HomeNewsIgice cya (14) cy’Ubuhanuzi

Igice cya (14) cy’Ubuhanuzi

Aug 26, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona ubutayu bugufiya najyanywemo kujya kwigishwa uko bubaha bakanakorera Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo. Ubwo butayu mbona bwuzuyemo umwuzure wa mazi, bituma ahari ubutayu hahinduka ishyamba ndetse hameramo n’ibyatsi birebire bitari ubwatsi bugufiya, mbona irango ry ’amarembo ry ’ubutayu riri hagati y’umuhana uwo mwuzure warazamutse ugera mu irango uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Igice cya (13) cy’ubuhanuzi

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe cyo kurangiza ubutayu bwari bukomeye cyane, kirarangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Umwakagara abadayimoni yakoreshaga bose bimurirwa kumusozi, kandi batagishoboye kugira icyo babasha kumumarira, mbona bagiye hakurya ye, ndetse babura amafunguro, ndetse babura aho bashobora gukura amazi yo kunywa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanyarwanda baturutse Uganda barakwanga cyane, ngo kuko wabahanuriye ibikomeye kandi bibi, ariko urwo rwango rwabo nta cyo rushobora ku gutwara kuko badashobora kugukiza cyangwa ngo bakwice muri byose nta cyo bakumarira niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona muri gakondo ya bakiranutsi haza umuyaga uvanzemo n’imvura, urimo n’umuriro waka cyane! Kandi ufite ibirimi by ’umuriro birebire cyane, uwo muyaga, n’uwo muriro niyo imvura byahise bisenya amadiniinyubako z’insenegrobyose bishiraho burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka amaze kuzinukwa amadini yo muri gakondo ya bakiranutsi, dore agiye kuyasenyesha amazi n’umuriro n’umuyaga kuko bagenje nabi Uwiteka akaba abikomye bikomeye abazabasha gukira ibyo byago bije bigeze mu marembo ya gakondo yabakiranutsi bazaba ari bacye cyane uko niko Uwiteka abivuga.

Aug 27, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore intebe yabukunzi isigariye aho, dore nta muntu n’umwe uyicayeho, ndetse abayishaka bose, barishakira indamu, bya kwanga bagafata iy’ubuhungiro, ndetse dore urubyiruko nyarwanda bagiye kwinjira mu ishuli rikomeye cyane iyo kaminuza irahenze cyane! Kandi abagiye kuyiga nta bwo bashobora kuzayitsinda kuko ntawashobora gutsinda umwaka wa mbere ngo yimuke ajye mu wundi mwaka wa kabiri uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakiranutsi nibo bonyine bazarindwa na bafite kwizera kwa Kristo mu mitima yabo, dore ibyahanuwe bigeze kumuryango neza, kandi abizera abo nibo Uwiteka azarinda usibyeko bizashoborwa n’intwarane kuko intwari zirataka zinyinyiriwe uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’inzigo wongeye guhagurukira abacitse ku icumu nyuma y’ikinyoma cy’Umwakagara yabeshye amahanga ko ari we wahagaritse genocide yakorewe abatutsi, ahubwo niwe wateje genocide yakorewe abatutsi kugirango afate ubutegetsi.

 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara agiye kongera kumena amaraso y’inzirakarengane yabacika cumu kuko batahuye ikinyoma cye agafata amaraso yabo akayahindura igicuruzwa cyunguka uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Genesis 4: 6-9 The Lord said to Cain, “Why are you angry, and why has your face fallen? If you do well, will you not be accepted? And if you do not do well, sin is crouching at the door. Its desire is contrary to3 you, but you must rule over it.”

Cain spoke to Abel his brother. And when they were in the field, Cain rose up against his brother Abel and killed him. 

Then the Lord said to Cain, “Where is Abel your brother?” He said, “I do not know; am I my brother’s keeper?”

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w ‘umuntu, dore Uwiteka Imana agiye guhorera abantu bose umwakagara yameneye amaraso, kandi uko guhora kuzaba ari kubi cyane kuko kurukiryi rwe, nta uzasigara wo kubara inkuru ndetse haba no mu nshuti ze, nta n’umwe uzasigara wo kubara inkuru uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umwuka w’ikinyoma cy’abega bari ku ngoma muri gakondo ya bakiranutsi, bagiye gushyiraho umwuka wo kuyobya uburari kugirango baburizemo imigambi y’Uwiteka Imana Nyiringabo, ariko barasa na bashinga umuhunda ku kirenge kuko bidashoboka, ahubwo Uwiteka Imana Nyiringabo ni we ushobora kuburizamo imigambi yabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti. mwana w’umuntu, dore abadayimoni bari bahagaze imbere y’umugisha wawe, ariko noneho amasengesho umazemo iminsi Uwiteka Imana yarayumvise none abadayimoni abakuye mu nzira kugirango wakire umugisha wawe uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore mu gihugu cy’Ibabyloni, inkozi zikibi zigiye gutangaho ibitambo abana bato biga mu kibura mwaka ngo kuko baba batarakora ibyaha bityo bongere gusinyana kontaro nshya na Satani, maze arusheho kubongerera ubutunzi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ukwiye gusengera ibyo bitambambuga kugirango iyo migambi y’inkozi zibibi iburizwemo n’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Aug 29, 2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abana bincuke bo muri gakondo ya bakiranutsi, bagiye kwinjira mu ishuli kandi nta bigisha bafite uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abasirikare ba FDLR barimo gukora imibare bandika hasi, yafataga 30×60 = 180 mu gihe bakirimo gukora iyo mibare, ndabwirwa ngo, inyeshyamba za fdlr zirifuza umwalimu wazigisha imibare ya politike kugirango barebe yuko bashobora gukuraho ubutegetsi bw’ingoma y’abega muri gakondo ya bakiranutsi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanyamadini hamwe na bana batoya bagiye guhura na kaga gakomeye cyane kuko abalimu babigisha bahagaritse akazi kabo bakoraga nta bwo bazongera kubona abalimu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona inyanja zose zo ku isi zuzura amazi mu buryo butunguranye kuburyo ayo mazi azatera abantu abaturiye izo nyanja bakazabura aho bahungira uwo mwuzure. uzasenya ibintu byinshi bijanye n’ibikorwa remezo na majyambere uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, hagiye kuzaza akaga, amakuba, ibyago, bikomeye cyane, kw’isi ya bazima aho ikiremwa muntu kizisanga mu bibazo biteye ubwoba kandi bikomeye cyane kuko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo agiye kugabanya umurengwe isi ifite kugirango bacishwe bugufiya uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umubare wa Ant-Kristo (666) ugiye gutangira gukorera muri Bank Rays Global LTD aho abantu amazina yabo atanditswe mu gitabo cy’u bugingo bagiye gutangira kwinjira mu gitabo cy’urupfu cy’ubutabera bw’iteka uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti mwana w’umuntu, dore ingabo z’umwakagara za maze kwitegura kujya kumashana n’abatavuga rumwe bagiye gutera gakondo yabakiranutsi baturutse mu gihugu cy’ISAMARIYA nyamara urwo rugamba rugiye gukomera niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Satani araje ansanga aho nari nibereye nduhutse ndi mu iyerekwa, maze ampereza umugisha wanjye ndambura ukuboko ndawacyira, maze mubwira ko nta mwanya mfite wo kuvugana nawe, arambwira ati, Uwiteka yaragukunze umugisha wawe nari narawufashe, ariko noneho ndawurekuye, ndamusubiza nti ndeka niruhukire ibyo na kazi kawe kuko sijye ukubwiye ngo uwunzanire niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

