Home News Abahindiro amaraso y’Umwami w’uRwanda abakozeho!!!

Abahindiro amaraso y’Umwami w’uRwanda abakozeho!!!

0

Dec 13, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ibitaboneshwa na maso ya bana b’abantu,maze Uwiteka Nyiringabo akomeza kunyereka ibigiye kubera mu isi ya bazima,bihishwe amaso ya bana b’abantu cyeretse abagaragu be nibo abihishurira.Nerekwa aba Shumba (Pastor’s) bafite utu dini tudafitika, bakodesha ibyumba by’amashuri (kuba mu bigeragezo) ariho basengera kandi ibyo byumba byegeranye cyane basenga mu rusaku rwinshi ku buryo byabagoraga kumvikana ku babaga basengera hamwe.

Nuko mbona bazaniwe ikizamini (exams) bagomba gukora banze bakunze,kugirango barebe ko,bafite ubumenyi ngiro bwo kub bakorera Uwiteka Imana yo mu Ijuru,ariko basanga 98% nta bumenyi rusange bafite, ikizamini kirabatsinda.Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abapastori bashyizwe mu cyumba cyo kwigishwa no guhabwa ikizamini hatorwemo abashobora gukorera Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,none dore ikizamini bahawe baragitsinzwe! Bivuze ko, badashobora gukoreshwa n’Uwiteka Imana yo mu Ijuru,kuko  bamaze gukurwa mu mubare wabagomba gukorera Uwiteka Nyiringabo  niko Uwiteka Nyiringabo abivuga!

Ijambo ry’Uhoraho rikomeza kumbwira ibyabo bashumba Pastor’s,ijambo rirambwira riti,mwana w’umuntu,babwire bajye mu masengesho basenge Uwiteka Imana kuko urubanza rwabo rwamaze kujya imbere y’Uwiteka Imana ikiranuka,kandi bakaba bamaze gutsindwa n’urubanza kandi rukaba rwarangiye niko Uwiteka avuze!

Icyantangaje cyane! ni uko muri abo bashumba (Pastor’s) nta mutegarugori numwe wari ubarimo, bari abagabo gusa gusa!Nuko ndabwirwa ngo impamvu utabonyemo abagore ni uko nta mugore wahamagariwe kuba umushumba mu itorero rya Kristo kuko ntaho ibyanditswe byera bigaragaza ko bahamagariwe kuba abashumba,ariko bemerewe kuba abahanuzi kazi, iyo mpano barayemerewe kuko byamezwa ni byahanuwe mu ijambo ry’Imana (Bible) kuko nta nahamwe mu ijambo ry’Imana wabasanga bavugwa ko bahamagariwe kuba abakuru bitorero ry’Imana n’Umwami wabakiranutsi YESU Kristo.Kuba uyu munsi bahagarariye amadini bitirira  iterore ry’Imana,ni uko umwanzi yabishatse kugirango ayobye ijambo ry’Imana,akabazamura kuko boroshye cyane gukoreshwa na umwanzi kurusha abagabo kuko kuva cyera nubundi bakoreshwaga n’umwanzi uhereye mbere na mbere kuri Eva kuko niwe washutswe ntabwo ari umugabo washutswe uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rikomeza kumbera umugisha cyane maze rinyereka uburyo uwitwa BM.Gen.Emmanuel Habyarimana akorana na leta y’Umwakagara umwana wo gukiranirwa wagambiriye kurwanya Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kugirango ateze urujijo mu banyarwanda yitwaje kutavuga rumwe na leta y’uRwanda.Nabonaga bamwoherereza intonorano kugirango abagurire ibintu runaka,yarangiza akongera akabiboherereza akoresheje DHL,cyangwa akabiha umuntu wabaga wagiye kubega cyangwa kugigira akabibazanira agarutse mu gihugu cy’abakiranutsi.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirmbwira riti,mwana w’umuntu,hanura uvuge uti,yewe BM.Gen.Habyarimana we,uravumwe wa muvumo w’inziererezi kuko wemeye kunywa no kurya ibyahumanijwe  bigambiriye kumena amaraso y’ubwoko bw’Uwiteka Imana,ukaba ukorana na gatsiko k’Abega kamennye amaraso,kandi kiyimeje kongera kumena amaraso y’ubwoko bw’Uwiteka Imana ihoraho.Niyompamvu Uhoraho aguheje kubyiza by’igihugu cya mata nubuki  kuko uzaba inzererezi akaba nta muntu uzamenya irengero ryawe  uko niko nyir’ibihe byose akuvuga,kuzageza igihe uzavira mu isi ya bazima niko Uwiteka avuze!

https://www.youtube.com/watch?v=figtN8NL9No

Nerekwa intabwa y’umutambyi ikomoka mu muryango wa barewi, yasigaye muri gakondo ya bakiranutsi,mbona inkozi z’ibibi ziyemereye nabi cyane,kubera kuko ariyo yarifite ibanga ryo gukiranuka.Mbona igoswe nabanzi b’Uwiteka,maze ndabwirwa ngo mwana w’umuntu,sengera iriya ntabwa kugirango Uhoraho Uwiteka Nyiringabo akomeze kuyirinda izageze ku iherezo kuzageza igihe ubwoko bw’Uhoraho Nyiringabo buzabonera gakondo.Ndasenga nti,Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,ndagusabye urinde ukomoka kurukiryi rwa “YAKOBO” umugaragu wawe wasezeranije kuzahabwa gakondo ya bakranutsi,kugirango bizamenyekane yuko wowe witwa “EBENEZER” Uwiteka Nyiringabo kand uzahora ho ibhe byose kugirango umunezero w aba “YAKOBO”uzabe wuzuye ibihe byose niko Uhoraho avuga.

Nerekwa inkoma mashyi z’abakagara ziri mu gisirikare cya KDF/RDF,zitagira amashuri zibwirwa gusubira mu shuri (kurwana intambara ikomeye!)kandi zishaje, kugirango zizamurwe mu ntera zihabwe ipete rya Genaral.Ariko ziranga ngo kuko zikuze zikaba zigeze muzabukuru,kandi amapeti zifite ya Colneri rizihagije.Mbona ko nayo mapeti bahawe ubwayo nta cyo abamariye, ndetse nta nicyo amariye igihugu cyabo ubwacyo! Kuko yari imfabusa.Mbona ko bashatse abagore cyangwa bashakanye n’Intiti z’abize, nibura amashuri yisumbuye bakajya babategekesha igitugu kubera kubatinya ko bize.Maze mbona ko,abagore babo cyangwa abafasha babo bamaze kurambirwa ubutegetsi bw’iigitugu bw’Umwakagara bakajya bihisha bakajya gusenga Imana data Nyiringabo kuko bamaze kumenya yuko ubwami bwabo bwageze ku iherezo! Ariko bakabihisha abagabo babo,ahubwo bakajya banyura mu nshuti za abagabo babo ngo zibasabe kuba bakizwa ariko bakanga kubumvira inshuti zabo kuko ngo umwanya bageze ho bahagejejwe nimbaraga z’umwijima uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,itegereze imbere yawe maze umbwire icyo uhabonye! Nditegereza mpabona inkoko kazi nyinshi ziyobowe na “RUSAKE”,yashokonkoye,ijambo ry’Uhoraho rirambaza riti,waba wamenye icyo biriya bisobanura?Ndasubiza nti,Oya! Ndabwirwa ngo”ziriya nkoko wabonye zigendagenda mu byondo byimvura,nibibazo bikomeye abagambanyi bayobowe na rusake isheshe akanguhe,barimo bimaze kubakomerana”.

Dore urubanza rw’umugogo w’Umwami w’uRwanda,rugiye gusomwa imyanzuro yarwo,kuko gucibwa kwarwo kwararangiye,hasigaye gusomerwa imyanzuro yurubanza hakamenyekana ibyemezo by’urukiko ku ijyanwa ry’umugogo wa Kigeli muri gakondo ya bakiranutsi akaba ariho atabarizwa, cyangwa ntazabe ariho azatabarizwa!!!Nerekwa Abahinduro bari mu bibazo bikomeye cyane kuko umunyamategeko wabo yamaze kubabwira icyemezo cy’umwunzuro w’urubanza uzafatwa akurikije dossier yabo uko ihagaze!Ni uko iteye!

Nerekwa ko babuze ifuni na majyo,maze Babura  aho berekera nicyo bakora,niyompamvu wabonye ziriya mandwa z’Umwakagara zari mu ishusho y’inkoko zagendagendaga mu byondo byimvura kandi byinshi ndetse ibyo byondo bikaba bivanze nibyo mungarani bivuze ngo,nibibazo bikomeye biadashobora kubonerwa umuti kandi uko zagendaga ninako zarushagaho kugenda zigwiza ibyondo kumaguru yazo kugeza igihe zageze aho zitakibasha kugenda zigafatwa mpiri zigacibwa igihanga na maguru icyo nicyo bisobanuye!!!Bivuze  ko,ibibazo byabo bizarushaho kwiyongera kurushaho kugirango ijambo ry’Ubuhanuzi risohore nk’uko ryahanuwe  n’umugaragu w’Uhoraho uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nkomeza kwerekwa iby’Abahindiro n’Abega b’Abakagara uburyo bagiye gukorwa nisoni,mbona “RUSAKE” iyoboye inkoko kazi,ifatwa icibwa amaguru n’umutwe ibyayo birarangira.Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umudayimoni ukomeye mu bwami bw’Abega b’Abakagara aciriweho iteka,kuko yahanganye n’ijambo ry’Uhoraho Imana ikiranuka,none ibyawo birarangiye uko niko Uwiteka Nyiringabo avuga!

Dore inkozi y’ikibi Pastor”EZIRA MPYISI” wagambaniye ubwami bw’uRwanda akozwe nisoni,kuko ibyo yaharaniraga ko,ubwami bw’Abahindiro bukurwa mu bahindiro bakajyanwa mu Bega,siko bigenze,ahubwo nubwo bwami abahindiro bari barahawe kuyobora nabwo barabwambuwe kuko bukuwe mu nzu ya bahindiro bakajyanwa mu yindi nzu itarigeze iyobora ubwami.Kandi n’Abakagara nabo bakaba babwambuwe ibyo Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abikoze kugirango akoze isoni abahindiro kuko bamaze kuvumwa n’ijambo ry’Uwiteka kuko bagambaniye amaraso atariho urubanza!Uko niko Uwiteka nyiribihe byose avuga.

Dore  Uwiteka abagize kuzaba inzererezi hamwe n’Abega begura inka amabere, kandi kizira mu muryango wo gukiranuka.Dore ijambo ry’Uhoraho nyiribihe byose,rihagaze kumuryango w’ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,kugirango ribuze uburiganya no gukiranirwa kose kwakorerwa ubwami bw’uRwanda bwavuzwe n’ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo kuva isi ikiremwa.None mwana w’umuntu,itegereze hirya gatoya maze urebe ibirimo kuhakorerwa,nditegereza mpabona inzu (igihugu) irimo kunyeganyega ihagaze mukirere itagifite urufatiro igakurwa ahayo,wagirango yubakiwe kumuyaga kuko yavaga aho iri ikajya hirya no hino ikongera ikagaruka aho yubakiwe urufatiro. Maze ndagenda negera aho yubatse kugirango nyitegereze neza menye ibyayo maze ibonye ko mpageze ihita iraza yirukanka irahagarara ntiyongera gukurwa ahayo kugirango ntamenye yuko irimo kunyeganyega.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo,rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Umwakagara aranyeganyeze cyane kuko arimo guhuhwa numuyaga,kubera igikorwa cye cy’imandwa zamutegetse atashoboye ku kigeraho.None amerewe nabi cyane kuko adashobora kongera gusubira imbere y’imandwa ngo agire icyo avugana nazo kandi ibyo za mutegetse atarabashije kubikora.Namara kubona ko urubanza ruciwe neza umugogo w’Umwami w’uRwanda wakubaganiwe na za magigiri z’umwakagara azihagararaho avuge ibigambo bitameshe kugirango yikure mu isoni, ariko aho niho ubutegetsi bwe buzaba burangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga!

Izo nkozi z’ibibi z’abagore zemeye kugurisha ubwami bw’uRwanda (Mukabayonjo Christine) zizahita zibura ayo zimira nayo zicira,kuko igihe cyabo cyo gucirwaho iteka kizaba gisohoye! Nerekwa mbona ako gace kose baherereyemo kabura amazi (ubuzima) imirimo yose irahagarara maze mbona bafashe amarozi bagendanaga bari barahawe yo guhumanya inzirakarengane barabufata babujugunya muri ngarani y’imyanda kuko ibyo bari barahawe gukora bitabatunganiye nk’uko byari biteganijwe mbona na za magigiri zigerageza gushaka aho zajya kwihisha zigashaka ubuhungiro maze mbona umwuka w’ubukene urazitashye umuvumo utangira kubakoreramo uhereye ako ako kanya!

Mbona abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bakorera mu gihugu cy’IBABYLON’,mbona abasigaye mu gihugu baza kwivuza bagera ibabylon,bagahita babagurisha bakabanza kubakuramo amashillingi yo kwibikaho.Bakababwira ko babafasha,maze umuti baguraga inshuro imwe,abahutu batuye IBABYLON bakayikuba inshuro eshatu[3] kugirango babone ayo bibikaho.

Nuko ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bakomoka ahitwa“KIBUNGO”bakabije gukiranirwa kubera ubugambanyi bakorera ubwoko bwanjye!!! Dore abanyarwanda benshi batuye IBABYLON bakomoka “KIGUNGO” nibo bakomeje cyane umwuga w’ubugambanyi mu murwa mukuru w’”ISHUSHAN” mu gihugu cy’IBABYLON!

Iyo babonye umuntu uturuka iwabo,bamwigirizaho nkana bakamucuza utwo yari yifitiye bakamusiga amara masa!Babwire uti,ibyo byose mukora,bigaragara imbere y’Uhoraho Uwiteka Nyiribihe byose nk’ibyambaye ubusa!Ubabwire uti kandi,iminsi yanyu yo kubaho irabaze!Kuko mwagendeye mu nzira za BALAAM mukagirira nabi abanyamugisha kandi byari bidakwiye! Ese mwabaye iki ko mwarusheje ubugome abanya”BABYLON” kandi ubusanzwe nta wubarusha ubugume? Niko Uwiteka Nyiribihe byose ababaza!!!

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,tega amatwi maze wumve icyo uwahoze arumufasha wawe icyo avuga.Ntega amatwi numva arimo kwivugisha ati,uko umugabo wanjye yahanuye ko nzasigara mu butayu jyenyine, we yarabuvuyemo none  niko biri uyu munsi wa none.Dore nasigaye mu butayu jyenyine nk’uko yabihanuye nubwo nahoze mbihakana kuko nari ndambiwe ubutayu bugufiya none bwaraze burankurikirana.Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambaza riti,wabyumvise ndasubiza yego nabyumvise!Ndabwirwa ngo,nta jambo ry’Uwiteka ryavuzwe n’Umuhanuzi ngo rizareke gusohoza umurimo waryo uko niko Uwiteka nyiringabo avuga.

Dec 14, 2016 njyanwa mu iyerekwa mbona ibikorerwa mu isi y’imiruho,nerekwa ko,igihe cy’inkozi z’ibibi cyegereje ngo bamenye yuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ari we Mana.Njyanwa mu iyerekwa mbona mpabwa  amabwiriza yo kujya kugaruza agahigo kari karatwawe ni nkozi z’ibibi. Ndagenda mpasanga hari imitwaro myinshi cyangwa imiba y’uduhigo bambuye abantu b’Imana.Nteruramo imitwaro [2] ndayitwara ngaruka inshuro imwe maze nerekwa ko inkozi z’ibibi zabikenze ndagenda sinagaruka ariko nibura ngaruza utwanjye bari baratwaye nshima Uwiteka Imana ikiranuka.

Nerekwa inkozi z’ibibi(magigiri) zifashe urugendo zimanuwe no guhiga ubugingo bwanjye(Umuhanuzi) kubera ubwoba zifite bwo kuzashyira ahagaragara imyanzuro y’urubanza rw’umugogo w’Umwami w’uRwand Kigeli V Ndahindurwa,  no kwima ingoma k’Umwami ugiye gusimbura Umwami w’uRwamda watanze akubaganiwe na gaco k’Abega ba bicanyi.Maze ijambo ry’Uhoraho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore za magigiri ziraje zimanukanye n’inkozi z’ibibi z’IBABYLON.bazanywe no kugirango baguce igihanga none kuraho ikoranabuhanga ryose ukoresha kugirango batabona urwitwazo rwo ku kugirira nabi niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Ijambo ry’Uhoraho ryongera kungarukaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu dore ugeze kumarembo y’ubutayu bugufiya,kandi iruhande rw’ubwo butayu bugufi hariho ishuri rihegereye, ririmo abanyeshuri batsinzwe ikizamini mu gihugu cy’ubutayu bugufiya.None uramenye wirinde cyane nubwo imperezo ya mavuta yawe yarangiye,ndaza gukoresha abubaha Uwiteka Imana yawe, kugirango bakoherereze utuvuta two gushyira mu mperezo yawe, maze ubone uko umurika mu mwijima utabona uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Njyanwa muri gakondo ya bakiranutsi,numva uburyo abaturage bitotombera ubwami bw’Abega bayobowe n’Umwakagara,maze numva bavuga bati,nibura Habyarimana ku ngoma ye(Abungura) ntabwo twahuye ninzara,ariko uyu mwega agiye kutumarira ku icumu atwicisha murenguzi!Nuko numva abandi basaba Uhoraho ko ari we ukwiye kubarenganura akabakiza umwana w’Umwega w’Abakagara kuko bamaze kwiheba kandi akaba ari nta munyapolitike numwe Wabasha kubakiza Umwakagara kuko yababereye amahwa ahanda kandi akabayoboza inkozi y’icuma uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga.

Nirekwa bajya guhaha kure cyane aho bagendaga ibilometre byinshi,bagahabwa umurimo wagahimano kugirango babashe kubona ifunguro bazagemura rikabatunga.Ariko kuko ntayandi mahitamo bari bafite bemeraga gukorera agahato nk’ako kwa Farawo Umwami wa (Egypt-Misiri) aho ubwoko bw’Uwiteka bwakoreraga agahato bakahamara imyaka [430] bakaza gucyurwa n’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Uhoraho yemeye ko ibyo byose bibaho,kandi abantu bari muri gakondo yabo,kugirango Uwiteka naramuka abakijije bazamenye yuko Uhoraho ari we wabakijije amaboko y’umwanzi wo gukiranuka kugirango bazamukorere batizigama bamenye yuko Uhoraho ajya agira neza kandi ko atajya anezezwa ni uko ubwoko bwatwaza igitugu na Satani na badayimoni uko niko Uwiteka avuga.

Nyyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi kazi w’ikinyoma madame Marie Murebwayire ESTHER,utuye mu gihugu cy’UBUHOLLANDE (Nethellands) nerekwa ari mu Nyanja hagati amazi amugera mu ijosi mbona atuje cyane nta cyo bimubwiye;maze numva ambwira ngo,nitwishyire hamwe maze adutere inkunga,maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rirambaza riti,mbese byashoboka yuko umuntu uri mu isi,akaba afite ibibazo byinshi bimurenze ko yafasha abandi?Ndasubiza nti Oya!Ndabwirwa ngo”ntibishoboka ahubwo nikinyoma akoresha kugirango abone uburyo abagigira kuko ntawumurusha ibibazo nubwo ari kumugabane w’UBURAYI uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo avuga”

Save

Translate »
Exit mobile version
Skip to toolbar