Amakueu aturuka mu gihugu cya FinLande,agera ku kinyamakuru inyange News,aravuga yuko,nyuma yo gushyira ahagaragara imikorere ya za magigiri zikorera muri icyo gihugu zikoresha umurozi-Kazi Nyirampala wiyise Mediatrice Nyiramigisha.
Amakuru avugako,inkuru yatangajwe ku inyangeNews,ngo yahagaritse umutima izo za magigiri ku buryo zimaze igihe zishakisha uwaba yarandikishije iyo nkuru ku inyange News kugirango zimuragize,amakuru avuga yuko uwo murozi-kazi wifatiye abagabo benshi kubera gusambana nabo dore anirwariye na SIDA,abo basambane be bamufashije gushakisha umuntu waba yaramwandikishije ku inyangeNews kugez’ubu ntabwo bari bamenya aho ikinamakuru inyangeNews cyakuye ayo makuru.
Inkuru ikomeza ivuga ko,uwo murozi-kazi ngo akimara kugera mu gihugu cya FinLande,ngo yahise ahabyarira undi mwana wiyongera ku bana (4) yabyariye muri Zambia,akaba umwana wa (5);uyu murozi kazi amakuru avuga ko,yahagurukiye guhiga umuntu wese waba amuzi bicyekwa ko byanze bikunze mubo bafitanye ibibazo bose abazi cyane akaba acyeka abantu (2); uwa mbere n’umudamu yatwariye umugabo amakuru avuga uwo mudamu yatwariye umugabo dukomeje gushakisha uwaduha amakuru yuwo mudamu ndetse namazina ye kugirango tuzabagezeho inkuru irambuye.
Undi muntu ushyirwa mu majwi n’umusore wagiriwe nabi nuwo murozi-kazi ukomoka igitarama muri Ntongwe ukomeje kuri koloza mu gihugu cya FinLande aho abantu bose bamutina bagenda bamwihohoraho aho kugirango bamuange mubutegetsi bagaragaze imikorere ye hagati ye,na za magigiri z’umwwakagara zikomeje guhiga abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwe.
Amakuru avuga ko,uwo murozi kazi yitwaza amarozi ayagendana mu ikote yambara ry’imbeho maze wareba nabi akagushyirira mu ikote ryawe,bivugwa ko,yitwaza uduhu twinyamaswa n’amagupfa atandukanye yaba ayabapfuye cyangwa ayinyamaswa biterwa ni byo umupfumu aba yamuhaye.
Ikinyamakuru inyangeNews cyagerageje guhamagara Nyirampala Mediatrice Nyiramigisha,ariko Telephone ntiyayifata kugirango tumubaze amakuru amuvugwaho niba arukuri.Abasangira ngendo be,bavugwa yuko umuntu wamwanditse ngo n’umunyamakuru uba mu gihugu cya Kenya,uwo munyamakuru ngo akaba ar’umu Pastor,akaba umunyamakuru,akaba umuhanuzi,ndetse ngo akaba n’umupfumu ngayo ng’uko uko byifashe muri Fin-Lande
Uwo mupfumu w’umuhanuzi niwe ukomeje gushyira ahagaragara imikorere ya za magigiri hamwe n’inkozi zibibi zikomeje kurwanya ubwoko bw’Uwiteka aho bwahungiye mu mahanga butegereje yuko I byahanuwe nabahanuzi b’Uwiteka.





