HomeNewsIgice cya (17) cy'ubuhanuzi

Igice cya (17) cy’ubuhanuzi

OCT 20, 2015 Njyanwa mu iyerekwa munsi y’umusozi wubatsweho amashuli yo kwigisha ubwoko bw’Abatutsi kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, ngeze munsi ya musozi kuruhande kw’iburyo mbona ko mfashe icumu mu ntoki, mbona icumu ryivanye mu giti cya ryo cy’umuhunda maze mfata rya cumu ndisubizamwo, ndakomeza ngeze imbere mpasanga iteme rinyuramo amazi munsi yaryo, nuko mu gihe nshaka kwambuka iryo iteme mbona kuruhande hari inka na zo zari zintegereje ngo twambukane iryo iteme uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rimbwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zohereje imbaraga z’umwijima ziguteze ibibazo kugirango ibibazo byawe byari bigiye gukemuka bidakemuka ahubwo ukomeze kuba mu ntambara zidashira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Igice cya (16) cy’ubuhanuzi

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abega bagiye gushakisha umupfumu kazi wo mu bwoko bw’Islam ngo akoherereze imyuka mibi iguteza ibibazo kugirango utazava mu butayu bugufiya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, magigiri BENONI UMUHOZA ZACHARIAH bamukuye muri Embassy ya France, bamushakira ibiraka byo kwica abantu batavuga rumwe n’ingoma y’abega aho baba bari hose yaba muri Africa cyangwa EUROPE aho niho ashinzwe kujya guca ibihanga by’abantu b’inzirakarengane batemera ingoma yabo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, iyo amaze guca ibihanga by’abantu, ahita asubira muri France aho Leta y’abega yahinduye indiri yo guhisha abamaze kwica abatavuga rumwe n’ingoma yabo kugirango batazamenyekana uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore iyo inkozi yikibi BENONI UMUHOZA ZACHARIAH asubiye mu bapfumu kubaza nimba bashobora ku kuzingazinga kugirango ube umukene utazigera umenyekana ukazamushyira ahabona uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hari ibice (2); by’abashaka umugisha wa we, hari abari baratwaye umugisha wawe, hakaba na barimo gushaka ku gushimuta kandi bose bagiye mu bapfumu batandukanye. Ariko bararuhira ubusa bariyimbire kuko bashinga umuhunda ku kirenge kuko ibyo bifuza bidashoboka kuko bitabaho ko Umuhanuzi w’Uwiteka yatabwa mu maboko ya abanyabyaha uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’urukoza soni woherejwe na Nyiramongi Jeannette Kagame arahiga ubugingo bwawe nyamara nta bwo ashobora kububona kuko buhishanywe mu Mana na Kristo Umwami wo gukiranuka uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hariho abasore balimo kugenza ubugingo bwawe ube maso cyane, kandi wirinde cyane kuko umwanzi alimo kuguhigira hasi no hejuru uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abahiga ubugingo bwawe ababakomokaho bazaba inzererezi mu isi ya bazima kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abavumye kuzageza ku gisekuruza cya (4) uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Murekatete Mukandirima Odette agiweho n’umuvumo w’iteka ryose kandi akozwe nisoni kw’isi ya bazima kuko yashatse kumena amaraso yawe kandi ari nta cyaha wa mukoreye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bamaze kuraguza no guterekera kandi bamenye yuko wambutse amazi magari ugiye aho batazongera ku kubona kandi ko uzabateza akaga ni byago na makuba kubera ubugizi bwa nabi bwabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore na gushyiriyeho kugirango ucire imanza kandi uhanurire amahanga kugirango ugarure ubwoko bwanjye mu nzira yo gukiranuka kuko abenshi bababeshye bakurwa mu buntu bw’Uwiteka Imana none hanura kandi uvume inkozi zibibi maze uzicireho iteka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ni uko Ndatangira ndabavuma Uwiteka aravuze ngo, muravumwe kuko mwarwanije umugaragu w’Uwiteka wasizwe amavuta y’umwuka wera kandi yo gukiranuka, kubera yuko mwahize utariho urubanza na we arabavumye mu izina ry’Uwiteka Imana Uhoraho Nyiringabo, kurukiryi rwanyu nti ruzaragarike, kandi ahanyu ntihazibukwe ukundi, muzahorane agahinda mu mitima yanyu igihe cyose kuzageza muvuye kuri iy’isi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nta kabuza magingo aya, mu gihe gisa nk’iki, umwaka utaha muzaba mushaka aho muhwekera nyamara ntimuzahabona, kuko naho muzakinga umusaya nta bwo muzahabona, ibyo mwishyingikirije byose Uwiteka azabikuraho kandi gukorwa nisoni kwanyu mwakojeje abandi izo nizo soni zizabagarukira mubure aho mukwirwa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

OCT 21,2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abanyamadini (Synagogue Leaders) uti Uhoraho Imana Nyiringabo ategetse yuko insengero zanyu zifungwa n’Umwakagara kuko amaze kurambirwa uburiganya bwanyu n’ubugome byanyu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abakiranutsi bose ko ar’ikizira k’Uwiteka kwambara imyenda iteye isoni mu nzu ya data

Deuteronomy 22:5

A woman shall not wear a man’s garment, nor shall a man put on a woman’s cloak, for whoever does these things is an abomination to the LORD your God.

Leviticus 18:22

22You shall not lie with a male as with a woman; such a thing is an abomination. 23You shall not have sexual relations with an animal, defiling yourself with it; nor shall a woman set herself in front of an animal to mate with it; that is perverse.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ayo madini yambara ubusa imbere y’Uwiteka Nyiringabo bari mu materaniro bakwiye gucirwaho iteka rya burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore na kugize Umuvugizi wabakiranutsi kugira ngo ubashe kubavuganira ndetse unabingingire k’Uwiteka Imana yabakiranutsi kugirango yumve kwinginga kwawe kuko yakugize umucamanza wabakiranutsi muri iyisi kugirango Uwiteka abashe kumva gusenga kwawe maze abashe kubabera igisubizo uko niko Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi ko hagiye kubaho intambara ikomeye cyane, kandi ko abasirikare ba RDF batiteguye kurwana, ahubwo biteguye gusahura ndetse bifuza yuko iyo intamabara yaba vuba ku buryo bwihuse kubera inyota y’ubutunzi bafite aho bifuza gusahura igihugu nabo bakitwa abaherwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uko niko bigiye kugenda muri gakondo yabakiranutsi kuko hagiye gutera intambara ikomeye cyane, kandi abaturage benshi cyane bazayigwamo kuko abakabarokoye nibo bazabica kugirango bitwarire imitungo yabo uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira ababishoboye bakize ubugingo bwabo kuko uko babikeka atari ko bizagenda, kuko hagiye gutera akaga ni byago na makuba kandi abatazakiza ubugingo bwabo bazahura na kaga gakomeye nti bazabona ubakiza kuko ngiye gukora ibikomeye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo yongeye guhaguruka kandi ni wowe ishaka ariko Uwiteka arakurinze uko arinze umurwa wa Jerusalem ni ko na we ulinzwe, ariko kandi ukwiye kumenye ubwenge umenye uko ugenza kuko barimo guhiga ubugingo bwawe uko niko abivuga.

OCT 22,2015 njyanwa mu iyerekwa mbona Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo atanga umugabane kuri buri muntu muri gakondo yabo, Uwiteka arambwira ati, mwana w’umuntu bwira abakiranutsi bose bemeye ijambo ry’Ubuhanuzi ko Uwiteka agiye gutanga gakondo yaburi wese kuko igihe kigeze ngo atange umugabane wa buri muntu kuko igihe gishyize cyera bategereje amasezerano basezeranijwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abakiranutsi bitunganye kandi bitegure Uwiteka agiye kumanuka kureba abari kurutonde kugirango arekure ibyo ya basezeranije kugirango bimenyekane yuko ariwe Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nta kabuza abanzi b’Uwiteka Imana Nyiringabo bazifuza guhindukirira Uwiteka Imana bitagishoboka ko bamubona, nyamara abategereza iteka ryose siko bizahora kuko Uwiteka agiye ku bahundagazaho umugisha ariko ibi birareba gusa abumvura Uwiteka Imana no kumwizera uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ibyo na gusezeranije bigeze ku marembo bigiye gusohora umulimo wabyo, none tangira witegure ku byakira kugirango umenye yuko nd’Uwiteka Imana yawe uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukwiye gukora amasengesho kuko inkozi z’ikibi zirashaka kuburizamo umugisha wa bakiranutsi, itegereze uriya mugabo ufite umuvure, nuko ndamwitegereza mbona uwo mugabo azanye umuvure agiye gutegura umutobe maze mbona mu gihe arimo kwitegura uwo mutobe (juice) haza undi mugabo atwara wa muvure wo gutunganya umutobe wa bakiranutsi bari bagiye guhabwa ngo bice akanyota uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, sengera ubwoko bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango uwo mugisha utaburizwamo n’inkozi zikibi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri zimaze iminsi zitegereje mu mayira abiri ko zakubona unyuraho kuko zamaze kumenya icyerekezo cyawe. None dore baragutegereje ntutarabuke ngo uve murugo, ahubwo witurize kugeza igihe zizagendera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abakiranutsi uti, Uwiteka Imana aravuze ngo, nkunda abankunda, kandi abanshakana umwete bazambona, kuko icyubahiro n’ubutunzi biri iwanjye uko niko abivuga.

Proverbs 8:17 I love those who love me, and those who seek me diligently find me.

OCT 23, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona umwakagara Paul Kagame yongera gutegura umugambi mubisha wo gushaka guhitana Gen.Kayumba Nyamwasa uri mu buhungiro mu gihugu cy’Africa y’Epfo maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, mwana w’umuntu, n’ubwo Kayumba Nyamwasa ahiga ubugingo bwawe kandi mwese muri impunzi, umuburire ko Umwakagara alimo kumugenza kuko wowe ushinzwe gukiza ubugingo bw’abantu nta bwo ushinzwe kurimbura ubugingo bw’abantu uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zijya gushakisha aho Gen.Kayumba Nyamwasa acumbitse, basanga alinzwe na basirikare bitwa IMVAJURU, mbona ingabo w’umwega w’Umwakagara bakora ibishoboka byose ngo bamurase bamwice ariko umugambi wabo ubulizwamo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu Umwakagara yamaze kumenya yuko isi itamushaka balimo gushaka uko bamukura ku ngoma, niyompamvu alimo gukora ibishoboka byose ngo ahitane Kayumba Nyamwasa narangiza akurikizeho Umwami Kigeli V Ndahindurwa kuko abo uko ari (2) atekereza yuko ari bo bazamusimbura ku ntebe ya bukunzi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore uwahoze ari umufasha wawe bagiye kumuca igihanga kugirango bakugerekeho urusyo rushyushye bavuge yuko ari wowe wa mwicishije kuko bamaze kumenya yuko Uwiteka yamaze guca inzira mugikari y’abakiranutsi. Dore bakoresheje za mbaraga zabo z’umwijima maze babwirwa yuko ibyo kuguta muri yombi bitagishobotse ahubwo ko ibyiringiro byabo Byarangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Mukandirima Murekatete Odette amaze igihe ahamagara telephone yawe akubonere hasi no hejuru, kuko bamaze kumushyushya umutwe kugirango bamwiyegereze nibamara kubona yuko bamukoresheje kugera kumugambi wabo, maze bamuce igihanga bityo bavuge yuko mwari mu maze iminsi muvugana muterana amagambo kugirango bazabone uko bakwikoreza urusyo rushyushye kumutwe wawe bavuga yuko ari wowe wa muhitanye maze babone uko bagufata uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abakora umwuga w’ubutinganyi (Gays and Lesbianism) bamanurirwa uburwayi bumeze nka SIDA/HIV ariko atari HIV y’umwihariko, ahubwo n’uburwayi bufata buturutse muruti rw’umugongo bagahitana abakora umwuga w’ubusambanyi budasanzwe bwitwa ubutinganyi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kuko banze kumva iyo ivuga yo mu ijuru, niyo mpamvu Uwiteka yabaretse ngo bakurikize iby irari ryabo kugirango bizabazanire ingaruka mu mibiri yabo kuko banze kumva no kumvira ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryanditswe mu gitabo cy’Abahanuzi (BIBle) uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwoko bwanjye (Uwiteka Nyiringabo) burarushye kandi cyane, kandi n’ubundi bugiye kuruha kurushaho kuko ubwami bw’Abafarisayo (Churches) ndabushenye kandi mbukuyeho burundu kuko banze kumvira ijambo ryanjye ryandikwa n’Umuhanuzi Majeshi Leon umugaragu wanjye nizera mu nzu yanjye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanura maze uvuge uti, bwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo muhumure Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aje kubatabara kuko yumvise gutaka kwanyu kandi akaba yimanukiye kw’isi ya bazuma azanywe no kubatabara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi, mbona Bishop Rwandamura Charles hamwe na ba pastori be hamwe na za magigiri zose zakoze ubwicanyi ndetse hamwe na bishe umunyamakuru Ingabire Charles na bakoze ubugome bwo guhombya za Microfinances bagatwara amashillingi yabaturage mbona na ba nyamadini (Synagogues Leaders) na Pastor NZABAMWITA ko bagiye guhanirwa muri gakondo ya bakiranutsi kubera kwubaha ubwami bw’Abega bagasuzuguza izina ry’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, uribuka uko PASTOR NZABAMWITA ubwo mwahuriraga kuri AMAHORO STADIUM uko yakubwiye, ndasubiza nti, ndabyibuka neza cyane, Uwiteka arambaza ati, yakubwiye iki? Ndamusubiza nti, Namubajije impamvu yagiye murusengero rw’inkurunziza akavuga yuko ngo Uwiteka yamubwiye yuko ubwami bw’uRwanda bugendera kw’i tegekoshinga butazigera bugaruka, hanyuma amaze kuvuga ayo magambo ageze murugo iwe, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aramuganiriza aramubwira ngo, Ubwami bw’Urwanda bugendera kw’i tegekoshinga buzagaruka bwime ingoma, hanyuma musaba yuko akwiye gusubira murusengero rw’inkurunziza akavuguruza ibyo yavuze ko byari Ubuhanuzi maze arabyanga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ni uko rero ubyandike bimenyekane yuko yahanuye ibinyoma, kandi yanze nkana kujya kuvuguruza ibyo yahanuye avuga yuko yabibwiwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, kuva icyo gihe mutandukanye, yakomeje kuvuga ubutumwa bw’ibinyoma kugirango anezeze ingoma y’abega abone amaronko kugeza magingo aya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona izo nkozi zibibi ko zigiye guhanwa kubera gukiranirwa ndetse hamwe na abanyantegenke nabo batwarirwa muri icyo kigare cya abanyabyaha kubirango bakizwe imiruho yo muri iyisi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambaza riti, mwana w’umuntu, ko BISHOP Rwandamura Charles aherutse guhanurira muri stadium amahoro akavuga yuko ngo nta ntambara izongera kuba mu gihugu cy’u Rwanda nyamara dore intambara igeze mu marembo ya gakondo ya bakiranutsi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