30 Aug 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ijuru rinezerewe n’umunyago unyaze umwanzi na Satani kuko wambuye abafarisayo iminyago (2); umunyago umwe uvuye mu idini ry’Afarisayo (Pharisees) bitwa LUTHERANI Church, naho undi muryango (family) uturutse mu ba Farisayo (Pharisees) bitwa PEFA Church, uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

31 Aug, 2015 njyanwa mu iyerekwa mpabwa indirimbo y’igihimbano cy’u mwuka, kivuga ngo, INEZA YAWE INEZA YAWE, NARAYIBONYE ABABISHA BANGOSE CYANE:

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, birakwiye yuko abantu babaririza inzira za cyera basogokuruza banyuzemo, kugirango abikigihe babe arizo banyuramo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore uyu murwa mukuru w’Ibabuloni, umwakagara yamaze gushakira imirimo za magigiri muri za ‹society› zitumanaho ‹telecommunication company› kugirango babone uko bazajya bagigira abo bashaka kwivugana uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Mu bo yohereje harimo umu Congomani wo mu bwoko bw’Abahutu, bavuga ururimi rw’ikinyarwanda bakomoka muri za Masisi kugirango barusheho kujijisha impunzi z’abanyarwanda batuye mu gihugu cy’Ibabyloni uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira bene so mu Mwami wacu wabakiranutsi Yesu Kristo, batuye muri icyo gihugu, no muri uwo murwa w’Ibabuloni, kugirango bamenye uko ibintu byifashe barusheho kwirinda umwanzi w’Uwiteka uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri balimo gushakirwa imirimo mu miryango y’igenga (international organization) iharanira uburenganzira bwa muntu, ndetse n’imiryango yita ku mpunzi kugirango barusheho kugigira ubwoko bw’Uwiteka iyo niyo nama yakozwe kandi nibyo byemejwe kandi bigiye gukoreka kuko batanga bituga ukwaha kugirango izo za magigiri zibone imirimo maze zijye zigigira ubwoko bw’Uwiteka mu buryo buboroheye uko niko Uwteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ibikorwa by ’intasi z’umwakagara bigereranywa n’inzu yubakishijwe ibyatsi, uhereye hasi ukageza hejuru, none dore Uwiteka yohereje umuyaga wo gusenya ibyo bikorwa bye by’ubutasi, kugirango ahanagure uwo mwanda ndetse akureho burundu imbaraga n’ubugome bw’Umwakagara n’imbaraga za sekibi na Satani n’abadaimoni uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri zihawe akazi muri za society zitumanaho zikorera IBABULONI harimo SAFARICOM, AIRTELL, na YU, na Telkom, izo nizo zigiye kuzajya zinekesha ikorana buhanga rya telephone kugirango barusheho kumenya numero za telephone z’impunzi bashaka guca ibihanga uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwire abantu bose bahunze ingoma mpotozi y’abega basenge Uwiteka Imana Nyiringabo kugirango amanure uwo muyaga asenye iyo migambi yabo bagome uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Jeremiah 32:27I am the LORD, the God of all mankind. Is anything too hard for me? 28 Therefore this is what the LORD says: I am about to give this city into the hands of the Babylonians and to Nebuchadnezzar king of Babylon, who will capture it.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngiye gukora ibikomeye cyane kugirango abana b’abantu bamenye yuko nd’umunyembaraga Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, w’umuntu, hari umugore urwaye ngiye ku koherereza aza kwandikira e-mail, uzamwakire kandi uza musengere uwo ntabwo arebwa n’Ubuhanuzi bwo mu gice cya (9); kuko na mara gukira azakubera umugisha kuko arwaye umugongo kandi kwa muganga bakaba barananiwe kumuvura ndetse akaba anarwaye mu mwanya w’igitsina gore (private sex) uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uwo mugore bamuteje imbaraga z’umwijima, niyompamvu kwa muganga byabananiye kugira icyo bamumarira uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ikindi kimenyetso cya nyuma cyo kurimbuka ku ingoma y’Umwakagara na FPR, hagiye guhunga umwe mu bagize government ya RPF, uwo mu minisitiri na mara guhunga, azagera mu mahanga, nta bwo azarwanya Leta yararimo, ahubwo azajya akurikira amakuru kuri za television mpuzamahanga kugirango amenye amakuru yo mu Rwanda yahunze uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abagore ba banyamurenge babaye abicanyi, birirwa baroga abana batoya batangiye gukamba kamba n’ibisekera umwanzi, dore umujinya wanjye umanukiye aba Congomani bavuga ururimi rw’ikinyarwanda biyita abanyamurenge nza barwanya, nzabatoteza kubera kugirira nabi abana batoya batazi icyatsi nururo ba bagomwa ubuzima kandi atari bo ba baremye uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwami namara kwima ingoma, muri gakondo yabakiranutsi hazabaho kubaka imihanda yo hejuru no hasi, iyo mihanda izaba yubakishijwe ibyuma uko niko Uwiteka abivuga.

NB: ariko icyo gihe igihugu kizaba gituwemo na bantu bacye cyane, kandi hazabaho umugisha utarigeze kubaho, ndetse amahanga yose azaza gusaba umugisha mu gihugu na guhayeho gakondo yawe uko niko Uwiteka abivuga.

Sept 1,2015 njyanwa mu iyerekwa ku nkengero za marembo yo mu irango y’ubutayu bugufiya, mbona harashyizwe abahoze bari kurugerero kubohora gakondo yabakiranutsi. Mbona abo bahoze bitwa inkotanyi, hanyuma bakaza gihindukamo RDF, hanyuma na none bakaza guhindukamo abazamu barinda amaduka cyangwa ibicuruzwa by’abantu ni njoro bageze iyo bajya bisa naho ariyo nyiturano bagenewe n’ubwami bw’abega kandi bitari bikwiriye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo ubonye ni ba bandi bitwa inkeragutabara bavuye kurugerero dore igihe cyabo cyo kwinjira mu butayu kiraje kandi kirasohoye kuko abo ku ngoma y’abega batabashira amakenga uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abagukoreye ubugome bose, igihe cyabo kirageze ngo ngucire imanza zitabera maze bamenye yuko Uwiteka ari we Imana kandi ajya aca imanza zitabera uko niko Uwiteka abivuga.

Proverbs 26:27 Whoever digs a pit will fall into it, and he who rolls a stone will have it roll back on him.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bagiye kumenya yuko uwo ukorera atari umwana w’umuntu, ahubwo bazamenya yuko Uwiteka ariwe Imana yawe uko niko Uwiteka abivuga,

Ijambo ry’Uwiteka Uhoraho Nyiringabo ryongera kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, genda ugure umwagazi w’ihene, ndagenda ndawugura, maze kuwugura, nsanga waragwingiye ariko bigaragara ko gakuze. Nuko mbaza uwawungurishije nti, kuki wangurishije umwagazi witwa ko, ari ihene za kijya mbere, nyamara ikaba yaragwingiye irutwa ni ihene zisanzwe? Nuko aransubiza ati, ubwo bwoko bumaze gusaza kuko bwaremwe na bantu nta bwo ari karemano y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uriya umwagazi w’ihene wabonye, waba wasobanukiwe ibyawo? Ndasubiza nti, oya! Ijambo ry’Uwiteka rirambwira ati, n’umwuka w’ikinyoma cya FPR umaze kugwingira aho gukura, ahubwo ugenda ugwingira usubira inyuma, ukuri kumaze gusimbura ikinyoma uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndege nyinshi z’intambara zizenguruka ikirere cy’ubutayu bugufiya, mbona zigeze mu nkengero z’ubutayu bugufiya, mbona izo ndege zitangiye gusohora ibisasu byazo bimanuka hasi kurasa abari muri ubwo butayu, nirukanka njya gufunga (Laptop) nsanga ibisasu byamaze kwipakira muri (Laptop) ndetse bitangira gusohoka birasa abahoze ari inkotanyi nyuma bakaza kuva kurugerero hanyuma baza guhabwa umurimo wubuzamu ku mazu yabanyemari bacururizamo uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore beza bo mu bwoko bw’Abatutsi kazi bahunga iyo ntambara bahungira muri DRCongo batangira gusaba akazi kuba abayaya (maid) kuko ibyiringiro byabo by’ingoma y’abega byari bimaze kurangira uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abo ku ngoma y’abega igihe cyabo cyo gutegeka kirarangiye kuko bagiye koherezwa mu butayu bugufiya kugirango bamenye yuko Uwiteka Nyiringabo ari we umuremyi w’isi n’ijuru uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ababyeyi na bana babo, bose bagiye kwinjira mu butayu bugufiya ariko abazagira amahirwe bakazaba bari kumwe n’abana babo, abo nta bwo bazinjira mu butayu bugufiya uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore gakondo y’abakiranutsi igiye kwinjira mu gihugu cyo mu butayu bugufiya, kuko igihe cy’Umwakagara cyararangiye, ariko akomeza guhatiriza none agiye kwinjizwa mu butayu ajye kurisha nk’uko Umwami Nebukadinezari yagiye mu ishyamba ariko we niyinjizwa mu butayu nta bwo azagaruka azabuheremo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mu gihe nari nkiri aho nitegereza uburyo za ndege zirimo kurekura ibisasu bigwa ku baturage bari aho mu butayu hamwe na Leta y’Umwakagara, nitegereje mbona nta hantu na hato hari aho kwihisha ibyo ibisasu biraswa Umwakagara, numva ijwi rirambwira riti, igihe cy’imperuka kuri gakondo yabakiranutsi cyageze, gusa abazarokoka nta kabuza bazajya mu ijuru kubera ibyo bazaba bamaze kubona nta wuzatinyuka kongera gukiranirwa uko niko Uwiteka abivuga.

Nuko Malaika arambwira ati, ya ihene ya kijya mbere wabonye, na amagambo Umwakagara yagiye ashukisha abaturage ababwira ko, abazaniye iterambere, ariko mu byukuri, yarababeshyaga. Kuko yakoreshaga ikinyoma kugirango abarangaze, none imbaraga z’ikinyoma zararangiye kubera imbaraga za Abazungu yakoreshaga maze abanyarwanda babibona bakagirango afite imbaraga zidasanzwe, none dore za mbaraga zirarimbutse kandi ziciriweho iteka rya burundu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona (society) cyangwa ibigo bikora iby amashanyarazi by ’abanyarwanda zikorana na (society) za ba CHINA, nazo mbona zigeze mu marembo yo mu irango ryo mu butayu bugufiya. Mbona ko bahawe amasoko (tender) na Leta ya gatsiko kabicanyi kingoma y’abega, ariko baza guhomba kubera ko Leta y’Umwakagara yinjiye mu gihugu cyo mu butayu mbere yuko babishyura ibihwanye ni milimo bakoreye Leta yabo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Maze ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abashoramari bo mu Rwanda, nabo bagiye gushyirwa mu butayu kuko bakoranye ubucuruzi na wa mugore w’ubusambanyi kazi witwa Jezebel Nyiramongi, kandi akaba n’umubeshyi, none dore abashoye mu butayu kandi nta kizere yuko bazabuvamo vuba batabuguyemo uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kubera iyo impamvu, dore Uwiteka Imana amwambuye ubuzima bwe, kuko ubugingo bwo nta bwo agira, kubera gukiranirwa no kurwanya Uwiteka Imana hamwe na bakiranutsi, uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu, dore idini rya Evangelical Restoration Church ERC nta bwo rikora umurimo w’Imana nk’uko birirwa babikangurira abakiristu babo, ahubwo bibereye mu mishanga ndetse aho bafunguye ishami ry ’idini ryabo, bahita bahashyira umushinga kugirango bakurure abantu bajye baza gufashwa n’uwo mushinga, ariko bagambiriye kugirango bibonere abakiliya buzuza iryo idini ntaho bataniye na kiliziya gatorika uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, dore kiliziya gatolika, iyo bafashije umuntu, nta bwo bashobora kumuhamba iyo bafite inama bari bugirane na MUSENYERI, cyangwa padiri, kandi nta n’ubwo bashobora gutanga amafaranga kugirango uwo muntu ahambwe, ahubwo baramubika bagategereza ko barangiza iyo nama yabo kuko bakunda amafaranga birenze urugero bakabona kumuhamba kubera ko baba badashaka kurekura amafaranga yabo kandi ariyo bashinzwe gushakisha kuko intumbi muri kiliziya gatolika nta gaciro igira kuko irutwa na bazima bityo nta bwo bata umwanya wabo ku wapfuye kuko nta cyo aba akibamariye uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abakiranutsi bose uti, umuntu wese uvuga ko akorera Uwiteka Imana yabakiranutsi, hanyuma agashinga idini yarangiza, agafungura ibitaro byo kuvura abarwayi, ibyo biba binyuranije nijambo ry’Uwiteka, kuko niwe mukiza w’u bwoko bwe, ubwo se urumva abo bazizera Imana gute kandi ubayoboye abizeza kujya kwa muganga? Umushinga wose ushinzwe n’Idini uba unyuranije nijambo ry’Uwiteka Imana uko niko abivuga.

Exodus 23:22-25, 22 But if you indeed obey His voice and do all that I speak, then I will be an enemy to your enemies and an adversary to your adversaries. 23 For My Angel will go before you and bring you in to the Amorites and the Hittites and the Perizzites and the Canaanites and the Hivites and the Jebusites; and I will 5cut them off. 24 You shall not  bow down to their gods, nor serve them, nor do according to their works; but you shall utterly overthrow them and completely break down their sacred pillars.

25 “So you shall serve the Lord your God, and He will bless your bread and your water. And I will take sickness away from the midst of you.

Sept 2,2015 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi, mbona inzu ikorerwamo ubucuruzi, ko iyo nzu, imaze gusaza kandi yahengamye ibikuta byayo, ndetse wabonaga amabati nayo agiye gukurwaho n’umuyaga kuko imvura yarikubye ibicu bimaze gutanda hose mu kirere cyo hejuru ya gakondo yabakiranutsi.

Nuko mbona umugabo umwe twari kumwe ntabashije kumenya uwari we, maze arambwira ati, mwana w’umuntu, wabwiye abacuruzi barimo gucururiza muri iriya nzu, (igihugu) ko iriya nzu igiye kubagwira? Kandi ko imvura ikubye igiye kugwa! Kuko ikigaragara ni uko iriya mvura niramuka igeze hasi, nta bwo iribusige iriya nzu itaguye kuko yarahengamye hasigaye gato gusa ngo haboneke impamvu yatuma igwa ahasigaye igahita igera hasi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mpagarara kuruhande rw’iyo nzu twarebaga uko abantu binjira muriyo inzu, bakongera bagasohoka kuko byari urujya nuruza. Nuko ngerageza kubwira abantu binjiraga ko iyo nzu, igiye kugwa kubera hari hakubye imvura y’umuhindo ivanzemo n’umuyaga mwinshi wabonaga ko ibicu kiremereye ariko abantu bamfataga nk’ umusazi nta numwe wabashije kunyumva.

Icyantagaje! Ni uko hari abarebaga ko iyo nzu koko igiye kugwa, ariko bakanga bakayinjiramo bavuga ngo, nta bwo bari butindemo. Igihe cyaje kugera ya nzu iza kugwa abantu bose bari muri inzu y’ubucuruzi bashiriramo uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara Paul Kagame agiye kwiyegereza abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu, kugirango yifatikanye nabo kuko igihe cye cyo guhangana na batavga rumwe nawe cyageze kandi n’igihe gikomeye cyane nawe arabizi ko atazakinesha. None yigiriye inama yo gusimbuza “abacika cumu abahutu, numva aravuze ngo abacika cumu narabakoresheje none igihe cyabo cyararangiye.” ubu ngiye gukoresha abahutu kuko badafite epfo na ruguru byanze bikunze bazemera ko mba koresha kuko nabo bakeneye ubutegetsi aho kugirango intebe yabukunzi isubiranwe n’abanyiginya.

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara Paul Kagame araruhira ubusa nk’umusambanyi ukoresha gapote, kuko igihe cye cyararangiye nta bwo imigambi ye izamuhira kuko bidashoboka ko imigambi y’umwana w’umuntu isimbura imigambi y’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, rambura amaso urebe hakurya yawe, ndatereza maze mbona aho abahutu b’abakiga bateraniye barimo kwitegura kwinjira kujya mu ishuli, maze umwuka w’Uwiteka arambaza ati, ubonye iki? Ndasubiza nti, mbonye abakiga aho bateraniye bitegura kwinjira mu ishuli. Arambwira ati, uko niko bigiye kugenda kuko abakinga banga Umwami w’uRwanda, niyompamvu Uwiteka agiye kubashyira mu ishuli kugirango bige kubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nzatatanya imigambi yabanzi b’ubwami bw’uRwanda kugirango ubwo Umwami w’uRwanda azima ingoma azabeho mu mahoro no gukiranuka ku bwoko bwanjye uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore hari umugore nakubwiye uruhijwe nuburwayi bw’umugongo yagerageje kwivuza birananirana abaganga nta cyo bamumariye, nyamara ubwo burwayi nubwo kumpesha icyubahiro, dore uwo mugore ari mu gihugu cy’Ububiligi agiye ku kwandikira e-mail uzamwakire umusengere nanjye nzumva kwawe hanyuma nzamukiza kugirango amenye yuko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.

Sept 3,2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ingabo za RDF, ziba ku Gisenyi, zigiye guhura nuruva gusenya, kuko zigiye kugubwa gitumo n’umwanzi w’Umwakagara maze zigakorwa nisoni uko niko Uwiteka abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ibigo byose bya gisirikare bibarizwa mu murwa rwagati wa gakondo yabakiranutsi, byose biterwa icya munara kugirango Leta nizavaho, abaza basimbura ntibazigere basanga ibigo bya gisirikare.

Njyanwa mu iyerekwa mbona abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abatutsi, baturutse mu gihugu cy’ISAMARIYA, (Burundi) uburyo bikunda cyane kurusha uko bakunda abandi bantu babaho bose bo muri gakondo yabakiranutsi. Mbona bahabwa amacumbi kugiciro gito cyane, nka ruswa yo guharanira manda ya lll y’Umwakagara n’ubwami bwabo kugirango bakore ibishoboka byose barwanire kandi barwanye umuntu wese udaharanira manda ya lll y’ubwami bw’Abega uko niko Uwiteka abivuga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambaza riti, mwana w’umuntu, waba witegereje ibigiye kubera muri gakondo yabakiranutsi? Ndasubiza nti cyane! Wabonye iki? Nabonye ko ibigo bya gisirikare bya RDF, bigiye gutezwa icyamunara kugirango ubutegetsi buzasimbura ubwami bw’Abega bazabure ibigo bya gisirikare.

Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi umwuka w’ikinyoma wari warabaye karande muri gakondo ko igihe kigeze ngo noneho uwo mwuka afate utwangushye akurwe hagati mu murimo w’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona indege mukirere cya gakondo yabakiranutsi, mbona indege igiye kugwa, maze mbona mu gihe yarilimo kwitegura kugera hasi, mbona hamanutse izuba naryo rishushanije nk’uko indege ishushanije, maze mbona izuba ryaka cyane rifungura umunwa waryo umeze nk ifi yasamye mbona ya ndege yinjiye muri ya ndege y’izuba rihita ikinga imiryango ya yo mbona isubiye mukirere aho izuba risanzwe ryakira rigatanga urumuli

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambaza riti, mwana w’umuntu wasobanukiwe ibyo wabonye? Ndasubiza nti oya! Nuko ndabwirwa ngo, dore imbaraga z’Uwiteka ziraje kandi zimanukanye ububyutse bukomeye kandi dore agiye kwihesha icyubahiro mu batuye isi kugirango bimenyekane ko Uwiteka ariwe Imana uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’ishyari uraguhagurukiye cyane, nyamara Uwiteka agiye kwihesha icyubahiro kubugingo bwawe nk’uko yabivuze kuko abana b’abantu bazagira ishyari cyane kuko Uwiteka agiye kugushyira hejuru kugirango bimenyekane yuko ukorera Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore muri uku kwezi Uwiteka agiye gukora ibikomeye cyane, uzamenya yuko ari we mwungeri wawe kandi ko yaguhamagaye akakumenya mu izina uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwanzi amayeri ye yose yakoresheje warayamenye, yakoze ibishoboka byose ngo akuriganye, ariko Uwiteka nta bwo ajya ariganywa, nyamara abibwira yuko ari abanyabwenge bazisanga yuko bagikineye kumenya ibirushijeho kuko ubwenge butarimo kubaha Uwiteka no kwikunda ubwo bwenge bujyana umuntu ikuzimu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Sept 4,2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore muri gakondo ya bakiranutsi hagiye kuba intambara ikomeye cyane irenze ubwenge bwa muntu. Dore iyo ntambara izaba inshobera mahanga, kandi dore abakuru bingabo bamaze kwitegurira no kwitunganyiriza urubyiruko rwitwa intore zizabafasha gusahura umutungo w’igihugu.

Dore bagiye kongera guhunga basubira Uganda ndetse imitungo bazasahura yose bazayambutsa bayijyane muri icyo gihugu. Ubwo intambara izaba irimbanije bo bazaba barimo gusahura, nta bwo bazarinda abanyagihugu, ahubwo bazateza ubwoba kugirango bakurwe mu byabo bityo babone uko basahura igihugu cyose uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ariko ibyo batekereza nta bwo bizabakundira kandi nyuma y’intambara bazahigwa kurusha uko interahamwe zahizwe n’amahanga dore nta bwihisho nzabaha nzabakoza isoni kuko banze kunyumvira icyo gihe bazamenya yuko Kristo ariwe Imana uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore nta kabuza interahamwe, hamwe n’intorehamwe, bazamenya yuko Kristo ari we Imana yabakiranutsi uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore amateka yabo ni amwe kuko bose bamennye amaraso y’Abbel atariho urubanza uko niko abivuga.

Genesis 4:6-10 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore nzahorera amaraso yabakiranutsi bamennye amaraso yabo atariho urubanza, na bo aho bari bazamenya yuko Uwiteka yabahoreye kandi ko Uwiteka aca imanza zitabera niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwakagara yohereje imbaraga z’umwijima kuri wowe ndetse no kubatavuga rumwe na we, abateje imyuka mibi yo gucikamo ibice no kutumvikana kugirango bashwane bananirwe kumvikana kugirango badakomeza gushyira hamwe bikazagera ku intego yabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara dore yohereje imbaraga z’umwijima mu bazungu bayoboye ibihugu bikomeye birimo USA, UK, France, kugirango batarwanya ubutegetsi bwe, ahubwo barusheho ku bushyigikira kuko ari byo bihugu bifite imbaraga kandi bigiye kumukura ku ngoma ku ntebe ya bukunzi uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore muri gakondo ya bakiranutsi hagiye kubaho ibyaha bw’ubusambanyi bwitwa abatinganyi mu bitsina byombi (Gays and Lesbians) dore urubyiruko nyarwanda rugiye gukora ibyangwa na maso y’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo, niyompamvu gakondo ya bakiranutsi igihugu cyatoranijwe n’Uwiteka Imana Nyiringabo kuzajya gica imanza zitabera, umwanzi yahisemo kugihumanya kugirango umugambi w’Uhoraho utazasohozwa, ariko nyamara barasa na bashinga umuhunda ku kirenge kuko bidashobora guhindura umugambi we, ahubwo bizarushaho gutuma Uwiteka awukomeza uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu shakisha igihimbano cy’umwuka indirimbo ya 396 wumve uko ivuga.

Indirimbo ya 396 mu GUSHIMISHA

1 Ni heh’ abizera bazajya kuba? Mur’ iyi si nta ho tuzakirira nta hantu hatagerwa n’ umubisha:

ibibi nta hantu twa bihungira {nta ho, nta ho, mw isi nta ho; mw ijuru ni hw i wabo w’ abizera.} x 2

2 Tuzimuka mw isi, tuger’ iwacu; n’ aheza twubakiwe n’ umukiza ku Mana yacu, har’ amazu menshi yubakany’ isuku tutarabona {ni ho, ni ho, ni hw i wacu; n’ ubuturo bwiza tuzahoramo.} x

3 Yesu ni w’ ugir’ amahoro meza; urupfu n’ ibyago ni w’ ubitsinda abashak’ ubugingo budashira

ni mu mwizigir aza barengera {muze mwese, dushengere; mw ijuru, tuzimanan’ Umukiza.} x 2

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka Imana Nyiringabo akugize umucamanza wabakiranutsi, abanyabyaha bose batuye kw’isi yabazima, dore abakuzi hafi ya bose buzuye ishyari n’urugomo. None andika iyo migambi yabo uyishyire ahagaragara kuko bashaka kurimbura ubugingo bwawe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore wakunze gukiranuka wanga ubugome, niyompamvu Uwiteka Imana yawe ataguhana kandi atazakureka, nyamara abakugirira ishyari n’urugomo bose bari kwirahuriraho amakara yaka umuriro uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore aba Congo bavuga ururimi rw’ikinyarwanda biyita abanyamurenge, abagore babo bahorana ibipfunyika bya marozi bajya kuroga insengero na ba Pastor babo, buzuye ishyari, urwango, n’igomwa! Uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore urubyiruko rwabo (banyamurenge) ruraguhiga ngo bakugirire nabi ngo kubera wamaze kubatesha agaciro ubucuruzi bakoreraga mu murimo wa data (Church) ngo nta bwo birimo kugenda neza muri ino minsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore abahanuzi babo balimo kuvuga menshi cyane barwanya Ubuhanuzi wandika, dore bakoranye n’ingoma y’abega ngo baguhigira hasi no hejuru kugeza bakubonye bagucishe igihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo wongeye guhaguruka, kubera umwakagara amaze kubura amahoro mu mutima kandi nta byiringiro asigaranye kugirango abashe gukomeza ubwami bwe, kuko ikinyoma cyose cyamaze gushyirwa ahagaragara. Rero ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko nd’Uwiteka Imana yawe ufitemo ibyiringiro uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, niyompamvu na kugize umucamanza wa mahanga kugirango ucire imanza ubwoko bwanjye, dore baza kurwanya ariko ntibazagushobora kuko nd’Uwiteka Imana yawe, abaza kurwanya nzabavuma kugirango bamenye yuko nd’Uwiteka Imana itanga umugisha nka na vuma, abaza kubera umugisha, nanjye nzababera umugisha uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, uza kuvuga nabi, nanjye nza muvuga nabi, kandi nza mwoherereza umwuka w’umuvumo kuzageza igihe bazaza imbere yawe bakihana maze n’ubababarira nanjye nzabaabarira uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mu gikombe cy’iyerekwa munsi ya gakondo yabakiranutsi, mbona gakondo ya bakiranutsi ibihingwa byose byarumbye, maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rirambwira riti, dore umugisha wo muri gakondo uhindutse umuvumo ku bahatuye, kuko mu minsi micye bagiye guhunga ibyo barwaniraga baruhiye imyaka n’imyaniko bagiye kubitera umugongo kubera kutumvira Uwiteka Imana yo mu ijuru, dore bazazerera bakwirwe imishwaro, ndetse isi yose iza baseka kuba bari bafite igihugu bakananirwa ku kiyobora mu mahoro bakanga kumva imbuzi z’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nzabaseka ku munsi wa makuba ubwo azaba amaze kubagwira icyo gihe bazifuza ijambo ry’Uwiteka ribahumuriza umutima ariko nta bwo bazaribona uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, fata ikaramu yawe maze wandike uti, yewe mwana w’umwega, Uhoraho Uwiteka Nyiringabo agukuye ku ngoma kuko wanze kumwumvira ahubwo wakunze gukiranirwa wibwira yuko halimo agakiza, ariko igihe kiraje kandi kirasohoye ubwo ugiye gucirwaho iteka maze ukazicuza icyatumye ukiranirwa numara kwamburwa ubwami bwawe nibwo uzibuka ibitereko byasheshe uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umwakagara arashaka gushimuta Umwami w’u Rwanda Umwami Kigeli V Ndahindurwa, nabona kumushimuta bimunaniye, azakoresha uburyo bwose n’inzira zose kuzageza amuciye igihanga, ndetse nta bwo ari Umwami w’u Rwanda wenyine Kigeli V Ndahindurwa, ahubwo na we arakugenza ngo aguce igihanga kuko uhishura imigambiye ikamenyekana mbere yuko ayishyira mu bikorwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona bashimuse Umwami Kigeli V Ndahindurwa bamugejeje muri gakondo yabakiranutsi, isi yose itangarira uburyo Umwakagara yakoresheje kugirango bashimute Umwami w’uRwanda. Umwakagara akimara kumugeza murwagasabo amutegeka kuvugira ku ma radio mpuzamahanga ko yeguye ku bwami bw’Urwanda bugendera ku itegekoshinga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Mbona ko rubanda ry’Umwami bahinda umushyitsi n’ubwoba bwinshi cyane, babura ibyicaro bagira ubwoba bwinshi buri muntu aho Yarari yibaza imbaraga umwakagara yaba afite kugirango abashe gushimuta Umwami w’uRwanda arinde amugeza muri gakondo yabakiranutsi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira Umwami w’uRwanda Kigeli V Ndahindurwa uti, niba utumviye umwuka w’Ubuhanuzi ngo wirinde Jean Marie Gakwaya, magigiri w’ingoma y’abega, uririwe nturaye uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore na we barakugera amajanja kuko ba gushinja ko ukorera Umwami w’uRwanda KIGELI V. Ndahindurwa, bakaba bavuga yuko ari wowe urimo guteza ubwega, no kumuteza isi yose kubera Ubuhanuzi bwawe, hamwe n’itangaza makuru ryawe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore uzanyura mu maso yabo kandi usibye ubugome bwa babayemo karande kuko bica abatariho urubanza bakeka yuko ahari baza basimbura ku ntebe ya bukunzi, nyamara ibyo batekereza binyuranye n’imigambi y’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo kuko ni we kwimika abami n’ibikomangoma uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore gakondo yabakiranutsi ihindutse umusaka kubera intambara z’umwakagara, dore azayisiribanga, azasiga ari umusaka, kandi izasigara itagira ishusho kubera ibisasu byarutura bizakoreshwa muri iyo ntambara igiye kwikuba 7×70 genocide y’1994, dore imvura yaguye 1994 twari ubujojoba, naho ubu igiye kugwa n’imvura yitwa IMVURA Y’UMUHINDO KUKO IMPARA ZIGIYE GUCURANGA HAMWE N’INJERERI maze amahanga icyo gihe azamenya yuko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo ari we utegeka isi uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mu gikombe cyo kwerekerwamo, mbona hategurwa imigambi yo guharabika Umuhanuzi Majeshi Leon hakoreshejwe abantu twari tuziranye, cyangwa abo twakoranye umurimo w’Uwiteka Imana yo mu ijuru, bategura ibirego by’ibihimbano kugirango bangize umurimo w’Imana nkora w’Ubuhanuzi uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ingoma y’abega bagiye gushaka abitwa ba TOBIAS na SENEBRATH, kugirango babe abagabo bibinyoma bagushinje ibyaha utakoze nyuma y’imyaka (6); uri mu ishuli ryo mu butayu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, bihorere bakore ibyo bashaka kuko igihe cyabo cyabaragiranye, kandi nta bwo bashobora ku kugwa gitumo, ahubwo babajwe nuko ukomeje gushyira ahagarara ubutumwa nguha kugirango ubugeze ku batuye isi, nabo bagabo bibinyoma buzuye ishyari ryinshi cyane, kandi S’ubwa mbere bifuza kuguhitana nyamara ntibabigereho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyirinabo abivuga.

Sept 7,2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, mukanya barangije gukora inama ya nyuma yo kwirenza umunyemali AYABATWA Tribert Rujugiro, barashaka kumwica nk’uko birengeje Col.Karegeya Patrick, waramuburiye yanga kwizera ijambo ry’Uwiteka ryavuzwe n’umuntu w’Uwiteka uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, dore iyi n’inama (6); bakoze uyu munsi, barangije gufata ibyemezo, dore abagomba kwica Rujugiro Tribert Ayabatwa bamaze guhamagarwa, bahawe advance yo kumuca igihanga, none burira ubwoko bw’Imana kugirango batazagubwa gitumo uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwakagara afite ubwoba bwinshi cyane, yamaze kwiyumvamo urupfu rumusatiriye, ahisemo gufata ubutunzi bwe, yemera ku busangira nabo ashaka ko bahitana Rujugiro Ayabatwa uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, umwakagara yabahaye amezi (4); gusa ngo babe barangije guhitana umunyemali AYABATWA TRIBERT RUJUGIRO uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, shyira ahagaragara ubwo butumwa, kugirango ubisoma abyitondere, kandi amenye imigambi y’umwanzi ku bwoko bw’Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko abivuga.

Sept 8,2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwakagara yongeye gutegura undi mugambi mubisha wo gukoresha amarozi, kandi iyo gahunda arayihutisha cyane mbere yuko haba igikorwa cyo kumukura ku butegetsi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore mu masaha (38) urabona umwuka w’inzika y’inzigo uraba umaze kwigaragaza kugikorwa cy’u bugambanyi cyo kurimbura gakondo yabakiranutsi n’Umwami wabo Kigeli V. Ndahindurwa uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore igihe kiragiye itegure kuko ugiye gukurwa mu gihugu cy’Ibabyloni, kandi witegure utangire kwiga ikinyabiziga kuko Uwiteka Imana agiye ku kugirira neza uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze, dore intasi zigutegeye mu murwa mukuru w’Ishushani mu gihugu cy’Ibabyloni zirirwa ziraranganya amaso hirya no hino bagirango barakubona ariko uhishwe mu mababa y’Uwiteka Imana yo mu ijuru uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, mwana w’umuntu, dore abanyarwanda bo mu bwoko bwanjye bw’Abatutsi babaye babi cyane kubera gukiranirwa niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, kubera kugambirira gukiranirwa no kumena amaraso menshi atariho urubanza ikibabaje cyane, ntibumva imbuzi z’Uwiteka Imana yabakiranutsi, nanjye kuri wa munsi nzabaseka kandi nzabirengagiza nk’uko nanjye banyirengagije uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka Imana yawe, arimo kwegeranya abantu bacye cyane basigaye muri gakondo yabakiranutsi, kandi abamanuriye umwuka wo kwimuka kandi igitangaje barimo bimukira ahantu hamwe kugirango Uwiteka azabarindire hamwe kuko mu minsi iri mbere IMPALA zigiye gucuranga indirimbo ishimishije kandi iyo ndirimbo izabyinwa n’amahanga yose uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, hanura kandi uvuge uti, bwoko bw’Uwiteka mwumve imbuzi zanjye, kugirango ku munsi wa makuba, nzabagirire neza. Kuko ibikomeye biraje kandi ntibitinze, ahubwo bigeze imbere y’irango rya gakondo y’abakiranutsi. Nzabarinda nk’ubugenge kuburyo amahanga nabona umuntu warokotse ibyago ngiye guteza iki gihugu, nta bwo bazabyizera ko ari mwebwe mwarokotse umuriro, akaga, ibyago, amakuba, ni bindi bisa nk’ibyo ndashaka kwihesha icyubahiro k’Umwakagara kugirango isi yose izamenye yuko nd’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo waremye ijuru n’isi uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore amahanga azakorwa nisoni kuko ntazayemerera yuko hari umuntu n’umwe bazarokora, kugirango sinzagire uwo dusangira icyubahiro, na mwe muzarokoka muzavuga ko Uwiteka ari we wenyine wabarokoye kuko ubushize mwavuze ko mwarokowe n’ingabo z’inkotanyi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Sept 10,2015 njyanwa mu iyerekwa mbona ndi gukora ahantu hasa no muruganda rw’itabi, na bonaga arijye uhagarariye ibikorwa byose birimo gukorerwa muri urwo ruganda. Ntangazwa no kubona urwo ruganda rw’itabi twateguraga ruhindukamo amashillingi kuko iryo tabi ryali itabi ry’ibi babi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Hanyuma kandi urwo ruganda rwabaga mu modoka twakwita Factory Mobile Car (FMC); mbona umwuka w’inzika y’inzigo y’Umwakagara na wo uje gukorera muri urwo ruganda.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara azasenya inganda zo kwa Rwigara Assinapol izindi azigarurire kuko afite ubwoba bwo bazamukura ku ngoma akaba aliyo mpamvu yahitanye Rwigara Assinapol rugikubita uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi munsi y’igiti (bisobanura kuba munsi y’ubutware bw’Uwiteka) maze aho munsi yicyo giti hari igicucu cyo kwugamamo izuba, hanyuma mbona munsi yicyo giti, harimo inyoni zo mu bwoko bw’ibiguruka byose inkoko, imbata, mbona hamanutse igisiga cyo mu bwoko bwa KAGOMA yarije gutwara imwe muri izo nkoko, maze nyituruka inyuma ndayifata irandwanya cyane nyikubita hasi nyivuna umugongo hanyuma nyifata mu ijosi ndayica uko niko Nyiringabo abivuga.

Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umudayimoni umwe gusa niwo warusigaye yari yarakuberabeje kugirango ntuzahabwe umugisha n’Uwiteka Imana Nyiringabo, none uranesheje uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore inkozi zibibi zirakajwe cyane ni uko ubohotse ukaba ugiye kwinjira mu masezerano kumanywa yihangu bose babireba uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, izo nkozi zibibi zari zarakuzinze Uwiteka Imana Nyiringabo azaijyanye mu butayu bugufiya kugirango bigishwe uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa ritangaje kandi riteye amatsiko, mbona ndi mu butayu bugufiya, hari igiti kiri muri ubwo butayu cyashyaga umuriro ariko ntigikongoke, kuko kitabashaga kumva uwo muriro wagitwikaga, mbona undi mugore wangedagaho aho ngiye hose ashaka kumfata, ariko ndamucika ntiyaba akibasha kumfata.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bariya bagore wabonye bari mu butayu bugufiya bakaba bahagaze mu mazi, kandi uko amazi agenda aba menshi cyane kandi bayahagazemo, ninako barushaho kurangara ntibamenye yuko bagiye gutwarwa n’umwuzure uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, inkozi zibibi zo muri gakondo yabakiranutsi, n’ingoma y’abega hamwe na banyamadini Uwiteka yategetse yuko boherezwa mu butayu bugufiya aho bagiye kwigishwa uko bubaha Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kiriya giti wabonye n’ubutegetsi bw’Umwakagara burimo gushya, ariko ntibukongoke, niyompamvu Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo azakomeza buriya butegetsi kugirango azagaragarize amahanga n’isi yose yuko ari we waremye ijuru n’isi uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, uriya mugore wabonye asobanura abanyamadini bahisemo kurwanya ijambo ry’Ubuhanuzi bafatikanije n’ubutegetsi buriho bw’ingoma y’abega birirwa bacura imigambi y’uburyo wacibwa igihanga kugirango udakomeza kubateza isi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwakagara agoswe n’abantu batagira icyasha munda! Ndabaza nti, mbese icyasha bisobanura iki? Aransubiza ati, bisobanura yuko umwanzi ugose umwakagara atagira imbabazi dore yamaze kumusatira, nyamara umwakagara ntabwo alimo kubibona we abigereranya ni byahise uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi mbona ilimo gutunganywa neza, kubera amasengesho ya bera yahise ahanagura imbaraga z’umwijima z’inkozi zikibi zigambiriye kwangiza inzira z’Uwiteka n’imigambi ye, kugirango bitazasohoza kubakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.

Sept 11,2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, birarangiye ibyo Uwiteka Imana yavuze ku bakiranutsi igihe cyabyo kirasohoye, ariko n’ubwo bisohoye, ndabona imitovu italimo gutamba, dore abanyeshyari na batakwifuriza ibyiza, bakozwe nisoni kuko igihe cyo gukorwa nisoni kwawe kirangiye uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu burira abatuye isi, cyane abagore na bakobwa ubabwire uti, izo nzara zintererano zikomoka ikuzimu ntimukazikoreshe, ahubwo niba mukeneye inzara ndende muzitereke, ariko izintereno zo, muzihorere kuko zikorerwa ikuzimu maze abazambaye bose babasha gukorerwamo na badayimoni ku buryo bworoshye kuko baza bakurikiye inzara zabo kuko ziba zanditseho numero iyo abadayimoni bamaze kugera ku bazambaye, bahita batangira kumukoresha kuko babanza guhindura imitekerereze ye, kugirango babone uko bamukoresha uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira abatuye isi uti, icyaha kiba kimwe gusa! N’ukutumvira Uwiteka Imana kuko gikomoka ku kutizera Imana. Umuntu utumvira Imana abasha gukora ikibi cyose gishoboka, uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.

12 Sept,2015 ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwanzi agufashe ku mulizo, bityo gahunda warufite y’ejo yo kuzajya mu murwa mukuru w’Ishushani uyihidure kuko umwanzi abizi neza yuko ugiye gukurwa ibabuloni, dore yashandikishije hirya no hino bibwira yuko bashobora guhura na we mu muhanda uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uramenye ubwenge umenye uko ugenza kugirango kutagwa mu mutego w’umwanzi, maze Satani akishima hejuru yabakiranutsi agaragaza ko Uwiteka atajya alinda abantu be uko niko Uwteka Imana Nyiringabo abivuga.

Njyanwa mu iyerekwa mbona mpabwa umubare wo gukora, 24×7 =168 / 24=7 nkimara gukora uwo mubare, ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, urugendo rwejo ukwiye gukora imibare neza kugirango umenye ibikenewe, igihe nari nkiri kuvugana n’umwuka w’Imana, hahita haza umwuka w’inzika y’inzigo, maze arambwira ngo ni nkore ikizamini, ndawuhakanira mvuga ko narangije kwiga icyo kizimini gikwiye gukorwa na batararangiza kwiga uko niko abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, uri yimbire kuko umwanzi agutegeye ahamanuka kugirango agucure inkumbi, none ba maso kandi umenye uko ugenza kuko amazi atakiri ya yandi kandi yamaze kurenga inkombe uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, umwicanyi akaba na magigiri Umuhoza Benoni Zachariah yoherejwe kuza kurimbura ubugingo bwawe kuko bafite ubwoba cyane amakuru umufiteho ube maso cyane, kandi wirinde cyane uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore iyo nkozi yikibi Benoni Umuhoza aherutse kujya mu bapfumu kuraguza ngo bamubwire niba azabasha ku kubona akaguca igihanga, maze imyuka mibi iramuhakanira imubwira yuko ulinzwe n’umuriro mwinshi cyane batabona aho bakunyura uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo amanuye ibihano bikomeye cyane ku bantu bose bagambiliye cyangwa bashyize mu bikorwa imigambi mibisha bashakisha uko bahumanya cyangwa barimbura ubugingo bwawe uko niko Uhoraho abitegetse.

Neno la Bwana likanijia juu yangu na kusema, mwana Adam, kwani rais wa Burundi Peter Nkurunziza, yamkini angelijua ya kwamba muda wake umekwisha wa kuishi duniani hangujisumbua na mambo mingi, bari angetafuta uso wa Bwana kwasababu anaenda kutolewa duniani ndiposa asafirishwe katika nchi nyingine mahari atakapo ishi milele asema Bwana wa ma Bwana.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umuhanuzi mukuru agiye gushyirwa hejuru kugirango ibyo yasezeranijwe bisohoze umulimo wabyo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Umuhanuzi mukuru ashyizwe hejuru nyamara abamugayaga bose cyangwa bamusuzuguraga bazifuza kumenyana nawe igihe azaba amaze gushyirwa hejuru, uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nta kindi kigeragezo uzongera guhura nacyo kuko warangije icyiciro cya mbere cya kaminuza, ndetse wongeraho nicya (ll) bita masters, nta bwo rero uzongera kwinjira mu ishuli ryo mu butayu kuko ibyiciro byombi wabyize neza ubirangiza neza, none Uwiteka Imana Nyiringabo ashyizeho iherezo ryabyo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.

Njyanwa mu iyerekwa mbona Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo ashyizeho iherezo ry ’abadayimoni abakuru na bato, aboroheje na bakomeye, bari bashinzwe ku burizemo isezerano ry’Uwiteka Imana yasezeranije ubwoko bwayo, nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore igihe cy’abazimu n’adayimoni bakubuzaga guheshwa umugisha igihe cyabo kirarangiye uko niko Uwiteka abivuga.

The rhema word of the Lord came from heaven unto me, and told me that this is how the Lord almighty says, there’s a spirits of hijacked already wanted to deviate your blessings of the Lord comes to you, but God of heaven has been protected your blessings until will reach you God of heaven declared.

The rhema word comes from heaven and told me that, son of man of living God of heaven, this is how the Lord God of heaven says, preparing your heavy prayers for protecting your blessings come to you so that the evildoers may not be able to hijacked your God’s blessings thus is how declared.

Sept 15, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore isi izatwikirwa n’umwijima, ariko wowe umucyo w’Uwiteka uzakurasira, umucyo wanjye uzaba kuri wowe, ndetse n’ubutware bwanjye nzabushyira ku bitugu byawe, kugirango inkozi zibibi zizamenye yuko mu ijuru hari Imana ishobora byose uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore amahanga yose azagana umucyo wawe, kandi uza kurwanya azaba arwanije Uwiteka Imana Nyiringabo, uwo uzamwihorere kuko nzi uko nza mugenza kugirango azabere abandi urugero rwiza rwa bahisemo kuba inkozi zibibi uko niko Nyiringabo abivuga.

Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nta kabuza umucyo w’Uwiteka uza kubaho ibihe byose, kandi uzarasira amahanga uturutse ku bitugu byawe, nyamara abami ni bikomangoma bazagana umucyo wawe, kuko nagukunze nka gutoranya, nka gushyira hejuru, nzakugirira neza isi yose imenye yuko Uwiteka ajya agira neza kandi ko, wamugiriyeho umugisha uko niko Uwiteka abitegetse.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, abakwanga bose, nanjye nzabanga, kandi nzabima umugisha, ndetse nza barwanya bikomeye cyane, kandi imiryango yabo nzayitsemba, abakuvuga nanjye nza bavuga mbashyire ku karubanda nta mpuhwe nzabagirira kuko nawe ntazo bakugiriye uko niko Uwiteka abivuga.

Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nzaca urugomo mu gihugu cyawe, amahoro niyo azagutwarira, ukwezi siko kuzakumurikira nijoro, ahubwo ubwiza bw’Uwiteka Imana Nyiringabo nibwo buzakumurikira kuko Uwiteka yagukunze akakugira umulinzi murugo rwe kuko wabaye umwana wo kumvira no kwihangana niyompamvu Uwiteka Imana yawe azakugenzereza uko agenzereza abakunzi be uko niko Uwiteka abivuga.

nccleon@gmail.com 

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments