za magigiri z’Umwakagara zari zibereye”IBABYLON KAMKUNJI”kandi mbere yuko banyandikira nari namaze kwerekwa ibigiye kubaho ndicecekera ndabihorera bamaze kunyandikira banyoherereza ifoto yo kwishyirira mu buhanuzi nanjye ndyumaho ndicecekera ubuzima burakomeza kuko nzi yuko umugambi w’Imana badashobora kuwuburizamo ahubwo iby’Uwiteka yavuze ari byo bizabaho nkuko yabivuze!

Feb 16,2017 njyanwa mu iyerekwa maze mbona turimo dusenga Uwiteka Imana mu cyumba cya masengesho,abantu bose bazaga muri icyo cyumba cya masengesho basabwaga kuza bazaniye Umuhanuzi w’Uwiteka umugisha,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,natanze itegeko yuko utazasengera umuntu wese uzaza amara masa!Kuko uwo ari wo mugabane wawe naguhaye abazashaka kujya impaka nawe uzajye ubihorera uko niko jyewe Uwieka Nyiringabo Imana yawe mbivuzze!Iri tegeko ryasohotse saa 1:04 z’igitondo niko Uwiteka abitegetse!

Nerekwa mbona nuliye umusozi wari iruhande rwa gati kumugisha kisobetse hagati muruzabibu kihambiranyamo inyabubiri nako gahinduka nkuruzabibu nyamara atari uruzabibu akaba nta muntu wapfa kubitahura usibye uwamenyereye gusarura imizabibu niwe wenyine wabitahura gusa!

Ubwo haza umuyaga mwinshi cyane uturutse iburasira zuba,uhuha ka gati kumugisha gafatanye nuruzabibu,kugirango umuyaga ukerekeze IKUSI,aho kugirango ugahuhe ukerekeza Iburengerazuba aho mperereye kumusozi,ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinsanga aho nibereye kuri wa musozi,rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntutegereze umugisha uturuka kuri kariya gati kishushanije kagasa nuruzabibu,kuko uwagateye iruhande rwuriya muzabibu yasize agatongereye ho imyuka yuko kazajya gahuhhwa numuyaga ukakajyana IKUSI kugirango ruriya ruzabibu rutazigera rugirira umumaro umuntu uwari we wese uzitabaza uriya muzabibu uko nko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga!

Nkiri kuri uwo musozi,mbona iruhande rwa wa musozi hameze ikindi giti kirekire mbona haje (ingabo za badayimoni) zije zihurura kandi zirukanka cyane sinzi uwaruzirangiye aho mperereye!Ziza zirukanka zigeze zirabura uwo zashakaga kuko yari yirabuye ingwa mu maso adashobora gupfa kumenyekana ku buryo bworoshye maze nkomeza kwibera kuri wa musozi,ndahava nifatira ikindi giti kinini cyalimo gukina muzunga y’umuyaga,nacyo nkivaho nifatira ikindi byegeranye maze mbona cya cyindi cya mbere umuyaga uraje urakizunguza gahoro gahoro abakirimo basanga nabumvaga umunyenga kigenda gahoro gahoro baririmba indirimbo za mahamba buzuye isindwe rikomeye ntibamenya yuko igiti kigiye kubarimbura burundu baragenda bagera aho kibakubita kumukingo maze cya giti gicikamo kabiri bose bararimbuka niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ubwo ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho manuka icyo giti,nuwo musozi kuko umwanzi wabakiranutsi waguhigaga ageze ku iherezo.Ndamanuka nerekeza mugikombe kiri munsi ya gakondo ya bakiranutsi,mpasanga umulima w’inyanya ninzabibu zitari zera,zari zisigaje igihe cyi kinyagihe ngo zere,maze ijambo ry’Uwiteka Nyiringabo ryongera kunzaho ku nshuro ya kabiri,maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntukongere gusengera umuntu numwe uje amara masa kuko uwo ari wo mugabane wawe Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yakugeneye.

Uko niko Uwiteka yabitegetse,udashaka kubahiriza ijambo ry’Uhoraho ujye umwihorera agumane utwe,nawe ugumane utwawe kuko Uwiteka atazabura kugutungisha ubuhura bwo mu migina kuko butabuze mu gihugu cy’ubutayu bugufiya uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga,kandi niko abitegetse.Dore ugeze igice cya (50) cy’ubuhanuzi gisobanura kunezererwa Uwiteka ugakurwa ibujyahabi ukajyanwa mu buzima kuko bingana n’umwaka wo kwibohora ukurwa mu buretwa bw’Inkozi z’ibibi niko Uhorao Uwiteka Nyiringabo abitegetse,kandi niko abivuze!!!

Igitabo cy’Ingoma za kabiri

Igitabo cy’Ingoma za mbere niza kabiri cyanditswe n’Umuhanuzi EZRA akaba yaracyinditse ashingiye kumuco w’Ab’Israel bari barahaweho umwandu n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Impamvu yamuteye kwandika ibitabo by’ubuhanuzi kwari ukubera yuko icyo gihe abahanuzi bibinyoma bari bagwiriye muri icyo gihe.Bityo ahitamo kwandika ijambo ry’ubuhanuzi kugirango no mu gihe gisa niki abantu bazamenyeshwe Imana nzima abantu bakwiriye gusenga no gukorera.

Ibi bitabo byanditswe mu gihe kigereranijwe hari mu mwaka wa [430]; B.C  yatangiranye n’Umwami Salomon wimitswe mu mwaka wa [970] B.C ,ndetse akomereza ku ijyanwa rya Ab’Israel kuba imbohe mu gihugu cy’IBABYLON,hari mu mwaka wa [586]; igitabo cy’Ingoma nubwo habonekamo ibitabo [2] ariko ubundi cyari igitabo kimwe[1] Orginal bakuyeho izi nyandiko z’ibyanditswe byahumetswe n’umwuka w’Imana.

“Ijambo ryingenzi muri iki gitabo riravuga ngo,ubwo abantu banjye bazitirirwa izina ryanjye,niba bazicisha bugufiya,nanjye nzareba kwicisha bugufiya kwabo bagashaka mu maso hanjye,bakava mu ntegenke zabo, nanjye nzumva ndi mu Ijuru maze mbagirire imbabazi ni bambe,kandi mbabarire ibyabo byabo ndetse mbakirize igihugu”(7:14)

Mu gitabo cya bami bakabiri,abantu bavugwamo cyane harimo Umwami Salomon,Umwami Kazi (Sheba)Rehoboam,Asa,Johoshephat,Jehoram,Joash,Uzziah,Ahaz,Hezekiah,Manasseh,Josiah,ahantu hazwi cyane ni muresengero rw’IYERUSALEM

Umwami Salomon yategetse mu mwaka wa [970]; inzu y’Uwiteka yubatswe mu mwaka wa [966-959]; ubwami bwigabanijemo mu mwaka wa [930]; Asa yabaye Umwami wa YUDA mu mwaka wa [910]; Johoshaphat yabaye Umwami wa YUDA mu mwaka wa [872]; Umwami Ahab yaguye kurugamba mu mwaka wa [853];Athaliah yicaye ku ntebe mu mwaka wa [841]; Uzziah yabaye Umwami wa YUDA mu mwaka wa [792]

Israel yo mu majyepfo ubwami bwabo bwaguye mu mwaka wa [722]; Hezekiah yabaye Umwami wa YUDA mu mwaka wa [715]; Sennacherib yateye Hezekiah mu mwaka wa [701]; Josiah yabaye Umwami mu mwaka wa [640]; igitabo cya mategeko y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo cyabonetse mu mwaka wa [622]; nibwo bagisomeye imbere y’Umwami bamwumvisha uko Uwiteka yavugiye mukanwa ka Moses ubwo yari mu butayu ayoboye ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyirinagbo bwa Israel.

