bantu benshi bakomeje guterwa ubwoba nuko inganda hafi ya zose ku isi,ar’izabadayimoni bakoresha bakora ibintu bitandukanye kugirango babashe kubona ubutunzi buturaka mu maboko y’abana bab’abantu.
Nk’uko twabibonye ntabwo satani afite amaboko yo gukora cyangwa amaguru yo kugenda kuko aremwe mu buryo bw’umwuka ntabwo ameze nk’umuntu kuko umuntu amurusha agaciro cyane ninayo mpamvu yamugiriye ishyari agakoresha uburiganya bwo gukoresha umugore kugirango ayobye umwana w’umuntu kuko yabonaga Adam yarakunze cyane Eva umugore bityo bikamutera integer nke zo kutumvira Uwiteka Imana ari nayo mpamvu yanze kwihana ahubwo agashinja Imana ko ariyo yazanye umugore iyo itaza kurema umugore Adam asa naho yashakaga kuvuga ko atari gucumura k’Uwiteka Imana yabakiranutsi.
abadamu 98% nta bwo bajya bumvira Imana kuko satani akunze kubakoreramo cyane kabone naho yaba akijijwe,umwanditsi w’igitabo cy’umubwiriza we yaravuze ngo yashatse abantu buba Imana mu isi,arababura arebye mu bagore ntiyabona numwe.Arebye mu bagabo abonamo umwe(1); gusa!
Urabona ko dushingiye kubyanditswe biragoye kubona umugore w’umwizerwa yaba murugo rw’abubatse cyangwa mu itorero ubu noneho byahumiye kumirari bitwa abayobozi satani yazanye «Gender Equality» uburinganire ndetse iyi mvugo ijya ibatera isoni bagakoresha ubwuzuzanye nkaho Imana ijya kurema Adam na Eva itari yamaze gutunganya ubwo bw’uzuzanye!?
Abadamu bakoresha ibintu byinshi mukuzamura ubukungu bw’abadayimoni nibitari ngombwa bashirwa ar’uko babiguze kubera imbuto satani yabateyemo.Suko badashobora gukizwa ahubwo nta gakiza kabonekera mu bana bab’abantu ubusanzwe abadamu n’abanyantegenke,wakongeraho ko amadini yafarisayo ayobowe na satani bigahumira kumirari kuko bibiliya yose ntaho uzasanga ko umudamu yemewe kuba umushumba ariko umudamu yamawe kuba umuhanuzi-kazi iyo nimpano iruta iyubushumba rwose ariko ibijyanye n’isnhingano zo kuyobora kirazira mu ijambo ry’Imana
Mu Kinyarwanda baravuga ngo urugo ruvuze umugore ruvuga umuhoro!Urabona ko umuco nyarwanda wagendanaga na bibiya mbere y’umwaduko wabazungu,ariko kugeza magingo aya,byamaze kononekara cyeretse Umwami w’uRwanda nagaruka ku ngoma akongera kugarura kilazira yaciwe n’idini rya kiliziya gatolika.
Abagabo twateye inshingano umunsi Adam yanga kwihana,yatumye isi ivumwa nibirimo byose abantu batangira guhangayika kubera kutihana,niyompamvu iyo wanze kwihana umuryango wawe ntuzabura umuvumo w’ibyaha ugenda ukora wibwira yuko nta kibazo kirimo nyamara amaherezo abana bawe umunsi bahishuriwe n’Imana bazicuza impamvu wababyaye!
Inganda zikora imyenda,izikora inkweto,izikora ibintu byose bifitanye isano n’umwana w’umuntu satani akora uko ashoboye akabyinjiramo akabikoreramo kugirango akontrol ibikorwa by’umwana w’umuntu.
Satani akoresha itangaza makuru kugirango abone amakuru ndetse na bantu bamenye gahunda ze kandi bagende bazemera byitwa ko ar’itera mbere,nyamara itangaza makuru ryatangijwe n’Uwiteka Imana mu butayu ubwo Imana yabwiraga Moses umugaragu w’Imana ko akwiye gutegura abanditsi bazajya bandika ibyabereye mu butayu kugirango abayisrael batazigera bibagirwa urugendo rwo mu butayu ndetse na bana bazavuka bazabashe kumenya ibyo basekuru na basekururuza uburyo ki bagendenye n’Imana yabakiranutsi.
Niyompamvu satani yagiwe mu bafarisayo nabanditsi akabaha kuba umwe bajayaga bahuza ibikorwa byabo kuburyo inshuro nyinshi uzajya usanga Umwami Yesu avuga ngo:Muzabona ishyano mwebwe banditsi n’Abafarisayo mu hagarara mu muryango mukabuza abashaka kwinjira mu ijuru,ndetse namwe ntimwinjire.
Uwiteka Imana yahisemo gutangiza itangaza makuru kuko itangaza makuru rijyanye n’ubuhanuzi,kuko ubuhanuzi buvuga amakuru yo mu ijuru bivuze ngo itangaza makuru n’ikintu gikomeye mu buzima bw’ikiremwa muntu.
Urabona ko itangaza makuru riramutse rikoze neza ibintu byinshi bikorerwa mu isi y’ijuru ,byagenda neza,ariko kuko 90% ar’itangaza makuru rya leta usanga nabagerageje gukora itangaza makuru ryigenga usanga haraho bahurira na leta aha ndavuga ubutegetsi bwitwa Republika kuko itavuye ku Mana ahubwo ubwami nibwo bwavuye ku Mana kandi bwemewe.
Ubuse iyo nzakuba ntafite itangaza makuru,ubuhanuzi mba mbunyuza hehe?Ayo mafaranga yo kwishyura kugirango bantangarize ubuhanuzi nari kuyakura hehe?Reka wenda mvuge ko Imana yari kuyampa ariko se ninde wari kuzajya yemera tungariza igihe cya nyacyo igihe ubuhanuzi bumanutse?
Nk’uko twabibonye mu gice cya (9); cy’ubuhanuzi,twabonye ko abantu batuye isi yose bagera kuri Miliyari 7.5,ariko twabonye ko Uwiteka Imana afite abantu bitwa abakiranutsi batarenga Milliyoni (1); imwe gusa,fata miliyari 7.5 ukuremo miliyoni imwe urabona abantu satani afite uko bangana.
Kuki ibintu hafi ya byose biri ku isi ,ar’ibya satani?
Igihe utunze ibintu kandi ukaba utubaha Imana,direct n’ibintu ni bya satani kuko nawe uruwa satani.Ariko iyo uruw’Imana bivuze yuko n’ibintu nabyo ar’iby’Imana.Kuko aho ubutunzi buri niho n’umutima uri.Fata muri aba bantu bagera kuri miliyoni maze umbwire ngo ni bangahe bafite inganda n’itangaza amakuru.
Ninde muperezida ku isi,mwaba muzi ukijijwe?Reka wenda tuvuge ko ibyo kujya mu ijuru bitangwa na data,ariko se ninde waba ukijijwe uretse Nkurunziza wabeshye abarundi bikarangira yigira ikuzimu atwewe nabarozi bo muri Nigeria.
Bantu b’Imana mukeneye ubwenge kugirango Imana ibashe kubona abantu ikoresha,usanga satani akurwanya uhereye mu ishuri kugeza urangije ukabura akazi,ariko uwo mwiganaga wimukiraga kuri 50% ukumva ngo yabaye ministrre cyangwa se General cyangwa niwe uyoboye ikingo runaka kubera ko akorera satani.
Kubera abantu badakunda Imana,kandi bakifuza ibyayo,bituma bajya kwa satani gusaba ubutunzi,barangiza bakaza guteza jam murusengero ngo barakijijwe ugasanga umushumba abo nibo aha agatuti bakabwiriza wowe udafite kumufuka ukaba utashobora kubwiriza waba unafite iyerekwa bakakubwira nk’uko bambwiye:This is my time,let me working on my field.In 100 meters there’s chuches go a way”Pastor Gataha Straton Eglise vivante”.
Har’igihe tujya tutekerereza mu biri,nahise ngira uburakari ndamusubiza nti nta cyo reka ngende igihe cy’Umwami Yesu nikigera nzagaruka muri urwo rusegero,numva ntibihagije akagisirikare karanga ndamubwira nti reka nkurase nihaahndi hanjye ntacyo nkiramira aho kugirango wonone urusengero rw’Imana.Ako kanya yahise ahamagara Kamugisha wakoraga muri External security amubwira ko Majeshia agiye kumurasa Kamugisha yahise ampamagara ndmaubwira yanyirukanye murusengero none reka murase bamfunge maze nawe azajye ikuzimu nanjye nzaba nihana!
Imana ntawe uyirwanirira yonyine ishoboye kwirwanirira icyo gihe nari ngifite uturaso twagisore usibye ko nubu nacogojwe nubutayu kubijyanye n’iby’Imana twamerana nabi pee!Ubu nsigaye mfite ubutware butari ubwumubiri aho nshobora gutegeka ako kanya ugahanwa byanze bikunze.
Urumva ko kamere yarapfuye nawe ukwiye kwemerera Imana ikica kamere yawe,bitaba ibyo kamere n’umwuka nta bwo bizigera byumvikana habe namba!Dusubiye kubyo twavugaga niba abategetsi mbere yo kubona ubutegetsi babanza kugirana amasezerano na satani birumvikana ko ubucuruzi bwose buzakorerwa muri icyo gihugu bwose buzaba arubwabadayimoni.
Reka turebe tutagiye kure umwakagara yahawe ubutegetsi ari uko amennye amaraso yamennye ay’Abatutsi bene wabo,amena ay’Abahutu benshi benshi cyane,yongeraho ayaba Congomani,none agiye gusoreza kuyabanyarwanda bose abahutu n’Abatwa ,n’abatutsi urumva uko satani akora narangiza bazajyane muri gihinomo.
Munyihanganire ngarukire aha kuko numva naniwe tuzasubira ubutaha,ndashimira bene data mubaza ibibazo bigaragara ko mukurikira umunyeshuri utabaza atera ubute ngaho rero mubane n’Imana yo mu ijuru Umwami wabakiranutsi.