Urugendo rwo mubutayu bugufiya mu gihugu cya Kenya,igice cy all cy’icyanyuma
Tukimara kugera muri icyo gihugu,inkozi zikibi z’Abarozi zo mu bwoko bw’Abakongomani biyita abanyamurenge bavuga ururimi rw’ikinyarwanda,bamaze kumenya ko ducumbitse kumugaragu w’Uwiteka Simon Nkunda abantu,batubonye murusengero rwabo maze bamenya ko Uwiteka yatugiriye neza akatugwiriza impano ze kugirango dukorere benedata muri kristo.
Bahise bacura umugambi wokurimbura ubugingo bwacu,aho ndavuga abarozi baba mu madini yafarisayo kuko itorero rya kristo byabagora kuribamo kuko bazirana n’impano z’ubuhanuzi,kandi kimwe mubigize itorero rya kristo n’ubuhanuzi bw’Uwiteka Imana kuko habaho amahanuzi menshi atandukanye nyamara adaturutse k’Uwiteka Imana yabakiranutsi
Twarabahunze twerekeza mu majyepfo yicyo gihugu,igihe cyaje kugera twisanga ahantu hitwa Ongota Rongai aho Imana yari yaravuze ko tuzacumbika tukahabonera umugisha.
Nk’uko twabibandikiye mu buhanuzi bw’igice cya (7);twahuye n’umwana w’umusore witwa Joshua wo mu bwoko bw’Abakamba,atubonaho impano z’Uwiteka Imana,maze ashimishwa no kutugirira neza.
Yaje guhamagara umugore witwa Rose Marry Ndunda turamusengera nawe atubonaho Imana kuburyo budasanzwe,yari yararasazwe ikirenge,ukuguru kw’itako,no kururimi kugirango uwo azajya asaba ubufasha wese ajya mwitaho
Mu gihe twari tumaze kumukuraho izo mbaraga z’Umwijima yaratangaye cyane ngo kuko yari yarabwiwe ko bazamutunganya kuburyo mu buzima bwe adashobora kubura umurimo wo gukora
Ariko duhura nawe byasaga nibyamurangiranye kuko yari yaratandukanye n’umugabo we,ndetse yarahembwaga umushara ugera kumadollar $406.97 ubwo nukuvuga ibihumbi 35000 by’amashillingi ya Kenya
Ariko igitangaje ntibyamubuzaga guhora mu madeni cyangwa abana kuburara,kugeza ubwo twafataga agafu Imana yabaga yatugeneye tukakamuha kugirango abana bataburara cyangwa abone uko ajya gusenga Uwiteka Imana
Akimara kutugeza murusengero Imana yadukoresheje ibikomeye birimo kwirukana abadayimoni no gufata abarozi bari muri urwo rusengero twahereye ,kuri Pastor Jenayi turamusengera ariko ntiyemera kureka imirimo ye mibi ahubwo ahitamo kureka kuba umupastor muri urwo rusengero
Twaje kujyana na Bishop Simon Agwea mumasengesho ya Ninjoro murusengero runaka ruherereye ahitwa KAYOLE,bari bateguye amasengesho yo guhimbaza Imana bashima Uwiteka Imana ko yabakoreye ibikomeye bakabona ubuzima gatozi muri leta yicyo gihugu
Twagezeyo maze twakirwa neza cyane mucyubahiro cy’abana bab’abantu,yari yavtubwiye ko ,aribubwirize ariko ntabwo yigeze ahabwa umwanya wo kubwiriza,kuko hari hatumiwe abakozi benshi barenze (3);igitangaje abavugabutumwa (2) muri bo,bihariye umwanya wose ndetse bias naho nyir’ubwite atakibafiteho ububasha kuko abo (2) umwe yarabwirizaga yaruha agaha mu genzi we!
Urebye nibintu bari bapanze neza ndetse bitegura uburyo bari bwangize abantu b’Imana bakoresheje imbaraga z’umwijima zo mu bwoko bwa ILLUMINATI,bagerageje gukoresha imbaga zabo ngo bakore byabitangaza bajya bavuga,birananirana ,hanyuma ubwo nanjye aho nari nicaye inyuma ya Bishop nari ntegereje kureba ibyo bitangaza
Sinarinzi ko aho umuntu w’Imana yicaye imbaraga z’abadayimoni zidashobora kugira icyo za kora,nateekerezaga yuko zikora aruko umuntu arimo gusenga,ariko ibyo byose biterwa n’urwego rwo mu mwuka umuntu aba amaze kugeraho
Sinzi uburyo ninjiye mu mwuka gato,kugirango mbashe kumenya amakuru yahoo hantu twaje gusengera kuko ntacyo Uwiteka yari yahambwiyeho,maze nkimara kwinjira mu mwuka nerekwa uwo mugabo w’inkozi yikibi wita umugaragu w’Imana kandi akorera satani witwa MAINA.
Mbona ibyo akoresha byose kugirango yigarurire imitima yabenshi bifuza kuyoba kuko bananiwe kubaha Imana basigara bishakira abavugabutumwa biki gihe cy’ubuyobe bwa none,maze kumubona igihe ntaragaruka mu mubiri,nawe yahise amenya ko namubonye kandi arijye wamubujije kwikorera ibitangaza bye!
Yankubise urushyi rwiza mu matama ahita abyibuha ako kanya!maze aravuga ngo ankubise kuko nari muhumiririje amaso,abonye ko iyo mvugo idasobanutse ,arongera ati,yarasinziriye!Abantu baravuga bati,aya masaha ya saa munani z’ijoro umuntu yabuzwa niki gusinzira ko arimwo kubwiriza ibintu bitadufasha?
Birumvikananko abantu b’Imana barababaye ariko Babura uko bagira,ubwo yakomeje kutubeshya ariko bitagenda kubera kubera yaramaze kwivangira,bigeze mu masaha ya saa kumi z’igtondo,turataha
Abonye tugeze hanze,aravuga ngo,Uwo mugabo niwe yari yafunze imbaraga zanjye kugirango ntakora ibitangaza maze abantu baramubaz bati,ese yashobora guhagarika imbaraga z’Imana?Abura ibisobanuro
Nyuma y’iminsi runaka twaje kujya gusengera kwa Bishop mukuru wiryo dini rya satani,turi mumasengesho,umwuka w’Uwiteka avuga yeruye ati,Bishop simon Agwea,dore winjiye mubutayu,aho mubutayu niho uzamenya ko nd’Uwiteka Imana
Ahita aravuga ngo JANGWA HILO NALISHINDWA IN JESUS NAME,ndamubwira nti,rwose naho wakora iki,ntabwo ubwo butayu uzabucika kuko Atari satani ubuteye ahubwo Uwiteka niwe ubuteye
Yanze kwemera avuga ko Imana ye akorera idashobora kwemera ko yinjira mu butayu,ngo ighe agezemo nicy’umugisha ntabwo ar’igihe cy’ubutayu cyangwa umuvumo!gihe cyeje kugera turahava nk’uko twabyanditse mu gice cy’ubuhnauzi
Mugihe kitarenze umwaka Bishop Agwea yaje kwibwa imodoka yari yarahaye na ILLUMINATI mukuru witwa koikoi,akaba ari nawe washinze urwo rusengero akoresheje umudamu we,dore ko we yavugaga ko azajyenda akizwa gahoro gahoro ariko agakomeza kwenyera ku nzoga,ari nako yisanzura mubangavu budutonore
Umudamu wa koikoi nawe bahise biba indi modoka ye yo mu bwoko bwa Renno ntoya yo kugendamo,Bishop yahise yinjira mubutayu yirukanwa mu nzu nuwo mukozi wa sekibi,ahita asubizwa mucyaro ahitwa KAKAMEGA,WESTERN.
Uyu Bishop yakoreshaga imbaraga zo mu bwoko bwa Soothsayer’s spirit,naho koi we yakoreshaga Frimassion spiriti,naho pastor Jenayi we yakoreshaga sorcerers spirit,ubwo Simon amaze kwinjizwa mubutayu,Koi yahise agarura wa murozi twafasha witwa Jenayi urumva ibisa birasabirana.
June 06th ,2015 Ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwoko bw’Abatutsi bavuye Uganda bagiye gukora ikizamini cyitwa Trigger “Oral,Listenning ,and writing”harimo abakobwa n’abahungu maze mbona abakobwa benshi batsinzwe icyo kizamini naho abahungu bapfa kugerageza bahawe iminota igera kuri (58) minutes
Nerekwa hatangwa isoko “Tender”maze haza abantu benshi kuripihanirwa,harimo abashinwa,nabazungu,ariko mbona iryo soko umuhanuzi mukuru ko ariwe uritsindiye uko niko Uwiteka avuga
Ni uko ijambo ry’Uwiteka rinzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore ubwoko bw’Abahutu navuze yuko nzabugira ubwoko nibuca bugufi bukumva imiburo yanjye,dore noneho umwanzi w’ibyiza nasezeranije ko nzakorera ubwo
bwoko mu gihe bazaba bamaze kuba umwandu w’Uwiteka,dore afashe ingamba zo kurimbura ubwo bwoko ahereye mubahoze ar’ingabo za XFARE,abahoze muri APR,RDF,na Local defense abo bose agiye kubarimbura ngo kuko akeka ko bashobora kwifatanya n’umwanzi w’umwanzi we uko niko Uwiteka avuga
Dore gakondo yabakiranutsi,izasigara arumusaka kuko umwanzi w’ibyasezeranijwe,yamaramaje kurimbura ubwoko bwanjye,none burira abantu b’Uwiteka uti,mwabantu mwe,ko mugiye gukubitwa n’inkuba itagira amazi mwabaye mushakisha aho mwaya kugama iyo mvura ikabanza igahita?Uko niko Uwiteka abaza!
Muriryo rimbura hasigaye abahutu bacye cyane mbona hacitse ku icumu abakobwa (2) nabasore (4) bishyirahamwe batangira kuririmbira Uwiteka bashima ko bacitse ku icumu ariko batazi ibyo bakora iyo bava cyangwa iyo berekera
Mu gihe nkibabajwe niryo rimbuka ryabereye muri gakondo yuabakiranutsi,ndetse n’ubwoko Uwiteka yahize ko azagira umwandu we,ijambo ry’Uwiteka ako kanya rinzaho riti,mwana w’umuntu dore umwanzi yarimbuye ubwoko bw’Uwiteka ngo batazakorera Uwiteka Imana,ariko nayubusa naho hasigara bacye cyane mubarokotse ntakabuza yuko bazakorera Uwiteka Imana yabakiranutsi
Nerekwa amashyirahamwe yabahutu yubatse ahitwa NYABUGOGO yose asenywa n’umwakagara kugirango batazashyigikira umwanzi w’umwanziwe.ni uko ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho riti,mwana w’Umuntu,dore umwuka w’inzika uraguhagurukiye ube maso kandi wirinde kuko ijambo ry’Uwiteka ryavugiwe mukanwa kawe rimaze kwamamara kw’Isi yose.
Kuburyo umwanzi w’Uwiteka atagifite umwanya mu mitima y’abantu b’Uwiteka,none yarahiye ngo ntazarya ntazanywa atabonye igihanga cyawe uko niko Uwiteka avuga.Nerekwa umwuka w’ikinyoma wari warakomeretse uruguma rwica,uwo mwuka usa nutagiye kuzanzamuka wongera kwisuganya uturuka mubutayu aho warurwariye ugaruka mu murwa mukuru w’Iyeusalem
Maze utangira guhimba amayeri y’uburyo wakongera ukumvisha isi,ko ukwiye kongera gutegeka manda ya lll muri gakondo yabakiranutsi,mu gihe warimo kwisuganya rwa ruguma rwongera gutonekara maze ibyanyuma biba bibi kurusha ibyambere imbaraga z’icyo kinyoma zarangira burundu zigenda nkanyomberi
Maze kwitegereza ibi byose nahise mvuga nti,uwagiye ntabwo yihuse kuko barahirwa abo Uwiteka yakinze kureba ibikorerwa muri gakondo yabakiranutsi kuko biteye agahinda n’umubabaro utazashira,ni uko mpita nshima abapfuye batabonye ibyago by’abakiranutsi bikorerwa mu isi yabazima
Ijambo ry’Uwiteka ryongera kunzaho rirambwira riti,mwana w’umuntu,dore umwanzi wabakiranutsi aguteje umwuka w’impanuka arashaka ko ucibwa amaboko ntuzongere kubona uko uzajya wandika ubuhanuzi,ariko ariyimbire kuko Uwiteka ariwe Mana yawe akurinze uzengurutswe n’imbaraga z’Uwiteka zirinze umusozi zion uko niko Uwiteka avuga
Ni uko nerekwa umuhanuzi mukuru afata ubwato yambuka ava kumurwa mukuru w’ISHUSHANI mu gihugu cy’IBABULONI,ageze mu Nyanja hagati muri nyina,umwuka w’inzika wari wabukereye ateza ishuheri,ryinshi ubwato buribirandura bugwa mu mazi maze Nihutira kujya gutabara umuhanuzi mukuru maze nerekwa wa mwuka w’inzika y’inzigo uhagaze ku nkombe urimo dusekerara gusa
Ubonye ko nawubonye,uhita wihindura undi muntu,maze uza kudufasha kuzahura ubwato,sinzi uko nerebye hirya gato,ako kanya wa mwuka w’inzika uhita ucurika bwa bwato bujya hasi ikuzimu y’inyanja,ariko nahise mbukuramo maze wa mwuka ukorwa nisoni
Wahise uva ahongaho ujya guteza imidugararo musengero rw’abakiranutsi rwari hakurya yiyo Nyanja,twumva induru zabaye nyinshi tumenya ko inzika yateye benedata tujya kubatabara,tugezeyo koko dusanga niwa mwuka w’inzika utubonye uhita urahunga.
Nerekwa gakondo yabakiranutsi yongera gusanwa,abafundi bashinzwe gusiga amarangi bahabonye umugisha mwinshi kuko amazu yose yo muri gakondo yari yari yarasenyutse abaturage batangira kuyubaka bundi bushya kugirango basane umurwa mukuru twikureho igisuzuguriro maze nezezwa nuburyo abanyagakondorero bose bashyize hamwe nuburyo imirimo y’ubushabitsi no gusana igihugu birimbanijwe mubanyagakondorero uko niko Uwiteka avuga