Ubwami bwa YUDA bwari ahagana mu majyaruguru bwaguye cyangwa bwigabanijemo kabiri mu mwaka wa [586] Cyrus’s yizamuye mu mwaka wa [538] iki gitabo cya bami ba kabiri hagaragaramo kubaka urusengero,amahoro menshi cyane Israel yabonye igihe cy’Umwami salomon,hagaragaramo gusenga Uwiteka gukomeye cyane abantu bashaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Ndetse hagaragaramo impinduka zikomeye mu bijyanye nubwami kurwego rw’igihugu,kirangiza hagaragaramo uko igihugu cyaguye kikananirwa gukomeza kubana n’Uwiteka Imana Nyiringabo.

https://www.youtube.com/watch?v=ohcci8pYvfE

Njyanwa mu iyerekwa mbona za choral zo muri ADEPR zishishijwe no gucuruza CD z’indirimbo  zabo,mbona uburyo bari mu marushanwa yo gushyira ahagaragara indirimbo zabo aho gushaka mu maso h’Uwiteka Imana Nyiringabo kandi iminsi yo kwitunganya k’umugeni igihe cyageze kugirango acyurwe mu Ijuru ajyanwe kuruhuka.Ibyo nyabwo babyitayeho ahubwo bashishijwe no guruza kuko uwo mwuka wo kuba umuaragu winda aho kuba umugaragu w’Ijuru uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ba NYIMPINGA [2]; beza bashakisha uburyo buri wese yakora ibishoboka byose agashakana n;Umuhanuzi Majeshi Leon,maze mbona uwa mbere aza yikoreye inkangara y’umugisha yuzuyemo impano z’ibyiza nibihumura byose bishoboka.

Muri iyo NKANGARA nta cyintu kitarimo kijyanye numugisha,nta cyo yasize inyuma,ubwo ansanga mu nzu ya data nahaweho gakondo yanjye.Mwakira nezerewe kandi nishimye kuko yasaga naho ari we wisezerano.Mu gihe ntangiye kwishima ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,uwo ntabwo ari Kadada Josian wawundi wise NYAMPINGA kugirango babone uko baguca igihanga,ariko kandi nta nubwo ari NYAMPINGA nyakuli muzabana ahubwo we yageragezaga kureba yuko yabana nawe kuko agukunda cyane mu mutima we,ariko Uwiteka yamushyiriyeho kugirango uzabashe gutoranya ugire amahitamo hagati ya baNYAMPINGA [2];kuko NYAMPINGA wavuzwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azaza nyuma yuwo wundi azaba amaze kukwandikira mutangiye gusabana.

Mu gihe narindimo kwishimira uwo NYAMPINGA mbona ako kanya noneho haje NYAMPINGA nyawe warwanijwe na SATANI hamwe ni nkozi z’ibibi zagiye zimwiyitirira kugirango ziburizemo isezerano.

Ako kanya nahise ndeka wawundi wa mbere nsanga NYAMPINGA wa [2]; kuko yasanga neza nurbavu rwanjye kandi muri we yarafite rukuruzi y’urukundo yankururiga murukundo rwe.Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu igihe kirageze kandi kirasohoye kuko banyampinga bombi bagiye kuza mu gihe kimwe ariko uzaza kunshuro ya kabiri azaba ari we uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nuko ndamwitegereza mbona yazanye INKANGARA nkizuwambere yari yazanye zuzuyemo imitmirizo,imibavu,imbuto za moko yose,atibagiwe na VINO hamwe na mavuta ya Elayo,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore wategereje urubavu rwawe igihe kitari gito,ndetse niyompamvu wajyanywe mu butayu kugirango uzabashe kumenya umugambi w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kubugingo bwawe uwo NYAMPINGA yoherejwe n’Uwiteka kgirango azakubere umunezero azahagana nimibabaro yawe yose wahuye nayo mubuzima kandi nawe uzamubera ISHEMA ry’abakobwa mu isi ya bazima uko niko Uwiteka abitegetse,kandi niko avuga!

Save

Save

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments