HomeNewsIbihugu bitera inkunga uRwanda bitewe impungege n'umushinga witegeko wo guhindura itegekonshinga

Ibihugu bitera inkunga uRwanda bitewe impungege n’umushinga witegeko wo guhindura itegekonshinga

Amakuru aturutse I Kigali kuri uyu wa kabiri taliki ya 17th Nov,2015 aratangaza yuko,Sena y’uRwanda imeze kwmeza umushinga witegekonshinga wemerera umwakagara kongera kwiyamamaza inshuro ya lll aho azategeka imyaka (7);yiswe inziba cyuho,nyuma yahoo azongera kwiyamamaza ishuro (2); iyo myaka yose ikaba igera kuri (17) aho azagwa kubutegetsi afite imyaka (77) akazegurira umuhungu we LT.Ivan Cyomoro uzaba ufite imyaka (43);ubu akaba afite (26)’ akaba afite ipeti rya LT.

Biteganijwe yuko nyuma yiyo myaka (17);azaba afite imyaka y’ubukure (43);aho azaba afite ipeti rya general,nyuma yo kwemeza uyu mushinga witegeko nshinga,tuributsa yuko ibihugu bisanzwe bitera inkunga uRwanda byamaganye byimazeyo ihindurwa ry’itegekonshinga kubihugu byo mukarere uRwanda,Uburundi,Congo-Kinshasa hamwe na Uganda .

Leta ya Obama yamaganye inshuro zigera kuri lll ivuga yuko idashyigikiye ko itegekonshinga rihindurwa,nubwo umwakagara yakomeje kuvunira ibiti mu matwi kubera gusuzugura amahanga kandi akaba yiyiringiye yuko yamaze gucakira ubutegetsi ntawuzabumwambura ku buryo abona yuko yihagije akaba ariyo nayompamvu yakuye ijambo Imana Ishobora Byose mu itegeko nshinga kugirango atangire gukorana nibihugu by’abakomnesty batemera Imana mu gihe ibihugu by’Uburayi n’America bari basanzwe bakorana byo byemera yuko Imana Ishobora Byose.

Amahanga akomeje kwamaganira kure uwo mushinga witegeko nshinga ariko umwakagara akaba nta cyo kugeza ubu nta cyo biramubwira usibye ko nyine uri hejuru umuterereza hasi,iyo amaze kumanuka amenya ko burya ko byose bishoboka.Inshuro nyinshi abari hejuru bajya bibagirwa yuko mbere yuko bajya hejuru bari hasi.Iyo batumbagiye bibwira yuko bazongera gusubira hasi.

Gusa nta kundi byagenda kuko nubwo baba bari hejuru bongera gukandigira hasi kuko byanze bikunze nta handi bagakandagiye usibye hasi,keretse nibajya mu mubumbe wa Mars ngo niho imbaraga zaho zikorera hejuru gusa nta bwo zikorana no hasi.Twibutse yuko leta Obama yahaye ikaze umuyobozi uzasimbura umwakagara binyuze mu mahoro.

Ariko icyo abanyarwanda bakomeje kwibaza niba koko America yarahaye ikaze umuyobozi uzasimbura umwakagara mu mahoro,ese bizabaho?Ubundi se America yizeye yuko umwakagara azavaho mu mahoro?Ikigaragara ku muntu ureba kure ni uko bisa naho umwakagara yamaze gukurwa ku butegetsi ariko bikaba birimo gucira amarenga abanyarwanda kugirango babe bakuramo akabo karenge.

Niyompamvu abanyarwanda bashiriye mu gihugu cya Uganda bahunga biravugwa ko bahunga ubuhanuzi ibyo nukuri abumvira bose niko bakwiye kugenza kuko Uwiteka yatanze ibimenyetso (22);byose byarasohoye nta na kimwe cyasigaye Uwiteka yabongereye akanya ko gutekereza kugirango babashe gufata ibyemezo bakize ubugingo bwabo.

Ariko nta nuwakwirengagiza amatangazo ya leta zunz’ubumwe z’America yatanze igaragaza yuko itishimiye imikorere y’umwakagara dore ko baherutse no kuza kugigira amategeko y’uRwanda kugirango nyuma y’intambara igiye guhitana miliyoni (7)’z’abaturage bazabone uko babacira imanza ariko leta y’umwakagara ubwo yakiraga intumwa y’America bamwakiriye batazi ikimugenza bibuka ibitereko byasheshe.

Ariko nubwo bimeze gutyo hari abazayigwamo nkabifitiye akazi keza,abatahutse bari barahunze 1959 banze kongera guhunga ngo babonye igihugu nyamara byari ukukigera barangiza bakagisubiza ba nyiracyo ubundi bagakomeza urugendo batangiye kuzageza igihe basoza icyo kivi. Biramwami Kamatari I Kigali

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments