HomeNewsUmuryango WABIBUMBYE ONU, uzica abatanga buhamya bazatanga ubuhamya nyuma y'intambara igiye gukuraho...

Umuryango WABIBUMBYE ONU, uzica abatanga buhamya bazatanga ubuhamya nyuma y’intambara igiye gukuraho umwakagara!

July 24,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abahanuzi bibinyoma babaye benshi kandi bagiye kuyobya ubwoko bwanjye.Mwana w’umuntu burira ubwoko bwanjye bube maso bashake mu maso h’Uwiteka Imana yabakiranutsi kuko amazi siyayandi kandi dore agiye kurenga inkombe uko niko Uwiteka avuga.

pkDore harabagabo boherejwe muri gakondo yabakiranutsi,abo bagabo n’abahanuzi bibinyoma,bagiye kuyobya abafite imitima ifite inkovu zibyaha kugirango niba bishoboka bayobye n’ntore z’Uwiteka baziyobye uko niko Uwiteka avuga.

Abo bahanuzi bibinyoma iyo bahuye n’umuntu,bafite imyuka ibereka icyo umuntu yifuza cyangwa irari ry’umuntu kuko nibo baba barahagaritse imigisha y’ubwoko bw’UWiteka Imana yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.Iyo bamaze kumenya irari ryawe,bahita bahanura bakurikije ibyo wifuza ndetse babasha kumenya kahise kawe,cyangwa ubuzima bw’ibihe byashize bityo bakubwira ibyawe,ugahita ukeka ko bafite umwuka w’Imana nyamara bakoresha imyuka mibi uko niko UWiteka avuga.

Nuko njyanwa mukibaya cy’Iyerekwa,ngezeyo mbona abo bagabo babahanuzi bibinyoma uburyo bahuye n’uwahoza ar’umudam wanjye Murekatete Odette Mukandirima,maze,Uwiteka anyereka uburyo yahuye nabahanuzi bibinyoma bakamuvangira,bigatuma yanga kwita kubuhanuzi bw’Uwiteka Imana bwahanuwe n’uwahoze yar’umugabo we.Yahuye nabaCongomani bamushyiramo umwuka w’ikinyoma inshuro nyinshi namubwiye ko umwuka umuhishurira atar’umwuka w’Imana akajya impaka yanga kumva ijambo ry’Uwiteka kugeza abadayimoni bamusenyeye uko niko Uwiteka avuga.

WitchcraftUbwo mu iyerekwa nabonaga abo bahanuzi bibinyoma banshakisha cyane kugirango bamvangire,nuko mbona uburyo bwose bakoresheje bohereza imbaraga z’umwijima kugirango bavangire ubutumwa Uwiteka ampa kugeza ku bantu be.Nerekwa mbona bampanurira ibinyoma gusa nanjye ndabhorera barakomeza bamaze guhanura ibinyoma maze ijambo ry’Uwiteka rinzhao rirambwira riti,uko niko bagize uwahoze ari madam wawe dore yarabizeye ndetse bamubwiye yuko ngo ukoresha imyuka yabaNigeria ko utagikoreshwa n’umwuka w’Uwiteka.

Byose bayatewe nuko madam wawe atabaye maso kuko igihe tugezemo ar’injyana muntu uko niko Uwiteka avuga.Bwira ubwoko bwanjye bwiyeze kandi bwitunganye ndetse bushake mu maso h’Uwiteka kuko niteguye kumva no gusubiza amasengesho yabo kugirango mbasha kubaha ibisubizo bifuza uko niko Uwiteka avuga.

Dore imbaraga z’umwijima ntabwo zizongera gutsikamira ubwoko bwanjye nk’uko nabivuze ku wa 01 Mutarama 2013,ko,ngiye guca imanza zitabera uhereye icyo gihe kugeza magingo aya,niko bimeze nta bwo abarozi b’inkozi zibibi bazongera gutsikamira ubwoko bwanjye ngo bibakundire uko niko Uwiteka avuga.

Nuko nerekwa uburyo abarozi b’inkozi zibibi ko bagiye kujya biyitirira ubahanuzi Uwiteka ancishamo,bazajya bavugana ko bakorana nanjye,maze umwuka w’Uwiteka arambwira ati,mwana w’umuntu,dore inkozi zibibi zigiye kuzajya ziyitirira umurimo ukora,kugirango bavangire abantu basoma ubuhanuzi ushyira ahagaragara,none bwira bene so babe maso kuko igihe kirageze ngo mvangure ihene mu ntama uko niko Uwiteka avuga.

Dore izo nkozi zibibi nyinshi zavuye Congo,zizanywe no kwangiza gakondo yabakiranutsi,kuko igihugu cya Congo cyabaye indiri yabadayimoni,ariko kubera bazi neza ibigiye kuba muri gakondo yabakiranutsi,niyompamvu bagize ishyari kubera ko gakondo yabakiranutsi yatoranijwe n’Uwiteka Imana kugirango azabe ariho akorera ibitangaza maze yiheshe icyubahiro.Ariko dore inkozi zibibi zahagurukijwe no kugirira nabi ubwoko bwanjye,ariko noneho bagiye kumenya yuko nd’Uwiteka Imana nya Mana uko niko Uwiteka avuga.

KingIjambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwakagara yahamagaje abazimu bimihanda yose kugirango aterekere kandi akore ibyangwa n’Uwiteka bityo abone ko yahabwa intsinzi ya tuma Nyir’uRwanda atazasimbura umwakagara ku ngoma nk’uko ubuhanuzi bubivuga.

Dore inkozi zibibi zirateranye ndetse babanjye kohereza imyuka mibi mabahanuzi bahanuye itahuka ry’Umwami Nyir’uRwanda KIGELI V .NDAHINDURWA kugirango bazajye bahanura imvange bityo ubutumwa bwabo habemo ubutumwa bw’abadayimoni.None bwira abagaragu banjye biyeze kandi bitunganye kugirango izo mbaraga zitabagiraho ububasha uko niko Uwiteka avuga.

Ariko kuko jye nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi,dore nongeye gutanga isezerano,nzabaha gakondo yabakranutsi nk’uko nabigambiriye mu mutima wanjye,kuko nzabagirira neza iruta iyabana bab’abantu uko niko Uwiteka avuga.Dore muzarya ibyiza byo mu gihugu nimukora ibitunganye mu maso h’Uwiteka Imana ybaakiranutsi,ariko nimudakiranuka nzabateza inzara n’umuvumo kuko ari jye wabagiriye neza,nimumara kugera mu gihugu mukigira nabi nk’uko mwagenje igihe cy’umwakagara wogishije ubwoko bwanjye kuraguza ibicu,inyenyeri,izuba,n’ukwezi,ndetse banyujije abana babo mu muriro kandi ibyo byose n’ikizira k’Uwiteka ntakabuza ukuboko kwanjye ntikuzabura kubaremerera uko niko Uwiteka avuga.

UnJuly 25th 15 ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore igihe kizaza kigiye gusohora,umuryango WABIBUMBYE UGIYE KUZICA ABANYARWANDA BAKORA UMURIMO WITANGAZA MAKURU,kubera yuko hagiye kuba intambara ikomeye cyane iruta kure ibitekerezo by’umwana w’umunt,kuko bayihanuye ariko bakaba batazi uburemere bwaayo.

indege zintabaraDore umuryango WABIBUMBYE UZAGIRA URUHARE RUKOMEYE MURI IYO NTAMBARA,NDETSE ABANTU BENSHI BAZICWA N’INDEGE Z’UMURYANGO WABOBUMBYE,KUKO BAGIYE GUHANGANA ,UMWAKAGARA KUMANYWA Y’IHANGU.Bityo intambara n’irangira,ubuyobozi buzajyaho buzarenga umuryango wabibumbye maze uwo muryango wa ONU uzahiga abantu bose bitwa abatanga buhamya kugirango ubice basibanganye ibimenyetso uko niko Uwiteka avuga.

HdDore abanyamakuru nibo ba mbere bazahigwa bazajye bocwa mu buryo budasobanutse,kuko bafite za dossier z’umuryago wa bibumbye zifasha igihugu gushinja uwo muryango ukaba uzishyira amafaranga yikirenga atarigeze abaho mu isi yabazima.Dore nawe uhanuye ibi,bazaguhiga kugirango baburizemo za gihamya ariko uhumure nzakurinda kandi nzabana nawe uko niko Uwiteka avuga.

Nuko rero mwana w’umuntu uzajye ubika buri nyandiko yose ijyanye nagakondo yabakiranutsi,kuko izo nyandiko zizagira umumaro mu gihe gisa nk’icyo uko niko Uwiteka avuga.

Wongere usome ubuhanuzi bwo mu gice cya mbere kugeza ku cya gatatu,havuga ko,ibihugu by’ibihangange birimo America n’Ubufaransa,bazakuraho umwakagara ndetse bazamurwanya bikomeye,ariko nyuma y’intambara ubutabera buzabatunga agatoki kuko bazagira uruhare rw’abantu banjye bazicwa muri gakondo yabakiranutsi mugukuraho umwakagara.Ibyo nzabikorera kugirango amahanga azakorwe n’isoni kandi azabacire bugufi bityo mbasha gusohoza imigambi yanjye muri gakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga.

BeastIjambo ry’Uwiteka ryongera ku nzaho maze rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore mu gihugu cya Kenya,hagiye gushyirwaho itegeko risaba abantu bose kuba bafite amadini bababrizwamo.Icyo kikaba kimwe mubimenyetso b’inyamaswa yaraye yigaragaje muri icyo gihugu.Dore barashaka kugenzura ubutunzi bwose cyane ubunyura mu madini.

vHanura ubwire ubwoko bwanjye bwirinde kandi bube maso kuko abakiri mu madini bagiye kugurishwa n’abashumba ba madini kubera gutinya ya nymaswa kuko ntawushobora kuyihnagara no kuyihagarara imbere uko niko Uwiteka avuga.Bwira ubwoko bwanjye busoke bujye kumisozi ndetse buhungire mu butayu kuko amazi atakiri ya yandi kandi dore yamaze kurenga inkombe uko niko Uwiteka avuga.

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments