HomeNewsAmahano aragwira!MBUMBUZA yicaye mu ntebe y’Umwami Kigeli V Ndahindurwa!!!

Amahano aragwira!MBUMBUZA yicaye mu ntebe y’Umwami Kigeli V Ndahindurwa!!!

 

Umurozi kazi MBUMBUZA aherutse gukora amahano atabaho mu isi ya bazima,amakuru agera ku kinyamakuru inyangeNews aturuka muri rubanda arw’Umwami w’uRwanda watanze ari mubuhungiro,aravuga yuko ngo,«MBUMBUZA KIBUKAYIRE» «yahengereye rubanda rw’Umwami bahuze,bibabariye,maze aragenda yicara mu ntebe y’Umwami yicarwagaho nusimbura Umwami gusa ntawundi wundi muntu wemerewe kubayayicaraho»amakuru avuga ko,ako kazaanyagwa ka karozi kareshya nimpyiko yihene,ngo yaba yarabwiwe nabapfumu be,niba ari wa mupfumu witwa KIRAGI utuye MASAKA wamugiriye inama ntawamenye!

Abanyarwanda baca umugani ngo,«Inkunguzi y’inkoko imanuka agaca kaireba!»Nonese wasobanura ute,ukuntu umuhutu-kazi wiyitirira kuba umwana w’igikomangoma (Princes) watanz cash kugirango yititrirwe iryo zina,ashobora kumva ko,afite ubudahangarwa kuba yakwicara ku ntebe y’Umwami no kujya mu gitanda cye akiyorosa amashuka ye,nyamara muzaba mwumva ibizakurikiraho.

seatAko gasuzuguro kageze aho,kaba gaturuka kuki?Nyamara intazi zirira kumiziro,wasanga mukiraka yahawe cyo guhitana Umwami w’uRwanda bidahaagije ibyo yakoze,wasanga ybwira yuko kwicara ku ntebe y’Umwami ahari wenda ashobora kuba atera umwaku ku buryo yahenera ubwami bw’uRwanda.

Turasaba abakuze kutubwira uwo muhango icyo uhamura!Kuko ubusanzwe ntibibaho,kuko niyo yaba ari umugore we,ntabwo yakwemererwa gukora amahano nkayo!Ariko byibuze aramutse ari madamu we wenda abantu bapfa guhumiriza bakihangana.Naho se kumva ngo umuhutu kazi yagiye yicara ku ntebe ya Ndahindurwa kandi ari nawe wamuhitanye,ibi s’agahomamunwa?Bambe se baba bamuhamuriye yuko umuhungu we CYUSA yaba azasimbura Umwami w’uRwanda?

Sibyo gusa ahubwo MBUMBUZA akomeje kubera abatutsi amayobera,ibyo arimo gukorera mu igandara ry’Umwami w’uRwanda,byaba biteye amakenga,kuko mubisanzwe mu muco nyarwanda ntibibaho abagore bicara ku ntebe z’abanyacubahiro,uretse no kuba uri Umwami,intebe yose y’umuntu mukuru ukuze irubahwa.Ahaaaaa wasanga mu nshingano yahawe n’Umwakagara nazo zaba zirimo ntawamenya reka dutegereze turebe uko biri kose tuzamenya uko ibintu bimeze mbere yuko igandara rirangira cyangwa na nyuma yaho ikinyamakuru inyangeNews kizagerageza kubaza abakomoka ibwami byahafi twumve iyo mihamuro icyo yaba ihamura ubwo tuzamenya icyo yabikoreye ariko byanze bikunze ntabwo bizamugwa amahoro.

Ikindi kivugwa na makuru yabaye kimomo avuga yuko MBUMBUZA KIBUKAYIRE,afatanije na Rwigemera,wiyitiriye kuba igikomangoma,ndetse akanahabwa intonorano na MBUMBUZA,kugirango yitirirwe kuba umwana w’igikomangoma cy’ubwami bw’uRwanda.Ngo yaba  yamaze gutanga account N° ye aho arimo gusaba abantu yuko ngo batanga amadollar yo gushyigikira ishyingurwa ry’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa watanze ku wa 15 Ukwakira 2016.Amakuru avuga yuko ngo,bashaka kwiyishyura igihe bamaze badakora bagandariye Umwami w’uRwanda kandi nyamara nta kazi bagira!

Icyo twababwira ni uko MBUMBUZA ari magigiri cyangwa ku izina bamenyereye “RWASIRI”ibyo bakaba barimo kubikora ngo bashaka guteza confusion no gushaka kwigaragaza yuko afite uruhare rukomeye mu bwami bw’uRwanda kandi nyamara hariho konti ya Kigeli Foundation abashaka gushyigikira ishyngurwa ry’Umwami w’uRwanda.Akaba nta cyo ari cyo,kuko atakibarirwa mu nteko yubwami bw’uRwanda,ikindi akaba atari nigikomangoma nk’uko amakuru twabagejejeho abivuga,ahubwo akaba yarakoranye na Rwigemera wihaye kwiyitirira kuba igikomangoma cy’ubwami bw’uRwanda,nyamara ahubwo yakoraga umurimo wo kugambanira ubwami bw’uRwanda kugirango burimburwe burundu.

inyangeNwes irasaba rubanda rw’Umwami kuba maso cyane,mwirinde za rwasire za Uganda n’iz’uRwana zazanywe no gutanga utuzi twa Col.MUNYUZA kugirango muzabashe kuzatahana n’UMwami mushya ugiye kwima ingoma mu minsi ya vuba dore bizakorwa mu ibanga.Gusa bitewe n’umutekano mucye uri guterwa na za magigiri hari amakuru ataremezwa,avuga yuko Umwami mushya w’uRwanda yaba yamaze kwimikwa kubera impamvu z’umutekano kandi akaba yahungishirijwe mu gihugu cy’UBWONGEREZA.Akaba ari naho umugongo w’Umwami Ndahindurwa wahungishirijwe.

Ikinyamakuru inyangeNews kirasaba abanyarwanda begereye «Chancellor Benzinge Boniface» yuko bamuburira akaba kure yizo nkoramaraso,kuko zigenzwa no guhitana ubugingo bwe,kuko nta kindi kibazanye atari uguhitana no gusenya ubwami bw’uRwanda bugendera ku itegekonshinga.

Igishimishije n’uburyo za magigiri zikorera Umwakagara zikomeza gutanga amakuru ndetse na za Rwasiri z’Umwana w’UMUSITA nazo zemeye kuyoboka kuburira ubwami bw’uRwanda zibinyujije ku kinyamakuru inyangeNewss.Com,ubwo rero nihagira uwo birenza,ntimuzavuge ngo ntimwaburiwe urabe wumva birenge niwowe ubwirwa.

Amakuru akomeza avugako,abari mu igandara ry’Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa,ngo bamaze kumenya no kubona ibimenyetso yuko MBUMBUZA agendana amarozi ku nkanda ze,arimo gushakisha uburyo yahitana bamwe mubagize inteko y’ubwami bw’uRwanda,ariko cyane cyane,akabanziriza kuri Chancellor mukuru w’ubwami bw’uRwanda Benzinge Boniface,yamubura agahitana ugaragara ko yaba amwungirije kugirango ubwami bw’uRwanda burusheho guhagarika umutima no gutinya Umwakagara kugirango bakomeze kurindagira mu bibazo bityo gahunda z’ubwami bw’uRwanda zigende biguru ntege.

Andi makuru twamenye afite za gihamya,ni uko MBUMBUZA bahise bamwirukana agakurwa mu nzu yahakorerwa igandara rya Nyir’uRwanda,ngo yari yateje akavuyo ashaka uburyo yahitana bamwe mubaje muri igandara,maze ngo amaze kubona ko ibintu bitoroshye,ahita ahungira muri hotel we n’indaya ye,bazanye aje kujijisha ngo yerekane ko ar’umugabo we,kandi batarasezeranye bikaba bibanira buraya dore ko uwo mwuga asanzwe awumenyereye.

IGP KALE KAYIHURA,mu mugambi wo guhitana Chancellor Benzinge Boniface usigaye mu mwanya w’ubwami bw’uRwanda,no gukomeza imirimo Umwami Kigeli V Ndahindurwa yakoraga!

Amakuru agera ku inyangeNews aturuka ahantu hizewe mu bantu bagiye kugandarira Umwami w’uRwanda,aravuga yuko umugore wa KALE KAYIHURA,uhagarariye igipolice cya Uganda hamwe n’umugorre wa VICE Presdent wa Uganda bamaze kugera I WASHINGTON DC,aho bagiye gutanga utuzi twa Col.DAN Munyuza,ngo bakaba bafite misiyo yo guhitana Chancellor Benzinge Boniface kugirango atimika undi Mwami uzasimbura Umwami watanze Ndahindurwa.

Amakuru avuga yuko bakoresheje abo badamu bakeka ko,badashobora kumenyekana,ikibagenza akaba arugushaka kumenya undi Mwami ugiye kwima ingoma uzasimbura Umwami Ndahindurwa,kuko bazi neza yuko ubwami bw’uRwanda busanzwe bwumvikana n’ubwami bwa Uganda.

Ngo leta ya Uganda ifite ubwoba yuko ubwami bw’uRwanda niburamuka bwongeye kwima ingoma,bushobora kuzafasha ubwami bwa Uganda nabwo bukitwa ubwami bugendera ku itegekonshinga.Bityo repubulika y’UMUSITA,igahita icirwaho iteka.

Mu mwaka wa 2011 bagiye kubaza imandwa mu NKOLE kwa NDORI wa NDAHIRO,mu ndorwa nihariya muri NKOLE,amakuru avuga yuko imanndwa zababwiye yuko ubwami bw’uRwanda niburamuka bwogeye kwima ingoma,buzashyigikira ubwami bwa Uganda guhinduka ubwami bugedera ku itegekonshinga.

Bivuze ngo,abashyigikiye ubwami bw’Urwanda,bahigwa nibihugu byombi,igihugu kiyoborwa numwana w’UMUSITA,ndetse na dayimoni yitwa Umwakagara.Kuko bose bafite inyungu bahuriyeho zo gutinya ubwami bw’ibihugu byombi kuzakuraho repubulika zasimbuye ubwami mu buryo butemewe na mategeko.

Kandi nk’uko mubizi abana babo bakaba aribo bashaka gusigira ubwami bwabo butemewe nabaturage,ahubwo bukaba ar’ubwami bishyiriyeho bushingiye kumbaraga za gisirikare,hajoreshejwe igitugu kandi abakuru b’ibihugu byombi bakaba bafite dossier zikomeye zibyaha bakoze bishingiye ku nyoko muntu.

Akaba ariyompamvu buri gihe umwakagara afatanije na Gen.James Kabarebe bahora bahimba imitwe yubakwa na za magigiri ivuga ko irwanya leta y’Umwakagara bagambiriye kumenya abashyigikiye iyo mitekerereze bityo leta y’UMUSITA ikabatiza umurindi wo kubemerera kuhakorera bikarangira bishe abantu abandi babashimuse bakabatwara I Kigali bagashyirwa muri za gereza kugirango nnabandi bari bafite iyo myumvire bareke gushyigikira ubwami bw’uRwanda.

Turabibtsa ko,IPG KALE KAYIHURA,avukana na Gen.Nziza Jack umwicanyi wabigize umwuga,ikinyamakuru inyangeNews kikaba kiburira abagiye mugandara ry’Umwami w’uRwnda kuba maso kuko bashobora kuzahava babahitanye.

 

Save

RELATED ARTICLES
- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments