Aug 9, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwakagara abuze amahoro yo mu mutima, ndetse ibyo akora byose arabizi neza ko bizagira ingaruka zikomeye cyane! None ahisemo ko atazapfa wenyine, ahubwo ko yazapfana n’imbaga y’abantu b’Imana bahanuriwe bakanga kumva uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwakagara arimo kugerageza guhidura itegekoshinga kugirango arebe ko ya gerageza kuba yategeka manda ya lll nyamara arabizi neza yuko adashobora gutegeka iyo manda gusa, na none yabuze uko ya bigenza kuko azi neza ko naramuka arekuye ubutegetsi azahita atabwa muri yombi niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ongera uhanure uti yewe mwana w’Umwakagara dore Uwiteka arakurutse agushyize ku karubanda kugirango umenye ko Uwiteka ariwe Nyiringabo ategeka isi yose kandi bimenyekane yuko aca imanza zitabera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Nuko njyanwa mu iyerekwa mbona umugabo uri mu bwato buri mu Nyanja, mbona ubwo bwato bwaratobotse munsi, ariko bukaba budashobora kwinjiramo amazi, ahubwo amazi yose yavomaga ayashyira muri bwa bwato, yanyuraga muri wa mwenge agasubira mu nyanja yarturutsemo.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara alimo kugerageza kumvisha isi yose uburyo bwimitegekere ye na RPF, ndetse agerageza gutanga na ruswa cyangwa bituga ukwaha kugirango amahanga amushyigikire, ariko amahanga yamara kurya intonorano yabahaye bakamuhinduka kuko batinya kwigaragaza ko bashyigikiye umwicanyi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, uliya mugabo ulimo kureba avoma amazi ayakura mu Nyanja akayashyira mu bwato yicayemo, n’Umwakagara na RPF, dore aravomera mu kiva, nyamara ari gukoresha imbaraga nyinshi cyane, kandi azi neza ko ubwato buva, kuko n’ubwoba uri mbere ye arawubona uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nyamara byose alimo ku biterwa n’Ubuhanuzi bw’umugaragu b’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo yashyize ahagaragara ukurimbuka kwe na marembera y’ubutegetsi bwe uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abagabo bagurisha “Diamond” maze haza abacuruzi bashaka iyo “Diamond” batanga igiciro cya miliyari $15 ngo bagure iyo “Diamond” ariko uwayigurishaga arayibima kuko yari “Diamond“ yo muruganda.
Maze wa mugabo washakaga kuyigura yari kumwe na bamuherekeje bameze nk’aho ari abasirikare be, maze uwayigurishaga abona ko bashobora kumuha ayo madollar barangiza bakayamwambura ndetse na “Diamond” nayo bakayijyana. Nuko mbona ko akuyemo ake karenge arigendera maze wa muherwe ahita ategeka abari bamugaragiye ati, ni mu mwirukankane mu mufate mu mwambure iliya “Diamond” tuyitware uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Uwiteka ashyizeho iherezo ry ’ubutunzi bwo mu gitaka bujyanye na mabuye yagaciro, kuko ubwo butunzi ari bwo butuma barushaho gukora ibikorwa bimusuzuguza kandi none uhanura uvuge uti, yemwe mwa butunzi mwe, «Diamond and Gold» dore Uwiteka wabaremye ni nawe ubisubije kugirango abatamwubaha bakoreshaga ubwo butunzi batazongera kububona kuko babukoresha mu nzira yo gukiranirwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abitegetse.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu. dore ubutunzi bw’isi buzarushaho kongera gusubira hasi cyane, kuko Uwiteka yahagurukiye abigize utumana (god’s) hano ku isi, n’ibihugu byigize indakoreka, maze basuzugura Uwiteka Imana kandi ari we bakesha ibyo byose uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana dore abatuye kw’isi yabazima, nta bwo bazongera kubona umusaruro w’izahabu na Diamond nk’uko bajyaga babibona kugirango bacishwe bugufi ndetse nizo ntambara zo kurwanira ubutunzi bataremye kuko batabukoresha ibihesha Uwiteka icyubahiro niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwo butunzi na bugeneye abakiranutsi, ariko bwatwawe ni bisambo, abambuzi, na bicanyi, none mwana w’umuntu reka nsubirane utwange uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona uburyo idini ryitwa (Freemason) bohereje amadollar menshi cyane muri za kaminuza zo kw’isi yose, kugirango bangize urubyiruko rwiga muri za Kaminuza, kugirango bemere kuyoboka iryo idini. Ariko n’ubwo bameye kohereza ayo madollar, bashyizeho amategeko kubashaka guhabwa ayo madollar ni uko uyashaka wese abanza kwemera ko abagabo bashakana ku bagabo (gays and lesbians). Hanyuma ukabona guhabwa amadollar yose wifuza uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona urubyiruko rw’abanyeshuri bamanuka bajya ikuzimu banyuze mu ishyamba aho bari bagiye guhura n’Umwami w’ikuzimu (Satan) maze mbona Umuhanuzi mukuru nawe abajya inyuma kujya kureba aho hantu bagiye gukorera inama uko hasa, ndetse kugirango yumve ibihavugirwa byose bityo amenye imigambi yabo uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umwe mu banyeshuri b’abasore wemeye ko azaba umugore bakazajya bamurongora nk’umugore kandi ari umugabo, abona Umuhanuzi mukuru ko abakurikiye ahita aramwirukankana kugirango bamufate bamusambanye, ariko ntibashobora kumufata ngo bamukorere ibyangwa n’amaso y’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, soma ibyanditswe byera muri
Leviticus 18:22
22 Thou shalt not lie with mankind, as with womankind: it is abomination.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu soma kandi igitabo cyo gutegeka kwa kabili 22:5
Deuteronomy 22:5
5 The woman shall not wear that which pertaineth unto a man, neither shall a man put on a woman’s garment: for all that do so are abomination unto the Lord thy God.
Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, abo banyeshuri bo muri za Kaminuza bagiye guhabwa amategeko yo gufungura imiryango” ASSOCIATIONS” ziharanira uburenganzira bw’ikiremwa muntu, kugirango bazabone uko bakora ibyangwa n’Uwiteka nta mategeko abahana. Nyamara mwana w’umuntu ongera uhanure uvuge uti: Yemwe abatinganyi mwe, dore urubanza ry’Uwiteka rurabategereje, kandi uburwayi bwo mu mugongo bwitwa uruti rw’umugongo «SPINAL CORD» nta bwo ubwo burwayi buzigera bubonerwa umuti uko niko Uwiteka abivuga.
“Spinal cord” the major column of nerve tissue that is connected to the brain and lies within the vertebral canal and from which the spinal nerves emerge. Thirty-one pairs of spinal nerves originate in the spinal cord: 8 cervical, 12 thoracic, 5 lumbar, 5 sacral, and 1 coccygeal. The spinal cord and the brain constitute the central nervous system.
The spinal cord consists of nerve fibers that transmit impulses to and from the brain. Like the brain, the spinal cord is covered by three connective-tissue envelopes called the meninges. The space between the outer and middle envelopes is filled with cerebrospinal fluid (CSF), a clear colorless fluid that cushions the spinal cord against jarring shock. Also known simply as the cord»
Njyanwa mu iyerekwa mbona Malaika w’Uwiteka anzaniye ubutumwa bwa matorero yo mu Rwanda na Kenya, yabanje kujya mu Rwanda, ahageze asanga idini ryitwa VIVANTE Church riyobowe na Pastor Gataha Straton, asanga n’umwe mu bayobozi ba Satani bitwa “SOUTHSOOYARS” abo bakoresha imbaraga za Satani zikorera mu maso, akabasha kumenya icyo uri cyo, cyangwa icyo uzaba cyo, maze agahita akwirenza.
Malaika yahise yigendera kuko ari nta cyo yari kuvugana na Pastor Gataha Straton, ajya mu idini rya PAG riyobowe na Pastor Gatabazi naho asanga baramaze kwinjira mu mashyirahamwe ya Satani. Aho naho arahava agenda ari nta cyo avuganye nabo.
Mbaona Malaika yerekeza mu idini rya Pastor Meshack RUGUMBUGUZA, ahageze asanga iryo idini riyobowe na Col.Fred Nyamurangwa, naho yasanze abavuga butumwa baho, biyita ko bakora umurimo w’Imana nyamara arabapani batarakizwa.
Ageze mu bagore baho, yibwira ko ahari yabonamo abakijijwe, asanga bibereye mu maganya menshi kubera abenshi muri bo n’abagore b’abasirikare bafite agahinda n’ubwoba bwinshi ko Leta yakwica abagabo babo kandi ko ishobora kuba igiye kuvaho bagasubira iy’ubuhungiro uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo riza kuri Malaika arabwirwa ngo, ubwo butumwa kuko ubuze itorero ry’Imana wariha ngo babuhe ubwoko bwanjye, bufate ubushyire umugaragu wanjye Majeshi Leon umubwire abushyire ku ikinyamakuru www.inyangeNewss.com maze abo wabuze bose bazabubwirwa ko wabazaniye ubutumwa ukababura uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mu gihugu cy’Ibabyloni ku murwa mukuru w’Ishushani (Nairobi) naho mbona Mailaka w’Uwiteka Imana Nyiringabo, ahageze maze abura aho yakandagiza ikirenge, kuko igihugu cyose cyari cyarahumanijwe nta hantu na hamwe wabona hatunganye, asanga abashumba baho bayoboye amadini, bose bibereye mu bucuruzi, icyantagaje cyane, nuko abo bashumba bayoboye amadini bose ari abanyamwanda uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Maze Mailaka arambaza ati, wowe umunyereye hano, ninde muntu twaha ubutumwa bw’Uwiteka Imana Nyiringabo akabugeza ku banya Kenya? Ndamusubiza nti, ntushobora kubona umuntu n’umwe wa buha, ahubwo nureba nabi, baraguhitana, kuko barananiye inshuro nyinshi. Bahora bashaka kunyica, nuko Malaika arambwira ati, rero ibi ntibyashoboka kuba abantu bose Uwiteka yaremeye badashobora kumwubaha ngo nibura nashakamo n’umuntu numwe abe yagira uwo yabona aha ubutumwa uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ndamusubiza nti, umugaragu w’Uwiteka ubwo se ko uvuga gutyo wibera mu ijuru utaba hano ku isi, iyo uza kuba wa banaga natwe hano, niho warikamenya ibyo uvuga ibyari ibyo! Twe twarumiwe, nta muntu w’Imana ukigera murusengero kuko iyo uhageze bahita bashaka ku kwica.
Ni uko Malaika w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ati, rero niba bimeze gutyo, ukwiye kwilinda cyane, kuko iki gihugu ndabona cyanduye cyane, nta hantu na hamwe ho gukandagira ushobora kubona, kandi abantu baho bose baranduye, none wirinde kandi ukomeze umurimo wa data kuko nutagwa isari utazabura kugororerwa, kuko Uwiteka Imana yawe yishimira umurimo ukora kuko ugirira bene so benshi umumaro uko niko Uwiteka abivuga.
Malaika w’Uwiteka Imana Nyiringabo arakomeza arambwira ati, dore uwahoze ari umufasha wawe agufitiye inzika idasanzwe, nyamara Uwiteka yamwihanganiye kenshi ariko akomeza gushinga ijosi, none dore Uwiteka agiye kohereza ibikomeye kubugingo bwe, kuko akomeje kuguhigisha uruhindu uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ni kenshi wamusabye ko aca bugufiya, ariko arakunanira, none Uwiteka na we yaramutaye dore abaye ihuriro ry ’abadayimoni azicuza igihe bitagishobotse niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Dore nta cyo yabuze imbere y’Uwiteka Imana Nyiringabo, ahubwo yazize ku kubuza amahwemo no gushaka kwigereranya n’abisi, nyamara yibagirwa ko wahamagawe n’Uwiteka Imana yabakiranutsi niko Uwiteka abivuga.
Nkiri muri iryo yerekwa Malaika w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ati, dore inzika y’inzigo, yongeye ku guhagurukira ushikame cyane kuko Uwiteka ari we Imana yawe, ntutinye ntutentebuke kuko Uwiteka ari kumwe na we uko niko abivuga.
Ndetse ibibazo byari byaraburiwe igisubizo byose Uwiteka abaishyize kumurongo kugirango akugirire neza nk’uko ya bigusezeranije uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Mwana w’umuntu dore umugisha uraje ariko kandi n’ubwo uje, uherekejwe n’umwuka w’ibigeragezo biturutse ku nzika y’inzigo uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umudayimoni akomeye cyane wohererejwe abizeye ijambo ry’Ubuhanuzi, maze mbona uwo mudayimoni aje azanye ibigeragezo mu bakiranutsi kugirango ace imbaraga abo mu bwoko bw’abakiranutsi bizeye ijambo ry’Uwiteka abereke ko ibyo bizeye bitazasohoza umulimo wabyo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Nuko mbona hamanutse imbaraga z’umuriro zifata uwo mudayimoni arashonga ashiraho burundu igitero yarazanye kiburizwamo n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Malaika arambwira ati, uko niko abakiranutsi balinzwe kandi abo bose bemeye gukora amasengesho bakumvira ijambo ry’Uwiteka Imana dore asubije gusenga kwabo kuko bakunze gukiranuka bakanga ubugome bakifatanya n’Umwami wabakiranutsi niyompamvu Uwiteka asohoje amasezerano yabo nk’uko yabazeranije uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore uwahoze ari umufasha wawe yari yarakubayeho igihanda Uwiteka aramugukiza, none dore iminsi (40) yaguhaye yose yararangiye nyamara yibagiwe ko Uwiteka ari we Imana yawe, kandi ko ari we wakurinze mu gihugu cya Uganda ubwo yagambanaga na banzi bawe bakamuha umulimo wo kujya akugenza akazajya ababwira aho muri hose uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Aug 10, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona nyir’u Rwanda Kigeli V Ndahindurwa, yatumiwe mu nama kumugabane w’Africa y’Uburasira zuba. Yari yaje guhura nabari bamutumiye mu nama kugirango bamusabe kwitegura gusubira ku ngoma yahoranye mbere yuko yirukanwa n’abazungu.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire Umwami Kigeli V Ndahindurwa yuko iyo nama agiye gutumirwamo izabera mu butayu kandi ko azayijyamo wenyine nta numwe mu bajyanamo be bazamuherekeza kandi ko abo mu muryango we ari bo bazatunganya iyo nama akaba ari bo bazakira abatumirwa uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ibyahanuwe n’umwuka w’Ubuhanuzi ndabizohoje kandi isi yose izamenya ko nd’Uwiteka Imana ica imanza zitabera, kandi ko nd’Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ahari ubutayu hahindutse umwuzire (flood) ndetse mbona abantu bajya gushaka umugisha mu butayu. Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti. mwana w’umuntu, dore buriya butayu busobanura ubwoko bwanjye inzira banyujijwemo iyi myaka yose nanjye nzagarura ubwoko bwanjye bwaheza mu mahanga bwabaye intabwa nzongera mbugarure muri gakondo yabakiranutsi.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore igihugu cya Kenya kiranduye cyane, kandi cyandujwe n’inkozi zibibi ndetse abashumba bose biyita ko bankorera bose baranduye uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, ndetse na abanyamwanda nabo ni uko bamaze kwiyanduza kubera gukunda iby’isi uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti, muri gakondo yabakiranutsi umurimo wanjye bawuhinduye ubucuruzi bubyara inyungu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore mfitanye urubanza na baturage bicyo gihugu batakimenya ko hariho Uwiteka Imana yabaremye batwawe no gukunda amashillingi, nta rukundo bagirirana bo ubwabo, iyo bigeze ku bashyitsi bajya muri icyo gihugu babamerera nabi iyo babaciye urwaho ndetse bamwe baranabica ngurwo urubanza mfitanye nicyo gihugu uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwakagara atanze (candidature) yo gufata umwanya w’urupfu ababishinzwe nabo bahise bemera iyo (candidature) ye, bamufatira umwanya kuko imyanya yari yashize hasigaye umwanya umwe gusa. Ubu Umwakagara niwe ugiye kuzajya atanga amategeko kw’isi yose ku bagomba kwicwa kuko babonye ko ari nta cyo ajya atinya akaba atajya yubahiriza amategeko uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ubwire abashoboye gusenga basenge cyane, kuko gusenga bigira ingaruka nziza kubabikoze neza batishama mu mitima yabo, kuko ibihe birimbere no gusenga bigiye kuzakurwaho kandi nta mu maro bizagirira kubazakomeza gusenga. Bivuzeko, abasenga muri iki gihe bagiye kuzatungwa na masengesho yabo basenze mu gihe gusenga bizakurwaho uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore amagambo abaye menshi cyane, kandi ni wowe balimo kuvuga, nanjye dore nteze amatwi ibyo ba kuvuga kugirango ngucire urubanza kuko na maze igihe kinini narakwirengagije sinaguha ubutabera uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana umuntu, uzajya akuvuga nabi, kandi ari nta cyo wa mutwaye nzajya nkurwanirira ngucire imanza zitabera uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, itegereze imbere yawe maze umbwire icyo ubonye, Nditegereza mbona abakobwa (3) bambaye (Miniskirt) igera hejuru ya mavi, maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti, mwana w’umuntu, bwira ubwoko bwanjye uti, icyo n’ikizira k’Uwiteka uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abajya murusengero bose bagenda bambaye imyenda migufiya yuko ari urukoza soni imbere ya data wo mu ijuru uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abatutsi biyita abanyamurenge yuko kubera gukiranirwa kwabo, Uhoraho Uwiteka abateje umuvumo mu byo bakora byose, ndetse na bari batunzwe na maturo n’ibyacumi ko na byo abikuyeho uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abanyamurenge biyise aba Congo kandi bavuga ururimi rw’ikinyarwanda bo mu bwoko bwa batutsi, dore barimo kurwanira amaturo n’ibyacumi kubera muri iki gihe na bateje umuvumo kuko umurimo wanjye bawuhinduye ubushabitsi cyangwa ubucuruzi niyompamvu nanjye nzababuzabuza kugeza igihe bazamenyera ko bakiraniwe kandi bataye Uwiteka Imana yabo uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa ahitwa KIMIRONKO mbona hacukuwe ikinogo kinini cyane abega bazajya bajugunyamo abo bazaba bamaze kwica. Mbona ibisiga byitwa bya KAGOMA, n’IBYIYONI byiteguriye kurya intumbi zigiye gukwirakwira mu murwa mukuru wa gakondo yabakiranutsi.
Nuko mbona ibyo bisiga bijya kurunguruka muri rwa rwobo kuko rwari rulerule cyane ibujya kuzimu, ariko abantu nta bwo bamenyega impamvu yurwo rwobo, maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu dore urupfu ruraje kandi rusatiriye gakondo yabakiranutsi kandi abashyitsi bamaze gutumirwa kugirango babashe gutaha ubwo bukwe uko niko Uwiteka avuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inkozi zibibi zongera kugerageza kohereza abadayimoni bihinduye inyoni zo mu bwoko bwaducurama kugirango iyo myuka mibi ize kudehesha umurimo wa data wo guhanura, kugirango abantu bateraga inkunga uwo murimo bananirwe gukomeza kwitanga, mbona iyo myuka mibi yihinduye uducurama igeze mu kirere abakiranutsi baherereyemo mu buryo bw’umwuka haza imbaraga z’umuriro zirimbura abo badayimoni bose uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Aug 11, 2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore mu gihugu cy’Ibabyloni hagiye gucyuzwa ubukwe vuba bishoboka. Nuko ndabaza nti, mbese ubwo bukwe buzatahwa na bantu bose? Malaika w’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo aransubiza ati oya! Ahubwo hari abagiye kubutaha bacye batari benshi kuko ubwo bukwe n’ubwa abatumirwa bacye cyane bakora umurimo wa politike uko niko Uwiteka avuga.
Aug 12, 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona umuntu wari kumwe n’Umulinzi mukuru w’ibyasezeranijwe, alimo kumwigisha gushushanya, maze ndabwirwa ngo, mwana w’umuntu Umulinzi Mukuru w’ibyasezeranijwe akwiye kwiga gushushanya neza ibijyanye na mashusho kuko mu minsi iri mbere hazakenerwa gukoresha amafoto akozwe mu buryo bwa gihanga uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
The rhema word comes from heaven unto me, and told me that son of man of living God of heaven, look at front of you, on the black board and read those words was written of there “the Great Lakes Region Fall Down” thus is the Lord God of heaven declared.
Njyanwa mu iyerekwa mbona umwuka w’inzika y’inzigo muri gakondo yabakiranutsi ukomeje kuzamuka cyane witegura kurwanya abenegihugu bayobowe buhumyi n’imbaraga z’umwijima z’ingoma y’abega aho balimo bategura umugambi wo kwica no kurimbura imiryango nyarwanda iharanira uburenganzira bwa muntu na banyepolitike batavuga rumwe n’ubutegetsi bw’abega ngo babamareho burundu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu Uwiteka Imana Nyiringabo ashyizeho iherezo ry’ubuzima bw’intumwa ya SATANI PAUL GITWAZA MUHIRWA gukurwa kw’isi ya bazima uko niko Nyiringabo abivuga.
Aug 13, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, Umwakagara agiye gupfusha ingabo nyinshi muri DRCongo aho bagiye gusahura imitungo yicyo gihugu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Hon. Barikana Eugene na we akwiye kwitegurira gukurwa kw’isi yabazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abitegetse.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomezaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntabwo ari Hon. Barikana Eugene wenyine yirukanywe kw’isi ya bazima, ahubwo na mushiki we Mukandirima Murekatete Odette nawe yirukanywe kw’isi yabazima kuko bafatanije gucura umugambi wo kurimbura ubugingo bwawe uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore washyize ahagaragara umugambi w’Umwakagara yarafite wo guhitana uwahoze ari umufasha wawe, none za magigiri zagize ikibazo cyo gusohoza uwo mugambi kubera ko, wamaze kuwushyira ahagaragara uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ingabo za RDF zongera gusubizwa muri DR Congo bagiye bahitamo ingabo zikomoka mu majyaruguru, Ruhengeri na Gisenyi, babohereza muri DRCongo mu mujyi wa Goma, kugirango bacengere muri icyo gihigu maze baryamire amajanja kugirango bategereze guhabwa amabwiriza ya nyuma bahite batera igihugu cya Congo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambaza riti, mwana w’umuntu, mbese wa mugabo uri kumugabane w’Uburayi aherutse kuguhesha umugisha yaba ari hehe? Ndasubiza nti, ntabwo mbizi, ati ese waba uzi impamvu mutakivugana? Ndasubiza nti oya! Arambwira ati, mwana w’umuntu soma:
Isaiah 45:3 I will give you hidden treasures, riches stored in secret places, so that you may know that I am the LORD, the God of Israel, who summons you by name. 4 For the sake of Jacob my servant, of Israel my chosen, I summon you by name and bestow on you a title of honor, though you do not acknowledge me.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu umwuka w’inzika y’inzigo wa ba TOBIAS na SANBALLAT wongeye kuguhagurukira kuko bagufitiye ishyari ryinshi cyane ribaniga mu ijosi kubera ibikorwa by’Uwiteka Imana bikomeje guteza imbere uko niko abivuga.
Aug 14, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, muri gakondo ya bakiranutsi bagiye gufunga amadini menshi cyane kuko bagiye gusaba ibyangombwa bilimo ni impamyabumenyi ziyobokamana utazaba atayifite azafungirwa urusengero rwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, nyuma yo gufunga izo insengero zo muri gakondo ya bakiranutsi kw’isi yose hazakurikiraho itegeko ry’uko abavuga butumwa bose na ba Pastors bagomba kwiyandikisha bagahabwa ikarita ibemerera kuzajya bavuga ubutumwa ahariho hose kw’isi. Abazafata iyo karita bizabafasha guhabwa wa mubare wa anti-Christ (666) uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, Evangelist Marie Esther Murebwayire uba mu gihugu cy’Ubuholande azaba mu ba mbere bazafata iyo karita uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka yamaze kugutegurira inzira kuko yarazi ibyo byose ko bizaba niyompamvu abadafite inzira bateguriwe n’Uwiteka Imana bagiye kujya ahagaragara uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umulimo wa data wakorwaga na bashumba uzasigara mu maboko yawe, kuko abashumba bihamagaye muri gakondo yabakiranutsi bagiye kwamburwa umulimo bakoraga, hakazasigara bacyeya bazaba bakorana n’ingoma y’abega biziyita ko ari bo bahamagawe kandi batarahamagawe ahubwo bazasigara kuko bazaba bafite ingufu mu butegetsi bwa Satani uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka Imana Nyiringabo amanuwe no guhora inzigo kugirango inkozi zibibi bamenye yuko afite imbaraga n’ubushobozi bwo guca imanza zitabera uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona mvuye murugendo ahantu runaka nyura kuri mwene data umwe kugirango ancumbikire, ariko yanga kuncumbikira ngo kuko nyiri nzu ashobora kumwirukana. Nyamara nari hafi y’iwanjye ariko ntiyabyitaho, maze ndikomereza njya iwanjye.
Maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore igihe cya banyabwoba na banyarukundo rucye, igihe cyabo kirageze ngo Uwiteka atandukanye intwari, n’intwarane, na banyabwoba, na banyarukundo rucye, kuko igihe cyabo kirarangiye kw’isi ya bazima uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu uhawe ubutware, ububasha, ubushobozi, ku biremwa byose byo kw’isi, abantu, inyamaswa, ibitambatamba, ibiguruka, nibiruruka hasi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore urusengero rwitwa Evangelical Restoration Church ERC rugoswe n’umudayimoni ukomeye kuko abahasengera bose bafite irari ry’ubutunzi. Kandi na babigisha na bo nta cyo babigisha kuko usanga bose bameze nk’abana bimpinja biga mu kiburamwaka. Ndetse abo bana bagereranywa na bana batarezwe bafite ukuboko ko gukorakora uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore abari bafite inzara ni nyota yo gukorera Uwiteka muri urwo rusengero, bose baruvuyemo kubera guca imanza zibera, batataniye mu isi ya bazima uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wa mugore witwa JEZEBEL yamaze gusambana ni idini rya ERC bagirana amasezerano, binyuze ku mwana w’umwega kugirango bahabwe ubutunzi bwose bwo mu isi bifuza, ariko nabo bemere gutanga abayoboke babo ho ibitambo uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, ngiye kuguha ikindi kimenyetso gikomeye cyane kigiye gusohora mbere yuko umwakagara ava ku ngoma, ndabwirwa ngo, mwana w’umuntu, hagiye kubaho ububyutse mu gihugu kiyobowe n’Umwakagara bujyanye n’umwuka w’ubusambanyi uwo mwuka uzanywe na basirikare baturutse mu gihugu cya Uganda bitwa inkotanyi. Hagiye kubaho ubusambanyi bwemewe n’amategeko kandi buzakorwa mu buryo bwose bushoboka (lesbians and gays) uko niko Uwiteka abivuga.
Hanyuma y’ibyo, ibyahanuwe n’Umuhanuzi w’Uwiteka Majeshi Leon bizaherako bisohoze umulimo wabyo. Icyo kizaba kibaye ikindi kimenyetso cya nyuma kigaragaza ko umwakagara akuwe ku ngoma, kandi Uwiteka Imana akaba yongereye iminsi ku njiji zitigeze zimenya ibyahanuwe kugirango arebe ko yarokoramo nibura na bacye uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru afite imbingo (7); na bagaragu (7); mbona bari ku Nyanja maze mbona Umuhanuzi mukuru yinjira mu mazi kujya koga anyuze ku nkike y’inyanja maze asimbukira ku musozi yikubita mu Nyanja atangira konga mbona ahagaze ku musozi w’Uwiteka Imana Nyiringabo mbona umugaragu umwe yohereza imbingo (6) kuko urwa mbere yari yarujugunye mu Nyanja ashaka kureba aho rugarukira.
Aragenda aroga ararufata ararugarura ndetse afata na za zindi zifatanishijwe ikimenyetso cy’umurunga, maze arangije na we arazifata azisubiza imusozi zakirwa na wa mugaragu yari yazitaye mu mazi mbona yongera kuzakira maze Umuhanuzi mukuru yoga vuba mbona ageze ku nkombe ziyo Nyanja.
Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibibazo by’Umuhanuzi mukuru birarangiye, dore Uwiteka yamusuye kandi amugiriye neza, none hanura uvuge uti, yewe mwana w’umuntu, ko unaniwe kwiringira Uwiteka Imana, kandi agiye kugukorera ibikomeye nyamara hasigaye igihe gito kugirango wakire umugisha w’Uwiteka Imana uko niko abivuga.
Aug 15, 2015 the rhema word comes from heaven unto me, and told me that son of man, look forward front of you on the board before, and you will tell me what you have seen, I left my sight and see beyond of my sight and I saw the words written on the board in this way with capital letter «UNEXPECTED» According the research I had made found that it means not expected or regarded as likely to happen. I went to visit a friend of mine who’s helped me so much when I was in journey in the wilderness called Mother WAMBUI stayed Ngong KAJIADO county, in Kenya, and I found that already she six months dead “her death was totally unexpected” thus the Lord says almighty.
This mother WAMBUI KIKUYU community clan, she has been royal to me, during my wilderness in Babylon country in a small city called Kiserian ROIMAN. When I went to visit her, I found she’s has been died as the word of God a rated me. I felt sorrow in my heart because I desired to back to her giving thanks giving for what she’s did to me the time of troubles and wilderness.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ukeneye amasengesho y’iminsi (3) kugirango ubashe kunesha imbaraga z’umwijima zikugose, ndetse no kugirango iby’Uwiteka yagusezeranije bishyirwe mu bikorwa uko niko Uwiteka abivuga.
Aug 16, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ngiye kwigaragaza mu bacika cumu kandi mbacire imanza zitabera kuko bariganijwe kubera inyungu z’umwakagara ntiyigeze abaha ubutabera kuko uwo baregaga ni na we baregeraga uko niko Uwiteka avuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, kuri wa munsi abacika cumu bazamenya yuko nd’Uwiteka Imana Nyiringabo kandi ko nca imanza zitabera uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Umuhanuzi mukuru ajya kugura mudasobwa muri Supermarket, iyo Supermarket yari iya Ababikira ba kiliziya gatolika, amaze kugura iyo laptop mbona ba nyiimye inyemeza buguzi cyangwa (list) yemeza ko iyo mudasobwa na yiguze muri iyo supermarket.
Ako kanya hahita haza ababikira bahita bihindura umwe mu bakobwa bakoraga aho ngaho muri iyo supermarket, maze Umuhanuzi mukuru akomeza gutegereza ko bari bumuhe inyemeza buguzi, ariko banga kuyimuha bamubwira ko uwamugurishije adahari.
Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore ababikira ba kiliziya gatolika na abariganya bariganije abantu benshi cyane, ariko abantu ntibashobora kubona uburiganya bwabo bw’imirimo bakora, ariko igihe kiraje ngo uwatwayeho undi umunyago nawe atwarweho umunyago, uwariganije, na we ariganywe uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira mwana w’umuntu, dore ababikira bakoreshwa n’abadaimoni ba kiliziya gatolika (Roman Catholic Church) kandi bazi neza ko abadayimoni, dore bohereje abadayimoni ku Umuhanuzi mukuru kugirango imbaraga ze zo guhanura ziburiremo areke gukomeza guhanura kugirango imirimo yabo idashyirwa ahabona uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
None bwira Umuhanuzi mukuru uti, muntu w’Imana ba maso cyane, kandi ugire ubwenge kuko urahagurukiwe kandi ni wowe bashaka kuko abanzi bumusaraba bitwa ababikira imbaraga z’umwanzi zibakoreramo bazohereje kugirango zize ku kuriganya no ku kuvangira kugira udakomeza guhanura no gukora imirimo y’Uwiteka Imana kugirango imbaraga zigukoreramo zidashyira ahagaragara imirimo yabo mibi uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore wohererejwe abakobwa (3) beza b’abatutsi-kazi bagiye ku kwandikira bakwibwirisheho amagambo y’Imana ataba mu mitima yabo kugirango babe inshuti zawe bigarurire ubugingo bwawe, none senga ukore amasengesho y’iminsi (3) kugirango uburizemo iyo myuka yazamagigiri z’abakagara kazi uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abagore (2) baza (evildoers) bansanga muri gakondo yabakiranutsi, bari mu modoka yo mu bwoko bwa Rav4, barambwira ngo, ni mbahe inkoni yabo” authority” maze ndabahakanira mbabwira yuko nta nkoni yabo mfite, mbona bashatse gukoresha imbaraga ngo bayinyake kuko nari nyifite mu ntoki, nanjye ako kanya mpabwa amababa “Spiritual Wings” ndaguruka ndabacika.
Maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abarozi binkozi zibibi baguhagurukiye none urabe maso kuko Uwiteka ari kumwe nawe, dore barashaka gukoresha amayeri ngo bagukubite hasi basenye umurimo w’Uwiteka Imana kugirango udakomeza guhanura kuko ubuhanuzi bumaze kubaganza uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abo bagore baragiye inka “demons” hafi ya hotel de mille corne, kandi abo badayimoni bari abo mu bwoko bw’Abatutsi-kazi baturutse Uganda, mbona baje na none ku nshuro ya kabiri bansaba ko na baha inkoni yabo, (authority) na none turahangana kugeza mbanesheje.
Maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka aguhaye kunesha Abega, n’abega-kazi ndetse dore ubambuye ubutware bwabo Uwiteka arabuguhaye kuko batazongera kuba abatware cyangwa abatware-kazi uko niko Uwiteka avuze.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Pastor Gataha Straton umurimo wanjye yawuhinduye ubucuruzi, kandi yabaye umwicanyi, umugambanyi, umugizi wa nabi, kubera ko yiringiye ubwenge bwe, niyompamvu nanjye ngiye kumukoza isoni uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore urusengero rwa Vivante Church yarugize ingaruzwamuheto ubwoko bwanjye yabufasheho ingwate abatangaho ingwate muri banki kugirango yibonere ibyo yifuza.
None hanura uvuge uti, Gataha Straton we, ubonye ishyano kuko Uwiteka Imana aguhagurukiye kuko wakunze gukiranirwa, ntiwigeze na rimwe utekereza mu mutima ko Uwiteka ariwe Imana, none hama hamwe dore Uwiteka arahagurutse muhangane uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umuvuga butumwa akaba na magigiri witwa Esther Marie Murebwayire uba mu gihugu cy’Ubuholande, arimo gutegura amafunguro yabana bato, ariko ayo mafunguro arimo imvange, maze ijambo ry’Uwiteka rirambaza riti, mwana w’umuntu ese waba urimo kureba ibyo Murebwayire Esther arimo gukora? Ndasubiza nti yeee ndabireba arimo gutunganya ibyo kurya by’abana bato by ’imvange.
Maze ijwi ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambaza riti, ziriya imvange azaziha abana banjye kuzageza ryari? Ndasubiza nti, Nyagasani nyaguhora ku ngoma, jyewe Marie Esther Murebwayire yarananiye kuko sinarinzi ko ariko ameze.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, kuki atajya yumva? Nanjye ndasubiza nti, buriya amatwi ye, yarazibye urasabwa nyagasani kuyazibura. Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mureke mu minsi mike ndaza kuyazibura uko niko Uwiteka abivuga.
Aug 17, 2015 njyanwa mu iyerekwa mbona ingo z’abashakanye (2); izo ngo zari zihuje ibibazo, ariko mu buryo butandukanye, umugabo umwe yasuzugurwaga n’umuhore we yishakiye, hanyuma undi mugabo na we agasuzugurwa yishakiye, Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo arambwira ati, ubwire abagore ko bakwiye kwubaha abagabo babo nk’uko Uwiteka Nyiringabo yabitegetse, kandi ko na abagabo bakwiye gukunda abagore babo kuko alizo inshingano zabo nk’uko Uwiteka Nyiringabo yabitegetse uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, rirambwira riti, abagabo bakora umulimo wa politike basuzugura abagore babo kubera kugubwa neza bituma inshoreke z’abagore zibashakisha aho usanga bashaka gusenya ingo za bandi. Maze n’abagore bakora umulimo wa politike nabo usanga basuzugura abagabo babo kubera binjiza amashillingi menshi kurusha abagabo nyamara nta bwo bagakwiye gusuzugura abagabo babo kuko binyuranye n’itegeko ry’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambaza riti, mwana w’umuntu, waba wamenye icyo ibyo bisobanura? Ndasubiza nti oya da! Malaika w’Uwiteka aransubiza ati, biriya bisobanura ko hari abantu bashakana mu buryo bunyuranije n’ubushake bw’Uwiteka Imana yawe, kuko bashakanye mu nzira za sekibi nta bwo bashobora kugira amahoro mungo zabo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
19 Aug 2015 njyanwa mu iyerekwa muri gakondo yabakiranutsi, mbona ko hagiye kubaho ibibazo byitwa ibigwirajuru, ibyo bibazo bigiye kuza bitunguranye ku buryo budasanzwe, abagore bakunda icyubahiro, n’ubuzima byoroshye, bazahura nibyo bibazo bikomeye bibakomerere kubera kutumva imbuzi z’ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa muri gakondo ya bakiranutsi mbona abagore basigaye muri gakondo yabakiranutsi, basiganwa cyane batanguranwa kujya guhumba humba ibigori mu murima aho byari bimaze gutemwa ngo bisarurwe, nuko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore muri gakondo yabakiranutsi hagiye kubaho ibigoye byihuse cyane bizahitana abagore benshi cyane abo mu miryango yabakiranirwa, ndetse bikazagera no kubakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.
Nkiri muri iryo yerekwa, mbona umwuka w’inzika y’inzigo wongeye guhagurukira Umuhanuzi mukuru, kubera imirimo y’Uwiteka Imana agiye gukorera mu isi yabazima, nibyo agiye kumukoresha, ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, burira Umuhanuzi mukuru kugirango yirinde cyane kandi asenge Uwiteka Imana kugirango amukorere ibikomeye kuko umwanzi akomeje gukubita agatoki ku kandi kugirango amugirire nabi niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umugisha uraje kandi uwo mugisha uturutse mu nzika y’inzigo, mbona ko Uwiteka ahagurukijwe no guhorera Umuhanuzi k’umuntu wese wa mugiriye nabi.
Mbona ahereye kuri BENONI Umuhoza wakoze ibyangwa n’amaso y’Uwiteka Imana kuba yaragiye mu abakonikoni no kuraguza kujya guhumanisha Umuhanuzi Majeshi Leon.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, igihe cyo guhorerwa n’Uwiteka kigeze, maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka nta bwo yigeze aguha ubutabera, none amanuwe mu ijuru no kuguhorera, kugirango namara kuguhorera ahite ahorera na bakiranutsi bose bagiriwe nabi n’inkozi zibibi bityo bimenyekane ko Uwiteka ariwe Imana ica imanza zitabera uko niko abivuga.
20 Aug 2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona ibikomeye bigiye kubera mu isi yabazima, mbona kandi ko mu isi hagiye gukoreshwa uburiganya kugirango bariganye umuntu wese utanditswe mu gitabo cy’u bugingo kugirango atazajya mu ijuru ndetse niba binashoboka n’intore zo gukiranuka zibe zariganywa.
Njyanwa mu iyerekwa mu kibaya kinini cyane cyo mu butayu bugufiya, mbona ko amazi aturutse mu Nyanja nini maze atembera muri icyo kibaya kinini kimeze nk ‘ubutayu, ayo mazi yaheraga ku bugomba mbari akagera kumirundi ya maguru. Mbona ko hagiye gutangwa ikiraka cyo kujya muri ayo mazi gufata inyoni zo mu bwoko bw’ibiguruka byitwa imbata ndetse ni zindi inyoni zisanzwe ziba mu mazi.
Mbona abantu bagizwe n’urubyiruko rwinshi cyane rwitabira icyo gikorwa cyo kujya gufata inyoni ziba muri ayo mazi, kuko icyo kiraka cyari cyatanzwe n’ibihugu bikomeye mu isi yabazima. Ariko banategura amashyirahamwe aharanira uburenganzira bwa muntu, ko barengera ibiguruka bigiye gufatwa n’abantu batuye mu isi, ibyo babikoze kugirango bariganye ikiremwa muntu kuko bashakaga ko babanduza ku maboko na maguru.
Nuko batangaza ko hari ikindi kiraka ku bantu bumva bashobora kuba bajya muri ayo mazi bagafata izo inyoni, kandi ufata ibyana byinshi byizo inyoni ari buhembwe ama euros menshi, icyo kiraka cyari cyatanzwe na ba Fransa mbona urubyiruko rwinshi rwinjira muri ayo mazi bakimara kugera muri ayo mazi y’umwuzure yatembeye mu butayu bugufiya, bahita barekura umuyoboro wa mabyi yinjira muri ya mazi maze b’abantu bari binjiye gufata za inyoni bahita barahumana ku maboko na maguru uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, inkozi zibibi zikorera Satani zilimo gushakisha uko zatanga inkunga mu mishinga ifitanye isano na badayimoni kugirango babone uko bafata abatari binjira mu miryango ya Satani na badayimoni kuko inyoni zo mu bwoko bw’imbata (duck) zisobanura abadayimoni bashinzwe urutoto (harassment) ku kiremwa muntu uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, nibabona bamaze gukora iyo mishinga bazabaha izo inkunga basabye kimwe cya kabili hanyuma izindi inkunga (FUNDS) bazahagarika kuko imigambi yabo bazaba bayigezeho ibyari gutera inkunga imishinga idakorana na Leta iburizwemo gutyo uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, bya bihembo byari byateganijwe, bizahita bihagarikwa kubera ko iryo ishyirahamwe rifite ubudahangarwa bwo kuburanira za inyoni zo mu mazi, ariko icyari kigenderewe kwari guhumanya urubyiruko rutuye mu isi yabazima kugirango batandikwa mu gitabo cy’u bugingo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, urubyiruko ruzitotomba cyane kuba barabashutse bakabaha ikiraka babona bagiye kurangiza ikiraka cyabo, bagahita bagihagarika, hazabaho guhangana no gushaka kujya mu butabera kurega iryo ishyirahamwe rishinzwe kurengera ibiguruka byo mu mazi, ariko nta cyo bizabamarira kuko icyari kigenderewe bazaba bamaze ku kigeraho uko niko abivuga.
Nuko ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, wabonye uburiganya bw’umwanzi agiye gukorera abantu b’Imana batuye isi? Ndasubiza nti cyane na bibonye, arambwira ati, biriya babitewe no gukunda indamu mbi, no kudasoma ijambo ry’Imana, none burira abatuye isi, ubabwire uti, dore ya nzoka na Satani bagambiliye guhumanya abatuye isi kugirango barebe ko nibura babonamo abakiranutsi banditswe mu gitabo cy’u bugingo. Bwira intore z’Uwiteka zibe maso kandi zirinde ibigiye kwaduka mu isi yabazima uko niko Uwiteka abivuga.
ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore mu gihugu cy’Uburundi huzuye imbaraga z’umwijima hamwe ni biyobya bwenge, dore Uwiteka ahagurukijwe no kurwanya inkozi zibibi zo mur’icyo gihugu.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore umukuru w’igihugu cy’Uburundi agiye kurahira, ariko se, ararahirira iki? Ko umwaka utaha nk’iki gihe bishobora kuzamugora uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu itegereze urebe hakurya yawe kuri uriya musozi urebe ibiri kuhakorerwa, nditegereza mbona ibihugu (3); Congo, Burundi, Rwanda, bashyirwa mu ishuli bajya gukora ikizamini. Mbona Abarundi na ba Congomani bakopera ikizamini, ndetse bamwe baranafatwa ariko uRwanda rubasha gukora ikizamini bigaragara ko rushobora gutsinda ikizamini.
Maze ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore akarere kibiyaga bigari, kagiye kwinjira mu ishuli kugirango abaturage bako karere bakoreshwe ikizamini maze abazatsinda bahabwe amanota ndetse na bazatsindwa bimenyekane ko batsinzwe ikizamini uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore bamaze imyaka barigize ibyigenge, none Uwiteka agiye kugerageza imitima yabo, no kwizera kwabo, kugirango bazamenye ko Uwiteka ari we Imana yaremeye ijuru n’isi, none mwana w’umuntu hanurira abatuye akarere kibiyaga bigari ubabwire uti, dore akarere kose kagiye kwinjira mu intambara zikomeye cyane ku buryo abaturiye ako karere bazamenya ko Uwiteka ari we Imana Uwiteka Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ngwino dutunganye ziriya computer’s tuzikorere cable (network, and cable power) ndagenda dukora ibyo byose, turangije dukora (connection and networking) turabikora byose turabirangiza.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore igihe cy’ububyutse kiraje kandi kirasohoye, dore Uwiteka agiye kwegeranya ubwoko bwe, ndetse agiye gutanga akazi kubakozi bemeye kumukorera kandi azajya abahemba neza nk’abakozi bo muri UN uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu ibintu byakomeye cyane, Satani yabuze aho yerekeza kuko ikinyoma cye, kigeze kwiherezo uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ibihugu bikomeye birimo USA na France bakoresha uburiganya kugirango abantu bose batanditse mu gitabo cy’ubugingo babone kurimbuka.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abantu birinde uburiganya bw’ibyo bihugu bifite abategetsi (Authorities) bakorera Satani balimo gutegura umugambi wo kurimbura abantu benshi cyane aho bifuza yuko abantu bose bakorera Satani bakava k’Uhoraho Nyiringabo uko niko abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inyanja nini cyane, itutumba imena amazi aza kubutaka bw’umye, ayo mazi yazanye n’inyoni ziba mu mazi zimeze nk’imbata (duck) mbona ibyo byana by’imbata (chicks) hamwe ni zindi inyoni ziba mu mazi mbona USA itanga ikiraka cyo gufata ibyo byana by’inyoni, mbere yuko batanga icyo kiraka babanza gushyiraho ishyirahamwe riharanira uburenganzira bw’inyoni. Iryo shyirahamwe rikaba ryari ryemewe n’amategeko.
Mbona batumiye urubyiruko rushobora kwemera gukora ikiraka cyo gufata ibyo byana by’inyoni (demons) abasore batari hasi imyaka (20) kandi batanarengeje imyaka (30) baza gusaba icyo kiraka, maze baragihabwa, ariko bagihabwa mu buryo bw’uburiganya.
Nuko binjira muri ayo mazi yumwuzure yari yatembeye mu butayu bugufiya, ameze nk’ inyanja, bisobanura kwinjira mu isi, ariko bategura umuferegi uzana umwanda wa mabyi kugirango ni bamara gufata ibyo byana by’imbata bakandagire muri ayo mabyi (guhumanya urubyiruko) uko niko abivuga.
Aug 21,2015 Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umwuka w’inzika y’inzigo (grudges spirit) wongeye guhaguruka, kandi ni wowe wifuza, dore Umwakagara yamaze gushyiraho abantu hirya no hino ko uzakubona azahembwa bikomeye ko yatanga amakuru bagaghita bakurasa uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abayobozi b’igihugu cya Kenya, bahagarika iyirukanwa ry’impunzi ziba muri icyo gihugu mu buryo bwemewe n’amategeko. Leta yicyo gihugu yashakaga yuko yahabwa uburenganzira bwo gufasha impunzi nk’uko ibihugu by’Uburayi bihabwa bwo kwakira impunzi no kuzitunga bakaziha ibibatunga harimo no kwigisha abana babo.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ibyago, akaga, amakuba, byari bigiye kugwira impunzi ziba muri icyo gihugu, Uwiteka ahagaritse ibyo byago, maze Leta ya Kenya isaba umuryango wa bibumbye UN ko babemerera bo nk’igihugu cya Kenya bazajya bacunga umutekano w’impunzi ziba mu gihugu cyabo kugirsngo babone guhabwa amashillingi yo kulinda umutekano niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Mbona ko Leta yicyo gihugu yemerewe kuzajya ilinda umutekano w’impunzi, maze bahagarika ingamba zose bari bashyizeho ku mpunzi ziba muri icyo gihugu byemewe n’amategeko uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, umugambi wa Leta y’Umwakagara wo kugirira nabi impunzi z’abanayarwanda ziba muri icyo gihugu uburijwemo n’Uwiteka Imana Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore abadayimoni bari bateguriwe kuza gukorera mu gihugu cya Kenya babuze akazi bari bateguriwe kuko imigambi y’umakagara iburijwemo n’Uwiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.
Aug 22 ,2015 Njyanwa mu iyerekwa mbona ndi kumwe na bandi banyeshuli twiganaga, maze ndababaza ngo, mbese ikizamini muzagikora ryari? Baransubiza bati, twari kugikora ku wa gatanu, ariko byahindutse tuzagikora ku mbere 24 August 2015.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Paul Kagame yateguye ku kugabaho igitero no ku kugirira nabi. Ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uwiteka Imana yawe, kwizerwa yamaze kugucira inzira niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, abega bagambanye na DCI ya hano mu gihugu cya Kenya yuko bakwiye gushakisha bakagushyiraho ibyaha kugirango utabwe muri yombi, ariko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo yamaze kuburizamo imigambi yose y’abega uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira dore bamaze gutegura ibirego by’ibihimbano, ndetse bamaze no gutegura (warranty of arrest) urupapuro ruguta muri yombi, kugirango nibamara kuguta muri yombi bazahite bagaragaraza ibirego bakurega kugirango imiryango yigenga iharanira uburenganzira bwa muntu itazabona uko igutabara, ariko ntutinye kandi ntugire ubwoba kuko Uwiteka Nyiringabo nta bwo yakwemera ko ushyirwa mu maboko ya banyabyaha kuko afite imbaraga n’ububasha kubarusha uko niko Uwuteka abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, Umwakagara agufitiye imigambi mibisha uko bucya bukira, niko arushaho kugenda agambirira uko yakugirira nabi.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore umuntu wagutumiye ubutumwa bujyanye ni cya cumi, n’umunya Kenya wo mu bwoko bw’Abakikuyu, kandi ibyo yabikoze akoreshejwe na Leta y’Umwakagara kugirango muzabashe kubonana maze bazabone uko baguta muri yombi maze baguce igihanga uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona za magigiri zishyiraho abantu hirya no hino ndetse banashyizeho ibihembo byo guhiga Umuhanuzi Majeshi Leon kugirango adacika akajyanwa mu mahanga ya kure bakazabakomerera uko bazamuhitana uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Umwakagara ahangayikishijwe n’Ubuhanuzi bwavuze yuko azakurwaho nikoranabuhanga. Niyompamvu yifuza kuguhitana mbere yuko akurwa ku ngoma uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nta kabuza u Rwanda ruzaba mu mwijima ukomeye cyane kandi isi yose igiye gukorwa nisoni, kuko ibigiye kuba mu Rwanda biteye ubwoba na gahinda kuko nta mwana w’umuntu ushobora kuzabihagarika usibye Uwiteka wenyine.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho maze rirambwira riti, mwana w’umuntu dore ikirere cy’u Rwanda cyamaze guhumana, kandi kigiye kwigarurirwa n’imbaraga z’umwijima, bwira bene so mu Mwami wabakiranutsi Yesu Kristo ko ikirere cya humanye kandi ko kigiye kwigarurirwa n’imbaraga z’umwijima, maze basenge basabe Uwitekan Imana kugirango abashe kubakiza imbaraga z’umwanzi wabakiranutsi uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore urugamba rubaye runini kandi rugali cyane, dore hari abakuvuga neza cyane, maze umwanzi yabyumva akarushaho kujiginywa, abandi nabo bagufitiye ishyari ngo ntabwo ari wowe warukwiye kuba umuhanuzi. Babwire uti, Uwiteka Imana yabakiranutsi nta bwo areba nk’uko abantu bareba kuko we areba umutima kandi ni we wica gakiza, ni we ushyira ejuru ni na we ucisha bugufi uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abakinnyi bumupira wa maguru baturutse mu gihugu cya DRCongo baje gukina umupira mu Rwanda bagiye guhitanwa kugirango ikipe itsinda iyindi abe aliyo izatisinda n’intambara igeze mu irango rya gakondo yabakiranutsi, maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti, mwana w’umuntu abo ba congomani ubonye bose bazashirira muri gakondo yabakiranutsi kuko ari nta numwe uzarokoka kuko bakunze intonorano z’umwakagara zikabaziba amatwi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Aug 23, 2015 Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, Nyagasaza Innocent Fruit ari kumwe na za magigiri ziraje kandi niwowe zihiga, dore hoherejwe abasore (2) bari kumwe na we baragenzwa no kumena amaraso yawe, kuko bigize abahanga bo kumena amaraso ku isi ya bazima uko niko Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri ziragarutse zahawe ama dollar atagira ingano kugirango zisohoze umugambi mubisha wo kumena amaraso, nyamara uko Uwiteka yavuze niko bizaba kubakiranutsi siko bizahora uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona ihene ibyara abana (2) umwagazi ni sekurume, maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho cyane rirambwira riti, dore umwakagara yongeye guhimba ikinyoma ku nshuro ya (2) aho agiye kubeshya Umwami w’u Rwanda yuko bashaka kumucyura akaba Umwami w’uRwanda, ariko ariyimbire kuko icyo kinyoma nzahita ngishyira ahagaragara uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore nubatse inzu kandi yamaze kuzura, nyamara ndashaka unshakire umukozi wo murugo uzakorera Uwiteka Imana imirimo yo murugo uko niko Uhoraho Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo ryongera kunzaho cyane, rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka yabahayeho Umuhanuzi mukuru nk’impano ya mavuta ya Elayo, none mu mubwire abasengere kugirango Uwiteka Imana abashe kubumva ari mu ijuru ababere ibisubizo kugirango mumenye yuko ari we Uwiteka Nyiringabo uko niko abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, tegura inzira y’Umwami wabakiranutsi, kuko na gushyiriyeho kugirango utegure inzira yabakiranutsi, none mbere yuko ukurwa mu gihugu cy’IBABULONI tunganya inzira z’Uwiteka kugirango abanyababuloni bazashobore kubona inzira yo gukiranuka bazanyuramo ubwo bazaba bagiye kwakira Umwami wabakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona abadayimoni bazenguruka ikibaya cy’ubutayu bashakisha aho bakura amazi yo kunywa ariko barahabura, mbona bazenguruka ishyamba ngo wenda barebe ko babona aho bakwihisha izuba naho barahabura.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka aciriyeho iteka abazimu na badayimoni kuko igihe cyabo kirangiye akaba abarekuriye ubushyuhe budasanzwe kugirango bicwe n’izuba kandi babure uburuhukiro mu isi yabazima uko niko Uwiteka abivuga.
Aug 24, 2015 ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore za magigiri zicitse intege, kuberako ibyo bategura byose Uwiteka ahita abishyira ahagaragara none babuze uko babyifatamo kubera ko gahunda zabo zidashobora gutungana igihe cyose ziba zamenyekanye kuko ibanga ari zo mbaraga zabo uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona inzu yubatse neza, bakimara kuyubaka mbona nyirayo ayishyizemo umwana w’intama, amaze gushyiramo uwo mwana w’intama hazamo ihene n’injangwe n’ibyana byayo, nuko ndabwirwa ngo mwana w’umuntu hanura uvuge uti, wa mwuka wikinyoma uherekejwe n’umwuka w’urupfu na barozi mwamaze gucirwaho iteka nijambo ry’Uhoraho nta mwanya mugifite muri iyi inzu uko niko Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, dore Uwiteka ahagurukiye umwuka w’ikinyoma ukorera mu madini ya yobeje ubwoko bw’Imana, ndetse n’umwuka wa marozi ukomeje gukorera mu madini baroga ubwoko bw’Uwiteka Imana, none dore araje byose abirimbure kuko iyo nzu ya yubakiye umwana we w’intama uko niko Uwiteka abivuga.
Ijambo ry’Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ntugere ahagaragara kuko umwanzi ari munsi yurugo rwawe kugirango akugwe gitumo niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Uwiteka Imana Nyiringabo yambura ubutunzi bwose Satani yanyaze abakiranutsi, maze abusubiza mu bubiko aho bubikiwe abakiranutsi, mbona umwanzi na Satani bagira ishyari rikomeye cyane, maze bafata imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bw’Abahinde bazoherereza abakiranutsi kugirango babure ubwenge bwo gukoresha umugisha hanyuma Satani na gaco bye bazongere bawambure abakiranutsi uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona za nkozi zibibi zo mu bwoko bwa za magigiri zirambiwe gutegereza uwo zitabona, maze ndabwirwa ngo za magigiri zarambiwe none zirangiye ushobora gusohoka ukajya ahagaragara uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rinzaho cyane, maze rirambwira riti, igihe ingoma y’abega izaba igeze mu marembera abayobozi bakuru bigihugu na bayobozi bakuru bingabo bazasahura umutungo w’igihugu bawuhungane basige igihugu cyera de! Ariko bariyimbire kuko na bawusahuye 1994 nta bwo bawurenganye umutaru uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona Malaika w’Imana ahagarariye igaruzwa ry’ubutunzi bwambuwe abadayimoni, kandi ko nta na kimwe kigomba gupfa ubusa, maze Malaika aravuga ngo, ntihagire na gace gatoya kumugisha gasigarizwa Satani kuko ubwo yavaga mu ijuru nta mugisha yamanukanye uko niko Uwiteka abivuga.
Njyanwa mu iyerekwa mbona hategurwa intwaro zikomeye cyane zigiye gukuraho Umwakagara ku intebe yabukunzi, izo intwaro Umwakagara nta bwo yarazifite ku buryo yabasha guhangana na bagiye kumukura ku butegetsi uko niko Uhoraho Uwiteka Nyiringabo abivuga.
Ijambo ry’Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo rikomeza kunzaho kandi cyane, maze rirambwira riti, mwana w’umuntu, ubwire abo muri gakondo yabakiranutsi yuko ibintu bikomeye cyane uwabishobora yakiza ubugingo bwe uko niko Uhoraho Uwiteka Imana Nyiringabo abivuga.
nccleon@gmail.com

















































































































































