19th OCT,2015 njyanwa mu iyerekwa mbona ndi kumusozi,nerekwa mbona inyanja munsi y’uwo musozi mpagazeho,mbona umuhengeri wuzuyemo umuyaga mwinshi cyane uzamura amazi maze akazamuka akagera kumusozi aho nari mpagaze.Maze kubona yuko umuyaga ubaye mwinshi kandi ko,umuhengeri ukomeje kuzamuka unsanga,nibwo nahise mfata icyemezo cyo kumanuka kuri uwo musozi.
Nuko ngeze munsi ya musozi kuruhande rw’Iburyo mbona ko mfashe icumu mu ntoki,mbona icumu ryivanye mugiti cyaryo cy’umuhunda maze mfata rya cumu ndisubizamwo maze ndakomeza ngeze imbere mpasanga umuregonti cyangwa iteme rinyuramo amazi,nuko mu gihe nshaka kwambuka iryo teme mbona kuruhande har’inka nazo zari zintegereje ngo twambukane iryo teme inka bisobanura abadayimoni babatererano batunzwe n’abantu.
Nuko nshaka uko nakwambuka jyenyine ntambukanye nabo badayimoni,nuko mbona haje umwuka w’urukoza soni washakaga gusenya imirimo y’Uwteka Imana,nuko numva ijambo ry’Uwiteka rimbwira riti,mwana w’umuntu,dore inkozi zikibi zohereje imbaraga z’umwijima ziguteze ibibazo kugirango zikugwe gitumo zigufate mpiri zibone uko zikomeza imirimo yazo kuko wazibayeho igishakwe uko niko UWiteka avuga.
Mashujaa day intasi zishaka gushimuta umuhanuzi.
Nkomeza kubona izo za magigiri ndetse nkomeza kumva ibyo zivuga ubwo zari zimaze kujya kumupfumu zimusaba imbaraga zabafasha kunshimuta,nuko babwira umupfumu ngo turashaka kumushimuta ejo kumunsi mukuru wa MASHUJAA DAY,uwo ni umunsi mukuru w’intwari wo mugihugu cya Kenya uba ku italiki ya 20 Ukwakira buri mwaka.
Nuko nerekwa nyine umupfumu wamugore w’umuyisilamu abaha iyo miti maze babanza kumboha bisobanura yuko baboshye gahunda zanjye zose,maze baramfata banjyana muri toilet banjugunya hejuru ya Toilet barigendera bamaze kugenda ndihambura mva muri yo toilet “toilet isobunura kuzingwa ntuzigere ugira icyo ugeraho”.Maze wamupfumu aza kugaruka ngo arebe yuko nkiri muri ya Toilet asanga nahavuye nabonga abakobwa benshi bashaka abagabo bakoresheje amarozi nabo bari bagwiriye kuri uwo mupfumu kazi w’umuyisilamu kazi.
Nuko numva uwo mupfumukazi ngo imiti yanjye yanze gukora kubera bari bamaneko bazanye umuntu wo kuroga ariko uwo muntu akomoka mu bwoko butarogeka none dore nimbaraga zanjye zose arazishe kandi ahise azirangiza sinzi aho nzakura izindi mbaraga uko niko Uwiteka avuga.
Umwakagara Benon atwara umugisha w’umuhanuzi
Nkiri muri iryo hyerekwa mbona uwitwa Umuhoza Benon wahoze akora muri DMI nyuma akaza kwirukanwa mugisirikare akaza kujya mu gihugu cy’UBUFARANCE nyuma y’igihe gito agezeyo aza kwirukanwa agarurwa muri Africa ahitamo ko bamushyira mu gihugu cya Kenya.Uwo yari yaratwaye umugisha wanjye maze kuwugaruza atangira kugira ibibazo ninayo mpamvu yirukanywe mu BUfaransa
Nerekwa asubira mu bapfumu kugirango agaruze umugisha utaruwe,akandi naramaze kuwusubirana,ubwo asaba umupfumu ko yakongera akanzinga zinga mbona umupfumu afashe ibitoki bihiye ashaka kubingaburira maze ndamubanza nti mbese ugiye kundoga nkimara kumubaza gutyo agira ubwoba asubiranayo ayo marozi ye maze Benoni abura isuka namajyo.
Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore har’iice (2);byabashaka umugisha wawe,hari abari baratwaye umugisha wawe,hakaba nabarimo gushaka kugushimuta kandi bose bagiye mubapfumu batandukanye ariko bararuhira ubusa nk’umusambanyi ukoresha gapote ndetse bariyimbire kuko bashing umuhunda ku kirenge kuko ibyo bifuza bidashoboka kuko bitabaho ko Umuhanuzi w’Uwiteka yatabwa mu maboko yabanyabyaha uko niko Uwiteka avuga.
Nongera kwerekwa umwuka wurukoza soni ku nshuro ya (2) wongeye kugaruka nerekwa yuko Uwiteka amanuye umwuka w’ubwenge ampa kumenya uwo mwuka ubwoko bwawo maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,za magigiri zabukereye ngo zirifuza kuguta muri yombi zikakunyuza muri Uganda zikakugeza mu maboko ya Jezebel Nyiramongi Kagame kuko ahora arira cyane kubera washyize ibikorwa bye ahagaragara.
