09th Jan,2016 njyanwa mu iyerekwa mbona umukuru w’igihugu cya Kenya wungirije Samuei William Ruto,ari murugo rwe aho atuye.Mur’urwo rugo rwe nabonyemo ibintu bitangaje kandi biteye ubwoba.
Nabonye imbwa zifatwa cyangwa zifite agaciro kurusha abantu,mbona abagaragu bo murugo bashinzwe izo mbwa kuzihehera ndetse no kuzigaburira hamwe no kuzuhagira.Ikintu cyanteye ubwoba ndetse kikanantangaza,ni uko nabonye bafatisha amaboko iyo myanda yimbwa!
Uwanyerekaga aramwbira ati,reba hirya yawe gato nkwereke nibindi bikomeye kurusha iby’ubonye!?Ndakebuka mbona mu mbuga har’ikinogo kirekire cyane gicukuye kandi kilimo amazi macyeya cyane Ndabwira ngo icyo kinogo nicyo bacukuriye uwo mutware.
Arangera aramwbira ati,mwana w’umuntu,sibyo gusa,ahubwo ongera urebe har’ibindi utari wabonye,nongera kwitegereza kuruhande rwo haruguru iruhande rw’inzu atuyemo,mbona harabagaragu barimo kumesa imyenda ariko bamesera mu ngunguru ku buryo amaboko yabo nabonaga aba magufi gushyikira amazi bamesheshega.
Arambwira ati,ongera urebe neza urabona ibindi utari wamenya,ndongera nditegereza imbere y’umuryango,mbona imodoka ntoya yo mu bwoko bw’ivatiri mbona iyo modoka isohoka mu gipangu iburirwa irengero.
Nuko uwanyerekaga arambwira ati,ubusambanyi bukabije mur’iyi nzu burakabije,kandi,urupfu rwamaze kugera mu nzu y’uwahoze ar’Umwami wabanyaKenya bo mu bwoko bw’Abakalenjini n’Abanandi.Dore Umwami wabo agiye gufungwa kandi ubuyobozi bwe buzazimira kuko atazabona umusimbura niyompamvu wabonye iriya modoka isohoka kuko umwanya wa Vice president warangije igihe cya cyo uko niko Uhoraho avuga.
Kuriya kumesa wabonye nukwihana kudafite urufatiro,nyamara yaragambaniwe niyompamvu atazabura gucirwaho iteka uko niko Uhoraho avuga.Ariko uwamugambaniye nawe ntamahoro azagira kuko ubutegetsi bwe buzahita burangira kuko yanyuranije namasezerano bagiranye mbere yuko bagera kubutegetsi uko niko Uhraho agize.
Dore namara gufungwa intambara izaba mur’icyo gihugu ntakabuza,nyamara umukuru w’icyo gihugu ibyo yibwra siko bizagenda ahubwo azatungurwa mu buryo bukomeye uko niko Uwiteka agize.
Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uwiteka yongeye kuguha ubutabera,umukobwa witirinwa na madamu wawe amazina yombi agiye guhanwa kuko atagenje neza nk’uko byari bikwiriye.Mu maze gutandukana umushinga wo kubana unaniranye yakoze idakwiye kubugingo bwawe kandi nta bwo wabimenye none kuko wasabye ubutabera k’Uwiteka yumvise gusenga kwawe none dore yahagurukiye abantu bose bakugiriye nabi kugirango bamenye yuko bakiraniwe k’Uwiteka kuko bahuje inama n’inkozi zibibi kugirango bangize ubugingo bwawe.
None andika ibyo weretswe kugirango Murekatete Odette umukobwa waturutse I Burundi amenye yuko agiye guhanwa kubera yakiraniwe akakugirira nabi kandi atari wowe wa mubenze ahubwo yitwaye nabi bituma utandukana nawe guhunda yo kubana irangirira ho.Wibuke ko yakubenze inshuro (9) nyuma akongera akigarura maze ugahitamo kumufatira ibyemezo byo guhagarika uwo mukino kandi wibuke yuko yakubwiye yuko adashobora gushakwa n’umupastor kuko abapastor none ibyo yakoze dore hashize imyaka (13) Uwiteka niho aguhaye ubutabera k’umuntu wese wakugiriye nabi uko niko Uwiteka avuga.
Nongera kwerekwa abakiristu bakijijwe bavuga yuko bavutse ubwa kabiri,mbona ko mbere yo gusenga Imana uwiteka waremye ijuru n’isi,babanza gukora utugahunda twabo hanyuma bakarangiza bajya murusengero usenga Uhoraho.Maze Uwiteka arambwira ati,dore ibyanjye biza nyuma yuko barangiza gahunda zabo.None bwira ubwoko bwanjye uti,ungira uwanyuma nanjye nzamugira uwanyuma.
Ungira uwa mbere mu mutima we nanjye nzamugira uwa mbere,uko mumfata niko nanjye nzabafata kuko icyo umuntu abibye icyo asarura dore ndaza vuba nk’umujura kandi buri wese nzamugororera nshingiye ku byo yakoze.Abantu benshi bibereye mubucuruzi bw’ijambo ryanjye nuko rero uko bagenza niko bazagenzwa uko niko Uhoraho avuze.
Nuko nerekwa abasore binimbi n’inkumi aribo bakora ibisa bityo,mbonamo abasore banyuzamo nbakanywa n’inzoga barangiza bakajya gusenga,maze ubabwire uti,nta bwo umwana w’umuntu ari we mwizeye mwihisha abantu ariko ntumushobora kwihisha uwiteka Imana yabakiranutsi dore mwibereye mubusinzi bukomeye cyane kandi ntimushobora kubureka mu gihe ibihe bimeze nabi,none muzakizwa niyihe Mana akandi iyakabatabaye ariyo mucumuraho?Uko niko Uwiteka abaza!
Dore ntamabuza kumunsi wamakuba sinzabura kwirengagiza gutaka kwanyu,kuko nanjye mwanyirengagije igihe cy’amahoro mukanga kumva ibihanurwa ahubwo mukabitera umugeri niyompamvu nanjye nzabima amatwi igihe cy’ibyahanuwe gisohowe uko niko Uhraho avuga.





