Umuryango watangije idini cyangwa ishyirahamwe rya Satani wa bavandimwe (5) harimo na David Rockefeller bakaba aribo batangije umuryango wa ILLUMINATI Frimasonel uyu muryango ukaba urimo ibihugu bikomeye ku isi,aba bavandimwe bawushinze bakaba bose barize ibijyanye n’ibyubukungu ku isi,nk’uko byagaragajwe na televisiyo yitwa CANAL Plus y’Abafaransa mu mwaka wa 2009 niho hasotse video ya mbere ya ILLUMINATI Frimasonel.
Aba bavandimwe barakize cyane ku isi,nibo bafite ubutunzi bukomeye ku isi,kandi nibo bategeka ibihugu byose bikomeye cyane,bakimara gushing uyu muryango bagiye bagibanya imyanya mu bijyanye na politike n’ubukungu bituma bamenyekana cyane kuko Satani yabahaye kumenyekana bituma ibihugu byose bikomeye birimo USA na UK France Germany bibayoboka maze bakajya babigira inama mu bijyanye nubukungu.
Ngirango bimaze kumenyerwa cyane yuko ubu idini rya Satani ryitwa ILLUMINATI ko rimaze kumenyerwa cyane kuburyo ubu bitakiri igisebo kuba warisengeramo kuko uhita uhabwa ubutunzi bwose wifuza kandi ukemera yuko Satani ariwe Mana hanyuma Imana yo mu ijuru ukayita Satani
Nk’uko byatangajwe nikinyamakuru gikorera leta y’umwakagara Imirasire.com,Dr.Kaberuka umaze igihe akorera Bank Nyafurika nk’umuyobozi wo kurwego rw’ikirenga,amakuru ikinyamakuru inyangeNewss dufite avuga yuko mbere yuko agirwa umuyobozi wa BAD ngo yabanje gutamba umubyeyi we ho igitambo akimara kumutangaho igitambo,yahise atsindira umwanya wo kuyobora BAD
Ubu rero akaba yaramaze imyaka (10) yose ayobora iyo bank nyafurika itsura amajyambere none akimara kuva kubuyobozi bw’iyo bank abakuru ba ILLUMINATI bahise bamugira umwe mu bajyanama bumuryango wa ILLUMINATI Frimasonel
Aho niho aboneye akaruhuko ko muzabukuru aho bagiye kujya biga uburyo barushaho kwica no gusenya abakiranutsi,ngaho rero abasenga nimusenge kuko uwo muryango Rockefeller musanzwe muwuzi kandi umaze kumenyerwa ku isi yose ko ukorera umwanzi wabakiranutsi
Abifuza ubutunzi bw’isi ubu byarasobanutse kubakunda Imana nabatayikunda inzira zaragaragaye aho ushobora kwihitiramo gusenga satani akaguha ubutunzi bw’isi,cyangwa ugakorera ijuru Uwiteka yashima kuguha umugisha ukiri kuri iyi akakugirira neza nyuma yuko ubaye umwizerwa imbere ye.
Nguwo umunyarwanda wumuhanga mu byo kurwanya Uwiteka Imana yinjiye muri komitte ishinzwe kurwanya Uwiteka Imana hamwe nabakiranutsi kumugaragaro urumva rero ko ntabanga rikirimo kuko na shebuja aharutse kwirukana Uwiteka Imana mu gihugu ndetse akura n’ijambo IMANA ishobora byose mu itegeko nshinga
Ibintu rero birimo birasobanuka cyane kuko igihe cyagiye nta mwanya wogutakaza ubu n’ugukiranuka cyangwa gukiranirwa hanyuma ugahitamo inzira amazi atararenga inkombe ukirira utwawe ntawuguhagaze hejuru kuzageza ugiye igihinomo cyangwa ugiye mu ijuru.1Corinthian 1:26
1 Corinthians 1:26-31
26 Brothers and sisters, think of what you were when you were called. Not many of you were wise by human standards; not many were influential; not many were of noble birth. 27 But God chosethe foolish things of the world to shame the wise; God chose the weak things of the world to shame the strong. 28 God chose the lowly things of this world and the despised things—and the things that are not—to nullify the things that are, 29 so that no one may boast before him. 30 It is because of him that you are in Christ Jesus, who has become for us wisdom from God—that is, our righteousness, holiness and redemption. 31 Therefore, as it is written: “Let the one who boasts boast in the Lord.”
Bene data muzirikane guhamagarwa kwanyu,cyane yuko abahamagawe mu banyabwenge atari benshi,n’Abakomeye akaba atari benshi,ndetse n’Ibikomangoma nabo akaba atari benshi,kuko Umwami wabakiranutsi wacu akaba ariwe munyabwenge muri twe,ibyo bikaba ari byo biduhesha gukiranuka.





