June 07th ,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore Isamariya umwotsi watangiye gucumbeka,nyamara ibizaba Isamariya nibyo bizaba Ibuyuda.Ibyo bizakubere ikimenyetso cy’uko ibigiye kuba Isamariya bica amarenga yibigiye kuba Iyerusalem uko niko Uwiteka avuga.
Mu gihe nari nkitegereza uwo mwotsi warimo gucumbeka Isamariya,ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu itegereze neza urebe uriya mwotsi w’Isamariya dore utangiye guhindura ibara ryawo
Ni uko ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,nyamara abasigaye muri gakondo yabakiranutsi bagiye gukorwa nisoni kuko umwanzi yabahagurukiye kuko ibyahanuwe n’abagaragu b’Uwiteka bisigaje igihe gito bigasohora mu gihe abantu bibwira yuko bigasohoye kubera ko abana bab’abantu kugeza magingo aya nta cyerekezo cy’ubuzima bwagakondo yabakiranutsi barimo kureba imbere yabo!- Ni uko iby’ubuhanuzi bijya bimera kuko nta muhanga w’ibyahanuwe n’abahanuzi usibye banyiri kubihanura uko niko Uwiteka avuga.Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore imfura y’umwakagara igiye kwinjizwa mu ishuri aho igiye kwiga ikamenya neza ko Uwiteka arumunyembaraga mwisi yose kandi ko ntawundi uhwanyeje imbaraga nawe uko niko Uwiteka avuga
- Mwana w’umuntu dore umwuka w’inzika y’inzigo wongeye guhaguruka nyamara nubwo uhagurutse ntabwo uhagurukanye imbaraga nk’izambere kuko imbaraga zawo zimaze gushegeshwa n’imbaraga z’ubuhanuzi uko niko Uwiteka avuga
Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi yamaze kugota umwanzi wa gakondo yabakiranutsi,none bwira abasigaye muri gakondo yabakiranutsi uti,mwirinde cyane kuko hasigaye ahintwarane kuko intwari zirataka zinyinyiiriwe uko niko Uwiteka avuga- Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu dore mu murwa mukuru w’ISHUSHANI mu gihugu cy’IBABULONI,hagiye gutera amapfa agizwe n’ubutayu bukomeye !Ubwo butayu buzaterwa n’umutegeka w’Isi,ugiye kuza gusura umurwa mukuru w’ISHUSHANI icyo kizakubera ikimenyetso cy’uko ibyahanuwe nabahanuzi bisoheye uko niko Uwiteka avuga.
Ni uko nerekwa umutegeka mukuru utegeka isi,yerekanwa kunkuta z’amazu yamagorofa ndetse n’amazu magufiya abantu bose baramurebaga aho babaga bari hose,amaze kuva muri uwo murwa hacika igikombe cy’ubutayu bukomeye cyane cyasaga n’umuhora w’inka zinyuramo zahuka uko niko Uwiteka avuga- Mwana w’umuntu hungisha umulinzi mukuru umukure mu murwa mukuru w’ISHUSHANI kuko amapfa ateye kandi umwanzi akaba amuhigira kutamubura hasi no hejuru,maze umwerekeze mu majyaruguru yicyo gihugu kugirango azahamare iminsi yagenwe icyo gihe umwanzi azaba amaze gucogora uko niko Uwiteka avuga
- Mwana w’umuntu hanura uvuge uti,Uwiteka Mana ukiranuka muri byose manura imyuka ll yoguhana ubwo bw’Abayisilamu kuko bakabije gukiranirwa mu isi yabazima,kandi bakaba bakomeje kumena amaraso yabatariho urubanza uko uko niko Uwiteka avuga
- Burira abashobora kwihana uti mwihane kuko ujinya w’Uwiteka ubamanukiye kubera gukiranirwa kwanyu kugirango niba bishoboka mukize ubugingo bwanyu mbere yuko ibihano by’Uwiteka bibageraho uko niko Uwiteka avuga
- Uwo mwuka umanukiye ubwoko bw’Abayisilamu ,ugiye kumanukira urubyiruko nyarwanda kuko bashyizwe mugipimo kugirango bageragezwe n’Uwiteka Imana irebe kwihangana kwabo no gukiranuka kwabo kuko nyuma yibi byose Uwiteka azakoresha iby’Ubutwari kubazanesha urwo rugamba uko niko Uwiteka avuga.
June 08th ,2015 Mwana w’umuntu dore igisirikare cy’Urwagasabo kizasenywa cyongere kubakwa bundi bushya kuko ikiriho ubu gifite amatwara yakinyeshyamba,kandi cyikaba cyubakiwe k’umuntu umwe gusa,bityo rero cyizasenywa kugirango hubakwe igisirikare cy’umwuga cyubakiwe ku mbaraga z’Igihugu uko niko Uwiteka avuga .
Mwana w’umuntu dore umwakagara asuzuguye umutegeka w’isi yose kubera guhindura itegeko rya gakondo yabakiranutsi,none uwo mutegetsi azabiranijwe uburakari bwinshi cyane kubera ubwo uburiganya bw’umwakagara!None uwo mutegetsi akuyeho umwakagara kubutegetsi vuba cyane byihuse kandi mu buryo butunguranye kandi budasobanutse!- Burira ubwoko bwanjye bube maso kuko ibyahanuwe byageze imbere yagakondo yabakiranutsi uko niko Uwiteka avuga
- Ni uko nerekwa inteko yabakagara yongera kwisuganya ngo bireememo izindi nteko z’ibinyoma zotatowe n’abaturage ngo kugirango bahindure kandi basenye itegeko rigena imikorere yo muri gakondo,maze nerekwa umuhanuzi mukuru yegera izo nteko ngo yitegereze neza inkuru izabone kibara.
- Amaze kwegera izo nteko z’abakagara n’abakagara kazi,abonamo ingingo (3) arizo bahinduye kugirango babone ububasha bwo kwimika ubwami bw’abakagara ,sinzi ukuntu bakebutse babona umuhanuzi mukuru maze havamo umwakagara usheshe akanguhe yatsa ikinyabiziga cye yirukankana umuhanuzi mukuru
- Ageze imbere gato ikinyabiziga cye kirazima gisazira aho,maze ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,uko niko Uwiteka ajya akiza abagaragu be bamukorere batarabanyabwoba kugirango asohoze umurimo we uko niko Uwiteka avuga
- Nerekwa ako kanya umutegeka w’Isi kubera uburakari bwinshi yarafite ,yahise yimika kuburyo butunguranye Rukara rw’Igisage rubundiye mu mahanga amwimika bitunguranye maze amahanga aratangara abantu bose bemera ko Uwiteka ariwe Mana kuko asohoje ibyo yavuze.
- Maze nerekwa abanyarwanda bo mu bwoko bw’Abahutu bafite ubuhanga buhanitse bigira inama yuko bareka politike ahubwo bakinjira igisirikare kugirango babone imyanya ikomeye!
Nerekwa rutuku rw’imvange rucigatiye amafaranga mu ntoki rutanga ayo mafaranga mubahutu kugiango bagurire abahutu bize bemere kwinjira igisirikare ari benshi kugirango bakore kandi bategure kudeta yo kuzakuraho ubwami ngo kuko Rukara rw’Igisage rubanesheje imberer yamahanga- Ni uko iyo migambi yose ndayitegereza ndatangara cyane,bagerageza gukora nk’uko bakoze mberer bashaka abatutsi bibasambo nabo bize babanyanyagizamo izo ntonorano ngo bemere binjire igisirikare kugirango bazabone uko bongera gukora amarorerwa bitwaje igisirikare
- Maze ijambo ry’Uwiteka rirambwira riti,mwana w’umuntu andika ayo mabanga kuko bitazabaho ubu,ahubwo bizabaho cyera maze uburizemo iyo migambi mibisha kuko itandukanye n’imigambi y’Uwiteka
Nerekwa abahutu basaba ko bahabwa umwanya wo kuba umukuru w’Ingabo zigihugu,nyamara iby’Ubuhutu n’Ubututsi byarangiranye na repubulika y’ikinyoma uko niko Uwiteka avuga.- Nerekwa imirimo y’inkozi zikibi ishyirwaho ishyerezo kubera ko igihe cy’Uwiteka cyahanuwe nabahanuzi gisohoye,mbona baciye hasi no hejuru ngo barebe ko bakomeza kwimakaza umuco mubi wabadayimoni ariko Uwiteka ababera ibamba!Igihe bakomeje guhatiriza basanga ahabo hatakiriho kuko bashoye ukuboko kwabo mu mirimo y’Uwiteka Imana bituma Uwiteka Imana abarakarira arabarimbura kubera gushaka kurwanya ijambo ry’Uwiteka ryavugiwe mukanwa kabahanuzi
- Erega ntanzira zihari kuko dore inzira zose Uwiteka yarazisibye zabaye umusaka ni mushaka mwemere ko Uwiteka ariwe Mana kuko atazabura gusohoreza abakiranutsi ibyo yavuze !ni uko rero musome urya mwana atarakara akabarimburira gushira kuko imfura na se birangana
- Ariko se ubundi ninde wabaroze kuburyo mudashobora gutinya amaboko y’Uwiteka?Ninde uhwanye nawe muri mwe?Mbese ninde wamenya imfatiro cyangwa inkingi z’Isi?Cyangwa imfatiro z’Inyanja?Dore bwenge arabagira inama yo kwemera no kugendera mu nzira zitunganye kugirango muzabone kuramba no kubaho igihe kirambye,ariko ni mwanga kumvira iyo ivuga ntakabuza no kurimbuka muzarimbuka ndetse muzashira mwese nta nuw’umuti uzasigara wo kubara inkuru,kuko Uwiteka niwe wimika ashyiraho ndetse agakuraho uko niko bwenge abaza!
Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore abakongomani bavuga ururimi rw’ikinyarwanda bihinduye ubwoko bw’Abanyamurenge nyamara ntawabagize kuba ubwo bwoko.Dore bagerageje kurwana intambara kugirango bagire akarere kibigengaho,ariko iyo migambi yabo nayiburijemo kuko bakoze ibyangwa namaso y’Uwiteka kuko bakurikiye abana bab’abantu bibagirwa ko kera bakibana n’Uwiteka bamugiriyeho umugisha- Binjiye mu byi’Isi cyane kurusha kwinjira mu by’ubugingo uko niko Uwiteka avuga,dore imigambi yabo nzayiburizamo ntakabuza kugeza igihe bazamenyera ko nd’Uwiteka Imana yabakiranutsi
- Bananiwe gukiranuka,bananirwa kwizera ijambo ryavugiwe muri bo,ibitangaza by’Uwiteka hagati muri bo bisigaye aramateka kuko banyuranije n’Uwiteka Imana yabakiranutsi Imana yo mu ijuru uko niko Uwiteka avuga.
- Dore intambara zose barwanye zababereye impfubusa kuko batabanje kungisha inama,iyo baza kwiringira ijambo ryanjye ntibiringire ubusambanyi bwagaragaraye hagati muri bo,mba narabanye nabo,ariko noneho kuko biringiye imbaraga z’abana bab’abantu niyompamvu nabataye!Dore bahora babaza ngo Mana kuki wadutaye niki cyaguteye kuva hagati muri twe?Babwire uti Uwiteka afitanye urubanza namwe kuko mwamutaye mugakurikira amaboko y’abana bab’abantu
- Nicyo cyatumye nanjye mbata mva hagati muri mwe kuko mwagendeye mu nzira za balaki mwene Bewori washatse kuvuma ubwoko bwanjye bwa YAKOBO nyamara se sinari namubujije akanga kugeza aho mpindura umuvumo we yavumaga ubwoko bwanjye kuba umugisha uko niko Uwiteka abaza?
- Dore intambara zose bazashoza ntabwo bazazitsinda kuko zitari mubushake bw’Uwiteka ahubwo nzabateza abanzi babo babamareho bazabaheha nk’uheha amabyi hazasigara bacye cyane bo kubara inkuru uko niko Uwiteka avuga
- Abazarokoka hagati muri bo bazababwira uko Uwiteka yabatereranye akabakuraho amaboko maze umwanzi wabo akabigirizaho nkana bazahinduka iciro ry’Umugani mu mahanga yose kugeza ubwo bazajya batinya kwitwa abanyamurenge kubera gukorwa nisoni zo kutumvira Uwiteka Imana yo basogukuruza uko niko Uwiteka avuga.
- Mwana w’umuntu dore ikibazo kiraje,ariko ntugitinye kuko ntacyo kiribugutware kuko ufite imbaraga zo kugitegeka,ni uko rero usabe Uwiteka Imana yabakiranutsi akugirire neza kugira ukomeze umurimo w’Uwiteka Imana yo mu ijuru uko niko Uwiteka avuga
- Mwana w’umuntu,sengera uyu muntu batanzeho igitambo kuko ar’umuririmbyi w’Uwiteka dore abanzi bubugingo barashaka kumutambaho igitambo cy’Abadayimoni nyamara nusenga Uwiteka Imana izo mbaraga zabo ntacyo zishobora kumukoraho uko niko Uwiteka avuga.
- Ahagana mu masaha ya saa munani z;amanywa ijambo ry’Uwiteka rinzaho maze rirambwira riti,Mwana w’umuntu, dore abanyamurenge bavuga ururimi rw’ikinyarwanda biyita abakongomani,mbamanuriye amakuba ibyago,n’kaga bikomeye kuko bakomeje gushing ijosi bakaba banyubaha,dore biringiye bana babo bagiye mu mahanga aho naho nzabasangayo mbateze ibyago maze ibyiringiro byabo mbihindure imfabusa uko niko Uwiteka avuga.
- Dore umugisha wose bari bafite ndawubambuye kuko biringiye abana bab’abantu bananirwa kwiringira Uhoraho,niyompamvu bagiye guhinduka igitangariro mu maso yabatuye isi,uko niko Uwiteka avuga.
- Ahagana mu masaha ya nimunsi,ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore officers bakuru ba RDF bagiye gukorwa nisoni kuko bagiye kuraswa na bana babo babyaye,kuko bananiwe kurwanya ikibi,none abana babasore mbaye umwuka w’ubushizi bw’amanga kugirango batinyuke bahaguruke barwanye umwakagara kuko igihe gisohoye ngo ibyahanuwe n’abahanuzi b’Uwiteka bishyirwe ahagaraga
- Bakomeje kubicira inkeri,none igihe niki ngo bimenyekane yuko muri bo umuhanuzi yaranarimo ariko kubera imitima yabo yagoswe n’umwuka w’ikinyoma watumye badashobora gushaka mu maso h’Uwiteka ahubwo bihitiramo gukorana n’umwuka ww’inkozi zikibi,dore biringiye umwana w’umuntu ushira umwuka mu bugingo none bakozwe nisoni uko niko Uwiteka avuga
- Dore izo ngabo ziyita ibihangage igihe cyabo cyo gushyirwa ahagaragara kirasohoye,nyamara abiringiye Uwiteka ntabwo bazakorwa nisoni kuko kubakiranutsi Atari ko bizahora uko niko Uwiteka avuga