Nuko nerekwa nakira telephone y’Umwami w’Urwanda Kigeli V Ndahindurwa maze numva ampamagara aseka cyane maze arambwira ngo,mvumye abo basore barimo ku kugeza,mu gihe ngiye kumubaza abari bo,telephone irikata.Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu,Umwami bisobanura kuvugana n’Uwiteka Imana yabakiranutsi dore Uwiteka avumye umuntu wese uhiga ubugingo bwawe babaye ibivumwa kuri iyisi ya rurema nta bwo bazigera bagira amahoro mubuzima bwabo uko niko Uwiteka avumye.
Dore ababakomokaho bazaba inzererezi,nyuma yuko umwakagara azakurwaho,muzajya mubona abantu bamukoreye ku ngoma ye,bazahinduka inzererezi ndetse urubyaro rwabo ntiruzaragarika kugeza ku gisekuruza cya IV uko niko Uwiteka avuze.
Nongera kwerekwa uwahoza ari madamu wanjye Murekatete Odette Mukandirima mbona yambaye ubusa maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,uwo mudamu kubera adahwema ku kugambanira dore nawe ngiye kumukoza isoni kuko yagenje nk’uko balamu yagenje none uhereye none ntazabona umugisha uturutse k’Uwiteka kuko yarwanije umukiranutsi w’Uwiteka kandi yirirwa amutuka amagambo yurukoza soni niyompamvu Uwiteka agambiriye ku kugirira neza dore ntakabuza uzanyura mu maso yabo kugirango bazamenye yuko Uwiteka ariwe Mana yawe yaguheyeho umugabane uko niko Uwiteka avuze.
Mwana w’umuntu dore bamaze kuraguza kandi bamenye yuko wambutse amazi ugiye aho batazongera ku kubona kandi ko uzateza akaga nibyago namakuba kubera ubugizi bwa nabi bwabo,niyompamvu bamaze gukaza umurego ariko nyamara bararuhira ubusa nta cyo bazigera bageraho kuko abo baguhiga igihe kizagera batange ubuhamya yuko Uwiteka ariwe Mana kuko bahize umucamanza wisi yose ntibamushobora ibyo bizabatera gukizwa nyamara agakiza kabo kazaba katagishoboka ko bakabona kuko Uwiteka yamaze kubavuma ubu ntabwo bashobora kubyumva ariko umwakagara namara gukurwa ku ngoma uzababona buba ngo barashaka ko ubavumura nyamara bizabagore ku kugera uko niko Uwiteka avuze.
Mwana w’umuntu dore nagushyiriyeho kugirango ucire imanza kandi uhanurire amahanga kugirango ugarure ubwoko bwanjye mu nzira yo gukiranuka kuko abenshi barabeshywe bakurwa mu buntu bw’Uwiteka Imana none hanura kandi uvume inkozi zibibi maze uzicireho iteka.
Nuko ndatangira ndabavuma Uwiteka aravuze ngo,muravumwe kuko mwarwanije umugaragu w’Uiwteka wasizwe amavuta y’Umwuka wera kandi yo gukiranuka,kubera yuko mwahize utariho urubanza nawe arabavumye mu izina ry’Uwiteka Imana ihoraho,urukiryi rwanyu ntiruzaragarike,kandi ahanyu ntihazibukwe ukundi,muzahirane agahinda mu mutima igihe cyose kuzagea muvuye kuri iyisi.
Kuko mwanze ukuri,ahubwo mushaka ikinyoma,aho kwemera umucyo,ahubwo mwemeye umwijima ndetse murwanije nabemeye uwo mucyo aho ,kugirango mubashyigikire ahubwo mwabaciye intege ndetse mwigishije abaturage kugenza uko Ahabu mwene NEBATE yagenje mubwiriza abantu gukora ibyangwa namaso y’Uwiteka,niyompamvu Uwiteka Imana yabakiranutsi atazabura guhora ku munsi w’Uwiteka ubategereje kugirango ibyahanuwe nabahanuzi bibashe gusohoza amahoro.
Icyo gihe nanjye nzabaseka nicyaye ahirengeye ndamaraye nguwe neza niho muzamenya yuko murwanije utariho urubanza mbese muzageza ryari kurwanya ubwoko bw’Uwiteka?Niko umuhanuzi abaza!
Dore ntakabuza magingo aya,mu gihe gisa nk’iki,umwaka utaha muzaba mushaka aho mwekera nyamara ntimuzahabo,kuko naho muzakinga umusaya ntabwo muzahabo,ibyo mwishyingikirije byose Uwiteka azabikuraho kandi gukorwa nisoni mwakojejej abandi izo soni zizabagarukira mubure aho mukwirwa uko niko uwiteka avuze.
Dore inshuti zanyu zizabahunga,abanzi banyu bazaba bagize amahirwe,bazabica ikimanuka nikizamuka,ndetse nahaterea ntimuzaharenga,ibyo mwishingikirije uyu munsi bizaba bitagishibora kubakiza kuko umwuka wigisuzugururiro uzaba ukomotse k’Uwiteka uzaba wabagezeho kuko ibyo mwakoreyemuri iyisi mutazabura kubyishyura mukiri kuri iyisi niko Uwiteka avuze.
Icyo gihe isi izababana ntoya,muzifuza yuko isi yabamira ariko nabyo ntibizashoboka kuko Uwiteka yagambiriye kuzabishyura ibihwanye nibyo mwakoze kugirango muzabere akabarore isi yose yuko Uwiteka ariwe Mana niko Uwiteka avuze.Dore nkabuza muzarara nze!Kuko Uwiteka Imana atazaburagusohoza amasezerano yabakiranutsi nibyo yabasezeranije uko niko Uwiteka avuga.





