HomeNewsIgice cya (51) cy’ubuhanuzi

Igice cya (51) cy’ubuhanuzi

Feb 28, 2017 Ubwo nari nirambitse kugisasiro ngirango nduhuke kuko narindangije igice cya (50); cy’ubuhanuzi,ubwo ntangira kwirebera film z’aba magigiri babigize umwuga, atari za zindi z’umwakagara zigendera kumagambo ya bacyekuru bashaje bafite imyaka ya za [60]; barimo Beatrice Abandi Manzi umwegaKazi w’UMUHENDA,utuye muri Canada, na Mukashema Esperance w’UMUGESERA‘ utuye mu Buhollande bahora bagambirira kumena amaraso ya batariho urubanza bahereye ku Muhanuzi w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Majeshi Leon uhora abagezaho ijambo ry’ubuhanuzi buturuka k’Uhoraho Imana ya bakiranutsi.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,umwanya wawe wo kuruhuka ntabwo uragera kuko umwanzi amereye nabi ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Nuko rero burira ubwoko bwanjye busome Igice cya (15) cy’ubuhanuzi cyanditswe n’Umuhanuzi Majeshi Leon umugaragu w’Uwiteka wemeye kuba incungu ya bene data uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Musome ijambo ry’Uwiteka kandi mugabanye amasaha yo kuruhuka kugirango mubashe gusoma no gukurikirana ijambo ry’Ubuhanuzi rya buri munsi kugirango rirusheho kubakomeza uko niko Uwiteka avuga.

Dore hagiye kubaho amategeko nudutegeko bizarushya abera,none musenge kugirango Uwiteka azabacire icya nzu kuko Uwiteka azaba hafi yabizera ijambo rye,mureke kudamarara kuko iyi ntambara ari ndende izafata igihe kinini muhanganye n’umwanzi murimbuzi ushaka kubariganya ubugingo bwanyu,ariko muhumure kuko abo Umwami Yesu Kristo yafashe mukiganza nta numwe uzabavununura mukiganza cye uko niko Uwiteka avuga.

Igice cya (50) cy’ubuhanuzi

Njyanwa mu iyerekwa mbona habaho ububyutse bukomeye cyane hakorwa ibitangaza bikomeye bitigeze bibaho mu isi ya bazima.Ibimuga bimuguruka,abapfuye bazuka!Impimyi zibona abazimu na badayimoni bava mu bantu b’Imana Uwiteka Nyiringabo.Ibipfamatwi bifunguka amatwi yabyo,Uwiteka mbona akoze ibitangaza bikomeye cyane maze abadayimoni ni nkozi z’ibibi Babura urwinyagamburiro.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ububyutse bwuzuye imbaraga z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo buraje kandi buzanye nimbaraga z’umuzuko ndetse nizo kwica urupfa ni byaha byazanywe n’umwanzi kugirango abantu b’Uhoraho bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bamenye yuko ari we Mana yaremye Ijuru nisi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze umwuka w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo urambwira uti,mwana w’umuntu,dore intambara irabaye kandi vuba cyane kandi ingabo z’Umwakagara RDF/KDF zagiye kwiga mu mahanga bagize amahirwe kuko itazabasanga mu gihugu abongabo barahirwa kuko ntabugome bagize bakora mu mirimo yabo ya gisirikare ahubwo banezezwaga no gukora imirimo yabo nk’uko bikwiriye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mbona Ijuru ryohereje Malaika kuza gutwara umugeni wa Kristu muri gakondo ya bakiranutsi,maze ndabwirwa ngo mwana w’umuntu burira abantu banjye biyeze vuba kandi neza kuko umugeni arazamuwe akuwe mu isi ya bazima aho atazongera kubabara ukundi kandi ubabwire banezezwe ni uko bazamuwe kuko baruhuwe imibabaro yo mu isi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa murindi yerekwa mbona mu gihugu cy’IBABYLON, bakora umusako wabafite imbunda (intwaro) bazitunze ku buryo bunyuranije na mategeko.Maze mbona abaturage banze kuzitanga ahubwo barazihisha mbona bose bemeye kujyanwa mu gihugu cyabo gifite ubutayu bukomeye cyane.

 

Maze bemera kwinjira mu butayu aho kugirango batange izo ntwaro,mbona baheze mu butayu bugufiya,ubwo mpabon umugore warurimo abaza imbaho zo kubaka ariko azibariza mu butayu bugufiya.

Mbona n’Umuhanuzi nawe arimo kugukurikirana ibibera mu gihugu cy’ubutayu bugufiya maze mbona ahasanze amafi [2]; akaranze mu mavuta,mbona yigiye imbere gatoya nabwo ahabona ayandi mafi [2]; mabisi nutundi [3]; dutoya tubisi dusa naho tukiri tuzima.

Mbona zose arazifashe azishyira mu envelope nziza yariraho mu butayu maze mbona afashe umwitozo yarafite mubutayu maze ava muri ubwo butayu ariko ataraburangiza haza utujojoba twimvura kuko imvura yarikubye cyane kandi bigaragara yuko igiye kugwa ari nyinshi kandi ikanyagira abanyababylon bibereye mu butayu bugufiya bakaba batanashaka kubuvamo.

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore imvura iraguye kandi ije ari nyinshi cyane,kandi abahatuye baranyagiwe ariko wehoho uzanyagirwa naturiya tujojoba tukunyagiye ariko imvura nyirizina ntabwo izakunyagira kuko Uwiteka Imana Nyiringabo yagambiriye ku kugirira neza nk’uko yabigambiriye kuva cyera uko niko Uhoraho Uiwteka Nyiringabo ari we Mana yawe uko niko Uwiteka avuga.

Mar 1, 2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,wihangane ukore mu gihe gikwiriye ndetse no mu gihe kidakwiriye,kuko ibintu birakomeye cyane kandi cyane ndetse bigeze aho bitasubizwa inyuma naho bakwiyiriza bakebagura imibiri yabo ntabwo bashobora gutabarwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Dore aka kanya inama irateranye kandi bageze kucyo bise “The Final Report for the Last Proposal of the Project” bemeje yuko Umwakagara acibwa igihanga kuko yinangiye umutima kandi akaba yarasuzuguye amahanga yerekana yuko ari we wigize uko ari,kandi yuko imbaraga zose afite zikomoka kuri we wenyine ndetse na mahanga yamufashije kugera kubutegetsi akaba yarasuzuguye cyane ayereka yuko atagifite imbaraga nubushobozi bwo kuba bamukura ku ngoma.

 

 

 

Igiteye agahinda gakomeye abambari be bose bamaze kumenya yuko Umwami wabo agiye gucibwa igihanga,niyompamvu wabonye yaba ministiri w’Ingabo,yaba abasangirangendo bose bacitse ururondogoro!Umwakagara aragerageza kubasubizamo imbaraga ariko byananiranye ndetse ntawuvugisha undi kuko bazi neza yuko intambara Umwakagara atazayitsinda uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

Umwiherero bagiyemo nta cyo wabamariye kuko bajyanyeyo imibiri,ariko imitima yigira ahandi.Nuko rero kubera izo mpamvu ntukwiye kuruhuka udatangaje ubu butumwa kugirango batazavuga ngo ntibamenye kuko nta cyo bazabona cyo kwireguza imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana ndetse ni mbere y’ubutabera bwamahanga bugiye kuzabakanira urubakwiye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

 

 

 

Dore biringiye abantu bananirwa kwiringira Uwiteka,nyamara ijambo ry’Imana riavuga ngo”uwiringiye umuntu avumwe”!!!Uko niko bigiye kugenda kuko bananiwe kwiringira Uwiteka bamusuzuguza Umwakagara aba ari we uhinduka Imana yabo baramuramya baramusingiza ahinduka imana yabokandi ar’umuntu.

Nicyo cyatumye ubwami bwe buvumwa n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kubera bagaragiye umwicanyi wamennye amaraso menshi atagira ingano mu isi ya bazima niwe muntu wa mbere wamennye amaraso menshi cyane kurusha abandi uko niko Uwiteka avuze!

Dore igiye kiragiye burira ubwoko bw’Uwiteka bwananiwe gukiza amagara yabwo,binjire mu masengesho kuko ibintu bikomeye cyane kurushaho kuko noneho bitakiri ubuhanuzi ahubwo bwamaze gusohoza umurimo wabwo niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Inama barayirangije kandi bemeje yuko Umwakagara acibwa igihanga abandi bose bakazafatwa bagashyikirizwa inkiko ndetse igitangaje urukiko ruzababuranisha rwamaze gushyirwaho mu ibanga igisigaye nugutangaza aho ruzakorera Umwakagara bamaze kumuca igihanga nk’uko yagenje kubandi kuko uwicisha “INKOTA”ariyo nawe azazira uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumbwira ibigiye kubaho muri gakondo ya bakiranutsi.Ndabwirwa ngo”ubu butumwa abantu ntabwo babuhakana”,bwarabwemera ariko bananiwe no gufata ibyemezo byo gukiza ubugingo bwabo kubera umwuka wo gukunda ibintu no kwiyanga mu gihe bibwira yuko ari ukwikunda nyamara injereri zigiye kujwigira mu matwi yabo kuburyo bazavuga ngo”Iyo menya nari kugira gutya natya niko Uwiteka avuga.

Burira abera bihane bishyure imyenda abo bayifitiye kuko nta mukiranutsi uzinjira ahera cyane afite umwenda uwari wo wose!Udafite uko yishyura nasabe imbabazi uwo afitiye umwenda kugirango bisange yejejwe kuko ahasigaye arah’intwarane kuko intwari zitaka zinyinyiriwe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mar 1, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona turi murusengero dusenga,ariko urwo rusengero rwasaga nurw’Abatutsi gusa!Umupastori yari umututsi maze mbona dutegereje yuko umuyobozi mukuru ahagera maze tugatangira gukora amasegesho ariko mu gihe twari dutegereje yuko umuyobozi mukuru aza,twaririmbaga indirimbo zo kuramya no guhimbaza.

Ubwo ntabyatinze umuyobozi mukuru araza yari kumwe nabandi bamufasha kuyobora bamufashije inkwi bari bazaanye mu ntoki,ariko we yarafite ikibiriti mu ntoki ze!Ubwo atugezeho ahindukamo Umwami Kigeli V Ndahindurwa watanze taliki ya 16 ukwakira 2016 mu gihugu cy’America.

Ubwo yahise ampereza za nkwi harimo imyase [6];maze mfata ya myase [6];’arambwira ati,ngaho kuramo iyo myase uyishyire kuruhande.Ndayifata nyishyira kuruhande maze ampereza cya kibiriti yarafite arambwira ati,ngaho cana umuriro maze ufatishe umwe muri iyo myase.

Mfata umwase umwe ncana cya kibiriti kiraka maze mfatisha uwo mwase uraka vuba vuba byihuse!Maze arambwira ati,umva Majeshi Leon,ndabizi warakundaga kandi wangiriye inama nanga kuzumvira none Umwakagara yanciye igihanga nk’uko wajyaga ubimbwira nkabihakana ahubwo nkemera iz’umwakagara ‘Gakwaya Jean Marie’ kandi ari we wangambaniraga.

None ndagirango nkwitumire kandi ndabizi urantumikira umbwirire Umwakagara hamwe na EZRA MPYISI nabanyarwanda bose muri rusange,uti,uku niko Umwami ‘Kigeli V Ndahindurwa’ avuga!

Mwageze kumigambi yanyu mwashakaga,mutuma nigira murugendo vuba vuba rutari ruteganijwe,ariko noneho burya haracyariho kirazira mu bwami bw’uRwanda.Nta bami [2] mu gihugu kimwe,iyo bibaye aba aramahano.Ibyo rero mu giye gukora namahano kandi umuriro urahita waka vuba vuba igihugu gihinduke umuyoga.

Nta kundi byagenda ibyo umwiru mukuru Boniface Benzinge yakoze,nibyo byari bikwiye gukorwa, naho mwebwe ibyo mu giye gukora nagahoma munwa! Murabe mwiteguye kuzimya umuriro mugiye kwatsa, kandi dore namaze kuwatsa nifashishije Umuhanuzi ubanza mutazashobora kuwuzimya kuko uriya mugabo Majeshi Leon,ariwe Muhanuzi Uwiteka yahisemo mu gihe cyanyu kugirango mu mwumvire uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubugambanyi bubaye bwinshi,ukwiye kubanza ugatuza itumanaho ryose waba urihgaritse kugirango ubanze ukenguze impamvu zabyo kandi urusheho gusobanukirwa umenye uko ibintu byifashe kugirango ukure urukungu mu ngano kugirango usarura amenye kubitandukanya kugirango batazarandura ingano bibwira yuko ari urukungu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Erega mwana w’umuntu Uwiteka yakubwiye yuko amaso ye aguhoraho kuko umwanzi ari kuguhiga cyane bikabije ariko ariyimbire kuko yaba alimo gushinga umuhunda ku kirenge kandi bidashoboka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nongera kubona nambaye inkweto nziza ariko mukanya gatoya za nkweto zihita zicikagurika zose uko nzambaye maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,izo gahunda bigaragara yuko nta butumwa bwiza burimo!

Kuko umwanzi yamaze kutangira hirya no hino kugirango agute muri yombi nibyo nakubwira yuko ubugambanyi bwamaze kwiyongera ariko ababukora bazacirwaho iteka kuko bagambanira umwana w’umuntu kandi ari nta cyaha yabakoreye ahubwo ashinzwe gucira isi yose imanza zo gukiranuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Bishop Rugagi Innocent

Mar 2, 2017 njyanwa mu iyerekwa maze mbona uburyo abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu Kazi,bakora muri za restauration (inzu zuburiro) bitwaza amarozi ya kuroga abagabo kugirango babone abazarongora abakiliya baza gufungura bakabashyirira  mu bifungurwa kugirango babakunde babarongore.

Sibyo gusa ahubwo banagaragaweho umwuka w’ubuhehesi n’ubusambanyi bukomeye cyane!Haramuka haje umugabo uje kubatereta,bagahita bamwemera batabanje no gushishoza ngo barebe uwari we cyangwa uko ameze bagahita bajyana nawe bakajya gukora imibonano mpuzabitsina batanitwaje agakingirizo.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanurira ubwoko bw’Abahutu Kazi,ubabwire uti,Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Dore afitanye urubanza namwe, kuko mugendera mu nzira zo gukiranirwa mukagambanira ubugingo bwanyu kandi ari mwe mwakabaye mubukiza.

Nuko rrero ubwo mwuzuye ubuhehesi nubusambanyi bigatuma munanirwa no kwirinda ngo mukize ubugingo bwanyu,mumenye yuko muzarimbuka kubera ayo marozi mugendana ngo muhumanye abagabo kandi umugore mwiza cyangwa umugabo mwiza baturuka k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga.

Dore nimutihana muzacirwaho iteka kuko musigaje agahe gatoya mukora ibyo,ngo mucirweho iteka cyangwa mwihane mubabarirwe.Ariko nimukomeza guhumanya abantu b’Imana kandi atari mwe mwabaremye,nta kindi muzaba musigaje usibye gucirwaho iteka n’ijambo ry’uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko Uwiteka avuze!Uyu munsi dore iri jambo ribageze mu matwi yanyu ntabwo muzavuga ngo ntimwabimenye niko Uwiteka avuga.

Nkurwa ahongaho njyanwa ku Nyanja nini cyane yari munsi yumusozi,kuri uwo musozi hari hubatse ho inzu yaba BISHOP’s,ndagenda manuka muri ya mazi y’inyanja njyamo kogo (kwishyira mu bibazo) ndagenda ngeze aho amazi ari maremare ndagaruka.Ariko abo ba BISHOP’s baranebaga nijyana muri ayo mazi y’inyanja ntabwo bigeze birushya batekereza yuko yaba ari umuntu waba agiye kwiyahura.

Ndoga ngeze muri ayo mazi maremare nibwira yuko nshobora kwicwa nayo maze,ndongera ndagaruka.Ndazamuka nerekeza kuri wa musozi wubatsweho inzu yaba BISHOP’s maze mbona mfashe agakoni mu ntoke (ubutware) ndakomeza ndazamuka ngera kuri rwa rugo rwabo ruturanye na za ndaya zo mu bwoko bw’Abahutu (Kazi).

nzinyuraho zishaka kungaburira ariko ndazinanira ngeze kumuryango w aba BISHOP’s ya NKONI, nyijugunya hasi imbere y’umuryango ndinjira maze Bishop ambaza iyo nkoni aho nyisize nsubira inyuma ndayitora ndayimuha mbona arayifashe ayishyize munsi y’umukeka ushashe muruganiriro.

Ijambo ry’Uwiteka Imana ya bakiranutsi rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore aba Bishop, bihaya ubutware,kandi bibujije kugira neza ishingiye kumbabazi (urukundo) kubera iyo mpamvu,uko batigeze bakugirira imbabazi ubwo wamanukaga werekeza ku Nyanja ngo nibura bashake kumenya ibyawe.

Uko niko nabo ntawuzakenera kumenya ibyabo, ubwo ibyago byabo bizaba bigeze mu marembo yabo,kuko birinze kugaragaza imbabazi zituruka k’Uwiteka kuko ari ntazo bagira mu mitima yabo uko niko nabo bizabagendekera nta muntu numwe uzabagirira imbabazi ubwo bazaba bari mukaga gakomeye uko niko Uwiteka avuze!

Iriya NKONI wabonye n’ubutware bihaye butaturutse k’Uwiteka,bakoresha bashaka kugera ku nyungu zabo,barangiza bagahita bafata bwa butware bwabo bihangiye bakabushyira munsi y’umukeka cyangwa umusa-mbi.Nuko rero ubahanurire ubabwire uti,uku niko Uwiteka avuga,dore afitanye namwe urubanza kuba mwaranze gukora ibyo gukiranuka nubwo atari we wabibahamagariye.

Ariko nibura iyo muza kugaragaza gukiranuka mukagenza uko byari bikwiriye kugenza,nibura mwari kuba mugaragaje umutima wo kubaha Uwiteka Nyiringabo.Ariko nibyo ntabwo mwigeze mubigerageza ngo mugaragaze gukirauka imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana ikiranuka.

Kubera mwabujije abantu b’Imana mugahagarara mu nzira aho guhagarara kuruhande ngo mureke abantu banjye bashaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.

Imana ya Abraham,Issac,Yakobo na Majeshi Leon,niyompamvu muciriweho iteka none kuko ibyo mwakoze mwari muzi amategeko abigega ariko mwahatiye abandi kubahiriza amategeko kandi mwebwe mutayakozaho nimittwe y’intoki zanyu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mar 2, 2017 jyawa mu iyerekwa  mu butayu bugufiya mbona Mugenzi na Mukristo Kazi bansanga mu butayu bugufiya bashaka kugirango mbahe ubusobanuro bw’urugendo rwo mu butayu bugufiya nagenze mu gihe cyingana n’imyaka [8] ari nako mpanganye ni nkozi z’ibibi zashakaga guca igihanga cy’Umuhanuzi kandi bidashoboka.

Ubwo twari duahagaze ku gasozi kazabara amateka yurugendo rw’Umuhanuzi mu butayu bugufiya nubure bure.Ako gasozi gateganye nubutayu bugufiya bwerekera kuri ya Nyanja yo mu burasirazuba bw’Africa mu majyaruguru yahoo.Ubwo mfata Mugenzi na Mukristo Kazi,ntangira kubasobanurira ubusobanuro bw’ubutayu.

Ntangirira mbere y’umusozi wari hakurya gato mu majy’Epfo yiyo Nyanja yo mu majyaruguru y’Africa,mbasobanurira yuko uwo musozi warucumbitseho inkozi z’ibibi zo mu benegitori binkozi z’ibibi.Umusozi wo haruguru gato muburengera zuba bw’ubutayu bufatanye niyo Nyanja nawo warutuyeho abajiji bene wabo na TITO, Rutaremara.Ahagana IKUSI, yubwo butayu,hari rya shuli ryubatse kumusozi wabutseho iryo shuli ryabatutsi bajyanyweho kwigishwa kubaha Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Ngaruka kubereka ubutayu burebure buri munsi ya gakondo ya bakiranutsi,ubusanzwe ubwo butayu bufite ibiti birebire byamashwa nibigunda nibashanga ndetse na mazi agenda reka mu nzira nyabagendwa abantu banyuragamo berekeza ISIYONI,wabuzamuka cyane ukagera kuri ya Nyanja twavuze mbere aho inkozi z’ibibi zaragiraga inka zabo (abadayimoni).

 

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,waba wasobanukiwe iby’iryo yerekwa?Ndasubiza nti oya Nyagasani! Nabwirwa niki; utabinsonuriye?Ubusobanuro bw’urugendo rw’Umugenzi na Mukristo Kazi! Ndabwirwa ngo mwana w’umuntu, tega amatwi ngusobanurire uko bimeze n’ubusobanuro bwabyo.

Dore bariya bantu Uwiteka Nyiringabo Imana yawe,bayinegurije izuru,bituma ibarakarira cyane umujinya wayo,n’ukuboko kwayo bibaramburirwaho.Niyompamvu bagiye gusubizwa muri gakondo ya bakiranutsi aho bari barahunze umwana w’umwega (umwakagara) kugirango bazamenye yuko ukorera Uhoraho Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka abivuga.

Mwana w’umuntu igihe cy’ubutayu cyawe umaze mu butayu imyaka [8]; kigeze ku iherezo,warwanye intambara nziza yo kwizera,wizeye kandi wiringira Umwami wawe ndetse wirinda kurya intonorano z’Umwakagara na JEZEBEL, wihanganiye ibyakugerageje byose,ariko wabaye inyangamugayo wanga intonorano zaba NIKOLAITI, bashakaga gufunga umunwa w’ijambo ry’ubutumwa bwiza bw’ijambo ry’ubuhanuzi (Ibyahishuwe 2:6-14) wanze imirimo y aba NIKOLAITI, n’INTONORANO, za balamu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nuko rero mwana w’umuntu,tegura inyandiko y’ubusobanuro bwose bw’ubutayu wagenze mu myaka [8]; umaze mu butayu kugirango hatazagira uzaza kugusaba ubusobanuro bwurugendo rwo mu butayu wagenze imyaka [8]; kugirango utazigera utanga ubusobanuro bwo mu butayu uko byagenze ahubwo buri wese azabashe kwisomera kand nyine iyo nyandiko ntizabura kubaciraho iteka kuko uwananiwe ubutayu ntazabura gucirwa urubanza kuko atazabona icyo yitwaza uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko rero mwana w’umuntu ugire umwete ukomeye cyane kurangiza ibyo utararangiza kugirango wa munsi Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yakubwiye uteganijwe vuba cyane uzasange witeguye kandi byose biri kumurongo kugirango hatazagira ikigutega kikakubera imbogamizi murugendo ruli imbere yawe uko niko Uhoraho Uwiteka nyiringabo abivuga.

Mar 3, 2017 njyanwa mu isi y’Umwuka maze nongera guhishurirwa umwuka w’Inzika y’Inzigo hagati y’Umwakagara hamwe n’Umwami Kigeli V Ndahindurwa.Nerekwa Umwami Kigeli ampamagara kuri telephone nk’uko yarasanzwe abigenza,maze arambwira ati,Majeshi mwana wanjye wandutiye umwana utari umwana murugo (NTAGANIRA Christian) none enda cyono wigire hino ngire icyo nkwibwirira uzambwirire bakuru bawe ijambo ntasize mvuze!

Ndagenda maze arambwira ati,rero ubwire bakuru bawe,uti nimugire muhaguruke muharanire gakondo ya bakiranutsi,kuko inzu twasize twubaiye abakambwe yasenyutse kandi igiye guhirima vuba bidatinze!

Nuko rero mushake uburyo mwatema ibiti kugirango muyisigasire kuko haje umuyaga wo mucyi ukazayisenya kandi uwo muyaga uzaba uyobowe n’izuba ryinshi cyane ridashobora kwihanganirwa kugirango barumuna banyu bazabashe kuzabona aho bugama akazuba mu gihe imvura y’umuhindo izaba ikubye akayagirizo abagezeho kuko njyeweho nisaziye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ubwo mbona imbere yacu abaturanyi badahari bazindutse,mbona abagabo ntasobanukiwe b’abanyagihugu bahawe umulimo wo gukorera urutoki rwabo,njya kubabaza impamvu yatumye bigabiza urutoki rwabandi bakaza kurukorera batabiherewe uburenganzira na banyiri bwite.Banyereka ubahagaraririye ukomoka mu bwoko bw’Abatutsi,maze mubaza amashirakinyoma ambwira yuko urwo rugo rwaguzwe na barabu kandi bahagurishijwe nabavuga rikijyana cyangwa se abakomeye!

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ntibigutangaza kuko gakondo hamwe na baturanyi baraguzwe ubu ntabwo bakitegeka ahubwo bategekwa na babaguze uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nkomeza kwerekwa ibyo muri gakondo ya bakiranutsi,mbona za magigiri za CID hamwe na DMI bose bafite ikibazo cy’ubushobozi bwo gukomeza kugigira bene wabo.Ariko mbona atari ibyo gusa, ahubwo mbona ko banafite ikibazo cyo kwakira abashyitsi mu mago yabo. Kandi ubwo bari bakiri ingarugu nta bwo bari bashaka, ahubwo bateganyaga kurushinga muri Nyakanga 2017 ariko ngo baratinya yuko rwazambikana mbere yaho uko niko bavugaga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,biragoye cyane kuburira ibipfamatwi kandi bavuga ko bumva.Mufite amatwi ariko ntimwumva kandi mufite amaso ariko ntimubona nyamara abandi babasha kumenya yuko imvura igiye kugwa bakanura ibyo banitse ariko intumva zirira kumiziro uko niko Uhoraho avuga.

Ubwo nkiri aho ku kibuga cyo kwerekerwaho,mbona mukristo Kazi ansanze aho ngaho navuganiraga na za magigiri maze ambaza ukuri kurugendo rwo mu butayu,maze nanjye mfata akanya ko kumusobanurira ariko kuko umwanya we wari mucyeya ahita agenda yaratumwe utwungucenge yihutira kujya kutuzana.

 

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze riramburira riti,mwana w’umuntu,kora amasengesho kugirango Umwami Imana agire ibyo yikorera atunganye iidatunya,nuko mpita mfata uwo mwanya mpagarika gahunda zose nakoraga maze njya imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi nkora nkuko abitegetse maze mbona ibyari bihishwe bitangiye gusobanukirwa ubwenge bwanjye uko niko Uhoraho akora.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa amaso yumubiri ngo abisobanukirwe,nerekwa inzu y’Igorofa yubatswe ariko bagenda basigaza ibice bimwe bimwe batabyujuje ahari amadirishya, imiryango,nahandi hameze nkaho.Mu gihe ndimo kwerekera kuri iyo nzu ngo njye kureba ikiburaho ngo yuzure.

Mbona ababutsi ntamenye aho baturutse maze mbona bafashe umucanga na mabuye vuba vuba batangira kubaka bihuta cyane. Njya kuhagera basigaje gusiga amarangi kandi nyamara hari mu bilometero [2] ariko ntangazwa ni uko babutse mu minota bagahita buzuza iyo nzu.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,igihe umaze mu butayu bugufiya kirahagije,kandi ibyari byarahagaritswe na za magigiri z’Umwakagara byongeye gusubirana.

Dore baguhize inshuro nyinshi kugirango bakugirire nabi,ariko noneho igihe kirageze kuko Uwiteka Nyiringabo Imana ukorera agiyekohereza umuntu wa wundi wahanuwe ibihe bibili kandi mu duhe twinshi uwo niwe ugiye kugukura mu butayu kuko amaze igihe arwana n’umutima we icyo asabwa gukora kugirango aramire ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Uwo niwawundi Uwiteka yise amazina ye akakubwira imiterere ye,ndetse nimitekerereze ye,uwo Uhoraho yamuhaye umugisha kubwawe kugirango azagire icyo yakora mu gihe gisa niki! Uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Uwo imvugo ye uzayumva kandi nimpumuro ye,izakugeraho nubwo bwoze inkozi z’ibibi zagerageje kwiyoberanya zibwira yuko ubugingo bwawe bwasamiye urwobo rwuzuye ubumara,ariko basanzwe atariko bimeze ahubwo urangwa nimicyo myiza y’umwuka w’Uwiteka ukorera muri wowe maze bakorwa nisoni kumanywa yihangu na bugingo nubu kuko ijambo ry’ubuhanuzi ryababereye inshobera mahanga kuko batigeze babarwa kumugabane wibyo gukiranuka niko Uwiteka Imana yawe avuga.

Mar 3, 2017 ubwo narimaze gutangaza ubutumwa bwihutirwa bw’Umwami Ndahindurwa uburyo yamaze gukinga imyigariro,ndongera nsubizwa mu iyerekwa rya vuba ryihutirwa cyane.Ijambo ry’ubuhanuzi rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibintu byakomeye cyane kuko Ingabo z’Intwarane zigiye gutabara gakondo ya bakiranutsi kuko Uhoraho yamaze guciraho iteka.

Ingabo z’Umwakagara kugirango nizijya kurugamba guhangana n’Ingabo z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo zikubitswe nigihunga ndetse Uhoraho azihagarika umutima cyane aziteza gutinya mu  mutima kuko bahagurutse kurwana badafite impamvu kandi akaba atari Uwiteka ubahagurukije ahubwo bakaba bamuhagurukiye kumurwanya ngo kuko ari benshi kandi bakaba banafite ibitwari bya kirimbuzi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Nerekwa ISHOKA cyangwa INDRYANKWI yarifashwe n’Umuhanuzi yarahagaze k’Umuhima hamanuka werekeza mu KIYOVU cya bakene.Maze mbona ya shoka icitse Umuhanuzi  (Ijambo ry’ubuhanuzi) maze irmanuka imanuka byihuse ihura ni modoka ikubita kibatsi nay a modoka hamwe nishoka nabyo biramanukana bigera kumuhanda unyura munsi yaho wo kukinamba maze zigonga imodoka zose zanyuraga aho ngaho ku KINAMBA.

Mbona habaye impanuka ikomeye cyane itarigera ibaho,maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,mbonye intungo imanutse iragenda igera ahamanuka maze isanga Umwakagara ageze kumwinjiro w’umuryango imucamo kabiri,none dore ibyo baciranga inkeri bibaye impamo.Nyamara ntabwo bikiri ibyuya ahubwo byamaze kuba amaraso kandi ntarutangira igihari ahubwo iryavuzwe riratashye niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,hanura uvuge uti,mwana w’umwega uhuye nibikomeye kuko warwanije ijambo ry’Uwiteka none rigukozeho kuko wibwiye yuko uri umunyabwenge ukaba numuhanga none uciriweho iteka uko niko Uhoraho avuze!

Yemwe ngabo z’Uhoraho muhagurukijwe no gukiza gakondo ya bakiranutsi,muramenye ntimuzigere mufata ku byashinganywe n’Uhoraho Uwiteka Imana yanyu,kuko nimuraka mubikozeho muzahumana kuko ikibajyanye ar’ugukiza gakondo ya bakiranutsi hamwe nubwoko bwe.Nuko rero muramenye muzirinde gukora kubyashinganywe kugirango muzabe abanyamugisha b’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana yanyu abategetse uyu munsi kandi niko abivuze!

Nongera gusubizwa mu iyerekwa mbona abaturanyi ba gakondo ya bakiranutsi bagiye batwambura ho imbago zishamikiye kuri gakondo bakazihindura izabo.Ubwo ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,genda ujye kwitegereza imbago za gakondo uko zimeze ubanza abanzi ba gakondo y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo bamaze kwigarurira zimwe mu mbago zayo kandi atari izabo none haguruka uhamgaze ingabo z’Uhoraho kugirango zitabare gakondo y’Uhoraho hamwe ni mbago z’Uwiteka Imana ikiranuka muri byose uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ubwo njya kureba no kwitegereza koko nsanga ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ryambwiye ari ukuri koko nsanga izo nkozi z’ikibi zamaze kwigarurira zimwe mu mbago za gakondo ubwo mbabwira yuko ngiye guhamagaza ingabo z’Uwiteka,barambwira bati genda uzihamagaze natwe twamaze kwitegura intambara ntabwo mushobora kudukanga twabiteguye.

Ubwo ndazamuka ngeze hagati ya gakondo ya bakiranutsi,ijambo ry’Uhoraho ringarukaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,banza uburire abanyagakondorero bafungure impamba yo munda ihagije kuko kuzagendana impamba mu ntoki ntabwo bizabakundira kandi ntabwo bizanashoboka.

Uburire abanyabwenge bicukurire imyobo nkiyinyaga banyuze munsi yubutaka maze barebe ko yuko bashobora gukiza bimwe mu byo bari biringiye usibye bitazaborohera.Ariko ubwo umunyabwenge umenyereye amarenga arahita amenya icyo iyo mvugo isobanuye naho umupfapfa bizaba bimurangiranye uko niko Uwiteka ababuriye kandi nuko avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umaze kuburira abandi,nawe warukwiye gukiza INZABIBU z’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ukareba aho waba usihishe kugirango zizabere umugisha abandi bazataha gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Mar 4, 2017 njyanwa mu iyerekwa maze numva amaradiyo mpuzamahanga yahaye ikiganiro Gen.Nyamwasa Kayumba, bamubaza ku ngabo zateye Umwakagara niba zifitanye isano nawe,cyangwa niba akorana nazo bya hafi.Nyamwasa asubiza ayo maradiyo harimo “RFI,BBC gahuza,Ijwi ry’America”, yemerera yuko we hamwe nabandi banyarwanda bafashe icyemezo cyo gukuraho leta igizwe nagatiko kabicanyi ya FPR.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo maze rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyahanuwe birasohoye dore Gen.Nyamwasa agiye guhangana na Gen.James Kabarebe, kandi azamutsinda amukure ku ngoma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze!

Gen.Nyamwasa, akimara kuvugira ku ma radio mpuzamahanga,mbona indaya zose za Gen.Kabarebe James zihise zimuvaho ntihaba hakiri indaya nimwe ishobora kujya gusambana na Gen.James Kabarebe, ngo zitinya yuko zazabazwa ibya politike ya FPR, zikazafatwa zikajya gufungirwa ARUSHA mu gihugu cya Tanzania uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore wakije umuriro none uratse,niki ushaka kindi?Niko Uhoraho Uwiteka abaza!

Mbona abo muri gakondo bose bizeye yuko ngo Gen.Nyamwasa, ar’ikigarasha noneho amagambo ashira ivuga,mbona batangiye gukanaguzwa yewe haba no mu banyapolitike bizeraga Umwakagara mbona biciyeho iteka bavuga bati,sinamenye irabanza icyo nakoze igaheruka uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa ibihugu [3] byibihangange ku isi,RUSIA,USA,CHINA,mbona za ambasade zabo zigigirana cyane,kandi zitizerana kubera yuko buri gihugu gishaka kuba icya mbere ku isi kigasimbura USA.

Mbona ambasade zabyo zikorera IBABYLON, zose zishyira amaso kubakozi bakora cyangwa barinda umutekano (Security Services) kuko nibo bamenya amabanga yibikorerwa muri zo za ambasade.

Mbona ko,umukozi wakoze muri security muri ambasade ya USA,iya CHINA, imuha akazi byihuse iyo yakozeyo byaba binyuze muri za company za security services cyaangwa yaba yarahakoze ku giti cye!

Mbona ambasade ya RUSIA, nayo itizera abanyaKenya bayikorera,ikeka yuko baba bakoreshwa na ambasade ya USA, ikorera mu murwa mukuru w’ISHUSHAN, mu gihugu cy’IBABYLON.

Mbona ko RUSIA, na USA, barwanirwa umwanya wa mbere wo kuba igihangange ku isi,kugirango RUSIA, ibe iya mbere,ariko hakomeza kuzamo urwijiji rudasobanukiye ambasade ya RUSIA, ku buryo budasobanutse kuko RUSIA, yashakaga kuba iya mbere bidasabye yuko habaho intambara ya gatatu yisi yose ariko mbona yuko bikomeje kunanirana.

Nerekwa imigambi ya za magigiri zari zateze imihyose iburizwamo n’Uhoraho Uwiteka Imana yanjye!Mbona imigambi yabo bari bateguye yuko ikorwa kuri uyu wa gatandatu taliki 04 werurwe 2017 iburizwamo n’Uwiteka Imana ikiranuka.

Ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,ntabwo bari banyurwa nubundi basigaje iyindi mitego kandi ninayo yanyuma kuko uwateguye iya mbere nubundi ntazabura gutegura iyanyuma uko niko Uwiteka avuga.

Nerekwa mbona inkozi z’ibibi zitegura ishuli zishaka kunshyiramo ngo nzibere umunyeshuli,ariko bagiye gushaka abalimu bo kwigisha muri iryo shuri,basanga arijye mwalimu wa mbere bafite ntawundi mwalimu bashobora kubona ufite uburambe kundusha maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibibazo byari butegereje ugiye kubitegeka nkuko umwalimu yigisha abanyeshuri kuko abigisha akababaza ibabizo kandi abifitiye igisubizo uko niko nawe bikugendekeye niko Uwiteka avuze!

Ijambo ry’Uhoraho rizaho maze rirambwira riti,mwaa w’umutu,dore inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa ILLUMINATI, zategateze hirya no hino,none udasohoka ngo ujye kumurimo kuko utari bubone inzira ikugarura.Ahubwo dore hari umugisha bene so bohereje ube ariwo ujya kuzana kugirango uhindure ibirindiro byaho ukorera kugirango utagwa mu mutego uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mar 4, 2017 njyanwa mu iyerekwa  mbona ibitabonwa ibitaboneshwa amaso  ya bana b’abantu, mbona hakozwe inama y’umutekano hagati y’ibihugu bitatu America,RUSIA,China,ibi bihugu byombi birahanganye cyane ku buryo bukomeye aho buri kimwe gishaka uko cyakwigarurira gutegeka isi kigasimbura umugabane w’America.

Nerekwa mbona ambasade za America, na RUSIA, zigenzura China, hagati ya za ambasade ndetse kugeza naho umuntu uvuye muri ambasade y’America ahaba akazi muri ambasade ya RUSIA, vuba byihuse.

 

 

 

 

Naho abashinwa bo,uvuye muri ambasade ya USA, akaza kugira icyo ashaka muri ambasade yabo,yinjira amatara acanye,agasohoka amatara bayazimije bitwaje yuko ngo amashanyarazi yagiye.Ubwo ibyo nabyeretse mbona biri kubera mu gihugu cy’IBABYLON, mu murwa w’ISHUSHAN.

 

 

 

 

Mbona USA, na RUSIA, bagerageza gushakisha abakozi bakoraga muri za ambasade zombi birukanywe kugirango bahabwe akazi yaba muri ambasade ya RUSIA, cyangwa ya USA, kugirango babaze amwe mu mabanga yiyo ambasade yakoragamo.Niba yarakoraga muri ambasade ya USA,agahabwa akazi muri ambasade ya RUSIA,niba yakoraga muri ambasade ya RUSIA,agahababwa akazi muri ya USA.

Ijambo ry’uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ibihugu byibihangange birarimbanije bihanganye cyane kugirango birusheho kugaragaza imbaraga zabyo kugirango hamenyekane igihugu gifite imbaraga zo gutegeka isi yose uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

 

 

 

Dore igihugu cya China kiragerageza gushaka kugera ku ntera y’America kandi kirakorana ubwira budasanzwe ariko kandi nubwo bikimeze gutyo USA na RUSIA biracyari imbere cyane ntabwo China yari yagera kurwego rwabo neza kuko badafite ubwenge bw’umwimerere uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nuko rero uburire abatuye isi yuko ibintu bigiye kurushaho gukomera mu minsi iri mbere maze buri wese yigire inama yo gushaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Mar 5, 2017 Ijambo ry’Uwiteka Imana nkorera rinzaho maze rirambwira riti,mwnaa w’umuntu,dore inzara igiye kwiyongera mu bihugu byo kumugabane w’Africa kubera ubugome bakomeje gukorera abaturage bayoboye!niyompamvu ukuboko kwanjye kuzabaremerera cyane kugirango bamenye yuko nd’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Ariko cyane cyane ibihugu [2] igihugu cy’IBABYLON, nzabarushirizaho cyane inzara igiye gukwira mu gihugu cyose kugirango igere kuri buri wese maze bamenye yuko bagenje uko bitari bikwiriye uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

 

 

 

Ikindi gihugu ukuboko kwanjye kugiye kuremerera ni gakondo ya bakiranutsi,ngiye guteza ibyago,amakuba na kaga gakomeye cyane kugirango Umwakagara arusheho kuremererwa cyane yihebeshe umutima we,kuko yasuzuguye ijambo ry’Uwiteka Imana yo mu Ijuru ukorera maze icyo gihe azamenya yuko Imana yawe ariyo Mana ikwiye gupfukamirwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona ABEGA KAZI, bahunga gakondo ya bakiranutsi bagenda barara rwantambi,aho bwije naho bucyeye.Bakagerageza gushaka amazu meza yo gukodesha ariko bagasanga ahenze bagakomeza bakagenda kugeza ubwo utwo bari bitwaje twabarangiriyeho maze bajya kwibera mu mahema kubera ubugome bwabo bwageze imbere y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo maze abaciraho iteka rya burundu.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abo bagome babanyeshyari,bagiriye nabi ubwoko bwanjye kandi bibujije kubagirira imbabazi mu mitima yabo bituma bibazanira umuvumo kubugingo bwabo,none dore ubwo ibyo uhanuye bizabasohoraho bazashaka yuko abantu babagirira imbabazi kandi bo baririnze kugira uwo bagirira imbabazi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore abana babo bazaba imfubyi,kandi bazarangwa no gusabirizi abahisi nabagenzi,nyamara bazagenda imihanda yose isi bazayimarisha ibirenge kuzageza igihe bazicuza kandi bakamenya yuko ifeza nizahabu bidashobora kubakiza kuzageza igihe baziheba bakamenya yuko baciriweho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

Dore umuvumo uzabomaho iteka ryose,kuko barwanije ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Kandi muri bo nta numwe wigeze gutekereza ku iherezo rye,cyangwa agirire neza umugaragu wanjye!Ahubwo babyukaga bamutuka bashakisha uburyo bamuca igihanga kugirango baburizemo ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo maze bazivuge ibigwei yuko barwanije Imana bakayinesha uko niko Uhoraho Uwiteka abavuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,kandi mwana w’umuntu,reka nkwitumire ku ABEGA,ubambwirire uti,uku niko Uwiteka abanegura,mwavuze yuko mukomeye mu isi ya bazima,kandi muvuga yuko ari ntazira ihari nakirizamo ubwoko bwanjye,ko ntazira ihari,ntaho nanyura haba muri politike,haba muri demokarasi,haba mu ntambara,ko ngo hose imiryango mwamaze kuyikinga ntarwinjiriro.

None nimuhame hamwe mbereke yuko atarimwe mwaremye Ijuru nisi kugirango muzabe abagabo bazahamya ibyanjye ko mwarwanije Uwiteka ariko akabanesha mukemeza imitima yanyu yuko mwacumuye kandi mwakiraniwe kandi ko mwagiriye nabi ubwoko bwanjye ibyo nibimara kubageraho nibwo muzamenya yuko hagati muri mwe harimo Umuhanuzi uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

Nerekwa abagabo bo mu  nzu ya ABEGA, bacukura ibinogo byinshi cyane byo guhamba abantu babo bishwe n’intambara,abana babo basigara ar’imfubyi kandi birirwa basabiriza kukarubanda.Mbona inzira yo gukiranuka ibahunga ijya kure yabo nabo bayijya kure.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Abagabo b’Abega bazajya kure yo gukiranuka kandi ubwiza bw’Uhoraho buzabahunga.

kandi ubwo bwiza nabo bazabuhunga kuko bakunze isi kuruta Ijuru,ndetse bakaba baribujije kugirira neza ubwoko bwanjye babwishe batabugiriye imbabazi.Uko banze kubugirira imbabazi,nanjye niko nzibuza kubugirira imbabazi zo mu mutima uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Abega bakunze umwijima kuruta umucyo,nyamara umucyo waturutse mu mwijima,banze kuryamyaUwiteka bikudira umwanzi wo gukiranuka bibwira yuko ibyisi ari byo birimo ubugingo.Ariko ibyo bibwira nibimara kubabera ikigoyi cy’umurimbuzi,niho bazamenya yuko Uhoraho ariwe Mana yo mu Ijuru kandi icyo gihe bazibuka ibyo ijambo ry’ubuhanuzi banze kumvira ndetse banga kuryubaha nyamara bazaba bibuka ibitereko byamaze gusesa uko niko Uwiteka avuze!

Maze kuragiza amasengesho nategetswe n’Uhoraho Uwiteka Imana,njyanwa mu iyerekwa,ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,dore Uhoraho Uwiteka aguhaye igihugu,kandi Uhoraho ahaye Umwami YUHI VI, igihugu kugirango azabone aho abera Umwami uzayobora ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Kandi dore Uwiteka aguhaye impano ya hotel nziza kugirango uzakwibutse yuko ariyo mpano waherewe mu butayu wagabanye k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuko wirinze kwinubira ibikugerageza kandi wakunze gukiranuka wanga ubugome bituma Uwiteka akwishimira mu mutima nicyo kizatuma Uhoraho azasohoza ibyo yakuvuzeho byose abyihutisha kugirango bizasohoze mu minsi yawe ubwo uzaba ukiriho kugirango bizamenyekane muri rubanda uko Uwiteka agirira neza abamwiringiye uko niko Uhoraho uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

Mar 6, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona Umwami w’uRwanda YUHI VI,yemezwa nigihugu cy’UBWONGEREZA, yuko ariwe Mwami w’uRwanda kandi akaba yemewe nibihugu [2] byombi yaba icyo akomokamo,cyangwa icyo yahawemo ubwenegihugu akemerwa nkumuturage wicyo gihugu mbona bavuga ngo yemewe nubwami bw’uRwanda,kandi yemewe nubwami bw’Abongereza kuba afatwa nk’Umwami w’UBWONGEREZA, uko niko Uhoraho Uwiteka nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rizaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mukiristo Kazi,akomeje gutekereza kurugendo rwawe rwo mu butayu,none akeneye ibisobauro byurugendo rwo mu butayu ngaho andika utange ubuhamya bwibisobanuro bwo mu butayu kugirango arusheho gusobanukirwa uko niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Nerekwa abaturage bo muri gakondo bafashwe nabi cyane kugeza ubwo bafashe icyemezo cyo guhunga igihunga igihugu maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwoko bwanjye bufashwe nabi cyane kandi Umwakagara yabwicishije inzara abacura bufuni nabuhoro,ariko najye nzihorera kuko bananiwe kugirira ubwoko bwanjye ibibakwiriye ahubwo babahidura abagaragu nicyo kizatuma kurimbuka kwabo gukomera kuko batigeze babagirira imbabazi ahubwo babaryaga nk’uko inyamaswa zo mu ishyamba zigiria amatungo yo murugo aho bafata intama bakazica imitwe bakinywera amaraso gusa barangiza bazita aho ngaho niko Uwiteka avuga.

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona Dr.Rose Mukankomeje bamwoherereza umunyamakuru aje kumuha amakuru yiterabwoba kugirango abone amugigira amubwira yuko ngo yamenye amakuru yuko bagiye kumwivugana.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,burira Dr.Rose Mukankomeje uti,ntuzakire umunyamakuru ugiye kuza kugusura udahamagaye nabandi banyamakuru kugirango ibyo avuga babyumve bazabe abagabo bo kubihamya.

Kuko ibyo muzavugana muri mwenyine ntagaciro bizagira muri rubanda kuko bagambiriye ku kwica,kandi ukaba nta kundi wabigenza.Nuko rero uzihamagarire abanyamakuru bawe maze uwo munyamakuru uzaba akuzaniye amakuru uyababwire kugirago ikizabaho cyose kizamenyekane yuko aril leta y’Umwakagara ikomeje kumarira abanya KIBUYE, ku icumu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

Mar 7, 2017 nerekwa mbona abanyapolitike bo mu gihugu cy’IBABYLON, bashaka kujya ahitwa LAIKIPIA, kujya gushakayo amajwi,ariko birananirana kuko leta yabo yakoreye nabi abaturage.Maze mbona abaturage bahitiramo undi munyapolitike udashyigikiwe na leta kuba ari we uzahagarara akiyayamaza kumwanya w’umukuru w’intara kandi mboa uwo mwanya urwanirwa na bantu batandukanye kugirango bazajye bibonera uko baka inyoroshye maze bakire vuba bishoboka.

Mbona ko imigambi ishingiye kuzajya biha amasoko ya leta mbonamo abadamu bashaka uwo mwanya ariko abagabo bakora ibishoboka byose ngo batabatwara uwo mwanya uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mboana inkozi z’ibibi zikora ibishoboka byose ngo ziburizemo umurimo w’Uhoraho Uwiteka nyiringabo,ariko zirananirwa.Mbona zishatse kwigarurira ibikorwa by’umurimo w’Uwiteka ariko ziranirwa kuko ibyo bikorwa ari byo byazihindutse zikagira ibibazo bikomeye cyane.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyo inkozi z’ibibi zikora birasa no gushinga umuhunda ku kirenge kuko bidashobka yuko zaburizamo umurimo w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko iko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa yuko inkozi z’ibibi zamaze gusubiranamo kubera kunanirwa guca igihanga Umuhanuzi,ahubwo mbona imyuka mibi boherezaga yo kuzingazinga Umuhanuzi irahidukiye iba aribo izingazinga kandi ibyabo birushaho kuba bibi cyane ugereraje ni uko byari bimeze mbere yaho.Ndabwirwa ngo mwana w’umuntu nta kabuza yuko inkozi zibibi zizarushaho gukiranirwa kandi ibyazo bya nyuma bizaba bibi kurusha ibya mbere niko Uwiteka Nyiringabo avuze!

Dore zohereje imyuka mishya yo ku kuvangira kugirango udasobanukirwa amayerekwa ngo kuko byicwa ni uko ubabona mu mayerekwa,none bahisemo gushaka indi myuka ikomeye ifite imbaraga wagirango ziraruta iz’Uhoraho Uwiteka Imana yawe.Nuko ntubatinye kandi ntubakukire umutima kuko Uwiteka Imaa yawe ari kumwe nawe niko Uwiteka avuze!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umugisha wawe wamaze gutungana Uwiteka agiye kuwohereza uwutegereze ntuzatinda kuza uzaza kuko ari ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ribivuga.

Nerekwa inkozi z’ibibi z’abagore niz’Abagabo nazo ubwazo zisubiraamo maze ijambo ry’Uwiteka Imana rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za nkozi z’ibibi zisubiranyemo kandi ibyazo birarushaho gukomera cyane kurusha uko byari bimeze kandi ukuboko k’Uhoraho kurabaremera cyane kurushaho uko niko Uwiteka avuze!

Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore hariho abantu benshi bari baboshywe ni mbaraga z’umwijima none kubera ijambo ry’Uwiteka wandika buri munsi ukaribatangariza ryatumye babohoka bakurwa mu mbaraga zabadayimoni bahinduka imbohore uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Njyawa mu iyerekwa maze mbona uburyo Umwakagara yaciye imanza zibera kugeza igihe abayarwanda babaye abasazi batadukanywa ni inzu zimbohe aho yafunze abantu akabima ubutabera kandi byose yabikoreye ubugome buturutse mu mutima.Maze mbona bubaka igihugu bashyizeho umwete cyane ngo barashaka kwereka amahanga yuko igihugu cyateye imbere.

 

 

 

 

Mu gihe barimo gukora bakorana umwete mbona yamvura yahanuwe n’Umuhanuzi w’Uwiteka Imana Nyiringabo mbona ko ukubye kandi igeze hasi kugirango inyangire abanze kwanura ibysitswe.Nabonaga abakozi b’Umwakagara bareba kujisho iyo mvura imanutse igeze mu bisi bya HUYE nanjye nkomeza kwitegereza yuko bajya kuyugama mbona ibagezeho bahagarika ibikorwa byabo ntibaba bagikomeje kubaka iyo nzu kandi bari bageze aho barangiza kubaka igice cyayo cyari gisigaye ngo barangize kubaka iyo nzu niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rizaho maze rirambwira riti,mwana w’umutu,dore inkozi z’ibibi zo mu bwoko bwa ILLUMINATI, zategateze hirya no hino,none udasohoka ngo ujye kumurimo kuko utari bubone inzira ikugarura.Ahubwo dore hari umugisha bene so bohereje ube ariwo ujya kuzana kugirango uhindure ibirindiro byaho ukorera kugirango utagwa mu mutego uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Dore mwese so umwe muri bacye cyane uri kumugabane w’UBURAYI,yohereje umugisha ari muri babandi bacye batageze no kwicumi [10] batabarirwa mu mubare wa za magigiri mu bantu bagera ku [100] ndetse banasaga bari bashinzwe kugucisha igihanga.Dore uwo mubyeyi bamuteje imbaraga z’umwijima ibibazo bikomeye hirya no hino,none ugire umubire umugisha w’Uhoraho kandi uhagarike imbaraga z’umwijima bamwoherejeho maze agirirwe Ubuntu n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

 

Maze gukora ubukwe mu 2008 muri Nzeri taliki 27,ku wa gatandatu mu cyumweru cya nyuma cy’ukwezi kwa Nzeri.Mu birori byo kwizihiza ubukwe bw’Umuhanuzi Majeshi Leon na Mukandirima Murekatete,inkozi z’ibibi zaduteje INKUBA yakubise isanga hari imbaraga za masengesho Umuhanuzi yari yakoze y’iminsi [60] maze uwayiteje abonye yuko itwaye ubusa,aravauga ati”koko uyu muntu ni umuntu w’Imana.

Nyuma yubukwe ntabwo ibintu byoroshye cyangwa ngo bigenda neza,ibyari umunezero byagiye bihinduka nabi amahoro nari nisanganiwe mbere yuko nshaka agenda akendera gahoro gahoro kugeza arangiye burundu.Impamvu yo kubura amahoro yaturutse kuri mwishwa wanjye wakoranaga na mushiki wanjye ari we nyina wabo tuvukana kwa data nyamara Jeannette Mukeshimana nijye wamwishyuriye amashuri uhereye primary kugeza arangije amashuri yisumbuye (High School)

Ubwo mbere yuko nkora ubukwe yazanye umupfumu murugo nari nigiriye kumirimo ariko ngarutse murugo nirambitse nerekwa ibyo yakoze ndamwihorera kugirango bitantera ibibazo bikomeye kurushaho.

Ubwo nahanganaga na Jeanette Mukeshima,ninako Madamu nawe yahanganaga na Mukarujugiro Jacquline mushiki wa Baricana EUGENE, utarashakaga yuko dukora ubukwe ngo ni uko yarasigaye kwa musaza we wenyine atarashaka umugabo.Hariho kurwana intambara kumpande zombi mu buryo budasanzwe!

Ariko bucya twakoze ubukwe kuwa 28 Nzeri nabonye kurubaho handitse ho ngo “DIVORCE” icyo kibaho cyari kigifashwe numudamu yari yambaye imyenda ikanzu y’umweru dede! Nabibwiye madamu aransubiza ati abo nabadashaka ko tugira urugo,ariko nubwo nari ntarasobanukirwa cyane gusobanura inzozi ntabwo nanyuzwe nibisobanuro bye,ahubwo naricecekeye kugirango bitongera intambara ziyongera kuzidi.

Umugisha mucyeya narinsanganywe wahise ukama!Mbona hadutse intambara zitandukanye hirya no hino kandi noneho ibyringiro narimfite yuko twafatanya na madamu kurwna izo ntambara ahubwo nawe yahise yinjira mu bandwanya ahereye kuri mwishwa wanjye Jeannette wamusuzuguraga uhereye turi abafiance.

Namusabye kunyihanganira nkamushakira aho amushyira dore ko yaramaze kuba ‘INKUMI’ kandi mu Kinyarwanda kikaba kizira kwirukana umukobwa wamaze gukura ugeze igihe cyo gushakwa kandi noneho ndi Nyirarume nirindi kwitwa ya mvugo ngo NYOKOROME akuruma abona!Cyangwa se ngo ibunyokorome uhagezwa na NYOKO.

Kuvuga nugutaruka, ubwo byaranze amezi [2] ntayayampa umwishwa mushakira aho mwerekeza vuba na bwangu.Noneho nibwira yuko amahoro agiye kugaruka murugo,ariko wapi!Madamu agakomye kose ati wababajwe nuko nirukanye mwishwa wawe.

Ubwo tugeze muri 2009 nerekeza mu masengesho y’iminsi [45] igisubizo nakuyemo ni uko ngomba kuva mu gihugu kuko igihugu kigiye kwinjira mu bihe bidasanzwe by’intambara zitagaragara kandi ko nzashyirwa mu nzu y’imbohe kubera ubuhanuzi bwavugaga yuko Gen.Nyamwasa Kayumba, azahunga igihugu na Col.Karegeya Patrick, Nyakwigendera bwari bumaze gukwirakwira hose ariko Col.Karegeya niwe wari yarahunze hari hasigaye Gen.Nyamwasa Kayumba.

Ubwo nihuse twinjiye muri 2010,ubwo ariko mu byagaragaraga wabonaga yuko ubuzima bw’igihugu bugenda bucyendera gahoro gahoro mu bijyanye nubukungu.Ubwo bigeze kuwa 25 gashyantare 2010 twumva inkuru kuri bbc gahuza miryango yuko Gen.Nyamwasa yahunze igihugu yamaze kugera mu buhungiro.

Muri icyo cyumweru nibwo za gerenade zatangiye guturuka hirya no hino mu murwa mukuru wa gakondo ya bakiranutsi.Ubwo narimaze kubona amakuru avugako izo gerenade zaterwaga na Col.Karangwa JOHN, icyo gihe yarafite ipeti rya majoro kandi yaravuye kwiga hanze y’igihugu ibijyanye no guteza akavuyo no kugahosha ayo makuru narinyakuye muri ambasade ya America iherereye ku kacyiru (muri gasabo).

Ubwo umwuka w’Uwiteka yakomeje kumburira yuko ni ntahunga bazamfata bakanshyira mu nzu y’imbohe kubera ubuhanuzi bwari bumaze gukwiragizwa hirya hino ariko jyewe ntabizi kuko bamwe mu bantu twari tuziranye harimo na za magigiri nyinshi zitwazaga ko ngo zikijijwe naho zabaga zizanywe no kugigira umudendezo w’ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Ubwo umwuka w’Imana yansabye kwimuka ngurisha ibintu narintunze bicyeya kugirango bitazambera inzitizi ubwo natangiye gushakisha impamba izankura mu gihugu nerekeza mu butayu.

Ubwo ku wa 24 mata 2010 nahise nerekeza mu gihugu cya Uganda, mu butayu bwaho buri kumusozi witwa BUNAMWAYA, prayer Mountain SSEGGUKKU,mbere yuko twerekerayo turi muri Guest house ya ONATRACOM, ahangana saa kumi nimwe z’igitondo nibwo nahawe ihishukirwa mbwirwa yuko madamu atazashobora ubutayu tugiyeo ko akwiye gusubira inyuma muri gakondo.

Mbimubwiye yanze kubyemera,bwaracyeye dukomeza kurusozi cyangwa umusozi wa prayer mountain twahamaze amezi [2],impamba twari twarajyanye irashira,ariko madamu ntabwo yigeze yemera yuko  yarangiye kuko yabonaga Imana ikomeza kwikorara imirimo we akagirango hari andi mafaranga narimfite namuhishe kugeza abimbwiye.

Ariko nabaga ndimo guenga nkabona haje umugande cyangwa umugande kazi,akambaza ati,Musumba Mukama yebazzibwe,nanjye nkamusubiza nti,Yebazzibwe Nyoo,gwe uri musumba kuva E Rwanda?Nti cyane!Katonde yangambye nkuhe kumkisa,nkibonera umugisha gutyo nkamusengera ibitangaza bigakoreka.

Ibyo byabaye kenshi cyane ubwo nirukanaga abadayimoni babaga mu bantu,bwari ubwambere mbonye yuko mfite impano yo kwirukana abadayimoni kuko muri gakondo nta mwanya nagiraga wo gusengera abantu cyane kuko akenshi nabaga ndi mukazi kamaboko.Abagande bamaze kubona yuko mfite iyo mpano ubwo batangiye kubwira bene wabo hamwe na banyarwanda (Abahima) batuye muri icyo gihugu batangira kujyana mu mago yiwabo no mu ntara zose za Uganda maze nkora umurimo w’Imana karahava.

Nibwo naje kujya kubwiriza ahitwa KYENKWAZI, ndaritswe na mwene data witwa BOSCO, wasengeraga muri ADEPR, bakiri mu Rwanda.Niwe waje kumpuza na SGT.NSABAGASANI DOMINIKO, wiyitaga Umuhanuzi naho yari magigiri wabigize umwuga ibyo yitaga ubuhanuzi na makuru bari baravanye mu bapfumu bababwira ibizaba muri gakondo ya bakiranutsi noneho barabifata babihindura ubuhanuzi kuko nijye wabumwandikiye kuko atazi kwandika mbuha nyakwigendera INGABIRE Charles, ari nawe waje kumugambanira (Nsabagasani)

Uyu NSABAGASANI, niwe wampuge na za magigiri za RPRK, zari ziyobowe na bagabo [2] bavukana MUNYANDINDA MBAYIHA JOHN,na MUNYANDINDA Mugisha James.Ubwo baje bitwaje ko ngo bakeneye yuko navugana n’Umwami Kigeli ngo kuko NSABAGASANI, yababwiye yuko mfite ubuhanuzi bumuvugaho.Nguko uko natangiye kuvugana na Ndahindurwa maze sinakubwira Imana iranyihorera kugirango ibyahanuwe yuko nzakorana na za magigiri muri 2003 busohore ko bazashaka kunyica ariko bakaba batazabishobora

Igihe cyarageze turatandukana maze kumenya yuko bakorera Umwakagara kubimenya nabifashijwemo na magigiri LT.RUYENZI ALOYS, wa RNC,ukeneye kumenya byinshi wareba kuri egretNews.com inyandika iri front page yitwa AMABANGA YIKUZIMU,babonye yuko amabanga yabo nyashyize hanze nibwo bahise bangambanira baranshimuta ariko Uhoraho akinga ukuboko Babura uko banca igihanga bamfungira muri  Gereza ya CMI iherereye ahitwa bugorobi mukigo cya gisirikare cyitwa GARSON, barracks.

Nahamaze amezi hafi [6] kuko nibuka neza banshimuse taliki ya 22 Nov 2011 babifashijwemo na magigiri NYAGASAZA Innocent (Fruit) narimaze gusezeranya (ubukwe) afatanije na nyakwigendera INGABIRE, twari tumaze gutandukanywa nizo za magigiri kubera gushaka gutegeka ikinyamakuru InyenyeriNews.com yaje guhindukamo InyenyeriNews.Org ubu icyo kinyamakuru kiri mu maboko ya magigiri ya Kigali yitwa Noble Marara, utuye mu gihugu cy’Ubwongereza afatanije na KARURANGA JOHN, wari yarashinze ishyaka ryitwa IMVURA.

Turi muri gereza Major AGABA ARUTHA, yemereye za magigiri z’Umwakagara yuko yanjyana nkajya guhura nazo kugirango zimbaze ibisobanuro bijyanye n’ubuhanuzi bwizaba muri gakondo ya bakiranutsi.Icyintu cya mbere bambajije kwari ukumenya niba koko Gen.Kayumba Nyamwasa azafata igihugu akaba perezida (umukuru w’igihugu) babimbaza nabonaga babibaza bafite impungege nyinshi cyane.Ndabahakanira mbabwira yuko atazaba umukuru w’igihugu,ariko azarwana kandi azanesha ingabo z’Umwakagara hanyuma Umwami akima ingoma.

Imana yagaragazaga Umwami Ndahindurwa Kigeli,ariko kubera atarinze amasezerano niyompamvu Umwakagara yamushakiye hasi hejuru kugeza amuciye igihanga kandi nta nakimwe ntari naramubwiye uko azagambanirwa ni uko acibwa igihanga anyuze mu muryango we wahafi cyane ko Gakwaya Jean Marie, ari we uzakora izo gahunda zo kumucisha igihanga ariko yikudira intonorano za Gakwaya umwana w’umwega maze ashirwa ari uko asohoje umugambi we mubisha maze Ndahindurwa yisangira basekuruza mbura gihe.

 

 

 

 

Ubwo naje gufunganwa n’ingabo za FDLR zari zarahunze urugamba zihungira muri Uganda nyuma yuko FDLR yiciyemo ibice [2]; taliki ya 12 mata 2012  twafunguriwe rimwe jye banjyana kuri ICRC Red Cross International naho bo babajyana mu nkambi bahinduka abaturage nkabandi bose ariko bashobora kuba barabishe kuko Umwakagara yari yatuguze nijye na bandi basore [2] umwe yari umwana ukiri umusore ukomoka mu bwoko bw’Abahutu,naho undi yari umugabo washatse witwa ATHANASE ukomoka mu bugesera.

 

Ubwo mbere yuko dutandukana nahamgaye uwo mugabo ATHANASE kuk nabonaga agira ishyaka ryo gushaka kumva imvugo y’Imana ibyo ituburira kumigambi mibisha bari badufiteho nuko bizagenda tugeze hanze!Abo ba FDLR bamaze kumva yuko bafunguwe batubwiye yuko ngo ibisigaye bari byikorere ubwo uwo mugabo namubwiye uko ari bubyitwaremo yuko bene wacu bamaze kutugura nyuma yuko Red Cross ibabereye ibamba ubwo bashakaga kudusubiza muri gakondo kugirango Umwakagara adduce ibihanga.

Gen.Bakahumura Charles imfura y’I Rwanda arambaza ati,ko numvise uvuga urukiga nikinyankore,waba warabaye Uganda?Ndamuhakanira ariko mu bwira yuko aho twari dutuye muri Tanzania twari duturanye nabahima ndetse nabakiga,akaba ariyompamvu nzi igiima nigikiga.

Ukongeraho ikiganda narimaze kumenyera aho ngaho.Umugabo wabandi arambwira ati,umva rero nkubwire Majeshi ukore gisirikare uko wakize kuko hamaze gufatwa umwanzuro wo kukwirukana muri Uganda ushake uko wambuka uve muri kino gihugu cya Uganda.

Kuko Umwakagara yifitiye abantu be bari hano bashaka kuguhitana.Ati dore muri servise ya CMI, bayinzanyemo vuba sidamenya ibyaho neza,kandi banzaniye amashillingi menshi ngo nshakishe uko nakwica ndabahakanira none amaraso yawe ntazambarweho nta cyintu na kimwe nakorera Kagame kuko twagize Imana turamukira turamubaha natwe hano yaratumereye nabi none mwana wa maam reka nkugambire ukore nkamahe timbasa kukuhereza protection uruge muyuganda urondere ihinga uruge muyuganda.

Nibwo bahise bantwara muri International Committee Red Cross ICRC maze umufaransa Kazi witwa Caroline angirira neza cyane Imana imukoresha ibikomeye nibwo yajyaga kumpisha muri hotel.

 

 

 

 

Ubusanzwe Amnesty International niyo yagombaga kumfata incharge ariko uwitwa Will umukongoman wakoranaga na za magigiri z’Umwamakagara yanze kunkura muri Uganda kandi director wa amnesty in Africa yamaze gutegeka yuko bankura muri Africa ariko arabyaga.

Ahubwo ampa amauro € 300 ubwo aba aranyiyambuye ubundi Imana ikomeza kwikorera twihishahisha mu mahotel icyo nababwira nuko uwo wiringiye ariwe ukugurisha buriya hari abantu benshi bakwishima bumvise yuko naciwe igihanga bakwishima kuko bazi neza yuko nituramuka duhuriye muri gakondo batazabona aho bazanyura kubera ubugambanyi bankoreye cyangwa banakoreye abandi banyarwanda kandi akaba arijye ubafiteho amakuru kandi nkaba nkora mu itangaza makuru sinzi uko bizagenda ariko reka tubitege amaso turebe amaherezo yinzira ni mu nzu.

5 Nzeri 2012 nibwo UNHCR, yatugambaniye iduhagaza itubwira yuko tuza twiteguye kugirango idukure muri Uganda.Naho wari umugambi wo gushaka uburyo nagera hanze kuko bari barambuze nibera muri hotel ntasohoka Imana ivuga yuko tugiye guhura nibikomeye ariko sinamenya ibyari byo,mbaza guhamagara umuzungu warushinzwe protection witwa STEVEN, mubaza izo gahunda izarizo,ambwira yuko atazizi,mukanya aba yohereje ubutumwa bugufiya buvuga buti,ugende mukanya turahurirayo.

Bitewe nuko telephone bayitrackingaga ubwo bahise bavugana nawe nawe aba agiye muri gahunda yo kuncisha igihanga,nibwo twasohitse tugera hanze tugeze ku isaha ya Queen muri round about ya kampala nibwo twahise tuzengurukwa nabasirikare.Ubwo ukuntu byahuriranye na matara yo mu muhanda yahise aduhagarika wagirango nibo bahise bayahagarika.

Ubwo turahagarara ako kanya haza abasirikare [6] bafite imbunda mbona bashyize urusasu muri chamber yimbunda badukura kuri motor maze madamu ahita avuza induru hari za magigiri zo mukadomo hafi aho zambaye imyenda ya sivillini ubwo abamotori aho bavuye ntumbaze bahise baza ari benshi cyane mbona za magigiri zirirutse zirahunga natwe duhita dufata indi mutor iyo twariho turayireka dutwarwa n’umwana w’umunyarwanda na none wo mu bwoko bw’Abahutu atugeza muri ICRC.

Ubwo UNHCR, yahise ihamagaza STEVEN, araza nk’umuntu ushinzwe protection,tumubwira byose uko byagenze maze twanga kuva ahongaho kugeza azanye imodoka akodesheje adusubiza muri hotel.Ubwo ijambo nari nabwiye madamu yuko naho baza bakagota hotel nta cyo bashobora kuntwara abananiwe kunyicira muri gereza ntabwo hanze ariho bazabishobora.

Ni ukuri Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ahabwe icyubahiro kuri ibyo yakoze byari birenze ubwenge bwacu,kuko Umwakagara yazaga buri gihe kuvugana nabayobozi bakuru binzego z’ubutasi bwa Uganda.

 

 

 

 

Yasimburanaga na Gen.Charles Kayonga,uwanyuma yari Nyiramongi JEZEBEL, maze bafata umugambi ko turekurwa kugirango batwicire hanze ya gereza kuko muri gereza kuduca ibihanga byari byananiranye reba www.egretNews.com ubasha kuhabona ibisobanuro bihagije kuko byose ntashobora kubyandika hano ngo nzabirangize kandi nubundi byanditse!

Red Cross yahise injyana muri hotel,nahamaze amezi [7] ubwo niko bampigaga amanywa nijoro barekereje kureba yuko nasohoka ariko Uhoraho angirira neza.Ayo mezi yose Imana yakoresheje abantu batandukanye harimo SOPHONIE, utuye muri America ahitwa GEORGIAN, akaba umuhutu ukomoka mu Bugesera yafatanije numurundi umwe utuye nawe muri America ahitwa SOUTH CAROLINE,aba nibo Imana yakoresheje banyoherereza Ticket inkura muri Uganda hamwe no kwishyura hotel ndetse ntibagiwe n’umwana wanjye mugakiza OLIVIER.

 

 

 

Imbere ya UNHCR, twahamaze iminsi [6] turara imbere ya UNHCR, headquarter uhereye taliki ya 1 Nov 2012 bahankuye bajya kumfungira kuri police ngo kuko nanze kuhava kandi nyamara bazi neza yuko mbarirwa mu mpunzi za HCR.Police yanze kumfunga basanga ntamategeko nishe ibyo nakoze ko ari ko byari bikwiye gukorwa maze bangarura kuri HCR, nibwo bahise biyambaza umukuru wa OPM witwa KAZUNGU, waruhagarariye impunzi muri Uganda akaba umututsi wiyita umuhima aho impunzi zibanza gusaba ibyangombwa bisaba ubuhungiro (Cylum seeker) mbere yuko winjira muri HCR.

Ariko twebwe kuko yari cause yihariye ICRC, yari aratwaye dossier yacu muri HCR, ariko za magigiri zikoreramo zigize abahima (Abatutsi) zikorana na Kigali ziburizamo dossier yacu.

Ariko ubwo maze kugera muri gereza Uwiteka yambwiye yuko nzava muri Uganda nimodoka yo mu bwoko bwa bus,ntabwo rero hari isezerano ryo kuhakurwa nindege.

Ubwo police imaze kundekura,nahise nigira muri ICRC, turahirirwa bigeze kumugoroba,twerekeza kwa nyirasenge wa mudamu witwa BORAH, washakanye numugande witwa GODY,akaba Col.Mugisirikare cya UPDF,uwo niwe wari yarahawe gahunda yo kungurisha ubwo nari nkiri mu nzu yimbohe bamubwira gushaka uburyo yakwicisha madamu kugirango adakomeza kujya muri za communute International kubaza impamvu umugabo we yashimuswe kandi akaba atemerewe kumusura bakaba batanashaka kumugeza mu butabera ngo ahabwe ubutabera dore ko nta nurubanza bari bafite bandegaga kuvuga gusa ngo nandika amakuru kuri internet kandi ariyo mwuga wanjye ndetse umuryango wabibumbye ukaba wari wasohoye itegeko ryemerera abantu kwisanzunzura bakavuga ibyo batekereza bakoresheje ikoranabuhanga.

Ubwo twapfuye kujyayo kuko ntayandi mahitamo twari dusigaranye.Ubwo nabanje guhamagara uwo mabukwe mubaza niba yaducumbikira iminsi itatu kumunsi wa kane dugashaka iyo twerekera kuko nari namubwiye yuko ku wa gatandatu tuzahava.Yarabyemeye aratwakira tujyayo ubwo hari ku gatatu ku kane nibwo umugabo we yabimenye araza murugo ubwo umugore we BORAH arambwira ngo ninshake iyo njya kwihisha ngo kuko umugabo we araje.

Ndamuhakanira mubwira yuko bidashoboka kuko narafunzwe ndafungurwa nta cyatuma mpunga ngo njye kwihisha kandi nta cyaha mfite.Ubwo nahise nambara neza nicara muruganiriro “STTING ROOM”umugabo amenya yuko ariho nicaye mutegereje ubwo atangira gukora imidoka itapfuye ayireba munsi afungura imbere ni nyuma arangije asubirayo.

Ubwo umugambi kwari ukumpahamura kugirango nsohoke niruke bandasire hanze ibyanjye bibe birangiye!Ubwo umwuka w’Imana arambwira ati,humura uko wabyizeye niko biribukugendekere kuko utazarenza kuwa gatandatu kuko ntawakoreye Uwiteka wikorera amaboko ngo abure uko abigenza!

 

 

 

 

Bwarakeye ku wa gatanu nyirinzu atereza yuko mubwira gahunda z’urigendo araheba!Ariko muri jye naringifite ibyiringiro ko Uwiteka Imana yanjye hari icyo agiye gukora.Ubwo twararuhutse bigeze mu masaha ya tanu zijoro mbona ubutumwa bugufiya buturutse muri America  kuri mwene data Sophonie yohereje amadollar $ 180,ahangana saa saba zijoro mbona mwene data inshuti ya Sophonie utuye South Caroline yohereje $ 100 ubwo yose hamwe yarabaye $280 ubwo mu magane cyangwa mu mashillingi yageraga kubihumbi 780,000 Ushs.

 

 

 

 

Kandi Uwiteka yari yavuze yuko imodoka nzagendamo izaba irimo umuzungu ari nako byaje kugenda imodoka yitwa “EASY COACH” twagiyemo twerekera ibabylon yaririmo umuzungu umwe.Ubwo umwuka w’Imana arambwira ati,mwana w’umuntu nturare muri iki gihugu kuko nuharara utazabona uko uzakivamo.

Ubwo hari taliki ya 10 Nov,1012 kuwa gatandatu  nibwo twafashe imodoka twerekeza IBABYLON tuva mu gihugu cy’Abapfilisitia.Ubwo mu gitondo nyirirugo mugitondo yatunguwe no kumva yuko tugiye kandi yarazi yuko nta mashillingi dufite arambwira ngo YEWE nemeye yuko ukorera Imana pe!Burya gukorera Imana abantu bagushidikanyaho ntibabone Imana ukorera ni ukunyagwa zigahera

 

 

 

 

Twahagurutse Kampala saa kumi ebyeri z’umugoroba twerekeza mu gihugu cy’IBABYLON, nitegereje mu modoka mbonamo wa muzungu Kazi Imana yavuze ko tuzajyana mu modoka mpita menya ko urwo rugendo ruri muri gahunda y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.Turi mu modoka tugenda njya mu iyerekwa mbona Intare itwaye igare nakaboko kamwe, kandi yarifashe kumodoka twari turimo idukurikiye,maze umwuka w’Imana arambwira ati,FPR, irabakurikiye muragera IBABYLON, nayo yahabatanze!Duhita tumenya yuko Sophonie waduhaye ticket idukura muri Uganda Kampala yatugurishije.

Twageze mu gihugu cy’IBABYLON, (Kenya) taliki ya 11 Nov, 2012 kucyumweru tujya gucumbika muri hotel yitwa SDA, niyabadintiste bumunsi wa [7] uko niko Imana yari yavuze ko tuzashyikira muri hotel ya badivantiste bumunsi wa [7] twahamaze ibyumweru [2] kugeza ubwo ubushobozi bwashize ubwo duhita dutangira ubutayu.

 

 

 

 

Ubwo twacyetse yuko Sophonie yavuze ko twamaze kugera mu gihugu cya Kenya (BABYLON) kuko niwe wenyine waruzi yuko twahagurutse Kampala twerekeza NAIROBI.Ubwo batangiye kuduhigira muri hotel twaba ducumbitsemo.Bibiliya ibivuga neza ngo uwiringira umwana w’umuntu avumwe.

Ntuzatangazwe nuko umuntu yakugiriye neza,ahubwo uzibaze cyane impamvu akugiriye neza niba koko inyuma yiyo neza nta cyaba cyihishe inyuma yiyo neza.Ikindi ukwiye kumenya,ni uko Imana ishobora gukoresha abantu nk’uko yakoresheje Indogobe yaritwaye BALAKI, warugiye kuvuma ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana kugirango umenye yuko idakoresha abeza gusa,ahubwo na babi ishobora kubakoresha ishingiye kunyungu zayo zijyanye no kuyizera kugirango umenye yuko ar’Imana kandi uzabashe gutanga ubuhamya bwibyo yagukoreye.

Ninayompamvu Imana yongeye kunsaba kongera kwandika ubuhamya bwurugendo rwanjye rwo mu butayu nyuma yuko umwuka w’Imana avugiye yuko igihe cyo kuba mu butayu kirangiye!Ahari irashaka yuko abatarabonye ubwo buhamya bongere bagirirwe Ubuntu bwo kumenya imbaraga z’Uhoraho ni neza ye itagira itangiriro niherezo.

NB: Icyo nababwira mwebwe mwese mwasomye ubuhamya,mumenye yuko nta cyo muzireguza mubwira Imana yuko mudashobora kuyikorera kuko nzababera umuhamya wo kubashinja ibyambayeho kandi byabaye mu gihe cyanyu kandi nanjye akaba aricyo gihe nabayemo ubwo murumva yuko mutazabona icyo mwireguza.Imana irabizi yuko mujya mwitwaza yuko ngo Imana yabanye nabacyera ngo ntabwo ikibana natwe nk’uko yabanaga nabakera ariko siko biri kuko twe twabonye Imana turayihamya kandi uko yagiriye neza abakera,ninako natwe yabanye natwe kandi twabonye ineza yayo kuko twe twayibonye nitwe tubihamya uko biri.Murumva rero yuko ntacyo cyo kwireguza musigaranye.

UNHCR, imaze kwanga kuduha ibyangombwa kugirango dukurwe mu butayu,twahise tujya kurara muri Kiliziya Gatolika irihafi ya UNHCR, ahitwa WESTLANDS, iyo kiliziya yitwa CONSOLATA SHRINE,Twahasanze umuzungu maze atangira kutwigisha amibukiro hamwe nishapure turasenga amateraniro arangiye twegera umuzungu tumubwira ikibazo cyacu adutera utwatsi.

Cyakora atwemerera kurara muri Chapel, dusenga,maze hazamo undi muzungu wumusaza maze aratugeza wagirango ufashwe nagatotsi ubwo agahita akwirukana ukajya hanze.Ntibyatinze bigeze saa kumi nimwe z’igitodo madamu agatotsi kaba karamufashe maze ako kanya ahita amujugunya hanze!Ubwo hari hacyeye duhita twerekeza UNHCR, kumva umwanzuro wabo wanyuma dusanga bamaze kutugurisha nibwo twahahuriye numusore w’UMUNYAMURENGE, witwa KAZUNGU, maze atujyaa kwa Pastor Nkundabantu SIMON, ahitwa Kasarani.

Twasanzwe Pastor adahari yagiye mu masengesho y’iminsi ibiri,ubwo ahamagara umwana w’umukobwa waruraho amubwira yuko turi abashyitsi ba Pastor.Nibwo adusize ahongaho bavuye mu masengesho hari kuwa gatandatu badusangaho ahongaho.Atubaza amakuru ikitugenza tumubwira ibyurugenzi rwacu cyangwa urugendo rwacu.

Ariko bene wabo baza bamubwira bati, aba bantu nibamagigiri ubwo Simon ntiyizera ibyo bamubwira abaza kutugenzura maze aza gusanga impano z’Imana ziri muri twe,nibwo yatangiye kutugirira ikizere maze abanyamurege bandi bamaze kumenya yuko nazize guhanurira uRwanda na mahanga maze siakubwira barahaguruka bati,uyu mu Pastor uzi icyongereza neza akaba Umuhanuzi aradutwara abakiristu bacu.

Ubwo umwanzi aba ahagurukije intambara zitabaho ubwo hari assistant Pastor witwa Madera Marcela akaba umuhutu w’Umurundi niwe byibuze wageragezaga kuba yabwiriza mururimi rw’Icyongereza neza.

Amaze kumenya yuko ururimi rw’Icyogereza nigiswahili arizo ndimi zanjye nivugira nk’uko nabo bavuga igifaransa,intambara yahise yikuba kabiri bafata icyemezo cyo kujya kutujugunya ahitwa NGONG mu cyumba cyamasengesho ahitwa KIBIKO badusigira amashillingi ibihumbi 2000,ariko Pastor yasigaye ababaye cyane kandi akomeza kubura amahoro maze nawe aduha ibihumbi 4000 rwihishwa ubwo dusigara aho muri icyo cyumba cyamasengesho.

Jye na madamu twishyuraga amashilligi 120 burimusi kugirango tubashe kuba muri icyo cyumba cyamasengesho.Byagezeho arashira maze noneho tuba twinjiye mu butayu bwiza cyane aho twasabwaga kwizera Imana nk’uko twayizeye tukiri Uganda.Ubwo butayu bwatumye madamu yibagirwa Imana yadukoreye Uganda.Ubwo abanyamurenge bari bazi neza yuko ahantu Marcela yatujugunye tudashobora kuhikura.Ariko bibagirwa yuko dufite Imana.Bohereje za magigiri zidusanga aho mucyumba cyamasengesho bazanywe no kubwira nyiri cyumba ngo atwirukane maze babone uko baduca ibihanga.

Ubwo baraje basanga Imana yamaze kutubwira gahunda zose uko ziteye imigambi yabo yose uko bayiteguye,baje bazanye litre [5] za mata bazaniye uwo mucyecuru maze ako kanya nahise mpamagara Masai twasenganaga muri icyo cyumba araza aradutwara ako kanya duhugira ahitwa TINGATINGA werekeza aho bacukura umunyu hitwa MAGADI.

TINGATINGA twahamaze iminsi [3] kubera ubushyuhe bwo mu butayu bukabije numuyaga mwinshi cyane.Twananiwe kubyihanganira atugarura muga Centre kari hafi mu bilometro nka [60] hitwa KISIRIAN.Twavuye KISIRIAN duhugira RONGAI nyuma yo gukoreshwa ibitangaza bikomeye birimo kwirukana abadayimoni bitwa Lessibians mu mugore witwa Njeri wakoraga ibyo bikorwa byo gusambaya abagore bagenzi be.Sibyo gusa byabaye hakozwe byinshi kuko na KIBIKO nicyo cyari cyabiteye aho nirukanye dayimoni mu mukobwa wo mu bwoko bw’UMUKAMBA dayimoni yitwa ChoroChoro ishizwe guteza ubukene yari yananiye abaPastor bagera ku [9] maze kuyirukana naho ntabwo bongeye kundeba ijisho ryiza.

Rongai twagiye murusengero rwa NEW LIFE CHURCH MISSION,umurimo w’Imana rero iyo uri mu bantu ntabwo ujya wihishira.Haje Intumwa ikomeye muri iryo dini kubwiriza maze umutu twari twicaraye yarafite dayimoni kubera amasengesho anarindimo akomeye yaje kuganza uwo mugore maze umudayimoni atangira kuvuza induru maze Appotre cyangwa appostle yibwira yuko ari we wirukanye umudayimoni ahamagaza wa mugore bamujyaa imbere yirukana dayimoni yanga kumuvamo!

Ndahaguruka ndagenda ndamwirukana mbona baratanga kuriye ubwo nari nanutse cyane nsigaranye ibilo [55]; kuri [87] nakuye muri hotel Uganda ubwo batangiye kundeba ijisho ribi cyane ubwo sinasubiye gusengera muri ryo dini.Ubwo nagiye murindi dini ryitwa Christian SIGHT Centre aho muri Rogai nahamaze amezi [2] hakizwa abantu [60] boyogera kuri [22] aho niho nafashe umuPastor witwa Janayi yarashinzwe kuroga abakiristu ayoboye.

Hejuru ye hali BISHOP SIMON AGWEYA,nawe wakoreshega imbaraga zo mu bwoko bwa Astrology izo mbaraga ziba mu maso aho umutu akureba mu maso agahita amenya ikibazo kikuzanye agahita akubwira ikibazo cyawe ariko akaba adashobora kwirukaa uwo mudayimoni kuko aba akorana nabo badayimoni.

Ubwo umwuka w’Imana yakomeje kuvuga imikorere yakidayimoni bakoresha bayobowe na ILLUMINATI witwa JOSEPHAT KOIKOI niwe warumutera nkuga wabo.Nyuma yicyumeru bahise bashaka kutwica duhugira kumusore warukijijwe vuba witwa Phillip AMKUTSI kubera ibitagaza yaboye bikoreka.

Yaduhishe mu nzu ye,amezi [7] nyuma aza kubwira ba ILLUMINATI ariwe uduhishe nibwo bamwemereraga intonorano maze aratugurisha.Hasigaye icyumweru ngo baze kudufata Imana imbwira gukora amasegesho nibwo taliki 4 mata 2014 baje kutwiza basanga nahavuye saa kumi z’ijoro nagiye Nairobi.Ubwo madamu yaje kunsaga NGONG kuko niho nongeye guhungira ansangayo maze ubutayu burakomera ibintu biracika birushaho kuba bibi cyane nibwo madamu yahise ahamagara musaza SATADAY wakoraga muri East African Community EAC ifite ikicaro gikuru mu murwa wa NAIROBI amwoherereza ticket ngo yitahire.

Ariko yohereza atuzuye,ubwo turayakoresha muri icyo gihe kitoroshye!Nibwo yabwiye abandi bavandimwe be,bamwoherereza $200 ajya kwishyura ticket bus yerekeza muri gakondo maze ahinduka ikimenyetso cy’ubuhanuzi Imana yari yavuzeko azataha muri gakondo akazaba kimwe mu bimenyetso bikomeye bizakuraho Umwakagara ku ntebe yabukunzi.

Amaze kugenda nahise mbona akazi ka security ariko yansize nirarira mukigunda ahitwa upper HILL,maze kubona akazi ubuzima busa naho butangiye.Amaze kugera muri gakondo Imana irambwira iti,ntuzongere kubona na madamu wawe kuko mwabanye mubushake butari ubwanjye kandi ikimenyimenyi azagaruka nidege azaba yishyuriwe na Gen.Nziza jack kuko azaba azanywe no kugucisha igihanga.None fata kumushahara wawe wahembwe umwoherereze ho umugisha atongera gutuka izina ryanjye avuga ko nta cyo maze!

Nafashe ibihumbi [3000] byamanyaKenya ndamwoherereza nibwo yatangiye gukora ibishoboka byose ngo agaruke tubane biba bitagshoboka kuko yari yaratutse Imana,atuka Ndahindurwa,nanjye arantuka ndetse atuka na mama umbyara witaby’Imana [1981] ibyo byabaye impamvu zikomeye cyane zatumye ntashobora gusubirana nawe cyane yuko Imana yari yerekanye yuko hazaba divorce twaraye dukoze ubukwe.

Taliki 02/07/2015 yari yasesekaye Nairobi-Kenya,ajya kwishyura ibintu twari twarasize muri hotel,arampamagara ngo nze gufata ibintu byanjye nari narishyuye macyeya hasigara 23600 kuko yari 33600 nibwo nohereje umucyecuru w’umuTanzania aragenda ahubwo mba mbahaye umwanya wo gupanga uburyo bwiza uko bazangeza kuri Gen.Nziza Jack.

Ariko ntabwo byabahiriye kuko umwuka w’Imana yarabihushuye ndabacika kandi icyo gihe nari ku nkengero z’ubutayu nibwo Gen.Nziza Jack ubwe yatangiye kunyandikira antuka ibitutsi ntasubiramo ngirango mwarabibonye nabishyize ahagaragara abonye byanze,ati FIRST LADY yemeye kuguha inzu ahongaho LOVINGTON ariko ureke gukomeza guserereza leta wandika ibikorwa byayo ukabishyira ahabona.Iyo nzu narayanze mbabwira yuko inzu idashobora guhwana n’umurimo w’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo nkora ko ahubwo nakwemera ngacibwa igihanga.

Nibisanwe yuko abadamu bagira integenke,ariko iyo ataza kugaruka ashaka kuncisha igihanga,ngo ahindukire akorane n’umwanzi byari kuba byumvikana.Ikindi nuko nawe ubwe Imana yari yamwibwiriye yuko twabanye binyuranije nubushake bwayo kubera kuba abana mu mayerekwa cyane iyo Imana ikwereka ibidahuje nirari ryawe cyangwa nubushake bwawe wibwira yuko arabadayimoni barimo ku kurwanya bigatuma uvangirwa nabadayimoni bigatuma unyuranya n’Imana ugahiduka utumvira Imana kubera kudasobanukirwa inzozi cyangwa amayerekwa.Imana yamuhaye ikimenyetso arota yataye IMPETA ye yambaye mugusaba no gukwa.Maze ansobanuje mubwira yuko urugo rwarangiye arasubiza ngo nibyo nishakira.

Agize ngo arasohoka ya mpeta yaramaranye imyaka [6] kurutoki ivamo iratakara,agarutse murugo ndamubwira nti subirayo aho waruri urayibona.Yari impera ya zahabu ariko abanyaKenya bazi zahabu nibacyeya cyane.Asubirayo arayibona,arongera mu iyerekwa abona yatakaye burundu na none arongera arayita ndamubwira nti ntabwo uri buyibone agerageza gushakisha ntayayibona nibintu byumvikana iyo Imana ishaka kwikorera umurimo wayo,ntabwo yita ku inyungu z’umwana w’umuntu.

Icyo ireba ninyungu zayo,usibyeko zidashobora kubaho hatariho inyungu zuwo ikoresha nyuma yo kumvira Imana no kugendana nayo.Reka ndekere aho ibyingenzi nibi kandi bishobora kubafasha naho ibindi biri mu buhanuzi nagiye mbagezaho.Igihe cyo gukora kw’Imana iyo kigeze hari byinshi byangirika iyo bitari mu mugambi w’Imana.Uhoraho abane namwe kandi buriwese usomye ubuhamya ndatekereza yuko atazabona icyo azireguza imbere y’Uwiteka Imana ya bakiranutsi yari Umuhanuzi Majeshi Leon tuzahurira muri gakondo ya bakiranutsi.

Mar 8, 2017 jyanwa mu iyerekwa mbona insore nsore zo mu gihugu cy’IBABYLON zigenda zitwaka amazu hirya no hino mu gihugu kubera ubuyobozi bw’igihugu bwanze kubakemurira ibibazo cyane abanyeshuli bahagaze kwiga kubera leta yanze kwishyura  abalimu inyongeza ijyanye n’umusahara yabo maze nabo bahitamo kwigira murugo bavuga ko bazagaruka muri Nzeri 2017 hamaze kujyaho leta yindi nshya izabasha kubaha uburenganzira bwabo bujyanye namategeko.

Mar 9, 2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uku niko rivuga,dore hari abantu bangombwa bagiye gukenera kuvugana nawe kuri telephone,none uskake indi yo kuvugiraho kuko iyo ufite bamaze kuyishyira kuri “Tracker”kugirango bazajye bakurikirana ibiganiro ugirana na bantu maze babone uko bangiza gahunda zawe.None dore uhoraho agiye kuguhesha umugisha kugirango ushake iyindi iyo warufite uyireke uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nkomeza kwerekwa ibigiye gukorerwa mu ya bazima,birimo umugambi w’umwanzi “Anti-Christ”nerekwa uburyo hagiye kujyanwa amajyambere akomeye cyane mu biturage binyuranye bahabwa amashanyarazi,na mazi ndetse imihanda igiye gukorwa ariko ntabwo bazahabwa umuhanda wa Kaburimbo kuko ufite igisobanuro cy’inzira yo gukiranuka,naho umuhanda wigitaka ugasobanura inzira yo gukiranirwa irimo umuvumo!

Maze mbona bubatse INKUTA z’imihanda bagambiriye gucunga abahanyura hagati yiyo mihanda yombi  kuko bubatse hira y’umuhanda no hino maze inzira isigara hagati maze inkozi z’ibibi zigahagarara kumuhanda zirebera abagiye kuhanyura kugirango babone uko babahumanya.Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira  riti mwana w’umuntu bafite umugambi muremure cyane wo kuzahumanya ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kubera umwuka w’Inzika y’Inzigo ukomeje kwiyongera  niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibiteye ubwoba kandi bigoye gusobanukirwa ubwenge bwa muntu.Nerekwa ko,muri miliyari 7.5 zabatuye isi,harimo abarozi bagera kuri miliyari 3.75 z’abatuye isi.Maze ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zimaze kugera kumabare wa kimwe cya kabili cyabatuye isi.Kugirango zibone uko ziharira abantu b’Imana uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Burira ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yuko umwanzi yamaze kugera kumubare yifuza aho abakozi ba Satani buri wese yahawe ubwenge bwo guhumanya umuntu umwe umwe kugirango miliyari zisigaye 3.75 nazo zihumane kugirango abo bantu bagize izo miliyari zisigaye bagire amatwi yo kumvira umwanzi wabakiranutsi (Satani) kugirango abone uko arwana intambara ya nyuma Uwiteka Imana adafite abari muruhande rwe uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nuko rero burira abakirautsi babe maso kandi basenge cyane kuko ibihe bigiye kuba bibi cyane kurusha uko byari bimeze.babwire bashake mu maso h’Uhoraho kuko bitazoroha ariko nyine abiringiye Uwiteka ntabwo bazakorwa nisoni ahubwo bazarindwa bishingiye uburyo bashatse mu maso h’Uhoraho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nkomeza guhishurirwa uburyo Uwiteka agiye guhagurutsa itsinda rya bana b’abasore bagiye gukoreshwa ibimenyetso nibitangaza bikomeye mu isi ya bazima.Kandi abo basore bazaba bayobowe n’Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe.Abo nibo bazahangana nimbaraga z’umwijima z’ubwoko ubwari bwo bwose!

Nerekwa Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe ariwe uduhagaze imbere arimo kutubwira gahunda z’Uhoraho Uwiteka nyiringabo uburyo agiye gukoresha abera babizerwa cyane ahereye mu bana b’abasore bizeye Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo ‘Uwiteka Imana ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mar 9, 2017 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,nubwo ugiye kuruhuka,ariko ijambo ry’ubuhanuzi ry’uyumunsi wasize udukosa (Spering errors) none ushake uburyo bwo gukosora utwo dukosa kugirango ry’Uhoraho Uwiteka Imana ribe ritariho umugayo uko niko Uwiteka avuze.

 

 

 

 

Njyanwa mu iyerekwa mbona imodoka imeze nka minibus (matatu) mbona yuzuyemo insore nsore ziturutse mu murwa mukuru wa gakondo ya bakiranutsi”Yerusalem”bayuzuye berekeza mu gihugu cy’Abaphilisitiya (Uganda) baragenda bageze ku nkiko za gakondo ya bakiranutsi mbona bavuyemo bajya kurwanira impamba bari batwaye bibaviramo kurwana bituma bayimarira ku nkiko za gakondo batayijeje mu buhungiro.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abahunga barahunze,kandi urubyiruko rugiye gusahura impamba ibajyana mu buhungiro berekeza mu gihugu cya baturanyi ibupfilisitiya ariko izo mpamba ntaho zizabageza kuko bakoze kubyashingwanye n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo niko Uwiteka avuze!

Mar 10, 2017 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi,mbona amasiganwa arimo gukorerwa muri Park ya gakondo ya bakiranutsi.Mbona umunezero inyamaswa zahoranaga zirirwa zikinira zishyira zikazana,mbona uwo munezero urangira.Mukanya gato,mbona za nyamaswa zigiye mu masiganwa yaba inkuru cyangwa intoya,zose zasabwaga kujya mu masiganwa zanze zikunze kuko ubukubaganyi bw’Umwakagara bwari bugeze ku iherezo.

Nuko ijmabo ry’Uhoraho Uwiteka Imana rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ijambo ry’Uhoraho ryahanuriwe ku gihugu cy’IBABYLON, ryarasohoye inyamaswa zose zahuye na kaga gakomeye kubera amapfa yateye muri icyo gihugu azanywe no kutumva ku mwana w’umuntu,no gukora ibyaha nta cyo bikanaga.None igihe cyaho kirimo kirarangira hagiye kujyaho ijambo ry’Uhoraho ryahanuriwe gakondo ya bakiranutsi.

Dore inyamaswa zigiye kumva injereli zivugira mu matwi yazo,mu gihugu hagiye kuba umutingito,buri wese aho azaba ari,niyumva inkuru z’ibyahanuwe yuko byasohoye!Buri wese azanyeganyega,ndetse barusheho guhinda umushyitsi hamwe no gutitira kuko igihe cy’Umwami waho kizaba kirangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Abazaba batwite,nibumva amakuru inda izavuka!Abandi zizavamo!Abandi baziyahura kuko uruzaba rubategereje bazaba baruzi bityo akaba ari nta mpamvu zo kwirindiriza nubundi ibyo bagomba kwikorera cyangwa gukorerwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!

ijambo ry’Uhoraho Uwiteka  Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi zateguye uburyo bushya bwo gusebya izina ryawe,ariko ntugire ubwoba kandi ntubahagarikire umutima kuko ibyo bavuga ari byo bakwiye kuvuga.Kandi mu gihe gito nta gaciro bizaba bifite mu matwi ya bana b’abantu  kuko ijambo ry’Uhoraho rigiye gusohoza umurimo waryo rikajya ahagaragarakugirango bimenyekane yuko Uwiteka ariwe Imana uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndwana nizo nkozi z’ibibi mbona dwanye nazo ndazica zihita zihinduka inkozi z’uduti dutoya cyane.Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,uko ubaciye ibihanga bagahinduka udukoni,niko bigiye kugenda bazahinduka ubusa imbere yabo niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,genda ubwire Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe mugende mushake INKWI muzikorere muzijyane muri gakondo ya bakiranutsi maze muzihe abalinzi baho nibura bacane barebe yuko bashira imbeho kuko hari imvura yaguye ntibabimenya none dore imivu iramanutse ibasanze ahitwa muri Industrial gikondo mu gishanga.

Ubwo ndagenda mbwira turagenda dushaka izo INKWI imiba [2]; maze turayikorera tuyijyana mu gishanga aho abalinzi bari baherereye.Tuhageze duhamagara umukuru wabo ngo tumuhe ubutumwa twahawe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo.Ariko yanga kutwiba kuko amazi y’umuvu yari yamaze kwinjira mu biro hose ndetse yazengurutse inzu yose.

Ubwo dufata za nkwi tuzishyira hasi mu mazi turigendera,maze mbona b’abazamu umwe arankurikiye anzaho ashaka kungirira nabi,ndamufata turahangana ariko murusha imbaraga maze musiga ar’intere Ndahunga ndigendera.

Ariko mbona akomeje ku nkurikirana ngenze imbere gatoya mpura na mwene wabo,ariko nawe Uwiteka aramunkiza ndikomereza aza ankurikiye ariko mucikira murutoki ruteye aho mu gishanga cya gokondo!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi z’ibibi wazihaye ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana yabagutumyeho,ariko bararyanga.None ubabwire uti,mwabwiwe kwihana muranga,mubwirwa gushaka mu maso h’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo nabyo murabyanga.Ahubwo mwihimbira gusenga kujyanye no gukiranirwa kwanyu,none dore ibyahanuwe biraje biturutse KICUKIRO bimanuka byerekeza mugishanga cya gikondo hatagira inkondo kugirango mutazabona aho mwikondorera uko niko Uhoraho Nyiringabo abavuga.

Njyanwa mu iyerekwa numva abagore [2] bavuga nabi undi mugore bamuseka cyane bavuga yuko yasebe cyane.Umwe mu basekaga uwo mugore harimo umugore wa HON.EUGENE BARICANA witwa Umurungi Marie Claire.Ariko baseka uwo mugore,bari baciye hejuru I Gikondo barimo bahamagarana ku matelefone bashimishijwe nuko mugenzi wabo yahuye nibibazo bamwshima hejuru.

Nuko ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abagore bashimishijwe nabagenzi babo yuko bahuye nibibazo bikomeye barimo kubavuga b’abaganira,nyamara nubwo barimo kubavuga,ntabwo bazi yuko bicariye ikirunga kigiye gusuka umuriro ukabamanura muri kiriya gishanga cya gikondo aho bazaba batagishoboye kubona aho bahungira.Nuko rero ubabwire ngo,ntawuseka umukori,ahetse umukobwa!Kandi sinamenye irabanza,icyo nakoze igaheruka niko Uwiteka avuga.

Mar 10, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona inzu yo muri gakondo ya bakiranutsi,yarasakambutse ishiraho ubwatsi  buyisakaye.Nitegereza n’urufatiro rwayo (Foundation) nayo mbona imbeba zarayicukuye ziyigera munsi mbona ko urufatiro rwaramaze kwangirika kubera imyobo yo hirya no hino.

Nkomeza kwitegereza nibuka yuko njya kuva muri gakondo ya bakiranutsi nasize itameze nk’uko nayisize numva birambabaje cyane.Ubwo ndaamanuka njya munsi yayo muri cya gikombe cya bakiranutsi nsanga nacyo cyaramaze kuma kubera amapfa yizuba ryabaye ryinshi imvura ikaba yarabuze hakaba hashize igihe kirekire yarabuze ariko hakaba hari ibyiringiro yuko mu minsi ya vuba ishobora kuzagwa.

Ndatambikiza njya kureba aho data yari yahinze IMBINGO munsi yumurima wa gakondo ya bakiranutsi,nazo nsanga zaramaze kuma kubera amapfa,ariko mbona yuko hariho nizo batemye zari zigikomeye biranyobera.Mbaza Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe uko byagenze kugirango IMBINGO za gakondo ya bakiranutsi zitemwe na bantu batazwi kandi zishinganywe.

Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe aransubiza ati,haje abaza basheshe akanguhe baza bitwaje imihoro bamubwira yuko batumwe nuwahoze arinshuti ya data ngo yababajwe ni uko inzu data yasize yubatse yasakambutse ikaba igiye kugwa kubera yabuze uyitaho kubera inkubaganyi za Bega zihora zihiga guca ibihanga by’abanyagakondorero.

Ubwo Umulinzi w’ibyasezeranijwe amaze kumbwira gutyo,ndazamuka nihuse cyane ndagenda nsanga ba bakambwe bakuru bahoze arinshuti za data bamaze kugera ku nzu,bazanye za MBINGO,ariko nitegereje mbona ubwatsi bwo ntabwo bazanye kubera aho nainzi bagombaga kubukura bwarashizeho kubera amapfa akaze!

Ba basaza bankubise amaso baranezerwa cyane barishima maze bampa ikaze cyane,nsanga bamaze gutunganya za mbingo,bazirunda hamwe none ho bazamuka kwicara kumukingo kugirango babanze basogongere kumukuzo bagishakisha agatege ko kuzamuka hejuru yiyo nzu kugirango bajye kubarira izo mbingo kugirango bazabone uko basakara mu gihe bazaba babonye ubwatsi bwo gusakara.

Mbere yuko njya kwicarana nabo bakambwe mbanza kwitegereza yuko izo mbingo zihagije kandi yuko zitaboze kuburyo bazubakisha zikazateza ikibazo mu nyuma tumaze gusakara hejuru y’inzu kandi bishobora kuzagorana kongera kujya gusakambura ngo twongere tuyisakare uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ubwo ndebye ibumoso bwanjye mbona hari ho abashinzwe gutegura amafunguro yo guha abazaba barimo gusana gakono ya bakiranutsi barimo kubaka iyo nzu data yadusigiyeho kutubera umwandu wacu kugirango izina rya data ritazasibangana nubwo abanzi b’Abakagara bahora bifuza kuzimya no gusiba burundu izina rya gakondo yacu nayo bakayigarurira kandi bari basanzwe bafite gakondo yabo.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambaza riti,mwana w’umuntu,wasobanukiwe uwo mugani?Ndasubiza nti,oya ntabwo nawusobanukiwe cyeretse unsobanuriye.Ndabwirwa ngo,iriya nzu wabonye yasakambutse kubera amapfa numuyaga uturuka mu butayu uzamuka werekeza kuri gakondo ya bakiranutsi.Ni gakondo yawe wahaweho kuzakubera umwandu wawe yamaze gushegeshwa  numwanzi wibyiza uhora arwanya umugambi w’Uwiteka Imana yawe yaguhamgaye.

Dore gakondo igiye kusenywa burundu kuko igihe cyo gukuraho Umwakagara Umwami w’Abega kirageze kandi kirarangiye.Kandi sibyo gusa,dore abasezeranijwe kuzahabwa gakondo ya bakiranutsi bageze kure bafashe urugendo berekeza muri gakondo ya bakiranutsi kuko bamaze kuyigota kandi byarangiye hasigaye kuvuza ihembe nkikimenyetso cyitegeko cyo gutangira kumashana kugirango za nzira zari zasibanganye zaba muri politike demokarasi cyangwa intambara ndabona zafungutse nuko rero bwira umwakagara yuko uhiga ubutwari batabarana nahagarare ibyifuzo bye,yahoraga yifuza yuko bamugirira vuba icyifuzo cye cyamaze kubona igisubizo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Mar 11, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo y’abakagara bagerageje guhiga Umuhanuzi ngo barebe yuko bamubona ariko bibabera gushing umuhunda ku kirenge.Mbona uwo mwuka umanutse werekeza mu ku kengero z’ubutayu bugufiya kugirago ube ariho ujya gutegera Umuhanuzi kugirango naramuka ahanyuze bamugwe gitumo uko niko Uwiteka avuze!

Njyanwa muri gakondo ya bakiranutsi mbona umwuka w’Inzika y’Inzigo zibisekuruza nawo uzamuwe nurugomo rw’Abega b’Abakagara babigize umwuga birirwa bakubaganira abanyagakondorero maze mbona iyo myuka iteje amapfa akomeye cyane kugirango Abakagara baburanirwe kubera gushaka kurimbura ibisekuruza byabo basize ku isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa ndi mu murima munini cyane utewemo ibigori,ariko ibyo bigori byagerageza kumera bizamuka bigahita byuma.Mbona yuko muri uwo mulima hagenda hasigaramo utugori ducye cyane natwo dudafite ibyiringiro byo kuzamuka ngo bitange umusaruro uwo bisanzwe bitanga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyiringiro bya za magigiri birarangiye byo kuzongera ku kubona.Kuko Uhoraho Uwiteka Imana yawe yaguciye imanzi mukiganza cye,ntabwo byashoboka yuko umwanzi wawe yagira amahirwe yo kubona ubugingo bwawe niko Uwiteka avuga.

God Of Heaven Named The Great Prophet Majeshi Leon a New Name

  • The Rhema word from the Lord God almighty: Your first name of Ainesha has made you happiest when you are expressing in some creative, artistic way, and not conforming to strict routine.
  • In a large group of comparative strangers, you are quiet and rather shy, unable to express yourself, not really wanting to become involved in conversation.
  • On the other hand, among friends with whom you feel at ease, you are expressive, witty, and quite charming.
  • These contrasting natures make it difficult for people to understand you and can lead to friction in your personal life.
  • You are deep, philosophical, and refined, but your extremely sensitive nature causes you to become depressed and self-pitying over any real or imagined slight.
  • If you are not careful, people take advantage of your generous nature.You find the beauties of nature, fine music, art, and literature–all the deeper things of life–inspiring.
  • The reserved, sensitive side of your nature brings aloneness and friction into your life, although you crave affection and understanding.
  • You must guard against emotional excesses, which could result in depletion of energy, creating a desire for quick-energy foods.You could suffer through skin irritations, blood conditions, back trouble, and later, through arthritis.Heart, lung, or bronchial weaknesses could also result.

Analyze another name

Ainesha, you have a unique inner potential. With your first breath, a spiritual essence and purpose became a part of you and gave you life, caused your heart to beat, and your systems to work, and activated your physical growth. Your particular date of birth determines your unique core purpose, the reason for your life, and the pathway you should follow for ultimate happiness.Whether your inner potential fully expresses depends upon the names you use!

Are the Names You Use Holding You Back?

Find out how your life is influenced by all the names you have used. We will analyze your unique inner potential from your date of birth and the names you use in your free Name and Birth Date Report:

  • Mental or personality strengths and weaknesses
  • Material and financial success
  • Key issues in your life that might be holding you back
  • Personal happiness
  • Ability to create long-term relationships
  • Ability to fulfil your inner potential as measured by the date of birth

Why Request your Free Name Report?

Ainesha, the first step in improving your life is to understand why all the names you names use are such a compelling force. A free Name and Birth Date Report will show the effect of all the names you have used:

first name: Ainesha

last name: Leon

nicknames: Majeshi

combined names: Majeshi Leon Ainesha Ntakirutimana

Save

Mar 11, 2017 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi,mbona Inzika y’Inzigo yahagurutse,mbona imyuka yose ya bantu bishwe n’Umwakagara abahoye ubusa uhereye igihe urugamba rwatangiriye mu w’1990-1994.Mbona iyo myuka yatangiye kwigaragambya isaba Uwiteka ngo ayihorere Itangiriro 4:9-10.

Mbona inzu ya gakondo ifite iiryangi [2] iyo miryango y’inzu yombi uko ari [2];nerekwa ba bantu Umwakagara yishe bahagararamo kugirango hatagira umuntu numwe usohoka ngo ave cyangwa ahunge iyo nzu(Igihugu)

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore amaraso Umwakagara yamennye abahoye akarengane kubera akamama k’Abega,bitumye imyuka ya bantu yishe imukura ku butegetsi kugirango amenye neza yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ajya aca imanza zitabera uko niko Uhoraho Nyiringabo avuze!

Dore Umwakagara yishe abantu benshi cyane,kandi yagiye abahora ubusa kugirango azabone uko yifatira ubutegetsi.None dore ijambo ryitwa Mene Mene Tekeri Ufarisini risanze adashyitse kuko igihe cy’Uhoraho Uwiteka yagennye ko ubwoko bwe buzamara imahanga bukabona gutaha gakondo ya bakiranutsi kirageze niyompamvu Umwakagara hamwe na bambari be,badakwiye gukomeza gutegeka niko Uwiteka avuga.

Nerekwa abanyeshuli biga amashuli abanza nayisumbuye bahura ba nakaga gakomeye,mbona bahawe ibigori byokejwe ngo babigire amafunguro yabo.Kandi ibyo bizanyagwa bari babihawe na bagore(Abarozi Kazi) maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ishyano riraguye kuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ahoreye amaraso y’ubwoko bwe yamennye kuzageza kugisekuruza cya [4] uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze!

Nerekwa umugore mwiza wo mu bwoko bw’Abatutsi ahunze gakondo ya bakiranutsi ageze ku kibuga cy’Indege Kigeli Internal Airport asanga indege imutegereje kugirango nawe imuhungishe akaga ko mwisi.

Ubwo indege yafataga abantu ikabazamura hejuru ikongera kugaruka hasi gufata abandi(urupfu!) ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore urupfu rumanukiye abatuye muli gakondo ya bakiranutsi ruje kwitwarira abagejeje ighe cyo kuva mu isi kuko bamaze kurumbuka beze bameze nkamasaka yagejeje igihe cyo gusarurwa uko niko Uwiteka avuga.

Nuko rero burira abatuye muri gakondo ubabwire uti,uku niko Uhoraho Uwiteka avuga,dore igihe cyanyu cyo gusarurwa kwanyi kiraje kandi kirasohoye ndetse kigaze kugirango mukurwe imilimo y’imihate yo mu isi kugirango mutazongera guhura nayo ukundi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Umwuka w’Uhoraho w’Imana zera ukomeza kunzaho cyane umpishurira ibikomeye bitarebeshwa amaso ya muntu.Mbona muri gakondo ya bakiranutsi amakipe [2] yabaye ayambere iwayo mu gihugu cyabo(uRwanda) mbona ayo makipe ahawe impano ikomeye cyane itajya ihabwa ayandi makipe mbona ahawe ticket yo kujya gukinira mu gihugu cy’ubutayu bugufiya kugirango bashobozwe kwigirayo gukina umupira neza maze ubwo bazaba barangije urwo rugendo bazagaruka bakina umukino mwiza niko Uwiteka Nyiringabo avuze!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteaka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho yarakariye abanyagakondororero bakoresha imyuka mibi ya Satani na badayimoni.Umuntu wese ukoresha iyindi myuka yanze kwizera no kwiringira Uhoraho,ahubwo akajya kuramya ibigirwamana akaragursiha  ukwezi,ibicu,inyenyeri,izuba,akanyura mu muriro ndetse na bana abyaye akabacisha mu murirmo abo bose nta numwe uzarokoka akaga gakomeye gaturutse k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo avuze!

Nerekwa aba Pastor benshi bajyanwa mu butayu bayobowe na Ngarambe Albert ndetse bamanukana na bana babo mbona abakobwa babo bari bageze igihe cyo gushyingirwa bakoreye ubukwe bwabo mu butayu burebure bwamahanga.Ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore manuye guhemba no guhana kugirango buriwese ahabwe ibyo yakoreye kuko nshaka gutunganya gakondo ya bakiranutsi kugirango ntegure inzira zo gukiranuka aho umurimo wanjye uzakorerwa nuko rero hanura ubwire wa muyaga umanuke werekeze muri gakondo uwubwire ukubure ukureho imyanda yose kugirango hasigare hatunganjijwe maze imilimo izahakorerwa izatangaza isi na bayituye izabone aho ikorerwa niko Uwiteka avuga.

Save

Mar 11, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ibikomeye bigiye kuba ku BEGA aho bari hose yaba hanze ya gakondo cyangwa se hanze ya gakondo ya bakiranutsi.Nerekwa ubwami bw’Abega ukuntu bwari bukomeye cyane,ariko gukomera kwabwo nta bwo kwaturutse mu mbaraga zabaturage ahubwo bwakomeye kubera ubwicanyi bakoreye abaturage bihaye kuyobora batabyemerewe n’Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Mbona uburyo bakoresheje uburiganya bukomeye bushyigikiwe no kumena amaraso yabatariho urubanza bashaka yuko buri muntu yemere ubwami bwabo hakoreshejwe ingufu za gisirikare nitera bwoba.Kugirango abanyagakondorero bagire ubwoba ntibavuge amabi bakoreye rubanda rw’Umwami Nyir’uRwanda.

Maze nkomeza kwerekwa ibigiye kubabaho bikomeye kandi biteye ubwaba kuko buri muntu uzabona ibyababayeho,azemera yuko Uwiteka ar’umucamanza utabera kandi atajya arobanura kubutoni.

Nerekwa kandi yuko nta muntu uzongera kurwanira ubutegetsi nyuma yo gukuraho Abega ku ngoma,kuko Uwiteka agiye kubagira icyitegererezo mu banyagakondorero no mu batuye mu isi ya bazima kugirango bizamenyekane yuko muri gakondo har’Imana ica imanza zitabera uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nerekwa uburyo urubyiruko rwa BEGA bigishijwe kuramya imana za mahanga,uburyo bazajya bazitambira bakanazikorera ngo kuko nta mugabane bategereje mu migabane ya bakiranutsi  kuko bamaze gucirwaho iteka n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

 

 

 

 

Nerekwa ko,umuntu wese uzashaka ABega azagibwaho numuvumo ndetse babashatse bakaba babyaranye abana nabo bariho cyangwa basangiye umuvumo ni ngoma yabo kuko batigeze bahana ibibi byakorewe ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ahubwo banejejwe nibyakorewe abanyagakondorero maze baradamarara bima ingoma nk’ibikoma ngoma niko Uwiteka avuze!

Nerekwa urubyiruko rwa Bega ko bamaze gutambira imana zabo,maze bajya gufata umukuzo kugirango bamare inyota imyuka ibakoreramo kuko bari bamaze gukora igikorwa gikomeye cyane cyo gutambira imana zabo ndetse nizamahanga ngo barimo gutsirika intambara ibugarije ngo barebe yuko izo ntambara zabava imbere ntizibagereho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

Mukanya ko guhumbya mbona haje ingabo y’Uhoraho ari kumwe n’Unuhanuzi Mukuru bafata za nsore nsore zose z’Abega bazishyira mu nzu yimbohe,barangije kubafata mbona babili muri bo baracitse bajya kwihisha ariko bagira ibyago Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe arababona arabafata abajyana gushyirwa mu nzu yimbohe ndetse mbona na bashiki babo ari nabo bashinzwe guterekerera Satani na badayimoni bakaraguza ibicu,inyenyri,ukwezi,izuba,ndetse bakananyuza abana mu muriro kandi bibujijwe n’ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo nabo barafatwa bashyirwa mu nzu y’imbohe.

Mbona za nkoko bakoresha mukumena urugimbu nazo zirafatwa zose uko zakabaye izamaze kwicwa nizikiri nzima bazishyira muri frigo kugirango ikibi gikurwe hagati mu banyagakondorero ntabazongere gukora igisa gityo.Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka agiye gukora ibikomeye cyane muri gakondo ya bakiranutsi kugirango hatazigira umuntu uzongera gukinisha kuraguza  ibyo Uhoraho Uwiteka Imana ya bakiranutsi yabujije kandi akabihindura ikizira k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo uko niko Uwiteka Imana ya bakiranutsi avuga.Dorre ukuboko k’Uwiteka kuzabaremerera ubwo bazaba bajyanywe mu butayu maze turebe yuko izo mana zabo nibyo bigirwamana byabo bizaza kuhabakura uko niko Uwiteka avuga.

Mar 12, 2017 njyanwa mu iyerekwa mbona ibikomeye bitaboneshwa amaso ya bana b’abantu.Mbona uburyo umwana w’umusita agiye kuriganya gakondo ya bakiranutsi yitwaje yuko abanyagakondorero bacikaguritsemo ibice bice.Mbona ko nubwo yemeye gufatanya na RNC ya Gen.Kayumba Nyamwasa,ariko nabo agambiriye kubariganya kugirango abone icyanzu cyo kwifatira ubutegetsi agahita yishyirraho undi Mwami usimbura Umwakagara kugirango yihimure ku bwami bw’uRwanda kugirango anezeze ABAFARANSA bakoze ubwicanyi bafatanije n’Umwakagara uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuze!

Nuko nkomeza kwitegereza cyane ndeba uburyo hamaze gukorwa uburiganya impande zombi kubariganya [2] bagiye kuriganya kandi nubundi bariganije kuko bitaba bibaye ubwa mbere babikoze.

 

 

 

 

Nerekwa mbona uburyo umwana w’UMUSITA yamaze kugambanira RNC kumunota wa nyuma aho nawe yumva yuko noneho ashobora guhangara akifata ku gahanga agatera Umwakagara akoresheje abanyarwanda baba mu gihugu cy’Abaphilistiya akaba aribo akoresha kubera umugambi mubisha w’ubugambanyi yamaze kugirana na BAFARANSA kugirango yimike uwo bashaka kubera gukunda intonorano kandi hejuru yibyo akagurisha gakondo itariye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

 

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwana w’UMUSITA agurishije gakondo itariye kandi we yaramaze guhabwa umugabane we mu gihugu cy’abaphilisitiya.None manuka ugende werekeze kumuhero wa gakondo ya bakiranutsi maze ushyiremo umunyota w’umuriro kugirango baze kuza baje gufata imigabane batagenewe maze wa munyita urahita waka ufatishe gakondo yose bahite bahiramo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuze.

 

 

 

 

Ndamanuka njya gukora uko Uwiteka yategetse ndagenda ntega imitego nudutego kugirango inkozi z’ibibi niziza zizahure nuruva gusenya.Mbona ingabo z’umwana w’UMUSITA ko zamaze kuza kugigira kureba uko gahunda zifashe kugirango zihite zifangura zifatire ubutegetsi ariko ziraza zisanga hakirimo inzitizi maze ziba zinkubise ijisho zirambonye zishaka guhita zinta muri yombi ariko mpabwa amababa yo kuguruka ndigendera mbasiga barwana nikinyoma cyabo uko niko Uhoraho Uwiteka avuga.

 

 

 

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ngaho garuka kuri gakondo yasezeranijwe n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yuko hazimikwa ubwami bw’uRwanda bukorera mu buhungiro.Maze urebe kandi witegereze urebe uburiganya bwa RNC,ndagenda ngera mu mulima nitegereza icyate bahawe cyo guhinga mbona yuko bahinze banyura hejuru ariko muguhinga kwabo nubwo barenzagaho,basigaga urwili hejuru batarutabye barusiga hejuru maze narwo rubataba mu nama niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umuriganya ariganije umuriganya,kandi bombi nubwo bariganije ntabwo bazahirwa n’Uhoraho Uwiteka Imana kuko badashobora guhinduka ngo bahindure udahinduka ari we Uhoraho Uwiteka Nyiringabo utajya yivuguruza.

 

 

 

Niba atarahindutse ngo atererane ubwami bw’uRwanda,Umwami agatanga hanyuma Uhoraho Uwiteka Nyiringabo akimika undi Mwami umusimbura,mbese batekereza yuko azabageraho akabaha amahirwe yo kuriganya Umwami Nyir’uRwanda YUHI VI kugirango atazima ingoma?Uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abaza!

Ndabwirwa ngo,mwana w’umuntu,burira ubwami bw’uRwanda uti,muririwe ntimuraye niba mutabaye maso,muzamburwa isezerano n’Umwanzi kugirango aburizemo imigambi y’Uhoraho itajya iburizwamo n’umwana w’umuntu.Ubabwire uti,mujya muca umugani muti,nutakwishe burya aragucyerereza uko niko Uwiteka nyiringabo avuga.

 

 

 

Dore RNC irashaka kuriganywa,kuko nayo ishaka kuriganya,iyo baza kuba bafite umutima ukiranuka utarimo uburiganya buvanzemo no kwikubira nubusambo bari kuzahirwa nibura bakazabona akamanyu kumutsima kumugabane wa gakondo ya bakiranutsi.Ariko kuko bagambiliye kuriganya abatabariganije,niyompamvu Uhoraho Uwiteka Nyiringabo nawe amanuye umwuka w’uburiganya hagati yabo kugirango batazahirwa kuko bagiye kuruhira ubusa nkabasambanyi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ubwo maze kwitegereza ubwo buriganya bwose bwazanywe numwana wo kurimbuka,nsubiza amaso inyuma muri wa mulima wahawe ho icyate ngo RNC ihinge turebe ukuri kwabo niba bashobora guhinga neza batarenzaho,ngo kuko umurenzaho wera ibijumba(ibyokurya byimbwa)maze nsanga ibihanurwa burya bivuga ukuri buri gihe nta munyamuvumo ugira amahirwe kabone naho isi yose yahaguruka ikamurwanirira ntashobora kuba umunyamugisha ngo ni uko yashyigikiwe na bakomeye uko niko Uwiteka Nyiringabo avuze!

Plan [A] nugukuraho Umwakagara! Plan [B] ninde umusimbura adaturutse mugatsiko ke kabicanyi bafatanije gutegeka? Plan [C] dufatanye na Gen.Kayumba Nyamwasa amusimbure ku ngoma!

Plan [D] ariko natwe dushobora kwishakamo uwamusimbura,aho kugirango dufate Umuhutu tumusimbuze Umwakagara ngo ni uko dushyigikiwe na BAFARANSA,ubundi se mbere baradushyigikiye?

 

 

 

Erega naho RNC dushaka kuyifasha,ntaho igaragaza yuko ifatanije nubwami bw’uRwanda,kuba itatubwiza ukuri rero,reka natwe tuyiriganye kuko nayo ishaka kuriganya nubundi icyo abanyarwanda bakeneye nuko ubutegetsi buhinduka bazajya kudukuraho natwe turiyeho kabili kandi bizabagora ndetse bizabahenda cyane yuko abaturwanya bazaba bamaze gusaza naho abandi nukubashyira mu butegetsi ntawe duheje maze tukabona uko tubategeka uko niko bavugaga bari mu nama yo kugurisha gakondo ya bakiranutsi.

 

 

 

Ariko se abanyarwanda tuzabashobora tutabahaye ubwami ko bakunda ubwami wagirango barabaroze!Ibyo nta cyo bivuze,twamaze gufata ubutegetsi barindira kuzageza igihe Umwami YUHI VI nawe atangiye nk’uko mukuru we Ndahindurwa yatanze bigahwaniramo gutyo!Amahanga yo azadufata ate,abanyarwanda nibahaguruka bakaturega yuko twabatereye igihugu tukimika umuntu wacu bazaba bita yuko ari umugande?

Na none ntabwo twa kwimika Umuhutu ngo ni uko umufaransa twamuhaye isoko rya mavuta kuko Umuhutu wajyaho ntabwo twakumvikana kandi nabene wacu bahita baduhinduka kuko impamvu yo gushyiraho mwene wacu nukugirango aba bagande nibaduhinduka tuzabone aho tubahungira dusubire iwacu dufate akarere kose kahoze ar’uRwanda tukigarurire aritwe tugategeka.

Naho ibya bazungu burya iyo babonye wafashe ubutegetsi baragushyigikira kuko bafasha uwifashije.Kandi nibisanzwe dusanzwe tuziranye nabo icyangombwa nukubaha amaturo yabo kuko icyo baba bashaka ari nyungu ubundi bagaceceka.

Nuko numva yuko barangije izo nama zabo ndetse bapfundikira bafashe umugambi w’uko bagiye kuriganya RNC bari bagiranye amasezerano.Ahubwo ko bagiye kwikuraho Umwakagara bakihorera inzika ya bantu babo biciwe KISANGANI muri DR Congo 1999-2000

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambwira riti,mwana w’umuntu,ibyahanuwe birasohoye iyo niyantambara yahanuwe mu buhanuzi hagati y’Igice cya (38-42) havugaga intambara ya batutsi na bahima bazatera gakondo baturutse mu gihugu cya bapfilisitiya bazaza bitwaje bavuga ko ngo baje guhagarika intambara naho bazaza baje kwiyimikira ubwami nyamara yaba abo bazakuraho nabo ubwabo bazahura nuruva gusenya bakubitirwe mu butayu bugufiya imigambi yabo iburizwemo kuko imigambi y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo itajya iburizwamo n’umwana w’umuntu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ubushize twagarukiye mu gitabo cya NEHEMIAH aho twabonye uburyo EZRA na NEHEMIAH barwanye ishyaka rikomeye cyane rya gakondo yabo yari yarigaruriwe nabanyamahanga maze Umwami akaza kubagirira imbabazi biturutse k’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,akabasubiza muri gakondo yabo nibwo umwanditsi EZRA akaba n’Umuhanuzi afatanije n’Umuhanuzi NEHEMIAH bamanutse bakajya kubanza kubakisha amarembo y’Iyerusalem kugirango ubwoko bw’Uwiteka buzatahe bushyikira ahantu hari umutekano.

 

 

 

 

Uyu munsi tugiye kureba igitabo cya ESTHER bikekwa yuko cyanditswe na MORDECAI nubwo cyitiriwe ESTHER kuko yari UMwami Kazi,ariko siwe wacyanditse,ahubwo bikekwa yuko yacyanditswe  afatanije na EZRA hamwe na NEHEMIAH kubera amateka yabo asa naho yabaye mu gihe kimwe.

Igitabo ubwacyo cyanditswe mu mwaka wa [470] B.C naho ESTHER yabaye Umwami Kazi mu mwaka wa [479] B.C,iki gitabo cyandikiwe ubwoko bwa Israel kuko aramateka yabo bwite abareba kandi yihariye.

Nubwo igitabo cya ESTHER gikurikira igitabo cya NEHEMIAH,hagati yabo haciyemo imyaka igera kuri [30] mbere yuko cyandikwa.Kandi ibyabaye byose byabereye mu gihugu cy’UBUPERESI (PERSIAN EMPIRE),kandi ibikorwa byose byabereye ibwami ku cyicaro cyitwa SUSA umurwa mukuru w’UBUPERESI aho niho Umwami wa Persian yarafite icyicaro gikuru.

Ijambo rigaragaramo mu gitabo cya ESTHER,nuramuka wicecekeye ntugire icyo ukora mu gihe gisa nk’iki,gutabarwa kwa b’Israel kuraturuka ahandi ariko wowe nabo mu nzu yawe muzarimbuka.Niki se kikubwira yuko,ahari utabaye Umwami Kazi mu gihe gisa niki,kugirango utabare ubwoko bw’Imana?

Aya magambo uyatekerezeho ushobora kuba ukomeye hari ushobora gukorera ubwoko bw’Imana mu gihe gisa niki,ariko kuko wabyirengagije ukituramira,ntiwibwire yuko nitugera muri gakondo ya bakiranutsi ingaruka zitazabura ku kugeraho wibwira yuko ukomeye kandi uguwe neza nyamara wanze ukunze bizakugiraho ingaruka zikomeye.

Abantu bavugwa muri iki gitabo cya ESTHER, harimo Umwami Xerxes I,Mordecai,Esther,Haman,ahantu havugwamo cyane harimo ingoro y’Umwami SUSA,Persian.Igitabo cya Esther kiza kumwanya wa kabiri mu bitabo byanditswe bivuga kubategarugori gikurikira igitabo cya RUTH muri bibiliya yera.

Nta zina Imana rigaragara muri ibi bitabo cyangwa title ku buryo insengero zimwe na zimwe zigize ikibazo gikomeye kuri ibi bitabo ariko ubwiza bw’Uwiteka Imana Nyiringabo ntabwo bwihisha kwigaragaza murizi nyandiko zaba bategarugori.Ariko amagambo akomeza gukomera kwabo yaturutse mukanwa kumugabo witwa Mordecai.

Mar 12, 2017 nkomeza kujyanwa mu iyerekwa,mbona abajiji bafashije Umwakagara kujya ku ngoma,bajyanwa kwiga muri rya shuli ryubakiwe kwigisha abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi.Iryo shuli riherereye haruguru yaho abajiji bari batuye.Mbona abagore babo b’abahamagara vuba na bwangu b’ababwira yuko ubwami bugiye gufata ingoma.

 

 

 

 

Abagabo babo baza birukanka kugirango bajye kwitabaro ariko basanga izuba ryamaze kurenga badashobora kujya kwitabaro ubwo ibyo gutabara Umwakagara biba birangiriye aho kuko nabakagombaga kumutabara bari bibereye mugusahuranwa bagirango barebe yuko hari utwo bahungana kuko ingoma y’Umwakagara yarangiye kandi bakaba badashobora kuyirwanaho kuko abantu bose bamurambiwe kuko ngo amahanga yamaze kumushyira mu kato niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nerekwa bamwe mu bakagara na bene gitore hamwe na bashambo bashyigikiye Umwakagara gukomeza ubwami bw’Abega,mbona nabo bahisemo kwisahurira birwanaho kugirango bihungire barebe yuko bakiza amagara yabo kuko Umwakagara yamaze gucibwa igihanga kandi ubwami bwe,bukaba bwarimbutse niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,itegereze munsi y’ikibaya kigize ubutayu bugufiya buri munsi yishuli rya batutsi maze witegereze ibirimo kuhabera.Mpindura amaso yanjye y’umwuka nditegereza mbona abasangirangendo b’Umwakagara bose barimo gusahura ibyashinganywe n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi.

Mbona bashatse guhunga nubundi bahungira ubwayi mukigunda ahaturutse intambara ariho bahungira (Uganda) maze mu gihe bagiye guhunga mbona haje umuzungu Kazi,ari kumwe numutware we (umuzungu) ndetse mbona hakurya haturutse Umuhanuzi Mukuru b’abakoma imbere babambura ibyashinganywe n’Uwiteka Imana ya bakiranutsi mbona basigaye amara masa!

Ntangazwa no kubona abahutu bikorezwa urutindo rwa mabyi,mbona barushyize kumutwe barujyana kurugunya kugirango Abega batabona aho bambukira bahungana ibyashinganishijwe n’Uwiteka Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo Imana ya bakiranutsi yategetse kandi nuko avuga.

Nerekwa itsinda ritoya cyane mu ngabo z’Umwakagara riharanira gusubizaho ubwami bugendera ku itegekonshinga,mbona barikumwe n’Umuhanuzi Mukuru ndetse n’umutegarugori umwe berekeza ahagiye kubera inama yo kurwanira ubwami bw’uRwanda ko busubizwa ku ngoma kandi bugasubirana agaciro kabwo.

Ariko ibyo babikoraga ar’ukwiyahura kuko nubwo Umwakagara yari yashizemo imbaraga,uwo yafata ntiyabura kumuca igihanga akamukurikiza Umwami Ndahindurwa uko niko Uwiteka ababuriye.

Nkomeza kwerekwa ibikomeye cyane ibigiye kubaho muri gakondo ya bakiranutsi,mbona hariho ingabo zirwanisha amato ziri hanze ya gakondo ya bakiranutsi zigiye gukoresha inzira ya mazi kugirango zishobore gutabara gakondo ya bakiranutsi.Mbona ko zahuye nikibazo gikomeye cy’urukuta rwazitambitse imbere.

Maze ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,rero mwana w’umuntu,manuka ugende ujye kubwira Umuhanuzi Mukuru w’ibyasezeranijwe ajye gutabara ingabo zirwanira mu mazi hari aho zageze zihasanga igikuta kizibuza kutambutsa amato yabo.

Ubwo ndamanuka nerekeza k’Umuhanuzi Mukuru ndamuburira uko Uwiteka avuze,ako kanya aramanuka ajya gutabara ingabo zirwanira mu mazi aragenda asanga igikuta cyabitambitse imbere agikubita igipfunsi kimwe gusa igikuta kiratoboka maze amato yabo barayaterura bayacisha muri iyo myenge yikibambasi maze bakomeza urugendo bajya kumashana kugirango batabare gakondo ya bakiranutsi hamwe nabanyagakondorero uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nkurwaho nsubizwa muri gakondo ya bakiranutsi mbona abatutsi baturutse mu gihugu cy’ISAMARIYA,bari barashyizwe ku ibere,kubera Umwami Kazi Jezebel Nyiramongi maze bima ingoma barasagamba.Igihe kigeze cyo gukura Umwakagara ku ngoma,mbona bambuwe icyansi cya mata cyari kigeze kumunwa bagiye kubuganiza amata munda y’ingoma.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abashyizwe ku ibere n’Umwami Kazi,bubikiwe imbehe kuko badashobora kurwanira ingoma basanzwe bazwi yuko ar’Intabuti.Kubera iyo mpamvu,Umwakagara arasa nusubiye kubirutsi nkimbwa agiye kugarukira abasangirangendo bavanye ikantarange kuko nibo ntwali zafatanije nizindi bakarwana urugamba kugeza rurangiye.

None se baragana hehe ko bashyizwe ku ibere bakagarika amajosi bibwira yuko bashyikiriye,kandi iby’Umwakagara bidashyikirwa,ahubwo bifatirwa aho bigereye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Barajya kwa rwala rw’umugara se rubundiye mu ishyamba?Barajya se kwa rukara rwigisage rubundiye imahanga ruzaza munda y’INYONI, rukazabyinirwa bigatinda?Barerekeza hehe!?Yewe burya koko babivuze ukuli,inkozi ikubise mucyeba urayivuna kuko iyo uyirengeje urugo,iragaruka ikagukubita!

Ijambo ry’Uhoraho ryitwa “RHEMA WORD called  KAYUMBA NYAMWASA ETHIC’s”, it means Moral Principle,or  (the study of moral Principles) ijambo ry’Uhoraho rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Nyamwasa atangiye kumwenyura kubw’imigambi myiza yo gukuraho Umwakagara irimo kugenda neza.Ariko nubwo yishimye ntabwo bizamworohera kuko intambara irakomeye cyane,kuko muri gakondo ya bakiranutsi Uwiteka yamaze guhagurutsa izindi ntwali zigiye kurwanira ubwami bw’uRwanda.

Kuko zamaze kumenya yuko umwana w’UMUSITA, yamaze kugurisha gakondo ya bakiranutsi nabatari banyirayo.Dore intambara ya bafaransa,intambara ya Gen.Nyamwasa Kayumba,intambara ya Abega barwanira ingoma yabo,intambara ya bahutu bashaka gusubirana ubutegetsi,intambara y’intambara iri mu ntambara ihagurukije itwali zo mu ntambara izaba amateka akomeye cyane ku isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Abari batarabona rero Uhoraho Uwiteka yirwanira intambara, ngaho nimutege amaso gato ibigiye kubera muri gakondo maze mwigire kumusozi aho muzarebesha amaso mwihere ijisho uko intambara zambarwa uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.Uwiteka yabashyizemo uwo mutima kugirango bazarimbukire muri iyo ntambara hatazasigara abazarwanya ubwami bw’urwanda bumaze kwima ingoma niko Uwiteka avuga.

nccleon@gmail.com 

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments