HomeNewsIKizira kirimbuzi nta bwo kizakandangira ahera h'Uwiteka umurwa mukuru wabakiranutsi!

IKizira kirimbuzi nta bwo kizakandangira ahera h’Uwiteka umurwa mukuru wabakiranutsi!

July 11th,2015 jnyana mu butayu bugufiya,nerekwa abadayimoni babaga mu rwagasabo umurwa mukuru wabakiranutsi wagakondo yabakiranutsi.Nerekwa inka nyinshi cyane za ki kijyambere zageraga kubihumbi nibihumbi bitabarika maze mbona umuhanuzi mukuru arimo kuziyobora kujya kiriba rya mazi ngo zishoboke kuko hari izuba ryinshi kandi igihe cyazo cyo gushoka kigeze.

cowNuko mbona izo nka zisobaura abadayimoni b’umwakagara bitera mbere,umuhanuzi mukuru agerageze kuziyobora kumurongo ariko ziranga ahubwo zihita zirukanka zijyenda ikivunge zitagaranye cyangwa zinyanyagiye zigenda zerekera kuri rya riba rya mazi ryo kuzuhiriraho.

ObsAriko kuko zanze ko ziyoborwa n’umuhanuzi mukuru,ntabwo zabashije kubona amazi yo kunywa,kubera ko,zashatse kwica umuhanuzi mukuru,maze mbona zirukankanse cyane zongeramo akabaraga cyane ariko zigeze kwiriba zasanga ikibumbiro cy’inka cyagombaga kudahirirwamo amazi nta cyintu kirimo uko niko Uwiteka avuga.

Ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,uko ubonye izo nka zirukanka zishaka amazi yo kunywa kubera izuba ryinshi ryo mu butayu,ninako bigiye kugendekera umwakagara abadayimoni be bamaze kugira inyota kubera izuba ryinshi ry’ikinyoma none Uwiteka amwohereje mu gihugu cyo mu butayu,aho atazabona amazi ya mumara akanyota kuko banze ku kumvira ijambo wababwiye ry’ubuhanuzi ahubwo bagashaka kuguca igihanga none birarangiye uko niko Uiteka avuze!

KenyaNkiri muri ubwo butayu bugufiya buherereye iburasira zuba,nerekwa umugabo wo mu bwoko bw’Abatutsi ukize cyane utunze inka nyinshi babandi bitwa abararo,mbona akuye inka ze mu gihugu cya Kenya,azerekeza Uganda,ava Uganda azizana mu Rwagasabo igihugu cy’Abakiranutsi.

Ageze ku nkiko z’uRwagasabo,banga yuko izo nka zinjirara muri gakondo yabakiranutsi,muri izo nka harimo inka za mwene madam,izo nka bazisubiza inyuma nyamara kandi zari zitashye muri gakondo yabakiranutsi uyu nyirazo yari yaraheze hanze atarataha ariko banga ko izo nka ze zinjira mu Rwagasabo kuko nta bwatsi zahabona bo kurisha cyangwa urwuri yaragiramo.

Maze umwuka w’Uwiteka arambwira ati,icyo nikizira kirimbuzi kigiye guhagarara ahera h’Uwiteka Imana yabakiranutsi,dore kizahagarara mu gihugu cya Kenya,na Uganda,ariko muri gakondo ya akiranutsi ntabo kizahakandagira kuko Uwiteka adashobora kubyemera kuko aho ni ho umurwa mukuru wabakiranutsi uhereye kandi niho hahishe isoko y’ubugingo.

Niyompamvu wabonye ziriya nka zuriya mututsi ukomeye zangiwe kwinjira mu gihugu,dore umwakagara sinzamwemerera ko yanduza gakondo n’umurwa mukuru wabakiranutsi,kuko igisabwa cyose ko agikora ariko agume ku ntebe yabukunzi,azagikora ariko nanjye sinzamuha ayo mahirwe uko niko Uwiteka avuze.

Dore ngiye kumuteza amahanga,sinzamuha kuruhuka nahato,uko wahanuye ni nako bizagenda,aho yambariye inkindi niho azambarira incocera uko niko Uwiteka avuga.Nkiri muri iryo yerekwa dore ko ari bwo buzima bwanjye Uwiteka yampitiyemo kandi nkaba ntabyinubira ahubwo uwo murimo nywukunda bihebuje numva ijambo ry’Uwiteka rinjeho ijambo ryitwa mu Cyongereza “IMBALANCING”.

Nkoze ubushakashatsi nsanga iri jambo risobanura ko arukubura umutekano cyangwa uburyo bwogutuza ntubasha kugira aho uhagarara guhora uhagaritse umutima cyangwa uhagayitse according the reseach I’ve made this is the meaning of the Rhema word called IMBALANCING « A lack of balance or state of disequilibrium» From that time I knew that the time of Kagame Paul are ending up.This is says the Lord our God of hosts.

RELATED ARTICLES

LEAVE A REPLY

Please enter your comment!
Please enter your name here

This site uses Akismet to reduce spam. Learn how your comment data is processed.

- Advertisment -
Google search engine

Most Popular

Recent Comments