Bene data mwagize neza kohereza Audio ya Bizimana Bosco nayiteze amatwi ndayumva neza rwose. Ariko icyo mvuga ni iiki,ubuhanuzi bwose bupimirwa mu ijambo ibyo avuga byose harimo bice cyane bitari ukuri ugereranije n’ijambo ry’Imana.
Ntaho uzasanga muri bibiliya hatanga italiki,umunsi,ukwezi,nisaha,kuko Umwami wacu Yesu Kristo baramubajije bati tubwire ibyo bizaza ryari?Kandi se umunsi ni uwuhe?yarabashubije ati ibya umunsi na Malaika wo mwijuru ntabwo yabimenya kuko ibyo biri mububasha bwa data wenyine.Ngaho musome ibyanditswe musanga ubwo buhanuzi burimo imvange z’abacwezi n’Abalangi biyoberanyije birashoboka ko afite impano y’ubuhanuzi ni kenshi abadayimoni bashatse kumvangira ariko Uwiteka abana nanjye gutanga isaha umunsi ukwezi numwakaga uko niko Murebwayire Ether Marie yavuze ngo 2013 muri Nyakanga kagame azavaho none ubu tugeze muri 2015 murabona ko ibintu bitoroshye!
Mark 13:32 “However, no one knows the day or hour when these things will happen, not even the angels in heaven or the Son himself. Only the Father knows.Abadayimoni bajya bigira malaika w’umucyo ngo kugirango bavangire itorero ry’Imana urabona yuko bigoye cyane bisaba umwuka w’ubushishozi