OCT 24, 2015 njyanwa mu iyerekwa mu gikombe cy’ubutayu bugufiya buherereye mu burasirazuba bw’Africa mu majyepfo yicyo gihugu, mbona abantu besnhi batonze umurongo bari murugendo bagiye ku Nyanja iri mu majyepfo y’uburasirazuba bwiyo Nyanja. Abari bagiye kuri iyo Nyanja bari bavanzemo abakuru n’abatoya bose bakaba bari bagiye kuvoma cyangwa kunywa kuri ayo mazi yiyo Nyanja, kandi nta bikoresho babaga bafite.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo uti, birakwiye yuko bagira umwete bagushakisha ibikoresho bazakoresha mu butayu kugirango bazabone ibyo banywesha amazi bageze mu butayu, kuko iteka ry’Uhoraho ryamaze gucibwa yuko abatuye muri gakondo ya bakiranutsi bamaze koherezwa mu butayu bugufiya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko abantu bari bamaze kugera mu butayu bugufiya bajya kuri iyo Nyanja kujya kunywa amazi, maze uwamaraga kunywa amazi yayo nta bwo yashoboraga gusubira inyuma kumusozi yabaga aturutseho, kubera ko yatinyaga ubutayu yaciyemo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, waba wasobanukiwe iby iryo yerekwa? Ndasubiza nti oya Nyagasani! Arambwira ati, buriya butayu wabonye abantu bari kunyuramo, ni mibereho mibi barimo kunyuramo, hanyuma uriya musozi baturukaho berekeza kuri iriya Nyanja, n’ubuzima babamo bwo kwizera kwabo kugenda guhura ni bikomeye cyane uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zirirwa ziguhiga za maze kunywa kuri aliya mazi, za maze ku ryoherwa ni byisi, nyamara hasigaye igihe gitoya, bagakozwa isoni imbere ya mahanga n’isi yose, kuko Uwiteka ari we waremye isi n’ijuru, kandi byanze bikunze agomba kwihesha icyubahiro kugirango abatari bazi cyangwa bemera yuko mu ijuru hari Imana noneho bemere yuko ari we Imana ishobora byose uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, humura ntutinye kandi ntugire ubwoba buriya butayu warebesheje amaso yawe, ntuzongera kubusubiramo ukundi n’ubwo umwe mu bo mukorana umurimo yamaze kugambana, kandi ya maze kurya intonorano z’Umwakagara kubera ko amaze kunamuka mu byo kwizera uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, witinya kandi wigira ubwoba, kuko ngiye kuguhisha mu gikari cy’abakiranutsi, dore nd’Uwiteka wifite imibiri byose mbese hariho icya nanira?

Jeremiah 32:27 Behold, I am the LORD, the God of all flesh: is there anything too hard for me? 27 “Behold, I am the LORD, the God of all flesh. Is anything too hard for me?

Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi maze ntambagira mu murwa wa (Jerusalem) umurwa mukuru wa gakondo ya bakiranutsi (Kigali) mbona uwo murwa (capital city) harabayemo intambara ikomeye cyane, maze iyo intambara ihitana za magigiri zishe umunyamakuru twakoranaga witwaga INGABIRE Charles wiciwe mu gihugu cy’Ubuperesi (Uganda) mbona hapfa na ba pastoro na ba Bishop barimo Charles Rwandamura wahanuye yuko nta ntambara izongera kuba mu Rwanda ngo cyeretse hashize imyaka (400) ngo niho hazongera kuba intambara uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore iyo intambara izagwamo abagore benshi cyane, na bakobwa benshi cyane, ku buryo gakondo ya bakiranutsi izasigara nta bantu bayituye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, icyo gihe nyuma yiyo ntambara kuzabona umugeni bizaba ari (exam) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, icyo gihe Umwami namara kwima ingoma, bizaba bikomeye cyane, kuko izaba ari intambara hagati y’Uwiteka Imana Nyiringabo n’ingoma y’abega, bazarwana inkundura kugirango badakurwa ku ngoma, ariko bizaba iby’ubusa bazakurwaho bajyanwe mu butayu bugufiya kujya kwigishwa uko bubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyo gihe abega bazasahura ibigo by’imali ziciriritse byitwa za MICROFINANCE bahungane ayo mashillingi azaba ari muri ibyo bigo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore amadini yose akorera muri gakondo ya bakiranutsi azashiraho burundu, Uwiteka agiye gukubura igihugu cyose nk’uko uzi bakubura umuhanda wa kaburimbo nti hasigaramo umwanda namba kugirango isi yose izamenye yuko Uwiteka ariwe waremye ijuru n’isi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira imfungwa zifungiye muri gakondo ya bakiranutsi yuko zigiye guhura na kaga gakomeye cyane kuko ingoma y’abega nibona igiye gukurwaho bazica imfungwa nyinshi murwego kuburizamo ibimenyetso kugirango bazashinja ababafunze baramutse barokotse iyo intambara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, abantu bose intambara izasanga muri gakondo ya bakiranutsi bazahura na kaga kandi cyane, kuko kuzayirokoka bizaba ah’umugabo ugasiba undi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

OCT 25, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’Umuntu uwahoze ari madamu wawe Mukandirima Murekatete Odette yagambiriye kurimbura ubuingo bwawe ukwiye kuba maso cyane uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

OCT 26, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ikigeragezo kiraje kandi ni wowe gishaka ariko nta bwo gishobora ku kubonesha amaso yacyo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ishyari ryishe abantu benshi cyane bifuza yuko atari wowe wakabaye ukoreshwa n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo, ahubwo ko ari bo bakabaye bakora umulimo ukora uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ishyari ryishe abantu kuko abenshi basanzwe bakuzi, ntibumva buryo ki ukoreshwa n’Uwiteka Imana ngo ntabwo bigukwiriye uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

OCT 27, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, muri gakondo ya bakiranutsi hari ibice (2) igice cya mbere ni gice cya politike ya RPF, na bayishyigikiye bose, igice cya kabili ni gice cy’abanyamadini bumva yuko RPF ibyo yakora byose yakabanje ku kubabaza bakayigira inama ngo kuko nabo bafite ingufu za baturage bayoboye kandi ko ari na bayobozi. Ubabwire uti ako kibazo kanyu mu minsi micyeya Umwakagara Paul Kagame araza kugikemura uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, witegereje bariya bantu uko bahangayitse cyane? Ndasubiza nti cyane na byitegereje rwose! Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rirambwira riti, ikizere cy’abanyamadini (Synagogues Leaders) kimaze kuyoyoka kuko barabona ubucuruzi bwabo bw’ijambo ry’Imana bakoreraga butacyunguka nk’uko bwajyaga bwunguka nyamara ubabwire babe maso cyane kuko Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kubatungura cyane ku buryo bazakorwa nisoni ku karubanda isi yose ibarebera uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire bo muri gakondo ya bakiranutsi uti, uku niko Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, ubwo muzaba muvuga muti ni amahoro, icyo gihe niho kuza k’umwana w’umuntu kuzaba kwegereje, kandi icyo gihe nibwo kuvaho kw’ingoma y’umwana w’umwega kuzaba kwegereje ubisoma abyitondere. Icyo uzabishobora azakuremo ake karenge kuko akaga, ibyago, amakuba, bizaba bigiye kugwira uRwanda uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abagore bo mu idini rya ADEPR ubabwire uti, uku niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo avuga, mwashyiriweho umuromgo ntarengwa, none mu maze kuwurenga. Ni uko rero muzirengere ibyago, akaga na makuba bizaturuka kuri uko kutumvira ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo, mwasohotse urusengero mujya hanze yarwo none musigaye mwijenga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwo abagore bo muri ADEPR bo muri gakondo ya bakiranutsi na bandi bose basohotse muri iryo idini baciye akagozi kababuzaga gukora ibya kamere yabo, uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo na we agiye kubakorera ibyo ashaka bihwanye no gukiranirwa kwabo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwo abakristu bo muri ADEPR bahaye urwaho abadayimoni bakinjira mu itorero ndetse bakemera gukoreshwa nabo badayimoni b’Umwakagara warwanije itorero ry’Imana kugirango abone uburyo asenya umurimo w’Imana kuko iyo niyo inshingano yari yarihaye mu mutima we kandi yagambiriye cyane ubwo yemererwaga guhabwa ubutegetsi n’umukuru wa badayimoni yahize umuhigo yuko azarwanya itorero rya Kristo kuzageza aririmbuye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru yurira inzu ndende cyane ifite umunara muremure (tower) mbona ko ageze hafi yo kugera kumpera y’umunara, mbona ko hari umugabo wari yagezeyo mbere ye, maze yigira nk’aho ashaka kumufata ukuboko ngo amuzamure, naho byari uburiganya bwo gushaka uko yamufata ukuboko agahita amusunika ngo agwe hasi ntazongere gutekereza kwurira uwo munara w’inzu ndende uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hariho umugabo muzahura w’ibwami bw’Umwami Kigeli V Ndahindurwa uzagaragaza gushaka kugufasha, ariko nta gihe muzamarana kuko azaba umwe mu baza kugambanira kugirango utagera ibwami kwa Ndahindurwa Jean Batiste uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo mugabo w’ibwami kwa Ndahindurwa Jean Batiste azashaka kuguheza, ariko bizarangira ari we uhejwe, kuko ubwami yiringira bwa Kigeli V Ndahindurwa butazatinda buzakurwaho burundu. Ndetse uzamusimbura ku ngoma umugabo utuye mu gihugu cy’Umwami kazi (United Kingdom) na we ubwami bwe buzumira kuruti rw’umugongo w’ubwami bw’uRwanda bugendera kw’i tegekoshinga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ugiye guhura n’umugore witwa yuko akorana n’ubwami bwa Kigeli V Ndahindurwa, uwo mugore atuye kumugabane w’Uburayi (Europe) uzamwitondere ni muhura kuko akoresha indimi ebyeri (2 tongue) uwo mugore akorera ubwami bwa Kigeli V Ndahindurwa, akanakorera ubwami bw’Abega uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara Paul Kagame ahora yifuza yuko ya guca igihanga cyangwa agasenya ikinyamakuru InyangeNews umurage wabakiranutsi, nyamara ibyo byose nta bwo azabigeraho kuko Uwiteka yamushyiriyeho inzitizi kugirango adakora ibyo yifuza kubakiranutsi nyamara uhumure Uwiteka alinze cyane ubugingo bwawe kandi alinze umurage wabakiranutsi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

OCT 28, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara Paul Kagame akomeje gukiranirwa cyane, none hanura ushyireho iherezo ku mbibe ze zo gukiranirwa kugirango igihe cye kirangire burundu. Dore yaciye ibihanga abantu benshi bitariho urubanza kandi na we uri umugabo wo kubihamya, none hanura uvume ubutegetsi bwe maze ubushyireho ishyerezo niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze ndahanura ndavuga nti, yewe mwana w’umwega Umwakagara Paul Kagame umwana wo kurimbuka, ndakuvumye mu izina ry’Uwiteka Nyiringabo Imana Nyiringabo, nshyizeho iherezo ku butegetsi bwawe n’igihugu cyawe, kugirango umwaka utaha mu gihe gisa nk’iki uzakorwe nisoni kandi ahawe hazibagirane ndetse kurukiryi rwawe nti ruzaragarike kandi ahabo ntihazibukwe ukundi ndetse na basangira ngedo nabo bizabagendekere uko kugirango amahanga yose azamenye yuko Uwiteka Imana Nyiringabo ari we Imana ishobora byose uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore amahanga agiye kota umuriro w’Umwakagara Paul Kagame, ndetse bazagucanira itanure ry ‘umuriro kandi mu isi yose nta n’umwe uzakugirira akari urutega nta mbabazi uzagirirwa, kuko nawe ntazo wagiriye abandi. Amaraso wa mennye atariho urubanza ni uko rero itegure uhangane n’Uwiteka Imana nk’uko wabihize mu mutima wawe kugirango hagaragare umugabo w’umunyembaraga hagati yawe n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira abagore bo muri gakondo ya bakiranutsi ubabwire uti, abenshi muri mwe (Churches) mu giye kwinjizwa mu gihugu cy’ubutayu bwa butayu bugufiya buherereye mu majyepfo y’uburasira zuba bw’Africa kugirango mu menye neza yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo mwarwanije ijambo ko atabishimiye kuko mutari mukwiye gukora ibisa bityo muvuga yuko muri abakozi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, rambura amaso yawe witegereze imbere yawe, maze umbwire icyo ubonye, nditegereza mbona ijambo ryanditse ku gikuta (the rhema word written on the wall called Re-Sing).

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ugiye kongera kuririmba, kandi nta bwo ar ’indirimbo z’umubabaro ugiye kuririmba, ahubwo n’indirimbo z’umunezero uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

OCT 29, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd’Uwiteka Imana yawe dore nguciriye inzira mu gikari cy’abakiranutsi kuko imigambi y’umwanzi nzahora nyiburizamo iteka ryose uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara Paul Kagame ahaye amabwiriza ingabo za RDF yo kulinda igihugu, ariko se baralinda iki? Uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abaza!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mbese Uwiteka atalinze igihugu mbese umulinzi ntiyaba yiruhiriza ubusa? Uko niko Uwiteka abaza! Dore umwanzi wabo ari muri bo hagati yabo, ubwose baralinda iki? Uko niko Uwiteka abaza! None se bibwira yuko hari umuntu uzava hanze y’igihugu ngo aje ku batera? Nyamara bararuhira ubusa nk’umupfu ugana ikuzimu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi mbona kandi nitegereza uko umurwa umeze maze nsanga igihugu cyose cya mbaye ubusa cyerade! Nta muntu ukiri mu murwa mukuru w’(Isalem). Ahubwo umurwa wari wuzuye ingabo za RDF, nuko mbona uhereye inyamirambo kuza ukagera ahahoze akarere ka Nyarugenge mbona ingabo za RDF ziraje ziza zinsantira zifite imiheto n’imyambi zirasa Umuhanuzi Majeshi Leon ntihagira umwambi n’umwe umfata uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ingabo za RDF zigize umutwe wa za magigiri zihawe amabwiriza ya nyuma yo kuguhiga ngo ziguce igihanga, ariko barashinga umuhunda ku kirenge kuko bidashoboka ko, Umuhanuzi agwa hanze y’umurwa mukuru w’isezerano (SALEM) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona imodoka ya RDF yakoze impanuka (accident) mbonamo abasirikare (2); bapfiriyemo mu modoka ndetse nta n’umuntu ubitayeho ngo abakuremo ajye kubahamba. Maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ingabo za RDF zizapfa zijugunywe ku karubanda yewe habe no gushyingurwa nti bazashyingurwa kuko bishe abantu benshi babaziza ubusa, none igihe cy’Uwiteka kiraje kandi kirasohoye ngo Uhoraho ahore inzigo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, tereza amaso maze urebe mukirere cy’ISAMARIYA maze umbwire ibyo uhabonye. Nuko ntereza amaso mukirere cy’ISAMARIYA (Burundi) maze mbona abakuru b’igihugu bo muri icyo gihugu baterana mu nama yikubagahu nuko mbona mu gihe binjiye mu nama haza umwe mu baminisitiri uturutse kumurwa mukuru w’ (ISALEM) azanywe no kurangaza abari muri iyo nama yo gufata ibyemezo byo kurwana igihugu cy’UBUYUDA.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo mu minisitiri akimara kugera ku nzu mbera byombi yarilimo gukorerwamo inama mbona abura umuntu wo kumwakira, maze asaba intwaramuheto yari aho ngaho uruhushya rwo kwinjira muriyo nama maze mbona ko iyo ingabo Bamwemereye kwinjira arinjira maze abari mu nama abagwaho gitumo bahita bahagarika inama bakoraga dore ko batari bamutumiye maze aba ageze ku mugambi we wo kubarangaza kugirango bahagarike ibyo bakoraga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka wo kurangaza igihugu cy’ISAMARIYA ugeze muri uwo murwa Umwakagara Paul Kagame yishe umwana w’u murundi wo mu bwoko bw’Abahutu nk’uko ibyahanuwe bivuga usibye ko nawe nyuma y’igihe kitari kinini atazabura kumukurikira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara Paul Kagame azarimbura gakondo ya bakiranutsi ndetse n’umurwa mukuru w’(Isalem) na yituye bose azabaca ibihanga, narangiza niwe uzahereka gucibwa igihanga uko niko ubwami bw’Abega n’Umwami wabo bazarimbuka burundu uhereye icyo gihe nibwo gakondo ya bakiranutsi izatangira kubakwa bundi bushya ikazarusha ubwiza gakondo ya mbere yari yarubatswe n’ingoma y’abega kuko ibigiye kuyiberamo biteye isoni uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

OCT 30, 2015 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo  ya bakiranutsi maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu itegereze umbwire icyo ubonye imbere yawe, nditegereza mbona muri Embassy y’uRwanda intasi z’uRwanda zirimo gutanga amabwiriza yo kongera umurego wo kwica abanyamuryango ba RNC, mu bo nabonye bari muri iyo Embassy harimo Umuhanuzi-kazi ESTHER Marie MUREBWAYIRE ahabwa amabwiriza yo gucengera akaneka abayobozi ba RNC maze akajya atanga (report) muri Embassy y’uRwanda ishinzwe kubaha amabwiriza na mashillingi yo gukoresha mukuneka abayobozi ba RNC uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uburire abanyamuryango ba RNC ndetse na bayobozi biryo ishyaka birimde uwo muhanuzi-kazi w’ikinyoma ubeshya ko akorera Uwiteka Imana Nyiringabo kandi akorera inda ye, dore Uwiteka aramuvumye kuko yakerensheje ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Bishop Rwandamura Charles avuga ngo, kuki twebwe Uwiteka Imana atatwemerera kujya muri politike hanyuma Umuhanuzi Majeshi Leon we, akaba yemerewe gukora politike? Nuko ijambo ry’Uwiteka rinzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu na kubwiye yuko gakondo ya bakiranutsi izayoborwa n’Umwami uzasimbura Umwami Kigeli V Ndahindurwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu reba igihimbano cy’u mwuka mu indirimbo yo mu zo gushimisha Imana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Indirimbo ya 385:

1 Murinzi we menyesha igihe Iwacu se n’i muhero? At’ijoro ryijimye cyane buracya hanyuma, ntukarire,ukomeze, nturorere kwiringira, kugez’igihe uzagerayo ku munsi uhoraho.

2 Murwanyi we, cyo mbwira nawe, ansubiza yitonz’ati, dore urugamba rurashira, guma mu ntambara. Ntubabare wihanganye, wirek’imirimo yawe, tuzabona igihembo, cyiza nidutabaruka.

3 Ndacyabaza ibyaremwe byose, binsubiza bitya biti: Iyi si yacu iza gushira, haz’ind’ihoraho. Umeny’ibyo bimenyetso, bigaragaza kuza kwe, Kandi ibyaremwe uko bingana, byiteze impanda ye.

4 Twishime mu mitima yacu, ku kw’imuhira ari hafi, duhumure, tuzaruhuka, tutakibabara. Ntukarire, tuzabona ibyago bizashiraho, ntituzaburayo amahoro kwa Yesu mw’ijuru.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu reba igihimbano cy’u mwuka mu indirimbo yo mu zo gushimisha Imana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

405: Dori  isi ukuntu ikwifuza:

1 Dor’ is’ ukunt’ ikwifuza: Mukiz’ iragukumbura! Umva uko bagutakira, ngo n’ iki kigutindije? Uzaza ryari, mucunguzi, wime bwa bwami budashira, ngw ibyaremwe byose byishime? Icyamp’ ukaz’ udatinze!

Gusubiramo: Umwami Yes’ ubw’ azaza, (X 3) Tuzamureba, tunyurwe!

2 Azazana n’ ingabo ze, impanda bazivugije, abapfiriye muri we, bazuke, bamusang’ ubwo! Natw’ abazaba bakiriho atujyane hamwe na bo, tubane na w’ iteka ryose icyamp’ akaz’ adatinze!

3 Satani n’ abadayimoni bazahunga mu maso he, ab’isi b’abagurano, azaza ngw ababature! Kandi amahoro azatwari isi; azaca intambara, zishire, ahindur’ ibi byose bishya, icyamp’ akaza adatinze!

4 Bagenzi, tube mas’ ubu, duhore tumwiteguye n’ukuli, databuja uwo, nta wuz’ igih’ azazira. Nyamara’ azaza ku ngoma ye, aya makuba ayamareho, duhumure, dutegereze icyampa akaz’ adatinze!

Nuko nkimara kuririmba iyo ndirimbo numva ijwi ry’Uwiteka rimbwira ngo, mwana w’umuntu ngiye gukora ikintu gishya mu isi yabazima kugirango bimenyekane yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, komera ushikame cyane kuko ngiye kugukoresha ibikomeye cyane mu isi yabazima kugirango abantu bamenye yuko Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira ubwoko bwanjye yuko ngiye kubaha igihugu gishya, ubuzima bushya, buzira umuze, dore ku ngoma y’Umwami lll uhereye ku Mwami Kigeli V Ndahindurwa niho ineza yanjye izigaragaza mu bwoko bwanjye kuko hazategeka Umwami nitoranije ufite umutima nk ‘wanjye Umwami uzasimbura uwasimbuye Umwami Kigeli V Ndahindurwa uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, icyo gihe gakondo ya bakiranutsi izayoborwa na mahoro gusa, kandi amahanga azaza gutura umugaragu wanjye nitoranirije, ihanga ritazakora gutyo nzarimaraho burundu kugirango bimenyekane yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, gakondo ya bakiranutsi uhereye icyo gihe gakondo ya bakiranutsi izabaho mu mahoro ibihe byinshi cyane bidafite iherezo, kandi nta nduru cyangwa urusaku ruzongera kumvikana muri cyo gihugu uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi baturutse Uganda barakwanga cyane! Ndetse baguciye urwaho bakugirira nabi, dore na bo mwali inshuti ndetse na bo mwiganye Nkurunziza Vicenti uba mu gihugu cya Canada na Gikundiro Jules uba muri USA, barakwanga cyane ngo kuko ushyira ahagaragara by’ubutegetsi bwabo nyamara nta cyo baza gutwara kuko Uwiteka niwe buhungiro bwawe kandi akaba ubwihisho bw’abakiranutsi aho niho Uwiteka aza gushyira kuzageza igihe cyategetswe n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka aza kuzamura agusumbishe amahanga kandi icyo gihe, abigize abanzi bawe, nta bwo bazongera kuguca iryera kuko nza kwicaza ku intebe yo gukiranuka maze Umwami wanjye akazandeba ijisho ryiza uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore banzi bawe bose nza bamaraho kandi umwanzi wawe n’umwanzi w’Uwiteka Imana Nyiringabo, uzakugirira nabi nanjye nzamugirira nabi, uzakugirira neza, nanjye nzamugirira neza, kugirango bamenye yuko nagukunze nka gutoranya mu mahanga kuko wakunze Umwami wanjye Umwami wo gukiranuka umukunze aba ankunze niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko inkozi zikibi zohereje umwuka w’igifungo, maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira uti, mwana w’umuntu, uwo mwuka uwusubize aho uvuye, kuko na guhagurukije ngo usenye kandi urimbure imbaraga z’umwijima kandi wubake ibidasenyuka, ndetse ukomeze ibidakomeye ushimangire ibikwiye gukomera kuko na kugize Umuhanuzi wa mahanga uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abaguhiga nanjye nzabahiga, abakwanga nanjye nzabanga, abagukunda nanjye nza bakunda kugirango bimenyekane yuko nd’Uwiteka Imana ya we kuko wakunze gukiranuka wanga ubugome bukorerwa mu isi ya bazima, niyompamvu nanjye nzigaragaza yuko nd’Uwiteka Imana yawe kuko nzabana nawe nkigaragariza isi na bayituye mbinyujije muri wowe kuko ngiye gukora ibikomeye kugirango ikinyoma cya Satani na badayimoni na banyamadini bose mbashyire ku karubanda bigaragare yuko nta Imana bafite uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Nov 1, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hari magigiri umwe wihaye inshingano zo ku guhiga, nanjye ngiye guteza ibyago na makuba mu muryango we, kugirango muce intege zo gukomeza kuguhiga kuko uwo niwe inkingi yo muri uwo muryango we maze niyumva ibyago na makuba byagwiriye umuyango we, kandi warashyize ahagaragara ibyo byago azahita gira ubwoba ndetse acike intege maze ananirwe gukomeza guhiga ubugingo bwawe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona amadini yo muri gakondo ya bakiranutsi yitotomba kubera yuko abantu b’Uwiteka Imana Nyiringabo bari baragizwe ingaruzwa muheto, ngo basigaye bizera ijambo ry’Uwiteka ry’Ubuhanuzi aho kwizera ibyo bigishwa na bayobozi babo bahagarariye ayo madini mu isi ya bazima uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa  mbona n’inkozi zibibi zo mu bwoko bw’abarozi na zo zitotombera kuba zitakibona abantu ngo kuko basigaye biringiye ijambo ry’Ubuhanuzi ni uko mbona bakora inama yo kurwanya Umuhanuzi Majeshi Leon, maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntutinye kandi ntugire ubwoba, ahubwo komera kumulimo wanjye kuko nzabana nawe kandi nkazigaragariza isi yose bikunyuzemo kuko nd’Uwiteka Imana yawe kandi narirahiye dore nzabana nawe kandi isi yose izamenya yuko nd’Uwiteka Imana yawe kandi ibyo na gambiriye kubwoko bwanjye byose nzabikora kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wongere uhanure ubwire ubwoko bwanjye uti, ishyano riraguye muri gakondo ya bakiranutsi, kuko bakomeje gukora ibikorwa by’abanikolaiti, ndetse icyo gihugu kikaba cyuzuyemo ababeshyi biyitirira izina ryanjye, ba babwire uti, hasigaye agahe gato na babwiye mu gice cya (4) cy’Ubuhanuzi ni gice cya (5) cy’Ubuhanuzi aho ngiye guhana inkozi z’ikibi muri gakondo yabakiranutsi cyane abiyitirira izina ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibyo nzabikorera kugirango isi yose izabone yuko nd’Uwiteka Imana ishobora byose n’ubwo bagiye guhamya yuko ntashobora byose, ariko sinzabura kuberaka yuko nshobora byose, kuko kuri wa munsi wahanuwe na Abahanuzi ubwo bazabura aho bahungira haba mu mwinjiro cyangwa mu mbere n’ubundi umunsi babuze aho bahungira ubwo bazaba babyiganira mu mwinjiro nibwo bazamenya yuko nd’Uwiteka Imana ishobora byose uko niko abivuga.

Nov 2, 2015 ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore uhawe ino ndirimbo kugirango uyiririmbe igufashe murugendo rwawe rwo mu butayu bugufiya uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, iyi ndirimbo iri mu ndirimbo zo gushimisha Imana mu ndirimbo zigi Swahili.Iyi ndirimbo iboneka mu gitabo cyitwa:

«NYIMBO Teule» ikaba indirimbo ya’49. (Thou my Everlasting Portion).

1 Bwana U sehemu yangu, rafiki yangu wewe; katika safari yangu tatembea na wewe;

Pamoja na wewe; Pamoja na wewe, katika safari yangu tatembea na wewe.

2 Mali hapa sikutaka Ili niheshimiwe, na yanikute mashaka, sawa sawa na wewe.

Pamoja na wewe; pamoja na wewe, heri nikute mashaka sawa sawa na wewe.

3 Niongozi safarini, mbele unichukue, mlangoni mwa mbinguni

Niingie na wewe. Pamoja na wewe; Pamoja na wewe, mlangoni mwa mbinguni niingie na wewe.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abakomeye baje guhura nawe kandi ni wowe bifuza kuko bamaze gutakaza ibyiringiro by’imbaraga zabo, ubwenge bwabo, no gukomera kwabo, na maboko yabo n’ubushobozi bwabo kuko bibabereye impfabusa uko niko Uwteka abivuga.

Nov 3, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore uwitwa Gikundiro Jules amaze iminsi anegura umurimo ukora none Uwiteka na we aramuneguye kugirango azamenye yuko ukorera Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven and told me that son of man of living God of heaven, just have a look front of you on board where there’s a word written calledKICK BACKaccording Oxford English Mini Dictionary it means informal give up, or hit, proper forcibly a habit, an act of kicking or strong effect thus is the Lord almighty says.

Nov 4, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, tereza amaso yawe maze urebe mu butayu bugufiya maze umbwire icyo ubonye mu gihugu cyo mu butayu bugufiya, ni uko ndambura amaso yanjye ndeba mu butayu bugufiya nditegereza mbona ubutayu nta kintu kilimo maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambaza riti, mwana w’umuntu ubonye iki?

Ndasubiza nti, nta cyo mbonye ni uko arambwira ati, uko ubona ko nta cyintu kiri mu butayu, uko niko ikinyoma cy’Umwakagara kirangiye nta bwo kizongera kwibukwa ukundi kuko umwuka w’ikinyoma wagiye ahagaragara, maze Umwakagara akura ikinyoma cye mu bubiko agishyira ahagaragara isi yose irakibona uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore imbaraga z’Umwakagara Paul Kagame nti zizongera kubaho ukundi mu isi yabazima, kuko igihe cyazo cyararangiye, ibyo akora byose nta na kimwe bizamumarira ariho gusa ategereje yuko umunsi w’Uwiteka ntarengwa uzamusohoraho kugirango ibyahanuwe na bahanuzi bisohore bijye ahagaragara maze Uwiteka yigarurire icyubahiro cyatwawe na bana b’abantu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ongera neza maze umbwire icyo ubonye, ndongera nditegereza ku nshuro ya ll mbona mu irango ry ’amarembo y’ubutayu bugufiya nta gucaracara, maze menya yuko imanza z’Uwiteka Imana Nyiringabo zigiye gutangira guciraho isi na bayituye ho iteka rya burundu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’ikinyoma wivanguye n’ukuli ugiye ahawo kandi ushyizwe ahagaragara kugirango ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rigire imbaraga mu batuye isi, kugirango bave mu gukiranirwa, ahubwo bagarukire Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwana w’umuntu ashyizwe hejuru nk’uko Uwiteka Imana ya bivugiye mu kanwa k’abahanuzi, dore ibyo yagambiriye byose arabishohoje nk’uko ya bivuze, imbaraga z’ikinyoma zivuye mu bwihisho bwacyo zishyizwe ahagaragara kuko igihe cy’i kinyoma kirangiye mu isi ya bazima ku bakiranuka bakaba bagiye guhabwa umucyo udasanzwe kandi bakaba bakuwe mu bwigunge kugira abatuye isi bamenye yuko Uwiteka ariwe muremyi w’isi n’ijuru uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umugabo ufite imbunda yakorewe mu gihugu cy’America, uwo mugabo yaratumwe kuza kunyica, maze akimara kungeraho mfata ya mbunda igice kimwe ndakimwambura maze ahita arahunga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe amukurikirana, ariko nti yabasha kumufata ndamuhamagara aragaruka. Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umwanzi wawe aratsinzwe imigambi ye yose nyiburijemo kuko yari yagambiriye ku kugirira nabi, ariko iyo migambi nyiburijemo kugirango atazigera agera kumugambi we uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Ibinyabiziga cyangwa imodoka (4) ziparitse kumurongo kandi zitangiye kwaka ngo zifate urugendo. Maze mbona iya mbere iragiye ninjira mu ya ll mu kanya gato nibona nzihagaze imbere ndeba uko zihaguruka zerekeza mu nzira yerekeza icyerekezo cy’u rugendo maze ndabwirwa ngo, mwana w’umuntu, igihe cyo gutangira umurimo w’Uwiteka kirageze kandi kirasohoye uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ko itorero ryo muri gakondo ya bakiranutsi rigiye guhura na kaga gakomeye cyane kubera kutagendera mu nzira z’Uwiteka Imana Nyiringabo, maze mbona ko inkozi z’ikibi zo mu bwoko bw’abarozi na zo zihuye na kaga gakomeye cyane, mbona ko za magigiri na zo zihuye na kaga gakomeye cyane kubera kurwanya umugaragu w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo utariho urubanza uko niko Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona imbaraga z’abarozi bakoresha mu guhumanya ubwoko bw’Uwiteka Imana Nyiringabo zose zirangira burundu, maze mbona umwuka w’inzika y’inzigo na yo yongera guhaguruka kugirango yihorere maze ndabwirwa ngo, mwana w’umuntu, ba maso cyane, kandi witinya ahubwo ushikame kandi utuze maze turebe icyerekezo Uwiteka yavugiye mu kanwa k’umuhanuzi Majeshi Leon kuko Uwiteka Imana yagambiriye gukoza isoni abakiranirwa uko niko Uwiteka Imana abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi baturutse mu gihugu cy’Uburundi batahutse mu w’ 1994 bose ko bagiye kwinjizwa mu butayu bugufiya ndetse bakaba bakozwe nisoni vuba bishoboka kugirango Uwiteka Imana ahabwe icyubahiro kuko birase imbaraga zabo kandi bahora bumva ko ari bo bantu bonyine ntaho batandukaniye na banyamurenge biyumvisha ko kuri iyi isi ari bo bonye, nyamara ibiri kuri iyisi ibihakorerwa byose n’ubuntu bwa Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abarozi, Abatutsi baturutse mu gihugu cy’ISAMARIYA (BURUNDI) hamwe n’urubyiruko rwabo bagiye guhanwa n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, na bagore na bo hamwe na barozi-kazi bose bagiye guhanirwa hamwe kuko bakabije gukiranirwa uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore intasi z’uRwanda zirimo kuguhigira hasi no hejuru, ariko barashinga umuhunda ku ikirenge, ahubwo dore bagiye guhura na kaga gakomeye cyane, dore ziyobowe na wa umwicanyi Nyagasaza Innocent Fruit dore bahimbye impamvu ingana n’umwana muto kugirango ikubere umutego nyamara bararuhira ubusa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inteko ya bacamanza zihimbye indi mpamvu yo gukoresha guhiga ubugingo bwawe, ariko bariyimbire kuko umwana w’umuntu, atari umwana uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo wongeye guhaguruka, uwo mwuka uyobowe n’uwahoze ar ’umufasha wawe Mukandirima Murekatete Odette. Dore arahiga ubugingo bwawe, nyamara arashinga umuhunda ku kirenge kuko ibyo yifuza Uwiteka Imana adashobora kumukingurira amarembo kuko ari imigambi mibisha yo kumena amaraso, ariko we ntazabura guhanwa no gucirwa urubanza uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hadutse undi mwuka wa Destruction umwuka wo kurangaza maze ndabwirwa ngo mwana w’umuntu ube maso cyane, kandi ugire ubwenge kuko ha hagurutse umwuka wo kurangaza kugirango wihorere uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye kongera ku kubakira urugo rwawe kuko urwa mbere rutari mu bushake bw’Uwiteka wa bikoze mu bushake bwawe niyompamvu ijambo ry’Uwiteka ryakurwanije kugeza urugo rushizeho burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, ariko noneho Uwiteka yagambiriye ku kubakira urugo rundi rushya kugirango umurimo we uwukore utuje kandi uguwe neza mu nzira zo gukiranuka kuko nk’uko Uwiteka yabivuze agiye kuguha umufasha uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nov 5, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona ndi kumusozi, mbona inyanja munsi y’uwo musozi mpagazeho, umusozi wari muremure cyane usumba inyanja, maze mu inyanja harimo umuhengeri n’umuyaga mwinshi cyane wazamura amazi menshi cyane kugirango ubashe kuri wa musozi narindiho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ngaho manuka uwo musozi urebe kuruhande rw’iburyo, mbona ko mfashe icumu mu ntoki, mbona icumu ryivanye mugiti cya ryo cy’umuhunda maze mfata rya cumu ndisubizamwo maze ndakomeza ngeze imbere mpasanga umurengonti cyangwa iteme rinyuramo amazi, nuko mu gihe nshaka kwambuka iryo teme mbona kuruhande hari inka na zo zari zintegereje ngo twambukane iryo teme inka bisobanura abadayimoni babatererano batunzwe n’abantu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko nshaka uko na kwambuka jyenyine ntambukanye na bo badayimoni, ni uko mbona haje umwuka w’urukoza soni washakaga gusenya imirimo y’Uwiteka Imana Nyiringabo, ni uko numva ijambo ry’Uwiteka rimbwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zikibi zohereje imbaraga z’umwijima ziguteza ibibazo kugirango zikugwe gitumo zigufate mpiri zibone uko zikomeza imirimo yazo kuko wazibayeho igishakwe uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umugore w’u mupfumu w’umuyisilamu kazi, ajya kuragurira ingoma y’abega, amaze kubageraho babanza kumusaba yuko yabanza guhuma amaso yanjye ndetse no kumboha kugirango abulizemo gahunda zanjye zose kugirango abone uko abakorera gahunda zabo neza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore wa mupfumu waraguriraga abega yananiwe kubakorera ibyo bamusabye, yagerageje ku guhuma amaso ariko byamunaniye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, tega amatwi wumve uko uwo mupfumu kazi avuga, ntega amatwi numva avuga ngo, uyu mugabo akomoka mu bwoko butagoreka, afite imbaraga nyinshi cyane ziruta izanjye none yishe ingufu zanjye zose iyo nza kumenya ko afite izi mbaraga nta bwo nari kwirirwa Mugerageza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, izo za magigiri zashatse uliya mupfumu kazi, ziyobowe n’umwana w’u muhutu Umuhoza Benoni Zachariah akora muri DMI nyuma yaje kwirukanwa mu gisirikare ajyanwa I Paris mu gihugu cya France aho ashinzwe kugigira abahutu bene wabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, kubera ishyari akugirira ahora mu bapfumu kugirango ajye aguteza imyuka mibi ngo utazigera umuruta ahubwo ujye uhora mu bibazo bidashira uzahore mu bucyene butarangira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

nccleon@gmail.com 

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments