Home News Igice cya (12) cy’Ubuhanuzi

Igice cya (12) cy’Ubuhanuzi

0

July 24, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ariko kuko jye nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi, dore nongeye gutanga isezerano, nzabaha gakondo yabakiranutsi nk’uko nabigambiriye mu mutima wanjye, kuko nzabagirira neza iruta iya abana b’abantu uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, dore muzarya ibyiza byo mu gihugu nimukora ibitunganye mu maso y’Uwiteka Imana ya bakiranutsi, ariko nimudakiranuka nzabateza inzara n’umuvumo kuko ari jye wabagiriye neza, nimumara kugera mu gihugu mukigira nabi nk’uko mwagenje igihe cy’Umwakagara wigishije ubwoko bwanjye kuraguza ibicu, inyenyeri, izuba, n’ukwezi, ndetse banyujije abana babo mu muriro kandi ibyo byose n’ikizira k’Uwiteka nta kabuza ukuboko kwanjye ntikuzabura kubaremerera uko niko Uwiteka avuga.

Igice cya (11) cy’ubuhanuzi

 

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe kizaza kigiye gusohora, umuryango WABIBUMBYE UGIYE KUZICA ABANYARWANDA BAKORA UMURIMO WITANGAZA MAKURU, kubera yuko hagiye kuba intambara ikomeye cyane iruta kure ibitekerezo by’umwana w’umuntu, kuko bayihanuye ariko bakaba batazi uburemere bwaayo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore umuryango wabibumbye uzagira uruhare rukomeye cyane muri iyo ntambara, ndetse abantu benshi bazicwa n’indege z’umuryango wabibumbye, kuko bagiye guhangana, umwakagara kumanywa yihangu. Bityo intambara nirangira, ubuyobozi buzajyaho buzarenga umuryango wa bibumbye maze uwo muryango wa UN uzahiga abantu bose bitwa abatanga buhamya kugirango ubice basibanganye ibimenyetso uko niko Uwiteka abivuga.

Dore abanyamakuru nibo ba mbere bazahigwa bazajye bicwa mu buryo budasobanutse, kuko bafite za dossier z’umuryango wa bibumbye zifasha igihugu gushinja uwo muryango ukaba uzishyira amafaranga yikirenga atarigeze abaho mu isi yabazima yo kuzashumbusha abo uwo muryango wabibumbye UN waciye abantu aho kugirango ubarokore nk’uko inshingano za wo ziri uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore na we uhanuye ibi, bazaguhiga kugirango baburizemo za gihamya ariko uhumure nzakurinda kandi nzabana nawe, nuko rero mwana w’umuntu uzajye ubike buri nyandiko yose ijyanye na gakondo ya bakiranutsi, kuko izo nyandiko zizagira umumaro mu gihe gisa nk’icyo uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, ibihugu bikomeye birimo America n’Ubufaransa, bizakuraho umwakagara ndetse bazamurwanya bikomeye, ariko nyuma y’intambara ubutabera buzabatunga agatoki kuko bazagira uruhare mu bwicanyi bw’abantu banjye bazicwa muri gakondo ya bakiranutsi mu gukuraho ingoma y’abega n’Umwakagara uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ibyo nzabikorera kugirango amahanga azakorwe nisoni kandi azabacire bugufi bityo mbashe gusohoza imigambi yanjye muri gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore mu gihugu cya Kenya, hagiye gushyirwaho itegeko risaba abantu bose kuba bafite amadini babarizwamo. Icyo kikaba kimwe mu bimenyetso byinyamaswa yaraye yigaragaje muri icyo gihugu.

Dore barashaka kugenzura ubutunzi bwose cyane ubunyura mu madini. Hanura ubwire ubwoko bwanjye bwirinde kandi cyane babe maso kuko abakiri mu madini bagiye kugurishwa na bashumba ba madini kubera gutinya ya nyamaswa kuko nta wushobora kuyihnagara no kuyihagarara imbere uko niko Uwiteka abivuga.

Bwira ubwoko bwanjye busohoke bujye kumisozi ndetse buhungire mu butayu kuko amazi atakiri ya yandi kandi dore yamaze kurenga inkombe uko niko Uwiteka avuga.

July 25, 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore intasi z’umwakagara zakoze inama yo kugushaka ngo baguce igihanga, ariko bariyimbire kuko Uwiteka arinze ubugingo bwawe kandi ube maso cyane, ndetse ukomere kandi ushikame kuko Uwiteka ari kumwe na we uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abasirikare bamaze imyaka (10) batari bahabwa ubutabera na Leta y’Umwakagara, maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwoko bw’Uwiteka bwa gushije ishyano kuko buyobowe n’umwuka w’abadayimoni wateye ubwoko bwanjye gukiranirwa uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore bidatinze ngiye guha ubwoko bwanjye ubutabera bamaze igihe bifuza, nyamara bazamenya ko, nd’Uwiteka uca imanza zitabera uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, namanuwe no kwirebera ngo menye neza ibyaha biregwa ingoma y’abega n’ubutegetsi bwa RPF, niba ababivuga bafite ukuri, none nasanze ibyo babarega ari ukuri uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwakagara aryamye mu mva yamaze gutegurwa no gutunganywa neza, mbona aryamyemo amanitse ukuboko abwira abashinzwe kumurinda ngo, ni mube mundetse ho hato nduhuke nimbyuka ndakomeza imirimo yanjye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore umwakagara imva ye yamaze gutegurwa igisigaye nukumuha ikiruhuko nk’uko abyisabiye akajya kuruhuka agasanga basekuru aho baruhukiye uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona igisirikare cya RDF gikora inama vuba na bwangu, kugirango batange amapeti bayaha abasirikare babone moral yo kurwana, maze mbona batanga amapeti yo hejuru bayaha abaturutse Uganda nibo bahawe amapeti yo hejuru. Abandi bose bahabwa amapeti ari munsi yabo bavuye Uganda. Ndabwirwa ngo, igihe kiraje kandi kirasohoye vuba cyane, ubwo abanyarwanda baturutse Uganda bagiye gucishwa bugufiya kugirango bamenye yuko byose bishoboka uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that son of man of living God of heaven, read these chapters of bible and listen what your God of heaven says about his people:

Micah 1:1-16 The word of the Lord that came to Micah of Moresheth in the days of Jotham, Ahaz and Hezekiah, kings of Judah, which he saw concerning Samaria and Jerusalem.

The Coming Destruction

 Hear, you peoples, all of you; pay attention, O earth, and all that is in it, and let the Lord God be a witness against you, the Lord from his holy temple.

 For behold, the Lord is coming out of his place, and will come down and tread upon the high places of the earth.

 And the mountains will melt under him, and the valleys will split open, like wax before the fire, like waters poured down a steep place.

  All this is for the transgression of Jacob and for the sins of the house of Israel. what is the transgression of Jacob? Is it not Samaria? And what is the high place of Judah? Is it not Jerusalem?

  Therefore I will make Samaria a heap in the open country, a place for planting vineyards, and I will pour down her stones into the valley and uncover her foundations.

  All her carved images shall be beaten to pieces, all her wages shall be burned with fire, and all her idols I will lay waste, for from the fee of a prostitute she gathered them, and to the fee of a prostitute they shall return.

 8 For this I will lament and wail; I will go stripped and naked; I will make lamentation like the jackals, and mourning like the ostriches.

 9 For her wound is incurable, and it has come to Judah; it has reached to the gate of my people, to Jerusalem.

 10  Tell it not in Gath; weep not at all; in Bethle aphrah roll yourselves in the dust.

 11 Pass on your way, inhabitants of Shaphir, in nakedness and shame;

The inhabitants of Zaanan do not come out; the lamentation of Beth-ezel shall take away from you its standing place.

 12 For the inhabitants of Maroth wait anxiously for good, because disaster has come down from the Lord to the gate of Jerusalem.

 13 Harness the steeds to the chariots, inhabitants of Lachish; it was the beginning of sin to the daughter of Zion, for in you were found the transgressions of Israel.

 14 Therefore you shall give parting gifts to Moresheth-gath; the houses of Achzib shall be a deceitful thing to the kings of Israel.

 15  I will again bring a conqueror to you, inhabitants of Mareshah; the glory of Israel shall come to Adullam.

 16 Make yourselves bald and cut off your hair, for the children of your delight; make yourselves as bald as the eagle, for they shall go from you into exile.

Micah 2:1-13 Woe to the Oppressors

Woe to those who devise wickedness and work evil on their beds! When the morning dawns, they perform it, because it is in the power of their hand.

 

They covet fields and seize them, and houses, and take them away; they oppress a man and his house, a man and his inheritance.

  Therefore thus says the Lord: behold, against this family I am devising disaster, from which you cannot remove your necks, and you shall not walk haughtily, for it will be a time of disaster.

 In that day they shall take up a taunt song against you and moan bitterly, and say, “We are utterly ruined; he changes the portion of my people; how he removes it from me! To an apostate he allots our fields.”

  Therefore you will have none to cast the line by lot in the assembly of the Lord.

  “Do not preach” thus they preach one should not preach of such things; disgrace will not overtake us.”

 Should this be said, O house of Jacob? Has the Lord grown impatient? Are these his deeds? Do not my words do good to him who walks uprightly?

  But lately my people have risen up as an enemy; you strip the rich robe from those who pass by trustingly with no thought of war.

 The women of my people you drive out from their delightful houses; from their young children you take away my splendor forever.

 10  Arise and go, for this is no place to rest, because of uncleanness that destroys with a grievous destruction.

 11  If a man should go about and utter wind and lies, saying, “I will preach to you of wine and strong drink,” he would be the preacher for this people!

 12 I will surely assemble all of you, O Jacob; I will gather the remnant of Israel; I will set them together like sheep in a fold, like a flock in its pasture, a noisy multitude of men.

 13  He who opens the breach goes up before them; they break through and pass the gate, going out by it. Their king passes on before them, the Lord at their head.

Micah 3:1-12 Rulers and Prophets Denounced And I said: Hear, you head of Jacob and rulers of the house of Israel! is it not for you to know justice?

  You who hate the good and love the evil, who tear the skin from off my people1 and their flesh from off their bones,

 3 Who eat the flesh of my people, and flay their skin from off them, and break their bones in pieces and chop them up like meat in a pot, like flesh in a cauldron.

 Then they will cry to the Lord, but he will not answer them; he will hide his face from them at that time, because they have made their deeds evil.

 Thus says the Lord concerning the prophets who lead my people astray, who cry “Peace” when they have something to eat, but declare war against him who puts nothing into their mouths.

 Therefore it shall be night to you, without vision, and darkness to you, without divination. the sun shall go down on the prophets, and the day shall be black over them;

  The seers shall be disgraced, and the diviners put to shame; they shall all cover their lips, for there is no answer from God.

 But as for me, I am filled with power, with the Spirit of the Lord, and with justice and might, to declare to Jacob his transgression and to Israel his sin.

  Hear this, you heads of the house of Jacob and rulers of the house of Israel, who detest justice and make crooked all that is straight.

 10  who build Zion with blood and Jerusalem with iniquity.

 11 Its heads give judgment for a bribe; its priests teach for a price; its prophets practice divination for money; yet they lean on the Lord and say, Is not the Lord in the midst of us? No disaster shall come upon us.”

 12 Therefore because of you Zion shall be plowed as a field; Jerusalem shall become a heap of ruins, and the mountain of the house a wooded height.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uhoraho aciriye urubanza IBUYUDA, n’ISAMARIYA, kuko bagiye gukorwa nisoni kumanywa yihangu, kandi abanzi babo bazabaseka ndetse bazabishima hejuru uko niko Uwiteka abivuga.

July 26, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda ba bayobozi bahoze muri RPF, bavuganirwa n’umuryango ushinzwe uburenganzira bwa muntu witwa “AMNESTY INTERNATIONAL” nyuma yikurwaho ry’ingoma y’igitugu y’abega n’Umwakagara, mbona abanyarwanda bandi bo mu bwoko bw’Abatutsi bavuye mu gihugu cy’Uburundi, mbona ko bagize ishyari batumva uburyo abo banyarwanda bavuye IBURUNDI bavuganirwa kandi bose bari mu muryango wa RPFINKOTANYI yakoze amarorerwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mbona habayeho kutumvikana hagati y’Abatutsi baturutse Uganda, na bavuye mu gihugu cy’Uburundi, kubera ko bamwe bari bagiye gutabwa muri yombi, abandi basigaye bidegembya nyamara bose bari barikumwe mubikorwa byabo byo gukiranirwa uko niko Uwiteka avuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona aho ngaho tuhava tujya mu majyaruguru y’icyerekezo cy’iyerekwa, tunyura ahantu mu muhanda w’igitaka, tugera ahantu mu muhanda bari baracukuye hasi, hatezemo igihanga cy’imbwa cyishushanyaga ku gitsinsino cya buri muntu wanyuraga aho ngaho, kandi iyo amenyo yicyo gikang’a ya gukomeretsega, nta bwo washoboraga gukira wameraga nk’aho winjiwemo n’ubumara butavurwa.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abagabo (2) bari imbere yanjye, hari igihanga cy’imbwa kirabakomeretsa, mu gihe cyari kigiye ku nkomeretsa nanjye, mba na maze ku kibona ndasimbuka. Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu uwo muhanda ubonye wigitaka nizo nzira abana b’abantu bakomeje kunyuramo zitarimo gukiranuka, ahubwo yuzuyemo imivumo bakura muri uko gukiranirwa kwabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, muntu wese unyuze muri iyo nzira, kiriya gihanga cy’imbwa (ubusambanyi) cyahitaga kimukomeretsa kuburyo atizera gukira, uko niko bigendera abanyura muri iyo nzira, uwamaze kwinjirwa n’ubumara bw’ubusambanyi, biragoye yuko yakira! Uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abantu basambana n’isi cyane, biragoye yuko bashobora kuzabona ubugingo buhoraho kuko Uwiteka niwe utanga ubugingo. None bwira abantu banjye birinde kuko ibintu birakomeye cyane kuko bagiye kuzashaka mu maso h’Uwiteka ntibazahabone uko niko Uwiteka abivuga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ibyo ubyandike vuba cyane kuko bidatinze bigiye gusohora. Ijambo ryongera kunzaho bwa kabiri, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, iryo jambo wongere uryandike kuko bidashyize cyane bigiye gusohoza umulimo waryo vuba bidatinze. Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kungarukaho bwa gatatu maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, iryo jambo niryo kwizerwa cyane wongere uryandike kuko rigiye gusohoza umulimo waryo vuba bidatinze uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

The rhema word comes from heaven unto me, and told me that son of man of living God of heaven, go and open the word of the Lord which is bible and read Micah 1:1-16 You’ll hear what the Lord your God says thus how the Lord God said.

The word of the Lord that came to Micah of Moresheth during the reigns of Jotham, Ahaz and Hezekiah, kings of Judah the vision he saw concerning Samaria and Jerusalem. Hear, you people, all of you, listen, earth and all who live in it, that the Sovereign Lord may bear witness against you, the Lord from his holy temple.

Look! The Lord is coming from his dwelling place; he comes down and treads on the heights of the earth.The mountains melt beneath him and the valleys split apart, like wax before the fire, like water rushing down a slope.

All this is because of Jacob’s transgression, because of the sins of the people of Israel. What is Jacob’s transgression? Is it not Samaria? What is Judah’s high place? Is it not Jerusalem?

Therefore I will make Samaria a heap of rubble, a place for planting vineyards. I will pour her stones into the valley and lay bare her foundations.

All her idols will be broken to pieces; all her temple gifts will be burned with fire; I will destroy all her images. Since she gathered her gifts from the wages of prostitutes, as the wages of prostitutes they will again be used.”

Because of this I will weep and wail; I will go about barefoot and naked. I will howl like a jackal and moan like an owl.For Samaria’s plague is incurable; it has spread to Judah. It has reached the very gate of my people, even to Jerusalem itself.

10 Tell it not in Gatha; weep not at all. In Beth Ophrah  roll in the dust.11 Pass by naked and in shame, you who live in Shaphir. Those who live in Zaanan will not come out. Beth Ezel is in mourning; it no longer protects you.

12 Those who live in Maroth writhe in pain, waiting for relief, because disaster has come from the Lord, even to the gate of Jerusalem.13 You who live in Lachish, harness fast horses to the chariot. You are where the sin of Daughter Zion began, for the transgressions of Israel were found in you.

14 Therefore you will give parting gifts to Moresheth Gath. The town of Akzib will prove deceptive to the kings of Israel.15 I will bring a conqueror against you who live in Mareshah.  The nobles of Israel will flee to Adullam.

16 Shave your head in mourning for the children in whom you delight; make yourself as bald as the vulture, for they will go from you into exile.

Woe to those who plan iniquity, to those who plot evil on their beds! At morning’s light they carry it out because it is in their power to do it.They covet fields and seize them, and houses, and take them. They defraud people of their homes, they rob them of their inheritance.

Therefore, the Lord says: “I am planning disaster against this people, from which you cannot save yourselves. You will no longer walk proudly, for it will be a time of calamity.In that day people will ridicule you; they will taunt you with this mournful song:

We are utterly ruined; my people’s possession is divided up. He takes it from me! He assigns our fields to traitors.’”Therefore you will have no one in the assembly of the Lord to divide the land by lot.

Do not prophesy,” their prophets say. “Do not prophesy about these things; disgrace will not overtake us.”You descendants of Jacob, should it be said, “Does the Lord become [ impatient? Does he do such things?”

Do not my words do good to the one whose ways are upright?Lately my people have risen up like an enemy. You strip off the rich robe from those who pass by without a care, like men returning from battle.

You drive the women of my people from their pleasant homes. You take away my blessing from their children forever.10 Get up, go away! For this is not your resting place, because it is defiled, it is ruined, beyond all remedy.11 If a liar and deceiver comes and says, ‘I will prophesy for you plenty of wine and beer, ‘that would be just the prophet for this people!

12 I will surely gather all of you, Jacob; I will surely bring together the remnant of Israel I will bring them together like sheep in a pen, like a flock in its pasture; the place will throng with people.
13 The One who breaks open the way will go up before them; they will break through the gate and go out. Their King will pass through before them, the Lord at their head.”

Micah 3:1-12

(Micah 3:1) And I said: Listen, you heads of Jacob and rulers of the house of Israel! Should you not know justice? Since the temple of the LORD and the priests were in Jerusalem, the capital of the Kingdom of Judah, the religious and political leaders in Jerusalem should know the Law of the LORD and how to administer justice rightly in all of Israel, including Judah. Micah preached a prophetic message to the Kingdom of Judah similar to the message of Amos, who preached in the Kingdom of Israel.

God expected the leaders and people of both kingdoms to execute justice according to and in obedience to the Law of the LORD. The rulers in Israel and Judah had no excuse for not knowing and administering true justice in and out of their law courts, in their business practices, and in treating others.

(Micah 3:2) You who hate the good and love the evil, who tear the skin off my people, and the flesh off their bones; Micah expressed facts of human life, of people who have turned from the true God, of people who have chosen what to believe and not to believe about God, of people who have chosen what laws of God to obey and what laws of God to disregard.

Factually, some people hate the good (good people and doing good) and they love the evil (doing evil and those that act contrary to God’s law when it gives them pleasure or what they covet).

(Micah 3:3) who eat the flesh of my people, flay their skin off them, break their bones in pieces, and chop them up like meat in a kettle, like flesh in a caldron.

Through Micah, God compared those who hate good and love evil to cannibals. Perhaps cannibalism was practiced by some in the Kingdom of Judah, just as it has been in other pagan places. During the siege of Jerusalem by the Babylonians, cannibalism was practiced in the city, and it was probably practiced in other cities that were under siege.

Micah may have been prophesying these times; but more probably, Micah was trying to express graphically the end result of practices that enabled the wealthy to oppress and steal from the poor and those who were economically between the rich and the poor.

The poor and the less wealthy would ultimately die of starvation or the brutalities of slavery. Those who hate the good can invent many ways to destroy the good.

(Micah 3:4) Then they will cry to the LORD, but he will not answer them; he will hide his face from them at that time, because they have acted wickedly.

Micah foretold a time when God’s justice would come upon those who hated good and loved evil. On that day of punishment from the LORD, they would call out to the LORD for help, but the LORD would not help them because of their wickedness. The wicked needed to believe Micah’s words and repent of their sins before it was too late.

(Micah 3:5)Thus says the LORD concerning the prophets who lead my people astray, who cry “Peace” when they have something to eat, but declare war against those who put nothing into their mouths.

Micah spoke out in the name of the LORD against the leaders in Jerusalem while the professional prophets or preachers kept silent. If they did preach, they would endorse the decisions of their political leaders, and they would cry “Peace” to uphold their wickedness as long as they were paid to do so. They put acquiring money first, and used God and preaching as a means to the end of material prosperity and personal security.

(Micah 3:6) Therefore it shall be night to you, without vision, and darkness to you, without revelation. The sun shall go down upon the prophets, and the day shall be black over them; Micah foretold God’s judgment on the prophets for their hating the good and loving the evil.

God would not shine the light and peace of His presence upon them. He would no longer reveal His will for the future to them so they could escape the catastrophe of judgment, but the Day of the LORD would be blackness or darkness for the prophets as well as for the politicians in Jerusalem.

(Micah 3:7) the seers shall be disgraced, and the diviners put to shame; they shall all cover their lips, for there is no answer from God. Seers and diviners gave advice to individuals trying to make decisions. They often told kings whether or not to go to war or whether or not they should pay tribute or surrender to an enemy.

They claimed to give advice directly from God. Micah said that those who gave advice or foresaw the future for money instead of to serve God and His people would be abandoned by God as they and the rich political leaders had abandoned God.

(Micah 3:8) But as for me, I am filled with power, with the spirit of the LORD, and with justice and might, to declare to Jacob his transgression and to Israel his sin.

Instead of “spirit of the LORD,” as in KJV and NRSV, “Spirit of the LORD” is to be preferred. Micah and Amos were not professional prophets, seers, or diviners. God called them to serve Him; God filled them with His power and Spirit; God told them where to preach and what to say, and they obeyed the LORD.

Micah and Amos both preached what no one wanted to hear. They revealed the sins of powerful leaders who were misleading the people, and they called them to repent or receive their just punishment from God.

(Micah 3:9) Hear this, you rulers of the house of Jacob and chiefs of the house of Israel, who abhor justice and pervert all equity, though we may find it difficult to admit and understand, those who love evil abhor justice and they pervert equality or equal rights among people.

Equity means fair treatment or justice in the way people are treated. The religious and political leaders throughout Israel and Judah abhorred or hated justice and loving their neighbors as themselves. They used the law of God to selfishly steal from others and fulfill their self-centered lusts.

(Micah 3:10) who build Zion with blood and Jerusalem with wrong! Some of the kings and other leaders in Jerusalem used slave labor to build the city’s defenses and public works to their benefit. They misused and misinterpreted and twisted or ignored the Law of God for their personal enrichment, which God forbid in the law He gave Moses.

The professional prophets, scribes, and priests did not call the wicked rich and powerful leaders to account for their evil behaviors or call them to obey God they profited from the wrongs of others, which was also contrary to God’s law.

(Micah 3:11) Its rulers give judgment for a bribe, its priests teach for a price, its prophets give oracles for money; yet they lean upon the LORD and say, “Surely the LORD is with us! No harm shall come upon us.”

In summary, those who had and paid the most money received the judgments and rulings in their favor irrespective of the Law of God. Rather than teach the Law of God and call people to love and obey the LORD, the priests served primarily for money and the same for the prophets who were supposed to serve as the conscience of political and religious leaders and people who did wrong.

Micah assured them that no matter what they thought or said that the time was coming when the LORD would no longer be with them and His punishment would fall upon them.

(Micah 3:12) Therefore because of you Zion shall be plowed as a field; Jerusalem shall become a heap of ruins, and the mountain of the house a wooded height.

The kingdoms of Israel and Judah had become totally corrupt from top to bottom. All of the leadership in the capitals of both kingdoms loved evil and money instead of good and God. Therefore, God called some small-town farmers and businessmen to preach His word in the capital cities of both kingdoms (neither Amos nor Micah were professional prophets).

Jerusalem would be destroyed, including the temple, which happened about 125 years after Micah preached which does reveal the patience of God; and in the time of Jeremiah, some of the elders of the people remembered the words of Micah, which they quoted in order to save Jeremiah from death for his preaching.

July 27, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Peter Nkurunziza, yirukanywe ku ngoma, ndetse yirukanywe no kw’isi ya bazima. nuko mbona agize urugendo rugufiya, hanze y’igihugu, amaze kugera muri icyo gihugu yohererezwa ubutumwa bamubwira yuko atemerewe gusubira mu gihugu cye yaturutsemo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Numva abasirikare bamurinze bahamagawe, barabwirwa ngo: Mwebwe nimugaruke mu gihugu kuko uwari umukuru w’igihugu yakuwe ku ngoma uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umukuru w’igihugu cy’ISAMARIYA yirukanywe ku ngoma nk’uko umugaragu b’Uwiteka Majeshi Leon yabivuze kugirango ijambo ry’Uwiteka risohoze umulimo waryo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umukuru w’igihugu cya Kenya UHURU Kenyatta Muigai yemereye Barack Obama ko azubahiriza ibyifuzo bye ko azashyigikira abahuje ibitsina babisangiye” GAY and LESBIANS” uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

July 28, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona tuva ku ishuri twigagaho, ryubatse kumusozi wigisha abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi kwubaha Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Twari hamwe na bandi banyeshuri, mbona tumanuka umusozi tugeze mu kibaya cy’ubutayu bugufiya, maze tuzamuka icyo gikombe kijya kinyuzwamo abakiranutsi, ariko abo twari kumwe bose twari twahawe amakarita ariho za numero, maze barazibagirwa ni jyewe jye nyine warufite iyo ikarita twari twahawe ngo tujye kwa muganga babashe kutwakira maze batuvure indwara twari turwaye!

Nuko ikarita yanjye yari yanditseho 107, maze numva ijwi ry’Uwiteka rimbwira ngo, iyo numero y’107, ni zaburi uhawe n’Uwiteka kuko urangije ubutayu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko numva mpawe indirimbo yo mu igitabo cyo gushimisha ndirimbo ya 334 mu GUSHIMISHA

1 Wa mutima wanjye we, shim’ Uwiteka! Mwa bindimo byose mwe, mushime! Njye mpimbaz’ izina rye, ne kwibagirwa iby’ Imana yankoreye byose imbabarir’ ibyaha nakoze byose ni y’ inkiz’ indwara zamugaje inyambik’ imbabazi zayo nk’ ikamba, ikampaz’ ibyiza bidashira

2 Ijy’ ikor’ ibyo gukiranuka gusa, n’ abarenganyw’ ikabarengera, ic’ imanza ziboneye zitabera, Kand’ igir’ imbabazi n’ ibambe imenyesh’ abayubah’ inzira zayo Uwitek’ atinda kurakara; Umujinya ntiyawuguman’ iteka Akunda kugirira nez’ abe

3 Uwiteka ntiyatwituy’ ibihwanye N’ ibicumuro twamucumuye, Kandi nkukw ijuru rye ryitaruy’ isi Ni kw imbabaz’ agira zingana ibuvazuba n’ iburengerazuba dor’ uko hitaruye kure pe Ni ko yajyanye n’ ibicumuro byacu Kure yacu. Turamuhimbaza!

4 Nkuko se w’ aban’ abagirir’ ibambe, Ni kw Imana yac’ irigirira abantu bayubaha, kukw izi neza ubukene bwacu n’ intege nke iz’ ubugingo bwacu ko butarama; buhwanye n’ ubwatsi bushiraho ntibutinda; si nka za mbabazi zayo, Zo ntizizashir’ iteka ryose

5 Uwitonder’ isezerano ry’ Imana, Ni ryo ryakomejwe n’ amaraso Ayo Yes’ Umwana w’ Intama yavuye, Kand’ akumvir’ ibyo yategetse, Ni w’ ugirirwa neza n’ Iman’ iteka, Non’ akiri mw isi no mw ijuru, Iman’ izamwerek’ imbabazi zayo N’ umurava no gukiranuka 

July 29, 2015 The rhema word comes from heaven unto me, and told me that son of man of living God of heaven, this is your card number from completion of your wilderness saith the Lord of hosts.

Psalm 107 King James Version (KJV)

107 O give thanks unto the Lord, for he is good: for his mercy endured forever.

Let the redeemed of the Lord say so, whom he hath redeemed from the hand of the enemy;

And gathered them out of the lands, from the east, and from the west, from the north, and from the south.

They wandered in the wilderness in a solitary way; they found no city to dwell in.

Hungry and thirsty, their soul fainted in them.

Then they cried unto the Lord in their trouble, and he delivered them out of their distresses.

And he led them forth by the right way, that they might go to a city of habitation.

Oh that men would praise the Lord for his goodness, and for his wonderful works to the children of men!

For he satisfied the longing soul, and filleth the hungry soul with goodness.

10 Such as sit in darkness and in the shadow of death, being bound in affliction and iron;

11 Because they rebelled against the words of God, and contemned the counsel of the highest:

12 Therefore he brought down their heart with labor; they fell down, and there was none to help.

13 Then they cried unto the Lord in their trouble, and he saved them out of their distresses.

14 He brought them out of darkness and the shadow of death, and brake their bands in sunder.

15 Oh that men would praise the Lord for his goodness, and for his wonderful works to the children of men!

16 For he hath broken the gates of brass, and cut the bars of iron in sunder.

17 Fools because of their transgression, and because of their iniquities, are afflicted.

18 Their soul abhorred all manner of meat; and they draw near unto the gates of death.

19 Then they cry unto the Lord in their trouble, and he seventh them out of their distresses.

20 He sent his word, and healed them, and delivered them from their destructions.

21 Oh that men would praise the Lord for his goodness, and for his wonderful works to the children of men!

22 And let them sacrifice the sacrifices of thanksgiving, and declare his works with rejoicing.

23 They that go down to the sea in ships, that do business in great waters;

24 These see the works of the Lord, and his wonders in the deep.

25 For he commanded, and raised the stormy wind, which lifted up the waves thereof.

26 They mount up to the heaven, they go down again to the depths: their soul is melted because of trouble.

27 They reel to and fro, and stagger like a drunken man, and are at their wit’s end.

28 Then they cry unto the Lord in their trouble, and he bringeth them out of their distresses.

29 He maked the storm a calm, so that the waves thereof are still.

30 Then are they glad because they be quiet; so he bringeth them unto their desired haven.

31 Oh that men would praise the Lord for his goodness, and for his wonderful works to the children of men!

32 Let them exalt him also in the congregation of the people, and praise him in the assembly of the elders.

33 He turned rivers into a wilderness and the water springs into dry ground;

34 A fruitful land into barrenness, for the wickedness of them that dwell therein.

35 He turneth the wilderness into a standing water, and dry ground into water springs.

36 And there he maked the hungry to dwell, that they may prepare a city for habitation;

37 And sow the fields, and plant vineyards, which may yield fruits of increase.

38 He blessed them also, so that they are multiplied greatly; and suffered not their cattle to decrease.

39 Again, they are minished and brought low through oppression, affliction, and sorrow.

40 He poureth contempt upon princes, and caused them to wander in the wilderness, where there is no way.

41 Yet setteth he the poor on high from affliction, and maketh him families like a flock.

42 The righteous shall see it, and rejoice: and all iniquity shall stop her mouth.

43 Whoso is wise, and will observe these things, even they shall understand the loving kindness of the Lord.

July 30, 2015 Njyanwa mu iyerekwa, mbona uwitwa Benoni Umuhoza Zachariah uburyo yahumanije ubugingo bwanjye. Mbona Malaika w’Imana aza aho ndi maze aramfata anjyana aho yakoreye ubwo bugome anyereka igiti kinini yanzingiyemo mu gashyamba ntabashije kumenya aho gaherereye.

Malaika ampereza umuhoro cyangwa umupanga, arambwira ati, tema iryo shami urikureho, uwo umuhoro warutyaye cyane. Ndatangira ndatema igihe hasigaye agace gato ngo iryo bango riveho, mbona murumuna wa Benoni Umuhoza witwa Ruben araza atugezeho aho twari turi gutema iryo shami ry’icyo giti banzingiyemo, mbona Ruben arituza tuze arasimbuka afata rya shami banzingiyemo ribamo imitsindo y’ubutunzi bwabo ararifata ararishikuza arimanyuraho araryirukankana.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore ibirozi byabo barabisubiranye ndetse n’imyuka mibi bakoresheje batwara umugisha wawe kuko igihe cyawe cyo guhabwa umugisha no gusezera ku butayu gisohoye uko niko Uwiteka abivuga.

July 31, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi hari umugabo ukomeye cyane ugiye gucyuza ubukwe bukomeye cyane, kandi ubwo bukwe bukazatahwa na bakomeye bo mu isi yose bari mu isi yabazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abatumirwa bamaze kugera ahagombaga kubera ubukwe, maze barategereza cyane bigeza aho batangira kurambirwa, maze amatorero arimo ay’urukerereza, garuka urebe na yandi menshi yari yatumiwe muri ubwo bukwe.

Atangira kubyinira abatumirwa kandi abageni bataraza, kwari ukugirango abatumirwa bareke kwitotomba ko umugeni yatinze, mbona radio InyangeNews ariyo iyoboye ibyo birori bikomeye birimo abanyamahanga benshi cyane hafi bo ku isi hose. Mbona hari urujya nuruza hagati mu gihugu bakira abashyitsi baza gutaha ubwo bukwe, ndetse na basangwa bajya kubakira ku kibuga cy’indege.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubukwe buratinze, nyamara abatumirwa bagomba kubutaha kuko nta kundi byagenda byanze bikunze abatumirwa bazabutaha, ndetse hari na bandi benshi bifuza kubutaha nyamara bitazabakundira ko babutaha kuko uwacyuje ubukwe n’umwe mu bakomeye mu isi yabazima niko Uwiteka abivuga.

Aug 1, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu itegereze urebe imbere yawe maze umbwire icyo ubonye. Nditegereza mbona abagore (3) bahagaze bifuza umuntu wa basengera.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, abo bagore batatu bagiye kugusaba yuko wabasengera, uzababaze uti, ko umuntu atera imyaka kugirango azasarure byinshi, mbese mwebwe mwaba mwarateye iyo myaka? Uko niko Uwiteka abaza.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti, abantu benshi bifuza guhabwa, ariko bo, ntibashaka gutanga, mbese gutanga no guhabwa, ko byemewe nijambo ry’Uwiteka, bo kuki badakora ibisabwa nijambo ry’Uwiteka, barumva bazabona umugisha unyuze muzihe nzira? Uko niko Uwiteka abaza!

Njyanwa mu iyerekwa mbona abakongomani bavuga ururimi rw’ikinyarwanda biyita abanyamurenge, maze mbona urubyiruko rwabo rufite hagati y’imyaka (20-35) buzuyeho umuvumo n’umwuka w’icyangiro. Icyo bakoraga cyose nta bwo cya tunganaga, aho bajyaga hose gusaba ubufasha nta bwo babashaga, ahubwo babwirwa nabi no gusubizwa inyuma. Noneho nabo bagahita basuzugura abakabagiriye neza, aho guca bugufi no kwitonda ngo nibura babone ko babagiriraho umugisha uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, ubwo bwoko ubonye bwataye Uwiteka Imana, baravumwe Uwiteka ya bakuyeho amaboko, basigaye birirwa batakira abahisi na bagenzi, kandi cyera Uwiteka yabaga muri bo, nta cyo basabaga ngo bakibure, ariko kubera bataye Uwiteka Imana na we yahisemo kubata uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti, dore buzuweho n’umwuka w’icyangiro, igisuzuguriro, nti bazigera bagira aho bashinga ibirenge, kuko Uwiteka yabavumye kubera gukiranirwa kwabo. Baramutaye bisangira inkozi zibibi bayoboka abahanuzi bibinyoma niko Uwiteka abivuga.

Niyompamvu Uwiteka azabarwanya aho bazajya hose, amasengesho yabo Uwiteka ntazayatega amatwi, ntazayumva kugeza igihe umujinya w’Uwiteka uzacururuka ari uko bamaze kumenya ibyaha byabo bagahinduka bakihana. Nibaramuka badahindukiye Uwiteka azabarwanya kugeza barimbutse niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mu kibaya cy’ubutayu bugufiya, mbona abagore (4) baragiye ihene na pundamiliya mbona ayo matungo ari kurisha mu butayu bugufiya. Mbona imwe muri izo ihene isa na pundamiliya, ariko ar ’ihene, mbona ibyaye abana (3) bimpanga, mu ijoro ryayo rirangiye, yari yabyaye umwana umwe ahita arapfa! Babana (3) bimpanga bavutse basanga na bantu mu maso yabo, bafite amaguru ya bantu, ariko amaboko yari y’ihene. Bakimara kuvuka bahise bagendesha amaguru nk’abantu, nyuma yiminota (2) bahita barapfa.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ibyo ubonye bisobanura ibinyoma byishyaka rya RPF bimaze gutahurwa bakaba badashobora gukomeza gukoresha ibyo binyoma mu baturage ndetse no kw’isi yose uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ibinyoma bya RPF izajya ibeshya bizajya bihita bibura imbaraga zo gukorera mu isi, kuko igihe cyabo kirangiye, ibyo ubitegereze biraje nta bwo biri butinde niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, nyuma yuwo mwuka w’ikinyoma ugiye gukorwa nisoni nk’uko muri iki cyumweru wabihanuye, har’indi myuka ibiri izahita ivukira ikirimwe kugirano barebe ko bakwiyongeramo imbaraga.

Ariko nta bwo iyo myuka izamara iminota kuko izahabwa gukora iminota (2); iyo minota nirangira ako kanya izahita ipfa! Bisobanuye ko ibyo binyoma bizahita bipfa burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, iliya myuka (4) wabonye, ni myuka RPF ikoresha mu gutekinika babeshya abaturage harimo na marozi bakoresha bica abantu bose bamaze kuyitahura ngo batazajya bayishyira ku karubanda uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Aug 2, 2015 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi mbona society ebyeri (Western Union na MoneyGram) zikora ubucuruzi bwo kohereza no kwakira amashillingi muri gakondo yabakiranutsi zifunga imiryango uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona havuka umwuka w’inzika y’inzigo hagati ya Leta na madini avuga ko bavutse ubwa kabiri, mbona Leta y’Umwakagara irakarira cyane abo biyita ko ari abarokore ngo kubera ko abateje akaga mu gihugu ari ubuhanuzi bw’abarokore.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara agiye gufunga amadini menshi cyane, abaziza guhanura yuko ngo azakurwa ku butegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore urahagurukiwe, umwuka w’urukoza soni uraguhagurukiye, none ba maso cyane kuko Uwiteka ari kuruhande rwawe niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho andi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwahoze ari umufasha wawe Murekatete Mukandirima Odette alimo gushakisha aho ucumbitse kugirango arimbure ubugingo bwawe ube maso cyane kandi wirinde cyane kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko Uwiteka arambwira ati, mwana w’umuntu, gira wimuke aho utuye kuko intasi zirimo ku kugenza, ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd’Uwiteka Imana yawe niko Uwiteka avuga.

Aug 3, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona ngirana ikiganiro n’Uwiteka Imana Nyiringabo maze arambwira ati, mwana w’umuntu mbese waba uzi uko ijuru risa? Ndasubiza nti oya! Kuko twebwe twibera mu isi yabazima. Arambwira ati, haguruka ugende ushake igitambatamba cyitwa umuserebanya maze ukizane hano, ndagenda mfata umuserebanya ndawuzana maze, arambwira ati, ngaho reba mu gituza hawo, ndetse no munda hawo ikoresha itambatamba.

Ndareba nditegereza, maze mbona hasa n’izahabu, ni uko, arambwira ati, uku ubona umuserebanya ufite munda hizahabu, ni nako imihanda yo mu ijuru isa yose yubakishije izahabu abana b’abantu birirwa barwanira.

Nuko arambwira ati, rero nagirango nkwereke ijuru muvuga uko imihanda ijyayo isa, kugirango hatazagira ubashuka akababwira ibinyuranye nibyo. Arakomeza arambwira ati, mwana w’umuntu, dore hari umugore wajujubijwe na badayimoni, none uzamwakire dore mwane wabo agiye kuguhamagara uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Maze umusengere kuko aburaniwe kandi akaba yihebye, uzamusengere umukureho igisuzuguriro maze amenye ko nd’Uwiteka Imana y’Abraham, Issac, Yakobo, na Majeshi Leon Umuhanuzi niko Uwiteka Imana abivuga.

Mvuye mu iyerekwa nahise nakira telephone y’umugore mwene wabo na wa wundi Uwiteka yavuze, ambwira ko ansaba ko yazana mwene wabo wajujubijwe n’inkozi zibibi ndamwemerera kuko data wo mu ijuru yari yabonye ko ababaye kandi ko aramutse abonye uwamusengera wuzuye imbaraga z’Uwiteka yahabwa umugisha.

Muri ibyo byose natangajwe no kugirango Uwiteka Imana afate, umuserebanya awuhe izahabu munda yawo, kandi iyo zahabu, ikaba isa ni mihanda yerekeza mu ijuru uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nongera gutangazwa n’ukuntu yita ku bantu be akabasabira (appointment) yo gusengerwa, nta cyintu na kimwe gihishwa imbere ya maso y’Uwiteka Imana Nigeze gutegura amasengesho yo kwiyiriza, mu gihe nyatangiye maze amasaha nka (2) maze haza umuntu warunzaniya amata ndayafata ndayatereka nikomereza amasengesho.

Maze Uwiteka arambwira ati, mwana w’umuntu, byuka unywe ayo mata kuko uwo muntu, ni jyewe umwohereje maze amasengesho yawe uzaba uyakomeza ejo kuko nutayanywa arageza nimugoroba yapfuye uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Aug 4, 2015 Njyanwa mu iyerekwa, mbona ingabo zo muri gakondo yabakiranutsi, nzibona ndikure yazo ahirengeye mbona ko barimo gucukura imyobo bagenda nk’inyamaswa yo mu bwoko bw’inyaga, maze ndabwirwa ngo Umwakagara ahorana ubwoba buri gihe yuko yatungurwa agakurwa ku ngoma niyompamvu ingabo ze n’ubwo zageze mu butegetsi ariko zibaho nkiziri mu ishyamba uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Aug 5, 2015 njyanwa mu iyerekwa mu kibaya cy’ubutayu bugufiya, mbona abavandimwe (2) barwana hamwe na mu byara wabo witwa Muhindo, mbona Umuhanuzi mukuru azanywe mu butayu bugufiya no gukiranura abavandimwe (2) bahanganye bapfa ubusa (abega n’abashambo) uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Abatutsi bagiye kuzahangana mu minsi iri mbere kandi bazaba bitana ba mwana ariko byose inkomoko yabyo n’Ubuhanuzi bw’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Aug 6,2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanura kandi uvuge uti, Pastor Antoine Rutayisire, dore umwakagara akoherejeho imbaraga z’umwijima, dore ugiye kuvangirwa kuburyo utazongera kumenya ikiza n’ikibi, kuko amasengesho yawe yabaye amahwa ahanda imbere y’umwakagara niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira mwana w’umuntu, dore umwakagara agiye kugusha urubuga rw’inyangeNews, kubera ubutumwa bahanyuzwa, kuko bumaze kumushegesh, cyane dore ejo bazaba bakubise urubuga hasi, ariko umenye ko Uwiteka Imana yawe ko ari we munyembaraga waremye ijuru n’isi uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti,mwana w’umuntu, ijambo ryanjye ryavugiwe mukanwa kawe nzaryubahiriza kugirango bimenyekane yuko nd’Uwiteka Imana yawe uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore uwahoze arumufasha wawe, arigukubita agatoki ku kandi, kugirango akugirire nabi, ibyo bije nyuma y’iminsi (40) yaguhaye ikaba irangiye nta cyo agezeho, dore ko ari kubabazwa cyane nuko ibyo wagiye umubwira mukiri mu butayu ko Uwiteka azakugirira neza byose ari kubibona ugenda ubigeraho bikamubabaza umutima.

Dore yuzuye inzika, ishyari, urwango, urugomo, ariko kuko atiringiye ijambo ry’Uwiteka Imana wamubwiye, nta kabuza yuko atazabura kubirebesha amaso, ariko akaba atazabikozaho urutoki niko Uwiteka abivuga.

Aug 7, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hari abantu biringiye ijambo wanyujijwemo mukanwa kawe n’Uwiteka Imana yabakiranutsi, abo bantu bagabweho ibitero na Satani iyo niyo nama yaraye ikozwe yaraye irangiye, bavuze ko bahagurukiye abo bose biringiye ijambo ry’Ubuhanuzi wahaweho gakondo n’Uwiteka Imana Nyiringabo bakaba bashaka kubateza akaga, ibyago, na makuba, none ukwiye kubasengera kugirango barindwe n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umutu, bwira abatuye muri gakondo ya bakiranutsi bose muhuje gusangira ijambo ryo kwizera, uti mukore amasengesho y’iminsi (3) yo kwiyiriza no gusenga Imana kugirango abadayimoni babahagurukiye mubashe kubatsinda uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore abizeye ijambo ry’Ubuhanuzi bose barahagurukiwe, bagiye kwinnjizwa mu ishuli ry’umwanzi, none hanura uvuge uti, Satani waraneshejwe na maraso y’Umwami wabakiranutsi Yesu Kristo. Nta bubasha abadayimoni bafite ku bugingo bwa bene data. Dore bazize kwizera ijambo ry’Uwiteka Imana ryahanuwe n’umugaragu w’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’igisuzuguriro no guterwa agahinda ko mu mutima, bikuweho n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko Uwiteka avuga. 

Njyanwa mu iyerekwa mbona abizeye ijambo ry’Uwiteka bategurirwa ishuli bagiye kwinjizwamo bazira kwiringira ijambo ry’Ubuhanuzi, mbona nanjye njyana nabo nambaye imyenda y’ishuli ndongera nyikuramo mpinduka umwalimu maze mbona ngiye kubigisha.

Ndabwirwa ngo, bahuye n’ingaruka zo kwiringira ijambo ry’ubuhanuzi, numva inkozi z’ikibi zivuga ngo, uwo ubagezaho ijambo ry’Ubuhanuzi mu mwihorere kuko afite kwizera gukomeye cyane! Nta bwo twamushobora, ahubwo mushake cyane ba bandi badafite urukundo muri bo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Maze abo mu bateze ibyago, akaga n’amakuba kugirango tubace intege zo gukomeza kwizera Ubuhanuzi kuko murabona yuko, nibakomeza kwizera buriya butumwa, nta cyo tuzakuramo, mwinjire no muri bariya bamufasha bakamutera inkunga mubateze kwinangira umutima ntibongere gutanga ubufasha kugirango ananirwe gukomeza kubagezaho Ubuhanuzi.

Kandi mugire vuba ibyo yahanuye bitarasohora muri gakondo yabo, kuko nibisohora nta bwo tuzaba tukibashoboye. Dore ibyo mu gihugu cy’Uburundi byo bimaze gusohora, ariko nk’uko mubizi neza ko burya Abarundi twabateje umudayimoni witwa bunebwe (Lazy) nta bwo bajya bitaho cyane iby’Uwiteka Imana Nyiringabo kuzabarwanya bizatworohera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ariko bariya bitwa ngo n’abanyarwanda, sinzi uwabaroze gukunda ubuhanuzi, kandi murabizi ko, twari tumaze igihe kinini twarabarindagije baheze mu madini yabo tubabeshya, ariko uyu muzanyagwa aho yaturutse haratuyobeye. None mukore ibishoboka byose turebe ko twakongera kumusubiza mu butayu dore yirirwa yigamba ko yavuye mu butayu ibyo bigatuma barushaho kwizera ijambo ry’Uwiteka Imana ye. Nuko rero mugire vuba bishoboka kandi mubigire ibanga kugirango ntibamenye imigambi yacu badahita bayica bakatuvangira gahunda zacu zigapfa nta cyon turageraho niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira ati, mwana w’umuntu, tangira amasengesho uhagararane n’ubwoko bwanjye kugirango butajya mu moshya, dore nimurangiza amasengesho nk’uko wabibwiwe nzahita nkuraho izo mbaraga z’umwijima kugirango mu menye ko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Nuko mbona abadayimoni barahagurutse baragenda binjira muri bene data batagira urukundo muri bo, urukundo rwabo ruba kumunwa gusa, binjira no mu banyamasengesho na bavuga ubutumwa kugirango badakomeza gusenga no kuvuga ubutumwa bwiza bw’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Revelation 15:1 Then I saw in heaven another marvelous event of great significance. Seven angels were holding the seven last plagues, which would bring God’s wrath to completion.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo banyarukundo rucye, niyo bagize impanuka bagatanga, baba bashaka ko bagaragara cyangwa bamenyekana ko hari icyo bakoze, niyompamvu abameze batyo batazinjira mu bwami bwa data wo mu ijuru uko niko Uwiteka nyiringabo abivuga.

Bwira bene so bose biyeze iminsi (3) kuko ngiye gutega amatwi gusenga kwanyu kandi nzababera igisubizo uko niko Uwiteka avuga.

Aug 8, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’Inzigo wongeye guhagurukira Umuhanuzi Majeshi Leon maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti mwana w’umuntu, dore umwuka z’inzika y’inzigo wongeye kuguhagurukira iyo n’imwe mu myuka yoherejwe na sekibi Satani iturutse mu nama yabaye ejo hashize ku wa 06 Aug 2015 niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nk’uko wabihanuye umwanzi yagerageje kuvangira Ubuhanuzi bw’Uwiteka Imana Nyiringabo ariko biba ibyubusa Satani yakoresheje abandi biyita abahanuzi kandi ari abahanuzi bibinyoma kugirango aburizemo umugambi w’Uhoraho kandi Uwiteka atajya aburizwamo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara akomeje ku kugirira inzika araguhigira hasi no hejuru, kugirango aguce igihanga, none ube maso cyane kandi witondere abana b’abantu kuko buzuye uburyarya n’uburiganya, bahisemo gukorera Satani wagirango niwe herezo ry ’ubugingo bwabo niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Kandi birazwi neza ko ari wowe uyoboye iryo tangaza makuru urumva rero uburire abanyamakuru ba InyangeNews na Radio InyangeNews babe maso cyane kuko ishyamba atari ryeru niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanura uvuge uti, yewe umwakagara umwana wa Satani, ukora ibinyuranye n’ubushake bw’Uwiteka, dore iminsi yawe irabarirwa ku ntoki, dore wishe abahanuzi, wica abakiranutsi kugirango uteze ubwega hagati yawe n’Imana, none dore igihe cyawe kiraje ubwo ugiye kwicuza ibyo wakoze byose nyamara igihe cyo kwihana cyarakurangiranye niko Uwiteka abivuga.

nccleon@gmail.com 

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar